logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 21

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELNG
.
Episode 21
.
Twaherutse Leo arimo gukorera Grace isuku.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Pante ariwe  mu rugo arimo kwikorera amasuku ni muri weekend.  Telephone ye irasona ajya kuyifata abona ni Dorisse umuhamgaye aramwitabe.
Dorisse ati” Umeze ute cher
Pante ati” Meze cyane
Dorisse ati” Weekend imeze gute se
Pante ati” Ni sawa cyane ndimo kwikorera isuku mu rugo.
Dorisse ati” Kubera iki utantumiye ngo nze nkufashe.
Pante ati”Ubishaka waza ntakibazo.
Dorisse araseka ati”Urumva ubishaka se
Pante ati”   Cyane.
Dorisse ati”Ngaho mp address.
Pante ati”Itegura ngiye kuyiguha muri Message
Dorisse ati” Sawa ndahita nkugeraho.
.
Dorisse biramunezeza maze ahita ajya mu byo kwitegura. 
Kurundi ruhande na  Rehema arimo kwitegura, Dorisse aza kumureba abona arimo kwikoraho.
Dorisse ati” Mama iyi weekend ufite iyihe ko mbona urimi kwikoraho?
Rehema ati”Mfite gahunda nynshi ngomba kwitaho.
Dorisse ati” Nanjye ndagiye rero.
Rehema ati” Ugiye he se wowe kandi
Dorisse ati”Mama ngiye kuba ndikumwena Cher wanjye.
.
Rehema arabyanga.
Dorisse ati” Kubera iki Mama
Rehema ati” Ntago umusore mumenyanye vuba gytya ntanazi watangira kujya ujya iwe mu rugo.
Dorisse ati” Ariko Mama uribuka ko ntari umwana.
Rehema ati” Ndabizi ariko uko waba ungana kose ukenera inama z’ababyeyi kandi ngomba kukurinda kuko ndi Mama wawe.
Dorisse ati” Mama rekeraho kupangayikira nzi neza ibyakwangiza ubuzima bwanjye nzi nuko nkwiye kwirinda.
.
Rehema ati” Mwana wanjye ntago  igihe cyose waba ufite ububasha bwo kwirinda.
Dorisse ati” Mama ndimukuru bihagije. Iyo ushatse kumfata nk;umwana udafte ubwenge birambangamira.
Rehema ati” Rega ntukabyumve nabi. Njyewe mba nkuhangayikiye nk’umubyeyi.
Dorisse ati” Nyizera rero.
Rehema aramureba abona ko yamaramaje ati” Ok gusa wirinde cyane.
Dorisse ati” Humura mama.
.
Dorisse arakomeza ajya kwitegura. Rehema nawe akomeza kwikoraho.
.
Tugaruke mu rugo kwa Leo arikumwe n’umugore we Grace.
Grace ati” Cher ndifuza ko uyu munsi wose nanjye uza kuwumparira. Nshaka ko  twongera gusbira mu bihe byahise.
Leo aramureba ati” Ubundi se si wowe wagiye wangiza ibintu byose ntitwari tumeze neza.
Grace ati”  Wowe nyemera ko uyu munsi wose za kuba uwanjye nawegusa ntazindi gahnda ufite?
Leo ati” Yego.
.
Akimara kwemera ako kanya  telephone irasona Leo arayireba abona ni Nika umihamagaye.
Grace ati” Abo ni bande se kandi batangiye guhamagara. Cher ntugireumuntu uha  gahunda umaze kunyemerera.
Leo aramureba, Telephone ivahi atayitabye. Grace  ati” Reka ngire ibyo nkora maze nze nkwereke.
.
Grace akiva imbere ya Leo Nika aba arongeye arahamagaye Leo aramwitaba.
Nika ati” Boss umeze  ute?
Leo at’Meze neza.
Nika ati” Ese ubwi ntago unkumbuye? Ntago ukumbuye ko nomgera kugufasha kwa Kundi.
Leo aba arabyibutse   yumva irahagurutse.
Nika ati” Boss ko utavuga. Ndabizi Umugore wawe ntago aba ashoboye kukwitaho. Ariko njye mba nkwiteyeho kandi warabibonye neza cyane. ushatse rer njye ndi ready.
