Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 27
.
Dusize Rehema abona umugabo eje ku kazi aho akora umutima uramusimbuka.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Karangwa abona Rehema arahindutse abaye ukundi kuntu.
Rehema ati” Nonese wowe na Pante musanzwe muziranye?
Col Karangwa ati” Ese ko numva ubigize birebire hari ikihe kibazo?
Rehema azaunguza umutwe ati” Oya ntacyo pe!
Karangwa ati” None kuki urimo kubaza byinshi?
Rehema ati” Nabazaga gusa niba mwari musanzwe muziranye?
Karangwa ati” Tumanyanye vuba. Hari ikindi kibazo ?
Rehema azunguza umutwe.
Col. Karangw aaramureba ati” Ahubwo Office ye irihe?
Rehema aiye kuyimwereka ako kanya Pante ahubwo aba arizanye aza aho bari arabasuhuza bose.
.
Col Karangwa ati” Pante nishimiye guhura nawe.
Pante biramucanga aiye kubaza Karangw niba yarasanzwe amuzi, Karangw aahita amuca mu ijmabo aramufata ati” Pante reka tuvugane narinje kukureba ngo tuganire.
Pante biramucanga, Rehema arabareba.
Karangwa atwara Pante amujyana kuruhande.
Pante ati” Nonese wa mugabo qwe urinde usanzwe unzi?
Karangwa ati” Yego ndakuzi. Nkeneye kuanira bihagije.
Pante ati” Tuganira iki se?
Karangwa ati” Uracyimenya ahubow tuve hano turebe ahandi tujya.
.
Rehema ahagaze hirya yabo arimo kabareba ariko afite ubwoba muri we arimo kwibaza ukuntu Umugabo we yaba yarasanzwe aziranye na Pante.
.
Pante areba Karangwa ati” Wa mugabo we ntago nkuzi no kuri gahunda yanjye ntago uriho. Kubera iki nafata igihe cyanjye cyo kugamira nawe twaba tugamira iki?
Col. Karangwa ati” Njye ndi Umugabo wa Rehema.
Pante arikanga.
Karangwa ati” Ntabyo waruzise ko wikanze?
.
Rehema arimo kabareba.
Karangwa ati” Nkeneye kuvugana nawe byinshi kumugore wanjye.
Pante arikanga!
Col. Karangwa ati” Kandi nizere ko tugiye kubikora neza utaza kugorana?
.
Col. Karangwa ahita amwereka ikarita y’akazi, Pante ahita abibona ko ari umusirokareukomeye.
.
Tuze kurndi ruhande Liline arikumwe na Sadio.
Sadio ati” Liline umbabarire ngiye kugusaba ubufasha bukomeye cyane. ndabizi ngiye kukuira arikowihangane umfashe ndagusabye.
Lilline ati” Mfite amatsiko yubwo bufasha ushaka kunsaba.
Sadio ati” Burirshye ariko nanone kurundi ruhande birakomeye. Muri Company yacu tugiye gutangira gukora nka ziriya Prducts zanyu mujya mukora. Kandi ninjye bayishinze, none natekereje ko twakora nka ziriya Products zanyu zimeze neza. None ubufasha ndimo kugusaba rero nuko wanshakira forumire yuko mubikora.
Liline ati” Sadio ko bigoye urumva folumire nayikurahe koko
Sadio ati” Liline ndabizi ko ndimo kugusba ikintu cyigoye. Ariko ihangane ugerageze umfashe pe!
Liline ati”Sadio natgo mfite uko nabona Folumire bakoresha. Njyewe ntanaho nahurira nayo pe. Cyan ko nakazi nkora hariya naho nahurira nabyo.
Sadioa ati” Liline ntago wabura uko uyibona.
Liline ati” Urumva nayibona gute?
Sadio ati” Wanayiba.
Liline arikanga ati” Sadio ugeze aho umbwira ko nakwiba?
Sadio ati” Winyumva nabi ariko folumire ndayaikeneye kuko niho akazi kanye gahagarariye. Bambwiye n’insindwa kuzana ikintu kizima nzahita mbura akazi kanjye. Liline koko wamfashije. Basi umbwire n’amafaranga yse ushaka nayaguha ariko umpe iriya folumire please.
Liline ati” Sadio wimbera ikigrageze pe!
Sadio aramufata ari” Liline mfasha ndakwinginze ni wowe muntu gusa narimfite nishingikirije. Numfasha bino nzabikwitura.
Liline abitekerezaho.
.
Tuze kuri Col. Karangwa na Pante bagiye kuruhande hanze ya Comapany bajya kuganira. Kurundi ruhande Rehema nawe yicaye muri Office afite ntago afite mutima uri hamwe.
.
Pante arimo kureba na Karangwa.
Karangwa ati” Ikibazo kimwe. Kubera iki unca inyuma kumugore wanjye?
Pante ati” Ntago nigeze nkuca inyuma.
