Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Duheruka ,Mia nawe amaze koherereza Mady ifoto y’ibice bimwe by’ubwambure bwe.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Igihe cyaracumye. Kuvugana kwa Mady na Mia gukomeza kugenda kura. Ariko nanone Mia akajya agerageza kwitwararika cyane.
Mwijoro aza muri toilet niwe mu rugo. Akicara kuri toilet Mady aba aramuhamagaye aramwitaba.
Mady ati” Mia umeze ute?
Mia ati’ Meze neza. Sinzi impamvu narintegereje ko umpamagara.
Mady ati” Ibyo ndabikunze bisobanuye ko ndimo kugenda mfata ikibanza muri wowe,.
Mia araseka ati” Urimo kwishuka kuko ndi umugore w’umugabo.
Mady ati” None tuvuge ko urimo kwirinda se??
Mia ati’ Cyane. Abasore nkamwe ntabwo muba mworoshye.
Mady ati” Mia ntukambone muri iyo sura.
Mia ati” Ahaaaaa ahari wenda wowe uratandukanye.
Mady ati” Ndakubaha urabizi.
Mia ati\ Yes I know. Ariko uziko turimo kuvuga ndi muri toilet Umugabo wanjye aryamye.
.
Mady ati” nonese umugabo wawe yakubuza kuvuga??
Mia ati”Ariko ubu n’ubusazi.
Mady ati” Njyewe nawe turi inshuti kandi inshuti ziba zigomba kuvugana siko bimeze.
Mia ati” Yego ariko bye. Ibi ntabwo byaba aribyo.
Mady araseka ati” Ubwo kandi ubwo uragiye ubwo ari wowe.
Mia ati\ Nagiye wihangane.
.
Mia aramukupa ava muri toilet aza mu cyumba. Maximo uwabandi aba yisinziriye kare.
Mia aramureba ati” Maximo ibaze koejo uragenda ariko ukaba uraye ntacyo umariye Umugore wawe.
.
Mia ajya mu buriri nawe araryama.
Bidatinze buracya maximo agiye kujya muri mission y’akazi kure. Mia arimo kumufasha kwitegura.
Maximo aramushimira ati” Urakoze.
Mia ati’ Ndi umugore wawe.
Maximo ati” Yego ariko ugize neza.
Mia ati” Uzagire akazi keza. Kandi uzabanguke tuzagukumbura.
.
Maximo ava mu rugo aragenda.
Iminsi nayo irisunika. Tessa aza mu rugo kwa Mia kumusura haza n’abandi bakorana. Abagore bahuye baganira ibiganiro bitandukanye.
Tessa ati” Wowe na Mady umubano wanyu ngo ukomeje gukabya??
Mia ati” Nawe uba wabikomeje.
Tessa ati” Nooo njyewe nuko mba nifitiye impungenge. Uzacunge neza bitazagusenyera.
Mia ati” Tessa ntabwo ndi ikimara. Ariko uriya musore.
Tessa ati” Nyamara ukwiye gushaka uko umukura mu mutwe wawe. Nonese uramukunda??
Mia azunguza umutwe.
Tessa ati” Ko uzunguza umutwe bivuze iki?? Mia garuka ibuka neza ko uri umugore wubatse. Agakungu kawe nawe ugomba kugaca. Ahubwo imana ishimwe ko ntakirabahagati yanyu.
Mia ati”Uriya musore atuma numva mushaka. Uko nabyirengagiza kose biranga.
.
Kurundi ruhande mady nawe ari mu muhanda hari aho arimo kujya. Agera ahantu hari machine printer yinjiramo maze apritingisha za nyandiko yigeze gufotora azikuye muri agenda ya Mia. Barazimupritingira maze nawe azikoramo agatabo.
.
Tessa ati” Mia ukwiye kubaha umugabo wawe, nubwo uhora umbwira ko mu buriri byanga.
Mia ati” Ndamwubaha kandi ndamukunda. Ndetse pe niwe mugabo mwiza namenye mu bagabo. Ariko ntabwo ajya amara ipfa ryanjye.
Tessa ati” Ese igihe cyose ntabwo arimara.
Mia ati” Wapi.
Tessa ati” Nonese biterwa niki??
