logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 36

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 36
.
Twaherutse Rehema atanze akazi ngo bahige cher wa Pante.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Dutangiriye mu rugo kwa Rehema ni muri Weekend. Dorisse ari mu cyumba cye hari imyenda micye arimo kzinga akayishyira mu gakapu ke gato ajya agendana.
Muri  uwo mwanya Rehema aba aje mu cyumba cye amuzanye breakfaste atereka ku kameza aho mu cyumba.
Dorisse aramureba ati” Mama iyo ureka kwivuna    ubizana hano.
Rehema ati”  Hari ikibazo se mbonye utaje kumeza mbizana hano.
Dorisse ati” Urakoze kumpa care mama.
Rehema araseka ati’ Mwana wanjye urabizi neza cyane ko mba nkwitayeho. Ese ubundi ugiye he ko mbona uzinga imyenda?
.
Dorisse ati’ Mama wihangane kuba ntaraye nkubwiye. Njye na Cher wanjye dufite aga trips gato tugiyemo ahantu heza cyane habakundana.
Rehema ati” Aho hantu nohe
Dorisse ati” Nanjye ntago mpazi.  Chr wanjye niwe ugiye kuhanjyana. Ni mbona ari heza cyane nzahakubwira maze nawe na Papa muzajyaneyo.
Rehema ati” Ibya Papa wawe bireke.
Dorisse ati’ Nonese Mama until now ntakintu muraganira.
Rehema ati” Wapi.
Dorisse ati”Ariko ubu ni weekend Mama wowe  nawe mwayikoresha neza cyane mukareba ko hari icyavamo. Njyewe ndifuza ibihe byiza hagati yawe na Papa.
Rehema ati “ Papa wawe abaye ibishaka byaba ariko niba atabishaka njye nakora iki?
Dorisse ati” Basi Mama wowe geragza utere intambwe ya mbere.
.
Kurundi ruhande, Pante nawe arimo kwitegura.  Asoje  afata kontake asohoka mu nzu aza hanze ajya kuri moto ye  ariko mbere yuko ayihagurutsa ahamagara Dorisse.
.
Kwa Dorisse telephone irasona Dorisse arayireba areba Mama we ati” Ahubwo arampamagaye.
Rehema ati” Mwitabe.
Dorisse afata telephone aramwitaba ati’ Cher wowe  urasoje se?
Pante ati” Yego.
.
Rehema yumva   cher wa Dorisse afite ijwi risa neza n’ijwi rya Pante.  Uwo mwanya nawe aba arahamagawe  ava mu cyumba cya Dorisse agenda avugana n’umuhamgaye.
.
Dorisse ati” Bea ntakibazo nanjye ndasoje. Nyine ngiye gusohoa mu rugo uransamga hahandi twavuganye.
Pante ati’ Byikuvuna guma ahomu rugo umpe address zaho neza nze nkufate.
Dorisse araseka ati” Bea  nasoje nta mpamvu  yo kuguma mu rugo ntegereje. Reka mbe ngenda n’amaguru gacye nifatira n’akayaga duhure.
Pante ati” Niba ntacyo bigutwaye.
Dorisse ati’ Yego chou.
.
Bava kuri phone Dorisse asoza kwiteura neza. Pante nawe ahita  yatsa moto ava mu rugo iwe.  Dorisse ava mu rugo iwabo  agenda gacye gacye agana aho yavuganye na Pante ko baza guhurira.
.
Kurundi ruhande,  Rehema asoje kuvugana nuwo bavuganaga agaruka mu cyumba  cye abona Karangwa ahagaze mu idirisha arimo kureba  hanze.
Karangwa arahindukira aramureba.
.
Dorisse arimo agenda  Micky aba aramuhamagaye kuri Phone aramwitaba. Akimwitaba yumva arikumwe na Claire.
Micky ati” Dori urihe se
Dorisse ati’ Ndimo kugenda.
Micky at” Uje hano se?
Dorisse ati” Njye na Choux  dufite aka trips tugiyemo.
Micky ati” Ngwiki. Sha usigaye ugira gahunda zawe ntuvuge kweri.
Dorisse ati” Nonese burikimwe cyose mpanze na cher murumva ariko najya nyibabwira koko. W
Claire ati” Dori reka gutangira kwitwara gutyo. .
Dorisse ati’Umva ahubwo mwe mukwiye kumva ibi. Hari ubuzima bwanjye namwe  dukwiye gusangira pe, ariko ubuzima  bwanjye na Cher n’ikindi gice cyihariye ukwacyo. Urumva ko ntago najya mbabwira byose.
Claire atiZ’ Ubwo uratangiye.
.
Tugaruke mu rugo kwa Rehema.
Rehema yiyicariye ku gitanda, Karangwa arahindukira aramureba maze nawe ava ku idirisha aaza agana imbere y’igitanda areba Rehema.
Karangwa ati’ Harya ngo keneye ko tuganira.
