logo

NEW TALENTS

Stories Group

MUNSHUTI S01 Ep13

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
duheruka, nely arikuvuga uko abakozi basimburanye ni imishahara yabo. Twasize ageze kuri eddy.ese eddy we arakora iki? Arahebwa agahe se?
.
inkuru ihibwa kandi ikandikwa na navio kki dable le
.
dusubire inyuma gato ubwo nely yavugaga ati: munyemerere twakire umukozi mushya muri R.A.M.T, eddy akaba ashinzwe marketing akazajya ahebwa miliyoni enye yatambuka akaza imbere.
abakozi bose bakoma mumashyi.
nely ati: akaba azajya afatanya na bosco uzajya uhebwa miliyoni imwe ni igice.yaza nawe imbere.
abakozi bose bakoma mumashyi.
nely ati: giyo imyanya ikomeye muri uruganda gusa namwe bato sitwabibagiwe buri mukoze yogerewe ho 30% byumushahara yahebwaga.
abakozi bose bakoma mumashyi
nely ati: murakoze noneho mwajya kwiyicarira.
bose bamaze kwicara
nely ati: umwanya nuwawe mr franc.
bidatinzi aza imbere yabo ati: ndashimira nely cyane kubwo kudufasha ndetse namwe mwese. Ubu rero ikintu cyose mwajyaga muza kutsaba muzajya mugisaba nely. Murakoze ndetse uyu munsi mbemereye agakonji.
abakozi bose barishimye bose bava munama banezerewe. Ariko biju na liky bo bavamo bitegereza eddy.
biju ati: buriya se agize umuhige ushinzwe marketing abona azabishobora?
liky ati: reka dutegereze se ejo bundi bikamunanira.
.
.
sasa nely na eddy nabo bahise baza muka bare guserembura arinako kandi baganira ubunako rwose bishimye.
eddy we yimura agatebe yegera nely amufata kurutugu ati: uyu munsi sinzawibagirwa ariko byumwihariko ijwi wakoresheje umamagara sirizigera rimva mumatwi.
nely ati: ntugakomeze ibintu Eddy, wowe gusa ujye wita kukazi kawe. Doreko uzajya ugakorera hanze yuruganda office yawe uzajya uyibamo rimwe na rimwe.
eddy ati: gushaka isoko nibintu bikomeye ndumva bitazanyorohera.
nely ati: humura nzajya nkufasha tuzabikora.
eddy ati: ikiri kumbabaza nuko ntababyeyi ndi kubona naho bundi ntacyo byari binwaye.
nely araceceka niyavuga areba kuruhande ariko eddy we amuhozaho amaso.
.
.
kuri police gad na yvan basohoye elisa bamuzana aho babariza ariko elisa afite ubwoba.
gad ati: harya musore waratubwiye ngo waruje inaha kureba murumuna wawe?
elisa ati: yego.
gad ati: ufite nimero ze za telephone?
Elisa azuguza umutwe yemera.
bidatinze bahamagaye bosco nawe ahita ahagera nibyishimo byinshi agikubita amaso elisa ahita yihuta ajya kumuhobera
gad ati : ngaho mutahane .
.
bidatinze bafashe inzira bataha ariko arinako baganira. Elisa nkuwabonye bosco yishimye cyane ati: kundeba wanezerewa byagenze ute ra?
bosco araseka ati: ubu urazi?
elisa ati: iiih
bosco ati: miliyoni imwe nigice wowe urazizi?
elisa ati: byagenze ute se?
bosco ati: ubu niyo mushahara wange mwana.
elisa ati: ngo?
bosco ati: ubu niyo giye kujya mpebwa.
elisa ati: ni byiza noneho, ntagakuru se wari wamenya kuri mushiki wacu?
bosco ati: ahubwo uranyibukije, uziko umwe ntacyekaga asigaye arikumwe nu musore witwa eddy.
elisa ati: eddy?
bosco ati: yego, kandi mbona ajya gusa numwe wakera.
elisa ati: byanze bikunze uwuri gukeka niwe.
bosco ati: nzamubaze se?
elisa ati: ubu ndaje tubane tumushake twitonze. Ariko uwo eddy yaba ashaka urupfu pe, nano ne akajya kuri mushiki wange?.
bosco ati: biragoye kuko ubu turanakorana.
.
.
sasa eddy we aho ari ari kwiganirira na nely ibyishimo byabarenze.
eddy bidatinze yateruye nely, nely we ati: ndekura ariko.
