Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 25
.
Twaherutse hagati ya Rehema na Liline buri wese ahiira undi kumutima.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Kuri Kaminuza aho Dorisse yiga aje ku ishuri ageze muri Class abona Micky na Claire bicaye hamwe nabo bamubonye, Claire ahita agira amatsiko yo kubaza Dorisse uk yaraye aboye Video yamwoherereje,
Dorisse akigera Class yicara mu mwanya we. Claire ahise ahaguruka aza imbere ye aramureba.
Dorisse ati” Niki ?
Claire ahita yicara ati” Wazibonye ute?
Dorisse ati” Umva biriya wibimbaza tubireke ahubwo ntuzongere no kubyonyoherereza
Claire araseka ati” Nyamara zari nziza cyane kndi nawe ndabona ko wabikunze.
Dorisse ati” Claire mbabarira biriya bintu simbishaka sinzi n’icyo ushaka kugeraho.
Claire ati” Ariko wivuga nabi nta mutima mubi nabikoranye icyo nashakaga nuko wiga.
Dorisse ati” Ni ubuhe bumenye buri muri biriya bintu.
Claire ati” Ese utabeshye wowe ntabwo wabonyemo. Ubuse ntacyo byakubwiye byibuke neza.
.
Dorisse yibuka uburyo yazirebye yarangiza akinisha.
Amaze kubyibuka areba Claire ati” Oya biriya bintu nabonye byakwingiza ubuzima bwanjye.
Claire ati” Nuko wakinishije kandi ntiwagmbaga kwinisha kandi ufite cher.
Dorisse ati” Umva tubireke nkeneye kwiira.
Claire ati” Sawa.
.
Claire amuvaho.
Tugaruke kuri Company ku kazi. Rehema na Liline buri wese yishimye ibye buri wese arumva ko agiye kurangiza mugenzi we akaba ariwe usigarana Pante.
.
Liline aba arahagarutse ava muri Office aragenda. Rehema aramureba.
Liline uko yakavuye muri Office yabo abona abona nibwo Pante arimo kuza mu kazi. Pante aba amugezeho Liline aramusuhuza. Pante nawe aramusuhuza.
Liline ati” Pante ko wakerewe kuza m kaz wabaye iki
Pante ati” Ntacyo nuko naryamiriye cyane.
Liline ati” Ariko Pante ubundi nzamenya aho utaha ryari Nkubu ugize ikibazi umuntu yamenya agusanga he ngo agufashe.
Pante aramureba ati Ushaka kuhamenya se?
Liline aramwegera cyane ati” Nshaka kuhamenya rwose..urabona uz mu rugo. Byaba byiza nanjye menye aho utaha.
.
Rehema nawe aba arasohotse muri Office arababona baganira ntibyamushimisha maze ahita aza kwivanga mu kiganiro cyabo.
Rehema aza avuga ati” Pante waramutse neza. Nibwo waza ariko.
Pante ati” Yego.
Liline arabareba,
Rehema amufataho ati” urakoze kuza narinkukeneye cyane hari akantu nshaka ko umfasha.
Pante ati”Agaki.
Rehema ati” Twajya muri Office yawe nkakwereka.
Liline arabibona ko icyo Rehema agamije ari ukubatandukanya, biramubabaza cyane.
Liline ati” Nonese icyo ushaka ko agufasha birasa ko mubanza kujya muri Office ye?
Rehema areba Lline nabi ati” Hari icyo bigutwaye se wowe Wagiye wita ku kazi kawe?
Pante areba Rehema.
Rehema aramufata ati” Tugende rata nkwereke.
Baragenda, Liline asigara ahekenya amenyo arangije afata telephone ye arabafotora bagenda ifot ahita ayoherereza Col. Karangwa yandikaho n’amagambo.
.
Kurundi ruhande Grace arikumwe na Leya ahantu hamwe barimo kganira Grace arimo kivugana umujinya.
Grace ati”Leo ndimo kumubura. Ibaze ko ejo yanyibwiriy ko amaze kundambirwa.
Leya arumirwa ati” Yarabikubwiye?
Grace ati’ Yego.
Leya ati” Sha buriya afite agakobwa karimo kumwemeza muri iyi minsi.
Grace ati” Ako gakibwa ngomba kukamenya uko byamera kose.
Leya ati”Umva gashake niba udashaka kubura Umugabo wawe.
.
Tugaruke kuri Coampany. Rehema na Pate binjiye mri Office ye.
Pante aramureba ati” Aha mbwira urashaka ko nkufasha iki?
Rehema araseka ati”Oya ntacyo nuko narinikumburiye kuba ndikimwe nawe gutya gusa.
Pante ntibyamushisha ati” Rehema wagiye ureke gukabya ibintu gutya.
Rehema ati” Nkabije he kuba narinkukumbuye ni kosa?