.
Leo yumva  kandi bimubereye ikibazo cy’amahitamo. Amaze gusezeranya Grace ko ntahantu ari bujye none kandi Nika atejemo kandi hari ibyo akumbuye kuri we.
Nika ati” Boss ntegerje igisubizo cyawe. Ariko niba wowe utantankumbuye ntakibaz wabimbwira.
Leo ati” Nika buretse turaza kuvugana gato mu mwanya.
.
Akupa telephone abitekerezeho yibuka uburyo Nika ajya amwitaho yibuka ukuntu ajya amwisanzuraho akajya kumuha yamushize muri Mood ua hatari. Yibuka uburyo Nika ajya nka imboro ye bikamurenga cyane.
Grave ahgaruka hanze aramureba ati” Chr ko mbona usa n’umuntu ushaka kugenda?
Leo ati”Oya.
Grace araseka ati”  Ndakuzi ntago ujya upfa gusezeranya umuntu ikint ngo ntugikore.
.
Tuze kwa Pante Dorisse ageze iwe mu rugo. Pante amuha ikaze mu nzu  Dorisse yinjira mu nzu areba ahantu hose.
Dorisse ati” iznu yawe nubwo ari nto ariko irasa neza cyane. 
Pante ati” Urakoze cyane.
Dorisse araseka ati” Nukuri   aha hantu ni sawa cyane n heza cyane birigaragaza ko hatye umusore mwiz nkawe.
Pante araseka ati” Ariko ntanubwo wigeze unsuhuza.
.
Dorisse araseka maze ahita amwegera amugwamo barahoberana cyane  maze barasomana.
Pante ati” Ni  byiza kuba ugeze hano.
Dorisse ati” Nanjye ndabyishimiye kuko  nabishkaga cyane. byari ngombw ako namenya aho utuhe kugira n igihe nakubuze njye menya ahantu nagushakira.
Pante araseka ati” Humura ntagihe uzambura.
.
Dorisse ati” Nagera ahantu hose se
Pante ati” Yego uko  ubishaka.
.
Kurundi ruhande Rehema ari mu modoka arimo kugenda avugira kuri  telephone  hariumuntu barmo kuvugana.
Rehema ati” Umva duhurire hahandi  nakubwiye kandi nizera ko  utajya wica gahunda. Sawa tubonane.
Ava kuri telephone akomeza gutwara. Arimo agenda wa muntu basa aba amubonye iruhande rwe mu modoka noneho aje yambaye umweru.
Rehema aramureba .
Uwo muntu ati” Urimuzimu nyabaki  ko nzi neza  ko nta mpanga nigeze ngira?
Uwo muntu ati” Kubera iki ungira umuzimu ntago ndi umuzimu, mpora nkubwira ko ndi wowe.
Barakomeza bagenda baganira.
Uwo muntu ati”  Ubu koko urakomeje  ugeze aho ugambirira guhemukira umuntu. Rehema ugeze ahantu habi ushaka wagarukira aho.
Rehema ati” ariko nawe uracanga rimwe uba unshigiy ubundi ukaza undwanya ubundi uba ucanga mu biki?
Uwo muntu ati” Wapi njye sinakwifatanya nawe mu bibi.
Rehema ati” Ejo tuvugana wambwiye ngwiki?
Uwo muntu ati”Nakubwiye ngwiki se?
Rehema aramureba ati” Ntago wambwiye ko umujinya mfite ngomba kuwukoresha mva Lline mu nzira.
Uwo muntu ati” Njyewe  nakubwiye gutyo?
Rehema ararakara ahita aparika imodoka avamo ajya kuwundi muryango uwo muntu yicaye arafungura amufata akaboko amukura mu modoka ye amuta hanze,
Rehema ati”Sinkunda uburyo unshanga wa musw we.
.
Rehema ahita asubira mu modoka arigendera.
.
Tugaruke kwa Pante 
Dorisse aracyazengurukainzu ye agenda areba uko bimeze.  Aba ageze aho Pante arara abona ni heza cyane ahita yinaga kuburiri Pante ajya aryamaho.
