logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 3

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twerutse Rehema amaraso yirukanse ubwo Pante yamufataga mu kiganza mu buryo budasanzwe.’.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Baragenda  bafatanye.
Pante areba Rehema ati” Uku nkufashe  hari  ikibazo se?
Rehama abanza gusa nuvugishwa araseka ati” Oyaaa ntakibazo pe!
.
Barakomeza baza muri offce ya Baty Ceo wa Company. Baty areby uko baje bafatanye aratangara cyane maze arahaguruka arabasanganira arabasuhuza maze abaha ikaze.
Baty ati” Nonese mwembi burya mwari muziranye??
Pante na Rehema bararebana baraseka maze bahakana kobatari baziranye.
Pante ati” Duhuriye hano  twese
Baty ati” Muratangaje. Muhuye bwa mbere maze muhita mwihuza? Gusa ni byiza cyane. hanyuma tubahaye  ikaze muri Company yacu.
Rehema ati” Murakoze cyane.
Baty ati” Ndizera ko ni myanya mugiye gukoraho mwayibwiranye?
Rehema na Pante bararebana.
Rehema ati” Oya.
.
Baty araseka ati” Ukuntu muje mu meze numvaga ko buri kimwe cyose ubwo mwakivuganye.
Pante ati” Oya.
Baty ati” Rehama niwe ugiye Director Manager. Naho Pante we niwe ushinzwe siporo y’abakozi ba Company.
Rehema aratangara ati” Company yanyu itanga igihe cya Siporo??
Baty ati” Yego.
Rehema ati” Yubatse neza cyane. Company  yose iha agaciro abakozi bayo igira umusaruro.
.
Pante na Rehema bararebana.
Pante ati” Rehema nishimiye kuba ngiye gukorana namwe byumwihariko nk’abayobozi banjye.
Rehema araseka ati: Nanjye nishimiye ko ugiye  ko ugiye kuzajya utuma nkora siporo bihagaije.
Baty arabareba ati” Noneho nagenda mbereka uko Company imeze naho muzajya mukorera.
.
Baty arabajyana abanza kujya kubereka aho bazajya bakorera. Babanza kuza muri Office Rehema azajya akoreramo basangamo undi mukozi w’Umukobwa witwa  Liline.
Baty ati” Rehama, uyu Mukobwa yitwa Liline niwe Secretaire wawe.
.
Rehema asuhuzanya nawe.
Baty aramureba ati”  Uyu ni Pante niwe uzajya uba ushinzwe siporo yanyu.
Liline asuhuzanya na Pante bararebana cyane, Liline araseka.
Liline ati” Ndakwishimiye cyane.
Pante ati” Urakoze cyane.
.
Baty arakomeza arabatembereza.
.
Twiyizire kuri Kaminuza Dorisse yigaho ni saa moya z’umugoroba bari muri etude y’umugoroba.
Dorisee hari ikibazo arimo gusobanurira bagenzi be. Uwitwa Claire  yakira message ya whatsapp imubwira ngo none waje??
Claire ahita ahaguruka asohoka class aragenda. Aza hanze agenda agana ku ma toilet aza muri Toilet z’abahungu asanga hariyo Umuhumgu umutegereje.
Claire aramureba ati” Fils ubu hano ni sawa??
Fils ati” ntakibazo gihari hano.
Claire ati” Ubwo se hagaize uhadusanga??
Fils ati”Inde wahadusanga??? Abantu  bose batashye. Abasigaye mu kigo ni bariya bakobwa gusa murimo kwigana.
Claire ati” None banza umpereze.
Fils ati” Ese wimvana muri Mood.
Claire ati”Banza urangize ibyo twumvikanye.
.
Fils akora mu mufuka w’ipanaro yambaye akuramo amafaranga arayamuhereza. 
Claire arayabika ati” Sawa. Ariko urangize vuba.
.
Fils ahita amufata aramusoma arangije aramuhindukiza amanura ipanaro yambaye n’ikariso amukubita agashyi ku kicyibuno, akora mu gituba.
.
Kurundi ruhande Dorisse ashoje gusobanura ikibazo yarimo asobanura  maze ajya kwiyicarira hajyaho undi.
Hashize akanya yumva ashatse kujya kwihagarika. Ava class ajya hanze aza ku ma toilet aca ku ma toilete ya bahungu agiye kujya mu ya bakobwa kuko ari hirya yayo. Aba yumvise amajwi y’umukobwa urimo kuniha muri Toilet z’abahungu. Arahagarara arumviriza cyane. uko yumva  amajwi yutaka akumva arushijeho kugira amatsiko.   Ubwo ntiyaba agikomeje ahubwo  arakata aza muri toilet z’abahungu kureba ikijya mbere.
