logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 30

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Episode 30.
.
Twaherutse Pante na Dorisse  barimo gukora sex.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Barangie bicaye mu buriri  barimo kuganira.
Dorisse arimo kureba Pante mu maso bahuza amaso Dorisse agahita agira isono akareba kuruhande. Maze Pante  agaseka.
Pante ati” Ese cher niko ko amasoni yakwishe.
Dorisse ati’  Hari ibyo ndimo kwibuka isoni rihagita nyica.
Pante ati” Ibike se nta mpamvu ufite  yo kugira isoni.
.
Pante ava mu gitanda yambara kampambiri ava mu cyumba
.
Kurundi ruhande Nika  uko yakavuye guhaha ageze ku irembo ryaho atuye abona  Grace aramutegereje.
Nika amuza imbere bararebana.
Nika ati” Urakora iki aha.
Grace avugana akajinya  ati” Naje kuvugana nawe wandaya we.
.
Nika aramureba gusaaa hashize akanya ashaka kwikomereza ko yinjire mu nzu ariko Grace aramwitambika amwima inzira.
Grace ati” Ntaho jya njye nawe tutavuganye.
Nika ati” Wa mugore we ntacyo mfite kuvugana nawe.
Grace asikana imbereka y’umujinya ati” Niko ubitekereza? Ahubwo  turagifitanye kinini.
Nika aramureba ati” Umva Grace va hano ugende ntacyo umbaza.
Grace aramufata ati” Unshakira iki kumugabo
Nika aramuseka ati” Urebe abagore b’ibigoryi nuko mu mera.
Grace aba amuteye urushyi ati” Ntago ndi ikigoryo wa nshinzi we.
Nika nawe aba a musubije urundi ati” Uri  ikigoryi cyane ahubwo.
.
Sasa baba barafatanye intambara  irarota.
.
Twigaruke kwa Pante agarutse mu cyumba azanye juice mu birahuri bibiri kimwe agiha Dorisse nawe afata ikindi maze asubira mu gitanda aricaa.
Pante ati” Harya wambwiraga ngo ufite isoni ry’iki?
Dorisse ati” Biriya byabaye.
Pante ati” Habaye byinshi uravuga ibihe?
Dorisse agira isoni ryo kubivuga.
Pante aramureba ati” Bea ubu birakwiye ko  ungirira isoni koko!
Dorisse amurreba mu maso ati” Biriya byo kunsoma mu kibuno.
Pante araseka ati” Biriya n’ibintu bisanzwe ariko bitazwi ba benshi. Cyane ko benshi bibafata nk’igikorwa giteye isoni cyangwa kiziririjwe. Ariko bibah kubabizi kandi bigira akamaro  gakomeye mu gihe nkakiriya.
Dorisse ati’ Ntakubesye nanjye byantungye ndetse numvishe bindenze.
Pante ati” Nonese wumvise bitari byiza.
Dorisse ati” Byari birenze cyane. aruko numvaga mfite n’isoni ryinshi.
.
Pante araseka ati” Oya nta mpamvu yo kugira isoni.
Dorisse ati” Numvaga mfite ubwoba. Kuko natekereje ko bishobora kuba biri kukubangamira. Ikindi numvaga mfite ubwoba bw’uko nshobora gucikwa nkasura.
Pante araseka ati”  Iyo isura se
Dorisse araseka yifata kumunwa n’amasoni ati” Ibaze koko!
Pante ati”Iyo wumva ubishaka warikubimbwira niba wigeze wumva ubishaka cyangwa se ukanasura ntakibazo.
Dorisse araseka ati”Cher uriya mwuka ntago aba ari sawa.
Pante  aaseka ati” Kuba uvuye mu nda yawe se! kand ikindi wowe ntago waba ari mubi.
Dorisse ati” Niko ubitekereza.
Pante ati” Yego.
Dorisse amureba mu maso.
Pante ati”  Honey gusura n’ikintu gisanzwe kandi cyiza  cyane hagati y’abantu bakundana kuko bigaragaza kwisanzuranaho guhagije kuba  kuri hagati yabo.