Pante aba amusanze m cyumba amuzaniye Juice.
Dorisse ati” Cyakora pe wibera mu isi yawe kandi nziza cyane. hano ni heza cyane ndahakunz cyane.
Pante ati” Sure.
Dorisse ati” Cyane.
.
Pante aramureba arangije atereka ku kameza juice yaramuzaniye arangije nawe ahita yicara ku gitanda.
Dorisse ati’ Noneho iki gitanda cyawe ni cyiza cyane.
Pante ati” Mba nagerageje kwiyitaho cyane.
Dorisse ati” Harasa nawe neza neza.
.
Dorisse akomeza kwigaragura mu buriri bwa Pante, Pante  akamureba cyane. atangira kwitegereza Dorisse cyane.
.
Dorisse abona ko Pante arimo kumureba cyane ati” Ko wandangariye cyane.
Pante ati”Kubera ko ukwiye kuranarirwa ufite byinshi byiza cyane birangaza amaso.
Dorisse araseka ati” Ibihe se.
Pante ati” ayo maso meza, utunwa twiza. Ijosi ryiza, amabere meza.
Pante uko avuga ibyo Dorisse agatwarwa cyane.
.
Pante ati” Mu nda heza cyane, umukondo mwiza cyane.
Dorisse ati”Umukondo wanjye se urawuzi?
Pante araseka ati” Ndimo kwimajina uko umeze.
Dorisse ati” Wibesye rero ntago ari mwiza.
Pante ati”Reka turebe.
Dorisse ati” Ubwo se  urumva ushaka kuwureba koko we.
Pante ati” Cyane..
.
Dorisse abanza guseka ati” Ndumva ngize isoni.
Pante ati”Oyaaa reka amazon ariko niba bikugoye bireke ntakibazo  gusa icyo nzi cy nuko ari mwiza cyane.
Dorisse araseka ati” Reka nkukwreke udakomeza kumbeshyera ko ari mwiza kandi atari mwiza.
.
Dorisse azamura agapira yambaye, Pante arawureba ati’ Mbega mbega umukondo  kuva nabaho nibwo,bomye umukond wa  mbere  urenze cyane.
Dorisse araseka ati” Waretse gukabya nawe.
.
Pante ati” Ndavuga  ukuri.
.
Pante ahita amusoma kumukondo aramureba ati” Nizera ko ntakbangamiye 
Dorisse ati”Oya pe.
Pante aba arakomeje aromgera amusoma kumukondo akozamo akarimi cyaneeee, Dorisse yumva ntazi uko atangiye kuba.
Pante aiye kurekeraho yumva Dorisse amufasha kumutwe aramustindagira nkushaka  ko akomeza kuhasoma.
Pante nawe arakomeza arahasoma cyane, Dorisse yumva akomeje kuba ukundi kuntu. Hasi yumva hatangiye kwikora cyane.
.
Rehema   hari aho aheze aparika imodoka hashize akanya  gato haba  haje indi modoka irimo umusore witwa Sadio aparika imodoka avamo na Rehema ava mu modoka  ye barasuhzanya maze batanira kuganira.
Rehema ati” Sadio uriteguye hari Deal nshaka kuguha kandi uzamfashe uyikore neza.
Sadio ati” Njye nditeuye rwose. Wowe mbwira bimeze  gute.
.
Tuze kurundi ruhande mu kigo cya gisirikare. COL. Karangwa ari mukazi  ke nkuko bisanzwe telephone ye irasona arebye abona ni Nmber atazi apfa kwitaba.
Col.Karangwa ati” Hello urinde ?
Uhamagaye ati” Nitwa Liline.
Col Karangwa ati” Ko ntakuzi umpamagairiye iki
Liline ati” Nkeneye guhura nawe hari amakuru y’ingenzi nkufitiye.
Col. Karangwa ati” amakuru y’ingenzi agenda ate.
Liline ati” Yerekeye ku mugore wawe. Wowe reka duhure kandi uraza gusanga byari ingenzi cyane.
Col. Karangwa arabyumva ati” Ok reka duhure ntakibazo.
.
Udacikwa na Episode ya 22

Comments