Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 10.
.
Duheruka Liline na Pante bahagaze kumarembo ya Company Liine ashaka ko yakwinjirana na Pante ariko ako kanya Rehema ahita aza.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema aba abagezeho arabasuhuza bose, ariko yibanda cyane mu kuvugana na Pante cyane. Liline ntibyamushimisha.
Rehema ati’” Pante wagize ijoro ryiza se?
Pante araseka ati” Yego.
Rehema ati’ Ndabona tugereye hano rimwe ubwo reka twinjirane mu kazi.
.
Pante ahita arebaba na Liline, Rehema arabareba nawe ati” Niki se ko murebana??
Pante ati” Rehe, narinyivugana na Liline ntacyo wowe waba ugiye mu kazi buriya turaza kongera gusubira.
Rehema ati” Ubwo se nibiki murimo kuvugana muri iki gitondo??
Liline ati” Mabuja ubwo urumva twabura ibyo tuvuga kandi byacu byihariye??
.
Rehema arabyumva ati” None ubwo ibyo muvgana njye ntabwo bindebaho??
Pante ati” Mbo urebye…
Ataravuga byinshi Liline ahita amuca mu ijambo aravuga ati” Mabuja urumva nyine ni ibiri hagati yanjye na Pante gusa.
Rehema areba Liline hashira akanya, arangije arahindukira areba Pante ati” Ok reka ngende gusa Pante nanjye nashakaga kuvugana nawe kandi byihutirwa.
Pante ati” Buriya turaza gushaka akanya ko kuvugana.
Rehema ati’ Ntaribi.
Rehema ahita abareka aragenda, Liline amukurikiza amaso abonye ageze kure ahita agarura amaso kuri Pante bararebana.
Liline ati’ Kubera iki uba uvuga imbereye y’uriya mugore usa n’umwisobanuraho?/
Pante ati” Ntago mba mwisobanuraho.
Liline ati” Wihakana kuko hano ndabyiboneye kandi subu gusa kuko ukunda kubikora.
Pante araseka ati” Ubwo nba mwisobanuraho ibiki?/
Liline ati’ Nonese ntiwari wananiwe kumubwira ko ibyo tugiye kuvugana bireba twe gusa. Nabonaga ushaka kubanza wabisegura.
.
Pante araseka ati’ Wapi.
Liline ati” Ese ubundi kuki utamubwiye uza kwinjirana nanjye?/
Pante ati” Kumubwira ibyo se buriya byari ngombwa? Ikizima nuko ngiye kuzuza neza ibyo njye nawe twaritumaze kuvugana
Liline araseka ati” Cyakora urantageje pe namvuga utakwinjirana nanjye Ubonye Mabuja aje inshuti yawe magara niba ahubwo atari ikindi kintu
Pante ati” Ikindi kintu gute.
.
Ubwo binjirana mu nyubako bavugana
Kurundi ruhande Rehema nawe ageze muri Office ariko atishimiye uburyo asiganye Pante na Liline ndetse bisa nkaho Pante amusumbishije Liline. Aricara abitekerezaho yumva biramubabaje cyane.
.
Liline ageze Pante imbere ya Office ye maze barahagarara.
Liline ati” Urakoze kuba winjiranye nanjye.
Pante ati’ Ese ubwo urumva ibyo ari ibya danger
Liline ati” Cyane. ariko wowe ntago aka kanya wakumva agaciro bigeze kuri njye
Pante ati” Akahe se?/
Liline ati” Wowe ujye umpa akanya nzakubwire.
Pante ati” Hari icyo wumva ushaka kuzambwira se
Liline ati” Yego kandi kitari gito. Ariko nzabasha kukubwira wowe wabashije kumpa umwanya wawe ntaguhatirije.
Pante ati’ Ntakibazo ko turi kumwe hano se.
.
Liline aramureba ati” Noneho nagenda.
Pante ati’ Ntakibazo.
Liline ati’ None urajya muri Office yawe se utansezeye?/
Pante amuza imbere aramufata, Liline abyumvira iyo kure, Pante aramusezera basomana ku tama.
.
Bagisomana Rehema yarimo aza atambuka aba arababonye ababonera kure. Araza abageraho.