Reheme aramureba mu maso ati” Niba nawe wumva ubishaka ko tuganira.
Karangwa ati’ Rega byararangiye ni wowe hano usigaye ushyiraho umurongo ngenderwaho.
Rehema at’ Wabifashe nabi suko bimeze. Ariko  icyo ukwiye kuba uzi nuko njye nawe turi ibice byakabaye byuzuzanya niba ushaka ko urugo rwongera kumera neza. Uvuga  mo nkufata nabi nsetse nataye inshigano zanjye nk’umugore ariko nawe hari ibyi uba udashaka  gushyira  mu bikorwa kandi njye biramvuna  rwose.
Karangwa aramureba.
.
Dorisse ahagaze aho Pante agomba kumusanga. Nyuma ya kanya gato, Pante aba amugezeho bahana aka bizoux  Dorisse ahise  yurira moto  bakomeza urugendo.
Dorisse ati” ahanu tugiye hari uruhendo rungana iki?
Pante ati” Ni harehare ariko  urabizi ndi umutwazi mwiza.
Dorisse araseka ati” Uri n’umugabo wanjye ubasha guhitamo neza.
Pante araseka ati” ako kajambo uvuze gasubiremo.
Dorisse ati” Umugabo wanjye   ubasha guhitamo neza.
Pante ati” iryo jambo ndumva rimpaye ishema nubwp ntarinaza iwanyu gutanga inkwano,
Dorisse ati’ Itegure uze uzitange harabura iki?Uretse ko niyo utazitanga kukwemera kwanjye kutashingira kuri izo. Kuko wamaze kuba umushumba w’umutima wanjye.
Pante araseka.
.
Mu rugo kwa Rehema.
Karangwa  ati” aya majyambere yazanye amahano menshi ajiirijwe ariko  nawe ngo urashaka kuyabamo.  Nkawe wakwimenya koko.
Rehema ati” Ikibazo cyazo wumva  ibintu nabi ndetse ukanabifata nabi. Ayahe mabi uvuga ko yazanywe n’anajyambere
Karangwa ati”Ariko uretse kuba  abantu baramaze gutakaza kuba  abantu basigaye babayeho nk’inyamanswa zitagira  ubwenge.   Konkana mu bitsina  ni biki?  Ibyo niko Imana yabiremye?
Rehema ati” Nonese Imana yigeze ishyiraho condition z’uburyo bumwe sex igomba gukorwamo? 
Karangwa ati” Abantu bamaze kuba  ibimara kubera  ubwenge bucye nawe ushaka kugira. Imana yaramye igitsina nk’imyanya nyibaruko. Igitsina kiba kigomba  guhuzwa n’ikindi nuko byaremwe ntakundi. None abantu basaze nataye umutwe. umunwa n’ururimi  byaremewe kuvuga no kurya ngo  nibyo bashaka kujya bakoresha mu kurongorana. Noneho narumiwe  numvise ngo gusoma mu kibuno. Byonyine urumva iryo jambo ridateye iseseme. Ibaze ahantu Imana yaremeye guca umwanda ngo hakereshwe muri Sex.
Rehema ati” Ni wowe ufite ikibazo. nihe se ahubwo ku mubiri hataba umwanda.
Karangwa ati” Umva nkurahirire rwose ntago nzigera mfa urwo rupfu.
Rehema aramureba.
.
Dorisse baracyarimo kugenda. Ako kanya hari imodoka yatangiye kubomeka irimo abasore babiri barakaye cyane.
.
Telephone ya Rehema irasona, abona ni Sadio umuhamagaye aramwitaba.
Sadio ati”  Ubu tuvugana igipimo kirakurikiwe.
Rehema ati” Aho ni sawa mugire akazi keza.
.
Icyo atazi nuko igipimo gikurkiwe ari  umwana we.
Rehema areba Karangwa ati” Nanjye reka nkubwiza ukuri pe.  Ntago nzongera kuryamana nawe nk’inshingano z’imugore  gusa. Nanjye sinshoboye kwihanganira kujya unyica buri munsi.
Karangwa ati” Umugore wamaze kuba  ikinani n’ubundi nuko akora.
Rehema ati”Papa Dori ibintu ntago ari forumile kandi si umuhango.
Karangwa ati” Niba utazi  icyakuzanye uzafate inzira usubire iwanyu ubanze ujye kucyimenya.
Rehema ati” Winkangisha ibyo rwose kuko nubu nava hano nkagenda pe.
.
Pante na Dorisse bageze ahantu   heza ku Nyanja bari bagiye. Ni ahantu heza cyane habereye amaso.
Kunyengero y’inyanja hari umucaca mwiza cyane ukikijwe n’ibiti byiza bitoshye. Bahageze bava kuri moto.
Dorisse areba aho hantu arahishimira cyane ati”Mbega ahantu heza weee. Nkuko nabivuze uri  umugabo mwza uzi  gukora amahitamo.
.
