logo

NEW TALENTS

Stories Group

TRUE LOVE NEAR BY YOU EPISODE 21

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Duheruka  Briana  atungurwa  no kumva mama we ari kwa muganga arikumwe na Luwero.
.
Created by Chris  nandi ishimwe.
.
 Briana aracyavugana na mama we kuri telephone.
Briana ari” Nonese Luwero  yamenye  gute ko urwaye  kugira ngo aze kugutwara kwa muganga???
Mma Briana ati” Luwero n’inhsuti yanjye yahoraga aza kundeba. N’igihe ataje yoherezaga inshuti ye  Jacke ngo ize irebe uko meze.
Briana arumirwa!
Mama Briana ati” Ese muguhe muvugane??
Briana ati” Ygo ntakibazo.
.
Mama Briana ahereza Luwero telephone.
Briana ati” Luwero umeze ute??
Luwero ati” meze neza.
Briana ati” Urakoze cyane kuba wafashije mama wanjye.
Luwero ati” Ntakibazo.
.
Briana ati” Ese wajya kure ya mama tukavugana gato??
.
Luwero ava mu cyumba Mama Briana arimo maze kuruhande, bakomeza kuvugana.
Briana ati” Kubera iki ukomeje gukora ibi?? Niki kirimo kugutera gukomeza kuba hafi ya mama??
Luwero ati” Briana sinzi niba bikubangamiye. Ariko ntampmavu mfite yo kuba ndimo gukora ibi ahubwo nuko mama wawe mukunda.
Briana ati” Ibyo gusa cyangwa hari ikindi ushaka/
Luwero ati’ Briana tuza ntakintu nshaka.
Briana ati”  ariko sinhaka kwiyumva nkaho uba udufasha.
Luwero ati” Ntabwo ndimo kubafasha.  Ibyo mba nkora nibyo  inshuti ziba zikwiye gukora.
.
Briana ati’ Nonese urabona mama ameze gute??
Luweroati” Ntuhangayike vuba mama wawe araza kumera neza abaganga barimo kumwitaho neza.
Briana ati” akoze gufasha mama nzabikwitura.
Luwero ati” Oyaaa ntabwo nabikoreye kuzabona inyiturano.
Briana ati” Noneho wajya kunsubiza mama.
.
Lweto ajyanira telephone mama Briana.
Briana uko ategereje kubamusubiza mama we akomeza kwibaza ukuntu  Luwero akomeje kwita kuri mama we.
Daria na Fanny nabo baza aho Briana ari.
Fanny ati” Ese uracyavugana na mama wawe.
.
Luwero asubiza Mama Briana telephone akomeza kuvugana n’umukobwa we. Hashira akanya bavugana
Basoje kuvugana Briana asa n’ukomeje gutekereza.
Fanny n Daria baramureba.
Daria ati” Nikihe kibazo .
Briana ati” Mam wanjye ari kwa Muganga.
Fanny ati” None wagiye gusaba  uruhushya ukajya kuureba.
Briana ati” Mama ambwiye ko ari ntakibazo.
Daria ati” Ubwo rero wizye ibyo akubwiye wumva ko ari ntakibazo??
Braiana ati” Arikumwe na Luwero arimo kumufasha.
Daria na Fanny bagwa mu kantu.
Daria ati” Buretse gato ngo mama wawe arikumwe naLuwero niwe urimo kumufasha?/
Briana ati” Yego.
Fanny  araseka ati” Noneho byarangiye umusore agiye guca kuri mama wawe?/
Briana ati” Uravuga ibiki?
Fanny ati” Luwero ntiyakubwiye bko agukunda yabonye byanze wanze kumwumva none yagiye guca kuri mama wawe.
Daria ati” Ahubwo njye aranyemeje.  Kuko ntekereza ko Jamali cher wawe ariwe wakabaye uri hafi  ya mama wawe