.
Tugaruke kuriCompany muri ayo masaha.
Pante asohotse muri Company aza kuri cya moto cye. Rehema nawe aba asohotse muri Company abona Pante yurira moto ye. Na Pante aba aramubonye. Rehema agenda asa n’Umusatira amugera imbere.
Rehema ati” Ufite moto nziza cyane.
Pante araseka ati” Twagurana se ukampa kiriya gikoko cy’imodoka yawe??
Reheme araseka maze akora muri sakame ye akuramo kontake ze ati” Akira kontake.
Pante araseka ati” Wapi naba nkuhenze. Uretse ko utanayimpa.
Rehema araseka ati” Iyo nza kuba nzi gutwara moto narikubyemera da.
Pante araseka maze yatsa moto ye. Ni imwe muri za moto nziza cyane.
Rehema ahagaze kuruhande arimo kumureba.
.
Ako kanya akavura kaba karamanutse.
Rehema ati” uragenda ute muri iyi mvura? Cyangwa uze unyisunge.
Pante ati” Ntakibazo ndagenda.
.
Pante acaho. Rehema nawe ajya mu modoka ye aragenda. 
Tugaruke kuri Kaminuza Dorisse arimo kugenda asatira aho arimo kumva amajwi agiye kuhagera Claire aba avuyeyo arimo kuzamura amakariso akubitana na Dorisse arahagarara aramureba.
Bakirebana Fils aba abaciyeho arigendera, dorisse aramureba amukurikiza amaso amaze kurenga agarura amaso kuri Claire bararebana.
Dorisee ati” Biriya byari ibiki?
Claire ati” Ariko kubera iki uba ushaka kwigira umwana kandi ukuze??  Urambaza iyo twarimo ntabyo  uzi. Harya ngo nuko ukiri isugi??
Dorisse ati”  Ibyo muvuyemo ndabizi. Ariko se gusambanira muri Toilet kweri.
Claire ati” Ikizima nuko umuntu aba yiyeranjije.
Dorisse ati” Ubundi se ko ubikoze bikumariye iki?
Claire araseka ati” Sha nanga uko wigira.  Ariko nuko utaribikora.  Gusa umunsi wabikoze  uzambwira.
.
Claire ahita acaho arigendera. Dorisse asigara aho. Hashize akanya ava aho muri toilet z’abahungu ajya mu za bakobwa aza muri Toilet amanura ikariso abona yatose yajemo ururenda.
.
Rehema ageze mu rugo yishimye cyane, ajya kwitegura aza mu gikoni atangira guteka. Nyuma y’umwanya Dorisse naba ageze mu rugo aza mu gikoni abona Mama we arimo gutekana moral.
Dorisse afata karotti arahekenya ati” Mama uyu munsi ko mbona ufite akanyameneza utarufite muri iyi minsi??
Rehema aramureba ati” Nyine ubwo ka moral kaje. Mba ngomba kugafatirana nkishima.
Dorisse ati” Papa se yiriwe hano??
Rehema ati” Kubera iki?
Dorisse ati” Kubera ko wishimye.
Rehema ati” Nonese kba nishimye bihuriye no kuba Papa wawe yaba yiriwe hano.?
Dorisse araseka ati”  Ntekereza ko mwagize umwanya uhagije wo kwishimisha. Nagiye numva ko umugore n’umugabo bagize umwanya uhagije wo kwitanaho no kwishimisha bibaremera ibihe byiza. Buriya wasanga byagenze neza.
Rehema ati” Ese ubwo n’ibiki uba uvuga
Dorisse araseka ati” Ariko Mama nawe ntukamfate nk’umwana. Ahubwo Mama Buriya biba bimeze gute? Ntakubeshye mba numva nshaka kuzageragezaho.
Rehema araseka ashaka kumukubita agashyi Dorisse ariruka ava mu gikoni.
.
Tuze kuri Company sasa. Abakozi barimo kwambara imyenda ya Siporo bagiye gukora Siporo. Rehama nawe arimo kwambara.
Abakozi bashoje kwambara bajya mu kibuga. Rehema nawe asoje kwambara ava muri Office ye aragenda arimo agenda abona aho Pante akorera hasa nahafunguye ajya kumureba ageze kumuryango afunguye abona Pante yambaye ubusa hejuru Ni Umusore  uteye neza wubatse neza cyane udafite  inda imutanga imbere mbese ni umusiporitifu kbsa. Pante ahindukiye ahuza amaso nawe, maze Rehema aba agize isoni …..
.
Udackwa na Episode  4

Comments