Pante aramureba.
.
Rehema ajya ku muryango arafunga ashyiramo urufunguzo arangije agaruka imbere ya Pante atangira gushaka kumusoma.
Pante arabyanga ati” Nakubwiye koi bi byahagaze.
Rehema ati”Pante ndakwinginze ndagukumbuye cyane. mfasha ndakwinginze cyane.
Pante ariyacarira ati:”Ko ufite Umugabao wampaye amahoro.
Rehema ati” Umugabo wanjye ntakintu ashoboye.
Pante ati” Rehema wihangane nakubwiye ko ntazongera gukora ibi byararangiye.
Rehema ati”Oyaaa ntago byarangira Pante. Basi gira ikintu unkorera niba wumva aka kanya utanashyiramo.
.
Rehema ahita amanura ikariso. Pante areba.
Pante ati” Rehema iyubahe. Niba nahakanye gute wowe ushaka guhatiriza?
Rehema aramureba ati” ese ugeze naho unena gutya?
Pante ati” oya si ukukunena ariko ubuzima bwanjyenamaze kubuha umurongo.
Rehema arahindukira amutera ikibuno amera nkuhennye ati” Basi nsomamo gusa numva mood yawe please.
Pante areba ikubuno n’igutuba cye yumva arabishatse ariko akomeza kwihagararaho.
Rehema arunamuka abonye ko Pante ntacyo amumariye aramureba Panteati”Urambabaje.
Pante ati” Ndarengana kuko ibi nari nabikubwiye. Ahubwo wowe fata igihe uzaganire n’Umugao wawe bihagije umubwire mujye mubikora neza abigukorere neza.
Rehema ati”Ibyo ntago ateze kubyumva kandi nanjye maze kumwibagirwa.
.
Pante aamureba ati” Ihangane ube ugiye nkore akazi.
Rehema aramureba ati”Pante ntago ari uko njye nawe bikwiye kujya bigenda urabyumva.
.
Rehema arangije aragenda afungura umuryango ahita abona wa muntu basa ahagaze mu nguni yambaye umweru aramureba ati” Rehema urimo guta icyubahor cyawe imbere y’umusore. Iga wakwize ubundi buryo ukemuka ikibazo cyawe mu buryo bwiza?
Rehema ahita asohoka aragenda.
.
Mu ma saa kumi n’ebyeri z’umugoroba Pante aje ku ishuri rya ba Dorisse. Dorisse agisohoka mu kigo abona Pante ahagaze ku marembi yaje kumureba. Dorisse ahita yiruka amusanganira amugwamo cyane.
Dorisse ati” Honey ndagukunda.
Pante ati”I love you too
Dorisse amureba mu maso ati” Ibi ndabikunze uburyo unkreyemo surprise. Ubu tugiye gutaha kuri Moto??
Pante ati” Yego.
Dorisse ati” None ko nari nazanye imodokka.
Pante ati” Ba micky bayigucyurire.
Dorisse ati” Reka nze bave mu kigo mabwire. Cyakora cher aka kantu ukoze ni keza karanejeje cyane gusohoka mu kigo nkasanga untegereje.
.
Bakiraho telephone ya Mama irasona Dorisse aritaba baravugana amaze kuvugana nawe ahita aba nk’ucitseintege.
Pante aramureba ati” habaye iki?
Dorisse ati” Mama hari ahantu ahise antuma.
Pante ati” Ntakibaoz reka tujyaneyo.
Dorisse ati” Ikibazo ntago nzi neza igihe nza kuvirayo.
Pante ati”Reka moakugeze ntakibazo.
.
Kurundi ruhande Liline ari mu nzira ataha hari imdoka yaje ihita imuparika imbere irimo Sadio. Mwibuke Sadio hari umupango afitanye na Rehema. Hari ibyo bapanze.
Liline amubonye aramumenya bisa nkaho Sadio na Liline bari basanzwe baziranye.
.
Sadio ati” Liline injira mu modoka.
Liline yinijira mu modokaabarasuhuzanya.
Sadio ati” Imyaka myinshi sha.
Liline ati” Cyakora hai haciyemo igihe koko. Ndabona ubuzima bwarahindutse watabaye umukire.
Sadioa ati”Ya naje kubona akazi keza cyane ubuzima burahinduka cyane.
Liline ati” Wawo ndabikunze cyane rwose.
Sadiro ati” Ahubwo se njye nawe duhuje ryari ko nkushaka cyane. nkeneye hari ubufasha bwawe nkeneye kandi nizeye ko uzamfasha.
Liline ati”Ntakibazo rwose. Igishoboka cyose nabasha nagufasha.
Sadio araseka ati” Ejo se buriya twahuza
Liline ati”Ntakibazo.
.
Sadio aramwenyura.
.
Udacikwa na Episode ya 26
Comments