.
Briana asa n’ubitekerejeho.
Daria akomeza kuvuga ati” ibaze  usanze cher wawe atanazi ko mama wawe arwaye ari kwa muganga?? Kandi byitwa ko ariwe uri hafi y’iwanyu. Ariwe muntu wakabaye umenya amakuru ya mama wawe akakukbwira uko bimeze.
Fanny ati” Mbega  luwero
Daria areba Fanny ati” Ese wowe uracyatangajwe na Luwero??
.
Tugaruke kwa muganga.
Mama Briana arikwiganirira na Luwero.
Mama Briana ati”  Luwero waba ukunda umukobwa wanjye?
Luwero araseka ati” Kubera iki umbaijije gutyo?
Mama Briana ati”  Mbitewe n’umuhate wawe n’uburyo unyitaho.
Luwero ati” Mwese ndabakunda mama. Wowe na Briana  mwabaye abantu bingenzi kubuzima bwanjye. Cyagihe mwaramfashije m,bona ko  muri umuryango  mwiza kandi mushya nungutse.
Mama Briana ati” Ariko briana uramukunda.??
.
Luwero  yibuka igihe  abwira Briana ko amukunda maze Briana akamuhakanira akamubiwra ko afite undi mukunzi.
Yibuka n’uburyo yagiye mu kigo cy’iwabo maze mu misni ishize Briana akaumubwira amagambo akomeye cyane ubwo bari bacyetse ko ari umutinganyi.
Mama Briana arabibona ko Luwero  ko  Luwero agiye kure mu bitekerezo.
Mama Briana ati” Ndabibona.
Luwero ati” Ariko Briana afite umukunzi. Kandi ntekereza ko ari mwiza kuri we.
.
Kurundi ruhande mu  Kigo. Briana. Fanny na Daria baracyakoresha telephone y’ikigo bahamagara.
Uri kuri telephone ni Daria.
Asoje kuvuga telephone ayisubiza Briana.
Briana ati” Ko uyisnubiza??
Daria ati” Ntiwavugaga ko ushaka no guhamagara Jamali.
.
Tuze kwa Jamali iwabo mu rugo arikumwe na Lucas. Bari mu cyumba cya Jamali.
.
Lucas ati” Nonese mwana kiriya gikobwa ngo byatangiye gute ko numvise inkuru.
Jamali araseka ati”  urimo kiwbaraguza iki se kandi inkuru warayumvise nyine.
.
Lucas arumirwa ati” Man ntubaho.
Jamali araseka ati” Ariko niko dukora igihe habaye gufatirana amahirwe
Lucas aramurebaaaa.
Jamali ati” Niki se ko undeba gutyo??
Lucas ati” Man ntabwo wagomaga kuryamana nawe 
Jamali ati”  Ugiye kumbuza ibyabaye se??
Lucas ati” Nonese ubwo briana??
Jmali ati” Briana hari ikibazo afite se?? kandi ndamukunda urabiz.
Lucas ati” Ubwo se niba umuca inyuma….
Jamali ahita amuca mu ijabo ati” garukira aho wikomeza. Kuba nararyamanye nuriya muobwa ntabwo bihindura amarangamutima yanjye mfite kuri briana.
.
Ko kanaya telephone irasona maze aritaba.
Briana ati” Cher!
Jamali ati” Oooh rukundo rukundo. Kubera iki umpamagaje telephone y’ikigo??
Briana ati” Yego muri weekend  tuba twemerewe kuyikoresha.
Jamali ati” narinkukumbuye. Umeze neza se.
Briana ati” Ntabwo meze neza mama wanjye ari mu bitaro.
Jamali ati” Mama wawe ari mu bitaro kuva  ryari??
Briana ati” uva ejo.
Jamali ati” Ihangane cher ndizera ko aza kumera neza.
.
Daria yumvise ibyo Jamali avuze araseka.
.
Udacikwa na Episode 22

Comments