Dorisse ati’ Burya se!
Pante ati” Cyane.
.
Tugaruke kuri Nika na Grace intambara yabo yakomeye hagati mu muhanda. Abantu barimo  kugeragez kubakiza bararekurana.
Nika ati” Umva niba ufite ikibaoz reka twekwiha rubanda ngwino mu nzu yanjye tukemure ikibazo cyacu.
Grace abitekerezaho ati” Urashaka kujya kunyicira mu nzu yawe.
Nika ati” Ubwo bireke ngaho komeza  wihe rubanda njye ndagiye.
Grace abitekerezaho aze aramukirikira baza mu nzu.
Nika ati” Icara.
Grace aricara.
.
Tugaruke kuri Pante na Dorisse baracyiganirira.
Dorisse ati” Nonese biriya bintu wabikuye he?
Pante ati” Sex n’ubugeni ntago ari folumire y’uburyo bumwe. Kandi kugira ngo ibe nziza biba bisaba ko udahora mu buryo bumwe. Bisaba ko wiga byinshi kandi bijyanye nayo. Ubundi hari ibyo bita Part sex feeling( ibice bigize amarangamutima meza y’imibonanompuzabitsina) ibyo n’ibice byibandwaho cyane birema mood ihagije ya sex kandi ninayo Sex nziza nubundi. Kuko kuriya kuyishyiramo gutyo gusa ntacyo bimaze nubwo aribyo abanyafurika cyane usanga  bakora gusa.
Dorisse Amureba mu maso  cyane ati” Uzi byinshi pe naho njyewe ndaho   gusa.
Pante ati” Ni kibuno nubwo giteye isoni kuri bamwe arko nacyo kiri muri ibyo bice.  Nawe uzakore research usime neza.   Ikibuno  buriya gifite udutsi twinshi cyane tugenda duhuza umubiri wose  ibyo bikagiha imbaraga zo kugira ibyiyumviro bifitaye isano n’igitsina. Niyo mpamvu iyo umusore agukoze ku kibuno gusa kandi ari ukugukoraho gusa wumva ubaye ukundi kuntu ndetse mukaba mwanabipfa. ariko agukoze nko kumaboko wakumva ari ibintu bisanzwe.
Dorisse ati” Uziko aribyo.
Pante ati”  Nibyo umuntu agukoze ku kibuno uhita wumva imibonanompuzabitsina.  Banza ari nayo mpamvu abakobwa bashaka kureshya abagabo bakunda kwifotoza birekana ibibuno byabo.
.
Tugarike mu rugo kwa Nika arimo kuganira na Grace.
Nika ati”  Grace nubwo wanyatatse ariko wampoye ubusa kuko ntagahunda njyewe mfite yo gutwara Umugabo wawe. Kuki si ihena natwara uko nibonye aba yaje ansanga nanjye nkamwakira.
Grace ati” Umva mbese.
Nika ati” Buretse witomboka. Umugabo wawe  yagiye kukuvaho asanga njye kubera ko wowe hari ibyo utamukorera.
Grace ati” Ibiki ntamukorera wowe umukorera? Niki umuha njyewe ntamuha? 
Nika araseka ati” Nubwo ugifite ariko ntago ubasha kukimuha neza uko bikwiriye. Uba  uraho gusa utegereje ko aza akarongora  gusa. Umva ibyo ntago bikibaho nshuti. Abagabo nabo  bakenera umugore ubasha kubitaho.  Kandi kubitaho ntago ari ukubatkera kuko ibyo nabo basigaye babyikorera. Wavuze ngo ndi indaya. None woe habura iki ngo ube indaya kumugabo wawe. Ariko ubundi  uretsekuba utandaraza  gusa ngo ayishyiremo niki kindi kiza umukorera yabasha gkunda kigatuma kuburyoa yumva ari wowe gusa atabasha kujya ahandi.
Grace aramureba.
