Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Dusize Rehema akozwe n’amasoni ubwo yarebaga Pante yambaye ubusa hejuru.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema yashatse guhita agenda, Pante aramureba maze aramuhamagara, Rehema asa n’ugarutse inyuma gato.
Pante aramureba ati” Wakwinjira….
Rehama arinjira aza imbere ya Pante.
Pante aramureba ati” Kubera iki undebye ukagira amasoni
Rehema ati” Umbarire nkubonye ntagombaga kukubona.
Pante amufata intoki ati” Nonese hari ikidasanzwe ubonye utarusanzwe ubona? Abantu nitwe tugora ubuzima.
Rehema ati” Nibyo wenda ntakidasanzwe mbonye ntarinsanzwe mbona ariko kubona igituza byo ntabwo bisanzwe.
.
Pante araseka ati” Hari ikibazo se ugiye ubona ibidasanzwe ko nawe udasanzwe.
Rehema araseka, Pante ahita amufata ikiganza cye arakizamura gacye yitonze. Rehama yumva hari utuntu dutangiye kumwirukankamo mu mubiri. Pante azamura ikiganza cye agikoza gituza cye, Rehama ahumekna ubwoba.
Pante amureba mu maso bahuza amaso.
Pate ati’ Ko mbona udatuje hari ikibazo?
Rehema agiye kuvuga Pante aramureba cyane maze ahita akura ikiganze cya ku bituza bye.
Pante ati” Narinibagiwe ko uri Umugore w’Umugabo
Rehama ati” Wowe harya uracyari umusore?.
.
Pante afata agapira arambara ati” Yego.
Amaze kwambara afata telephone ye ayirebamo.
.
Tuze kuri Kaminuza muri Class Dorisse ari kuri chat ya Whatsapp hari umuntu barimo kwandikirana.
Ako kanya Rozine aza iruhande rwe aramureba ati” Urimo kwandikirana nande??
Dorisse ati”Nawa musore.
Rosine ati” Ese muzakomeza kuvugana gutya mutabonana?? Wamusabye mukazahura??
Dorisse ati” Byaba bigaragaye nabi abaye arinjy umusabye ko tubonana
Rosine ati” Hari ikibazo se
Dorisse aramureba ati” Ahari yabifata ukundi.
Rosine ati” Nonese wumva ataguteye amatsiko??
Dorisse ati” Bireke sha. Maze ubu hari n’igihe nsigaye murota.
Rosine aaraseka ati” Urota umuntu utazi?? Ese ubundi ya mfaoto yaraguhaye??
Dorisse ati” Wapi. Ariko nanze kumuhatiriza. Simba nshka ko yambona ukundi kuntu. Ariko sha ibaze ko nsigaye mukunda.
Rosine araseka cyane ati” Ahubwo wowe uraje usare.
Dorisse araseka maze abona kuri Chat baramusubije ngo bye mbaye ngiye turaza kongera gusubira.
.
Rosine arabibona ati” Mu bwire aghe amafote ye.
Dorisse aramwandikira ati” Wibagiwe kumpa ifoto yawe. Ahari banza warasanz atari ngombwa…
Umusore ati” Oya nzabikora. Ndaza gushaka umwanya mwiza nzabikore.
Dorisse ati’ Ndagutegereje bye kandi ugire ibihe byiza.
.
Tugaruke muri Company, Pante abitse telephone ajya mukabati afatamo imipira itandukanye.
Rehema aramureba ati” Umuntu mwavuganaga cyane banza yari ingenzi cyane?/
Pante aramurea ati” Abant bose kuri njye aba ari ingenzi.
.
Pante amunagira imipira barasohoka bajye hanze mu kibuga. Pante avuza ifirimbi maze abakozi bose baraza bahurira hamwe.
Pante ati” Tugiye kubanza kwiruka tuzengeruke hano inshuro eshanu.
.
Pante avuza ifirimbi maze batangirakwiruka. Pante nawe yirukanaka nabo. Akajya abatera imbaraga ariko akababwira siporo atari ukwivunaguza buri wese agomba gukora uko imbaraga ze zingana.
.
Bakomeza kwiruka.
Liline secretaire wa Rehema agwa hasi, Pante arabibona abandi bakomeza kwiruka Pante aza gufasha Liline amuhereza akaboko aramuhagurutsa. Rehema arimokwiruka arabibona maze nawe arahagarara arabareba.
Abandi baramubaza bati” Mabuja bite ko utiruka.
.
Rehema aba yongeye kwiruka.
Liline na Pante nabi barikunkana.