Rehema ati’ Burya muracyarikumwe??
Liline ati” Yego
Rehema ati” Namwe mwakabije cyane.
Rehema areba aLiline ati”Wowe wiagiwe akazi ufite uko kangana iriya Raporo nyishaka vuba.
Liline ati” mukanya ndaba nyisoje.
.
Liline ahita agenda. Rehema na Pante basigara barebana aho. Liline uko agenda akajya ahindukira akareba inyuma aho abasize. Muri we akumva ntago yishimiye kuba abasiganye.
.
Rehema ati” Niki kiri kujya mbere hagati yawe na Liline
Pante araseka ati” Koko urumva ushaka kukimenya/
Rehema ati” Nyine. Kuko biratangaje umwaya wose uhaye uriya mukobwa.
Pante ati” ariko umwanya wose muhaye ntagitangaza kirimo. Kubera ko Liline ni umukobwa nanjye ndi Umusore.
Rehem arabyumva yumva biramubabaje ariko aratuza ati” Nako narinibagiwe koko. Ndumva naringiye kwivanga cyane.
Pante ati” Ahubwo se ko uhise uva muri Office yawe ugiye ureba Ceo.
Rehema ati” Oya ngiye kuri toilet.
.
Tuze kuri Kaminuza ku ishuri Dorisse yicaye muri Class wenyine ari kuri chat arimo kwandikira Pante ngo” waramutse ute ko utegeze umvugisha?
Micky mushuti we aba arabjiye aza kwicara iruhande rwe aramureba ati” Urimo kwandikira nde?
Dorisse ati’ Cher .
Micky araseka ati’” Noneho wamaze kwizera ko ari cher wawe. Umuntu mutaranahurho narimwe.
Dorisse ati” Kuba mwizera ntaramubona bisa nk’ubusazi ariko sinzi impamvu numva umutima wanjye umwizeye.
Micky aramureba.
Dorisse avuga asa n’utekereza ati” Mba nibaza umunsi nzahura nawe ko bizaba bimeze.
Micky araseka.
.
Tugaruke ku kazi.Liline ari mu kazi. Rehema aba agarutse muri Office bararebana.
Rehema ati” Wasoje?/
Liline ati” Yego.
Rehema ati” Bimpereze hanmo.
.
Rehema ajya kwicara, line arahaguruka amushyira Raporo amaze gukora arayimuhereza Rehema ayirebamo arangije areba Liline mu maso.
Rehema ati” Ese uriya musore uramukunda??
Liline ati” Kubera iki??
Rehema ati” Oya nta mpamvu nkuajije ariko ubaye udashatse kunsubiza ni uburenganzira bwawe.
Liline aramureba,
.
Tuze ahantu mu kabari kameze neza cyane. ni akabari ka Leo Umugabo wa Grace akaba mubyara wa Pante ibyo murabyibuka cyane.
Ni mu masaha y’ijoro hari abakiriya benshi. Leo arimo kugenda abatambukamo areba uko bimeze.
.
Arangije kugenda abacamo areba nuko abakoze be babakira ajya kwihagararira kuruhande. Gusa arasa n’umuntu utishimye habe na gato.
Uwo mwanya umwe mu bakoze be witwa Nika amuza imbere aramureba.
Nika ati” Boss kubera iki umeze gutyo?/
Leo ati” Meze gute
Nika ati’ Ntago umeze neza ndimo kubibona. Kandi burya uri mu bantu badakwiye umubabaro habe na gato.
Leo ati” Meze nza.
Nika ati” Oya Boss, ahubwo nkurikije uko umeze va hano mu rusaku ngwino nkwereke.
.
Nika amufata akaboko amuzana kuruhande n’ubundi muri Office ye.
Nika ati” Boss ba wicaye hano muri Office yawe ngire akantu nkutegurira. Kandi va mu bitekerezo bikujyana kure kuko ukwiye ibyiza.
Leo araseka,
Nika nawe araseka ati” Kandi boss kukwitaho gutya nizere utajye ibifata nko kugushyanukaho/
Leo aramureba cyane mu maso
.
Udacikwa na Episode 6
Comments