Barambura agatambaro aho  bahategura n’ibyo kurya no kunywa bazanye aza kurya.  Nyuma bafata akanya bakuramo imyenda bajya mu mazi bajya koga.
Doresse ati’ Aha hantu wahamenye  ute?
Pante ati’ Kubera kugenda cyane ngensa mvumbura ahantu   gutya.
Dorisse ati’ Ntawundi muntu  uri hano.
Pante ati” Ntawe nitwe gusa.
.
Basoje koga  baza kwicara hame bateguye bararya barangwa  baganira kurukundo rwabo.  Dorisse aba aryamye yubitse inda. Pate aramureba  cyane ati’ Uri mwiza  kandi ufite ubwiza bwihariye  cyane
Dorisse araseka ati” Urakoze cyane.
Dorisse ati” Hari amagambo ujya umbwira nkayumvira iyo hasi mu kiziba  cy’inda.
.
Pante aaeka maze ahita amusoma, ubwo baba bafatiyeho barasomana koko. Pante aba agiye hepfo kumaguru ya Dorisse . afata ikirenge cye maze ashyira amano ye mu kanwa. Dorisse arabyumva amaraso aba atangiye kwiruka cyane. Pante agenda , ava ku kirenge agera kumuguru amusoma akoresheje akarimi. Arazamuka agera mu ntege arihabinda.  Dorisse atanira guhumeka ukuntu.
Pante arazamuka agera mu matako Dorsse arashira wese. Pante arakomeza agenda azamuka mu bwenge abikorana ubugeni hamwe bituma mu gutsina cya  Dorisse hisohora amazi. Pante arakomeza aba ageze mu nsi y’ikibuno yibanda cyane munsi y’ikibuno arahasoma cyaneDorisse biramurenga
Dorisse ati” Uuuuh ndakumva baby.
Pante arakomaza atangira kumusoma amubuno, Dorisse atangira kwihina  bitewe n’uburyohe. Pante arakomeza atangira kunyuza akarimi hagati mu kibuno.
Dorisse ati”   Aho baby.
.
Pante arakomeza ati’ Ufite umubiri uryoshye honey. Amabuno yawe yuzuye isukari gusa.
Dorisse akarushaho kuryoherwa
Pante ati” Ni agasukari  gusa.
.
Pante atakomeza arazamuka agera kumugongo arakomeza mpaka  agera mu bitugu.  Hashize akanya agata Dorisse ashinga amavi arahena.  Maze pante asubira hepfo ku cyibuno n’igituba aramusisa koko umwana biramurenga.
.
Hashize umwanya  uhagije Pante arekera aho 
Dorisse aramureba ati’ Bea hari ikibaz kibaye ko uhagaze.
Pante ati” Oya, ahubwo hakurikiyeho ko twese dufashanya .
Dorisse ati’ Ubwo njye nagufasha gute?
Pante ati” Bitekereze hanyuma nawe untungure.
.
Pante amanura buci ye imboro iranagana. Dorisse arayireba cyane
Pante ati’ Wigira ubwoba wowe emera ukore ibyo urimo  gutekereza ibyo  utazi ndagufasha.
Dorisse ati” Ese namwe kubonka igitsina birabafasha.
Pante ati’ Yego.
Dorisse ati” Ni ubwa mbere ntago nzi neza uko bikorwa.
Pante ati” Wigira ikibazo mu gikorwa habamo  gufashanya cyane.
.
Dorisse imboro ayifata mu kiganza. Yareze cyane yuzuye imitsi kubera ubushake.  Ubwo amaze kuyifata ayishyira mukanwa gacye gacye akozakozaho akarimi.  Pante nawe arashira.  
Dorisse ati” gutyo ni sawa.
Pante ati” Yego ni sawa cyane wowe komeza kandi icyo utekereza cyse ugikore. Wowe wisanzure .
Dorisse arakomeza aramusisa nawe akajya ahindura ibyo nawe aekereje
Dorisse ati” Ndumva intanga zawe zirimo umunyu.
Pante araseka ati” Oya ntago ari intanga kuko sinasohoye.
Dorisse ati” None ibi n’ibiki
Pante ati” Mbyite se ngwiki biterwa n’uburyohe umuntu aba yagize. Mbo na nka ruriya rurenda rujya ruza mu gituba cyawe  iyowaryohewe.
Dorisse ati’ Ok.
Pante ati” urabangamiwe
Dorisse ati” Oyaaa ahubwo ni sawa cyane.
.
Bahindura  uburyo noneho, Pante aragarama hasi, Dorisse amujya hejuru amuteye ikibuno.  Dorisse amusisa imboro mugihe na Pante nawe arimoi kumusisa inyuma mu gituba n’ikibuno icyarimwe.
.
Hashize umwanya baora ibyo bitanaho bihagije noneho Pante ayishyiramo  bahereye ku kinyuma.
.
Kumbe uko bari muri ibyo babasore babometse babagezeho..
.
Udacikwa 

Comments