Liline ati”Urakoze cyane ufite umutima mwiza wo kwita kubandi.
Pante araseka ati” nicyo gisobanuro rero cya Siporo. Siporo uvuze ubumuntu kandi ihuza abantu. Uretse n’Ibyo siporo ihindura abantu kandi akanarema ubwibsanzure mu bantu.
Liline ati” Sha nduma uzi byinshi cyane tuzakwigiraho byinshi.
.
Bakomeza kwiruka baganira. Rehema akiruka abareba areba uko baganira.
Pante ati” Umaze igihe kingana iki ukorere iyi Company??
Liline ati” Ntagihe kinini kirashira.
Pante ati” Ok.
.
Bakomeza kwiruka Rehema ariruka cyane aba arabafashe abazamo hagati.
Rehema ati” Kubera iki mwembi mwahisemo kwiruka mu itsinda ryanyu??
Pante ati” Yego byabaye ngombwa kubera ko Liline yarakeneye ubufasha nk’umuntu warumaze kugwa hasi
Liline ati” Pante ni umuntu mwiza yita kubandi.
Rehema areba Liline ati” Yewe ibyo singombwa ko ubivuga nanjye maze kubibona.
.
Pante arabareba aeaseka maze abavamo aza mu kibuga hagati avuza ifirimbi bose bamusangamo hagati.
Pante ati” Ubu tugiye wkwigabanyamo amakipe ya bantu babiri babiri. Buri wese agende afata umuntu bakorana.
.
Buri wese agenda afata umuntu, maze Liline asigara nta muntu afite.
Pante aramureba ati” wowe ubuze umuntu muza gukorana??
Liline ati” Yego.
Rehema abona Liline asigaranye na Pante.
.
Pante areba liline ati” Ubwo wowe tugiye gukorana.
Rehema aza imbere yabo ati” Liline se yabuze uwo bakorana??
Liline ati” Yego mabuja.
Pante ati” Ntakibazo njye ndaza gukorana nawe.
Rehema ati” Cyangwa ajye gukorana na Solange twari tugiye gukorana
Pante ati” Oya ntakibazo genda ukorane nawe. Liline ndamukoresha.
.
Rehema aragenda ajya gukorana na Solange.
Pante arabareba bose ati” Siporo tugiye gukora mugiye kuzajya muryama hasi noneho mugenzi wawe agufate amaguru ajye agufasha kuyazamura no kuyamanura, mbese mukore udusipro dutandukanye turabafasha ariko tworoheje.
.
Ubwo baratangira buri wese na ikipe ye. Pante nawe aza kuri Liline. Liline ajya hasi, Pante afata amaguuru ye maze akajya amukoresha.
Akajya acishamo akamukanda munsi y’ibirenge ukuntu, Liline akabyumvira iyo akumva muri we tazi uko abaye.
Pante akamubaza ati” Ibyo urabyumva ute??
Liline ati” Ni sawa cyane. Siporo iri mu maraso yawe.
.
Bakomeza gukora maze Pante akajya agenda aca no mu bandi areba uko bakora. Aba ageze kuri Rehema.
Pante areba Solange ati’ Sola genda ukomeze ube ukorana na Liline.
.
Salanage aragenda,
Rehema areba Pante ati” nanjye ugiye kunkoresha.
Pante ati” Yego.
Rehama araseka ati” Ntakibazo.
.
Pante afata amaguru ya Rehema maze atangira kumukoresha. Agifata mu birenge bya Rehema . Rehema yumva ahise aba ukuntu.
Pante aramukoresha, Rehema we akajya yiyumva ukundi kuntu. Pante arakomeza arakomeza aramukoresha. Akajya acishamo akamukora mu ntege akora imitsi yaho. Rehema akumva arapfuye cyane hafi gushaka kwinyarira.
.
Bagiye gusoza Rehema yumva yapfuye maze ahita ava aho agenda yihuta cyane ajya kuri Toilet. Pante aramubona agenda atekereza ko ahari yaba agize ikibazo.
Pante ahita amukurkira ajya kureba icyo abaye.
.
Rehema aza muri Toilet arafunga maze akuramo imyenda abona mu kariso ye yinyariye.
Pante nawe aba ageze aho aza amuhamagara. Rehema aramwumva araceceka.
Pante akomeza kumuhamagara ati” Rehema hari ikibazo ugize ra!
Rehema araceceka.
Pante ati” Rehema nia ahari ikibazo ugize reka nkufashe..
.
Rehama ava muri toilet arimo arebana na Pante…
.
Udacikwa na Episode ya 5
Comments