Karangwa ati” Pante reka tubwizanye ukuri. Uri umugabo nanjye ndi undi mugabo. Ndetse niba waranabikoze ntago ari wowe narenganya. Icyo nkeneye gusa ni ukumenya ukuri gusa.
Pante ati” Ntago nigeze nkuca inyuma.
Karangwa ati” Pante nukomeza kumbeshya ibintu turabikomeza.
Pante ati” Ndakubeshya se kubera iki? Ahubwo wowe ubivuga urahamye neza ko nigeze nkuca inyuma?
Karangwa ati” Umugore wanjye mwararyamanye kandi bitari rimwe.
Pante araseka ati” Uwaguhaye amakuru yarakubeshye. Cyakora niba ufite ikimenyesto pe kibihamya nanjye ndabyemera.
Karangwa aramureba ati” Ni ngombwa ko habanza gutangwa ibimenyetso se wakresheje ukuri nk’umuntu w’umugabo.
Pante ati” Col. Umugore wawe n’inshuti yanjye ariko ntago nigeze ndyamana nawe. Cyakora bibaye aribinashoboka naryamana nawe kuko umugore wawe ni mwiza pe ntamugabo uatakwifuza kurymana nawe. Ariko umugore wawe ari serei kandi aruyubashye sinzi ko hari umusore cyangwa umugabo wamubwira ubusa, ibi mbikubwiye nk’umuntu umuzi neza kandi w’inshuti ye magara.
Karangwa arabyumva.
Pante ati” Ibyo nkubwiye ni ukuri. N’aagabo benshi nzi ndabizi ko bamukunda baba bashaka kuba bamvugisha ariko nta muntu numwe ajya aha umwanya cyereka gusa mugiye kuvugana ibijyanye n’akazi. Ahubwo birantangeje uburyo waba utizera umugore wawe.
.
Karangwa abona Pante armo kumtangira ubuhamya bukomeye kandi bwiza atatekerezaga. Yibuka Liline amuha amafoto ya Rehema na Pante atandukanye babaga barikumwe.
Pante aramureba ati”Umuntu waguhaye amakuru ko Umugore wawe ajya auca inyuma yakubeshye. Kuko uwo ni umwanzi we utamukunda. Col izere umugore wawe kuko ni Umugore uhamye. Iyaba ari uwo kuguca inyuma aba yarabikoze. Kandi nanjye ndamutse ndyamanye nawe nabyigamba pe kuko umugore wawe ni mwiza pe!
.
Tugarke kuri Sadio na Lline baracyaganira.
Liline ati” Sadio kubera ukuntu nawe wigeze kumfasha. Nanjye kwitanga ndebe ko byashoboka ko hari icyo nagufasha gusa biragoye ariko ndaza kugerageza.
Sadio aramushima ati” Urakoze yane. N’ubundi nari nizeye ko wowe utapfa kuntererana ango undeke.
Liline ati” Ntago byo nabikora kugutererana. Nubwo wenda wansabye ubufasha ugoye bushobora no kuba bwanshira mu byago ariko ndageregeza kandi nanjye nzirinde.
Sadio ati” Imana iguhe umugisha.
Liliner araseka ati” Ntakibazo kandi urakoze cyane.
.
Baose kuganiraaaa Liline aramusezera amubwira ko agye gusubira mu kazi. Sadio aramureka Liline aragenda.
Akimara kugenda Sadio asigara arimo guseka.
.
Liline yagarutse mu kazi akinjira mu gipangu cyaho bakorera abona Col. Karangwa arimo kwinjira mu modoka ye. Liline ntiyirirwa amwiyreka cyangwa ngo amuvigsihe. Col. Karangwa acaho aragenda.
Kurundi ruhande Rehema nawe yahise aza mri Office ya Pante aza kumubaza icyo amaze kuvugana n’Umugabo we.
Pante aramureba ati”Wigira ikibazo nagutangiye ubuhamya bwiza.
Rehema ahita amusanga ahita amugwamo aramuhobera cyane.
.
Rehema ati” Pante uri umuntu mwiza cyane.
Pante ati” Gusa nk’uko nabikubwiye byararangiye.
Rehema ati” Icyo n’icyo nabasha kumva neza.
Pante ati” Ukwiye kucyumva.
Rehema ati”Pante ibyishimo umpa ntago napfa kugenda ngo mbyibagirwe.
Pante ati” Byararangiye rero. Ahubwo ugende urebe uko waganira n’Umugabo wawe muganire cyane bihagije kubijyanye nuko mukora Sex ibyo adakora neza ubimwereke kandi umwigishe.
Rehema aramureba.
.
Liline agarutse muri Office agezemo abura Rehema aricara. Maze yibuka ukuntu abonye Karangw avuye aho amaze kubyibuka araseka yumva arishimye muri we.
Rehema aba aje muri Office asa n’ubabaye. Liline aramureba ahita atekereza ko we hagati yabo na Karangwa hashobora kuba hahiye.
Rehema ajya kwicara aho akorera yubika umutwe kumeza.
.
Udacikwa na Episode ya 28
Comments