eddy araseka ati: reka nkwishyure akanyenga nawe wishime nkuko nange wanshimishije uyu munsi.
Nely ati: ariko singobwa eddy, wowe reka jye hasi bundi tuganire.
eddy amushyira hasi nely nawe ahita amuhobera aranamusoma ati: ntugatume ariko mvuga.
eddy asekamo ati: ahubwo yaba byakundaga ngo nume uvuga umwanya munini byanshimisha koko kumva uvuga biryohera amatwi yange.
nely ati: ubwo uzi ingaruka uzanera?
eddy ati: zihe se kandi?
nely ati: uzatuma.
eddy atega amatwi.
nely ati: uzatuma, nkukunda cyane.
eddy ahita amuhobera asa numuteruye aramuzegurukana ati: yaba ahubwo wari unkunze cyane sinari bugushyire hasi.
eddy ahita amushyira hasi bundi ati: none reba utumye magushyira.
nely arirakaza ati: kubera iki se ubikoze?
eddy aramwegera aramwogorera ati: nuko nange nkukunda cyane.
.
.
sasa bakomeje kuganira bigezeho barataha ariko bataha bakina umwe yirukankana undi. undi nawe bikaba uko.
bigezeho eddy aramuheka
nely ati: narahagayitse kuko nakuze tutari kumwe ngo uganirize nishime.
eddy we ati: njye isi yambanye noya nararaga mpanze amaso ikirere ngo mbasi ndebeko bwacya ngo duhure. Naragukumburaga nkicara nkarira noneho bigezeho nange numva ndiyanze.
nely ati: ndebuka kera tukiri abana wigize kubwira uti : niyo hagira iki dutanya, imana yacu izogera iduhuze none koko reba bwanyuma turogeye turahuye.
eddy ariruhutsa arahagarara ati: iyo ndikumwe nawe, mbanumva ariryo juru ryange.
nely ati: nge mbanumva isaha itatirimuka.
eddy arogera atera intabwe ageze imbere gato nely ati: sheri uzi nikindi nshyira hasi nkubwire.
eddy arabikora nely arazeguruka aryama mugituza cya eddy bahagaze ati: reka numve uko umutima wawe utera.
akomeza kuryama mo hashize akanya amureba mumaso ati: buri uko umutima wawe utera , uge wumvako ariko inshuro ijana zurukundo ziyogera kurukundo nkukunda.
.
.
Sasa kurundi ruhande bosco na elisa bageze aho bosco akodesha bicara munzu bwari bumaze kwira bakomeza kuganira.
bosco ati: nageze inaha ubuzima bumbana bwiza.
elisa ati: ntano kohereza nu udufaranga two kugura isabune koko?
bosco ati: nubwo wumva ngo ubuzima bwabaye bwiza ntiwibagirwe ko narindi mumugi. Aha nahantu buri kintu cyose ukigura. Ariko ikiza nuko nawe uhaje uzabwira.
elisa ati: ibyo tubireke ahubwo unyibwirire kuruwo mushiki wacu ukeka.
bosco atuza akanya gato ati: uwo nely mvuga ubu ni C.E.O W'uruganda.
elisa aratugurwa ati: yee! C.E.O W'uruganda?
bosco ati: cyane.
elisa ati: uwo ni mushiki wange sha.
bosco ati: uhise wanzura se utaranamubona?
.
.
kumbe kurundi ruhande, nely na eddy baratandukanye umwe aca ukwe nundi ukwe. Eddy yatashye yishimye rwose anezerewe. Yumvaga miliyoni enye agiye kuzajya ahebwa, akumva biramurenze. Yatashye yisetsa amahirwe yagize nuko hari mumasaha yijoro ntawamurebaga.
na nely kandi nawe yatashye we yibaza byinshi kuri eddy , anibuka amagambo meza eddy yamubwiraga.
.
.
sasa bwarakeye, nely azinduka yitegura afata uburoso ashyiraho umuti wamenyo atagira kwimborosa . Akiri koza amenyo telephone irasona arayitaba agitamiye uburoso. Acyumva amagambo bamubwiye uburoso bwahise butakara hasi yifata kumunwa nkuwumiwe.........
.............
.................loading episode....14
.
ese niki nely ambwiwe?
ese byaba aramahoro?
hagati aho urukundo rwe na eddy ruri kwiyogera biraza kugenda gute?
utazacikwa na agakurikira?
.
|:::::::::::::::::::::::::-navio-nv-::::::::::::::::::::::::

Comments