Nika ati” Hano ndimo kuvuga ukuri. Ubundi wowe uba ufite isuku ihagije bingana iki? Aho ntiwinera mu byo mu rugo gusa akibagirwa kwiyitaho no kwikorera isuku bihagije? None ukumva ko niba umeze gutyo yakugurira apete ivuye he? Grace igituba nacyo ni ibiryo bigabuye   uko  utegura ibiryo n’ibirungo byose nacyo niko kiba gikwiye  gutegurwa. Ndetse  ukitegura bihagije umbiri wose kuburyo mujya gukora sex yumva akwishimiye cyane agufitiye apetit. Ikindi ukamenya n’uburyo ukigaburao ntago ari ukujunya hariya  gusa. Kandi mugikorwa haba hanakenewe uruhare rwawe  kuko ntag ari igikorwa cy’umuntu umwe gusa.
.
Tugaruke kuri Pante na Dorisse nabo baracyarimo kuganira.
Dorisse ati” Nonese ko  ar byiza kubera iki abantu benshi batabazi cyangwa batinya kuba babikora?
Pante ati” Nuko byabyumva nkibiteye isoni.  Ikindi kandi isuku ya benshi muri Africa iba ikemangwa. Ariko ubundi sex nziza cyane kandi inezaza n’inshingiye kubyimviro byose by’umubiri bireme neza ubushake buhagije mu gikorwa. Wumvise atari sawa.
Dorisse araseka ati” Nubu ndumva arurimi rwawe ruhakora.
Pante ati” Kugira ngo bigende neza haba hakenewe isuku  ihagije.
Dorisse araseka ati” Numvaga mfite ubwoba kuza gusanga hanuka.
Pante araseka ati”  Oya kuri wowe sinabitekereza gutyo kubera ko wowe ubwawe uri isuku.
Dorisse ati” Cyakora ibyo uvuga nibyo. Kuko pa nabashize kwiyumva umubiri wose.
Pante ati” Cyane. n’ubundi umuntu udafite isuku utiyitaho  ni babandi usanga babikora bihishe badashobora no kwitanaho. Umugore n’umugabo bakiva mu kazi bagahita binaga muburiri uko bakabaye bagahita babikora urabyumva nawe.
.
Dorisse araseka ati” Niba n’umugabo   ibaze noneho umugore utakarabye ni hatari.
Pante ati” Yego.
Dorisse ahita amuryamaho ati” Cher nishimye wakoze cyane. amatsiko narimaraye imyaka n’imyaniko wabashije kunyumvisha ibyayo. Ese ubundi ariya mazi ava he?
Pante araseka ati” Urimo kumbaza ngo ava he?
Dorisse ati” Nsobanurira yawe winseka. Ese ubundi buri mukobwa wese cyangwa buri mugore wese arayazana?
.
Tugarike kuri Nika na Grace nabo baracyavugana.
Nika ati” Grace ntago naryamanye n’Umuhabo wawe nkeneye kumutwara ariko niba ushaka kumugumana biri mu kiganza cyawe. Ariko nanone niba utanashoboyekuba wamugumana twe tubishoboye tuzamugutwara. Nkubwiye ukuri kose ntacyo nsize.
Grace abitekerezahooo
Nika ati” Grace ntago ndi mubi kuri wowe. mbaye ndi mubi narikukubwira ibindi kandi ntago wari no kungerera mu nzu. Ariko Umugabo wawe ari mu biganza byawe,
Grace ai” Nika byose  umbwiye nibyo. Umbabarire kuba naje nkurenganya, ariko biranamfashije.
Nika ati” Grace  ikintu iyo ari icyawe kiba ari icyawe ariko iyo utabashije kukirinda ngo ikigumane mu biganza byawe biranira kibaye icyabandi.
Grace arahaguruka ati” Ayo umbwiye  aramaze, ndetse  uri umwana mwiza bitandukanye nuko nagufataga umbarire.
Nika ati” Ntakibazo. wowe  gende usobanukirwe icyo ukwiye  gukora.
.
Udacikwa na Episode ya 31

Comments