Mia ati” Simbizi.
.
Telephone ya Mia iba irasonnye mady arimo kumuhamagara. Tessa na Mia bose bareba telephone maze bararebana.
Tessa ati” Niba ari mady ntabwo ugomba kumwitaba siko bimeze? Twemeranyije ko uriya musore ugomba kumucikaho.
Mia ati” Yego ariko ashobora no kuba atariwe.
.
Mia arahaguruka ajya gufafata telephone aho ari arebye abona ni Mady ahita asohoka. Tess ahita abona ko ari Mady buriya uhamagaye.
.
Mias aza hanze aramwitaba.
Mady ati” Mia wanjye.
Mia ati” Mady nawe ntabwo ujya umpa agahenge.
Mady ati” Ese wowe uba ugashaka.
Mia ati” Yego.
Mady araseka ati” Nkubwiye ngo bisubiremo ntabwo wabisubiramo. Njyewe rero ikirere cyose mba nkibonamo wowe. Niyo mpamvu mba ngomba guhita nkuhamgara.
Mia ati” Nonese umeze ute??
Mady ati” Nshaka ko duhura ejo hari ikintu nshaka kukwereka.
Mia ati” Unteye amatsiko.
Mady ati” Ejo rero uhubahe..
Mia ati’Sawa.
Basoje kuvugana Mia agaruka mu nzu.
.
Mu masaha y’ijoro Mady arimo gusoma kagatabo yakoresheje. Mwibuke ni agatabo yakoze agakuye muri Agenda ya Mia.
Danny arimo guteka. Asoje guteka azana ibiryo ngo barye. Abona Mady arimo gusoma.
Danny ati” Ariko ako gatabo uhora usoma. Ko mbere utakundaga gusoma. Ako gatabo kagushishikaje karimo iki??
Madyati” Aka gatabo kareke ni zahabu sha.
Danny ati” Sha ni ubwa mbere ugize ubanga umpisha turi inshuti tumeze nk’abavandimwe.
Mady ati” sha kuri ho ukwiye kwihanga ugatuza ntakundi.
.
Bidatinze Mady na Mia baje guhura.
Mia ati”Niki ushaka kunyereka.
.
Bahuye mu masaha y’ijoro
Mady amufata akaboko ati”Tugende.
Mia ati|” Sawa.
.
Baragenda muri iryo joro bagenda n’amaguru gake gake. Bagera ahantu heza cyane huburanga. Ni ahantu hari aka motel keza kubatse ahantu heza cyane hitegeye umujyi. Mady amuzana hejuru yako ka motel aho bareba neza umujyi muri iryo joro.
Mia arabikunda cyane birenze arabyishimira bikomeye.
Mia ati” Mady nibi washakaga kunyereka.
Mady ati” Yego. Nashakaga gutemberana nawe ahantu nkaha amasaha nkaya.
Mia ati” Bino ndabikunze cyane.
Mady ati” Nakubwiye ko umutima wanjye ukwitayeho.
.
Mia akomeza kureba umujyi yumva na kuka keza kari muri iryo joro. Ahindukiye abura Mady yibaza aho agiye ariko muri ako kanya aba aragarutse agarukanye icyo kunywa. Baguma aho baraganira baterana ama story atandukanye baraseka. Uko bakaganiye bagenda barushaho kwiyumvanamo maze bisanga basomanye.
Mady ati’ Mia dukwiye ibyiza nta mpamvu yo kubyihezaho. Reka uyu mubiri wawe wuzuye ibitangaza ukorweho n’ikindi gitangaza. Uyu mwuka wawe uhumura neza hari undi ukeneye kuwuhumeka kugira ngo abeho.
Uko basomana Mady akomeza kumubwira amagambo mezaaa.
Mady ati” Uri umugore uhebuje w’agatangaza uteye amatsiko.
.
Bakomeza gusomanaaa. Maze Mady atangira kumuramo imyenda. Mia nawe yamaze kugera arumva yaka ahantu hose. Amaze kumwambura ubusa buri abanza kumusomagura mu mabere, aramuhindukiza amusomagura mu mugongo, ku mabuno, kumatako , mu ntege. Mady nawe ariyambura.
.
Next episode 8
Comments