logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 39

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Final episode 
.
Twaherutse Rehema abwira Panteko  nubwo akundana  nubwo  akundana na Dorisse  umukobwa we nawe bagomba kuzajya bakomeza kuzajya baryamana ku ibanga.
.
Story by chris nandi Ishimwe.
.
Pante yumvishe aguye mu kantu. Rehema ibyo amusabye ni amahano. 
Rehema aramureba ati: Pante wimera gutyo kuko njye ndi serie ndakomeje.
Pante ati” Ariko  ibintu urimo kuvuga  urimo kubyumva?
Rehema ati” Yes.
Pante aseka yumiwe.
Rehema ati” Pante wiseka urahitamo cyangwa se Dorisse nawe umubure.
Pante aramureba ati” Dorisse ntago namubura.
Rehema araseka ati” Ariko wibagiwe ko ari umukobwa wanjye.
Pante ati” Ariko amahitano y’urukundo rwe agenwa nawe si wowe.
Rehema ati” Ok ubwo uhisemo reka nze kuza kubikwereka.
.
Pante yumva yikanzemo ati” Rehema wikora ibyo. Ese ubwo wakumva  ushimishijwe no kwangiza  urukundo rw’umwana wawe?
Rehema ati”Mfite uko nabigenza kandi ntababare. Kandi Pante ibi ushobora kuza kubifata nk’imikino ariko ndakomeje kandi ndabikora.
.
Pante ahita amuza imbere amufata ku bitugu, Rehena ahita afata amaboko e amushize  ku bitugu arayamanura ayafatisha ku kibuno,
Rehema ati” Fata aho.
Pante aramureba.
Rehema ati” Pante ahubwo wowe uroshya umutwe wumve ko ariko bikwiye kugenda.
Pante ahita amurekura ati” Umva umbabarire sinakora ayo mahano.
Rehema ararakara ati” Ok.
.
Rehena ararajara ahita asohoka mu  nzu ye yivumbuye cyane, Pante asigara yumiwe kandi afte impungenge zikomeye zicyo Rehema yaba aiye  gukora.
Hashize akanya agato ahita afata telephone ahamaara Dorisse. Dorisse yariyibereye iwe mu rugo. Abona Chch bea aramuhamagaye maze aramwitaba.
Dorisse ati” Hello my day how are you??
Pante ati” hello my soul.
Dorisse ari” Ariko ndumva utameze neza
Pante ati” Yego niko bimeze.
Dorisse ati” Niki  cyabaye mutima?
Pante ati” Mama wawe.
Dorisse asan’uwikanze ati” Mama wanjye yabaye iki?
Pante ati” wapia ntacyamubayeho ariko ibyo aza kukubwira byose ntubyumve.
.
Dorisse  aracanganyikirwa ati”Niki se aza kumbwira  udashaka ko numva?
.
Pante abitekerezaho   yibaza icyo yamubwira nicyo  yareka. Atekereza niba yamubwira  ko yajyaga aryamana  na mama we,  nanone akumva  ntakuntu afite yabimubwira.
Dorisse ati”  Cher niki koutavuga ma!
Pante akomeza gutekereza icyo  yamubwira.
Dorisse ati” Baby?
Pante aritaba.
Dorisse ati” Sha wavuze ? Ese mama  wanjye yagutwaye iki?
.
Pante abura aho ahera akupa telephone. Dorisse biramucanga yibaza icyo umukunzi  yabaye yumva biramuyobeye. Muri we aba ataniye gutekereza kuba yareka ibyo arimo akajya kumureba akemenya ikibazo yagize.
Nkuko yakabitekereje ajya kwitegura ubwo agiye kuva mu rugo aba akubitanye na Rehema nawe ageze mu rugo asa n’uwarakaye cyane  Dorisse aramureba.
Rehema ajya kwicara auga ati” Dori dukeneye kuvugana..
Dorisse ati” Mama wabaye iki
Rehema ati” Ngwino hano tuvugane 
.
Dorisse ati” Mama waretse tukavugana nyuma ko ngiye kureba Pante ?
Rehema ati” Oya  reka tubanze tuvugane.
.
Dorisse yumva agize amatsiko aza kwicara areba Mama we ati”  Ariko mama tuvugane umwanya muto.
Rehema ati”Hagarika urukundo rwawe na Pante.
Dorisse arikanga ati”   Kubera iki Mama?
Rehema ati” Ni byo byoza kuri wowe. kubera ko Pante ntago ar umuntu mwiza kuri wowe.
Dorisse ati” Mama ibyo uvuze bitandukanye nibyo nabonye kuri we.
Rehema ati” Yakwishushanyijeho. Kandi umuntu ufite icyo ashaka yakwiyambika buri sura yose kugira ngo akunde agerekucyo ashaka. Pante ntago ariwemuhungu mkwiranye.
.
Dorisse ntiyabyumva ahita ahagaruka.
Rehema aramureba ati”Ugiye he tukivugana?
Dorisse  ati” Mama  sinteze kubyumva. Ubwo bubi bwe uvuga reka nzabanze mbwibonere n’amaso yanjye. Naho sinamwanga nshingiye kumugambo  yawe  gusa umbwiye.
Rehema ati” Dorisse ukwiye kumvira Mama wawe.
Dorisse ati” Mama sinigeze nkugusugura ariko nanone ntago  najya nkumvira muri  buri kimwe cyose.  Nanjye nkwiye kuzajya mbanza gusesenura  ibyo umbwiye  nkumva  ibyo nkwiye kumva mbona ko ari ingenzi.
Rehema abona Dorisse ntagahunda yo kumwumva afite.
Dorisse ati” Ahubwo ndagiye kandi umbabarire Mama.
.
Dorisse agiye kuva mu nzu Rehema aramureba ati” Nonese niba ari mwiza kuri wowe yigeze akubwira ko?....
Atarasoza kuvuga wa muntu basa  aravuga ati”  Rehema birakwiye ko wkora ibyo ugiye gukora koko!
Rehema ati” Cyane rwose.
Dorisse aramureba ati” Ese mama uravugana nande Ubundi warugiye kuvuga ngwiki?
Rehema ati” Pante yigeze akubwira ko twajyaga turyamana?
Dorisse agwa mu kantu arikanga cyane yifata  kumutima.
Rehema ahita ahaguruka aramusanganira aramufata.
Dorisse ararira ati”Mama uvuze ibiki?
Rehema ati” Nakoze ikosa ryo guca Papa  wawe inyuma. Kubera ko  ntacyo yamfashaga. Umuntu twaryamye rero ni Pante.
Dorisse ati”Urabeshye.
Rehema ati” Nukuri niba mbeshya uze kuvugana nawe umubaze. Ariko mwana wanjye ntago wakundana n’umunu waryamanye na Mama wawe. Uretse n’ibyo  uriya musore akundwa n’abagore benshe ugumanye nawe wazaturika umutima. Mureke.
Dorisse biramubabaza areba Mama we mu maso arangije ahita amuva imbere aragenda.
.
Bidatinze yaje kureba Pante. Pante afungura umuryango bararebana. Abona Dorisse yarize cyane tayali ahita amenya koRehema yamubwiye byose.
Dorisse nawe aramureba cyane maze ahita amugwamo aramuhobera. Pante biramucanga kubona Dorisse amuhobeye kandi mama we yamubwiye byose we atigeze amubwiraho narimwe.
.
Pante ati” Mama yakubwiye byose.
Dorisse amureba mu maso ati” Yego. Ariko ibyo  yambwiye byose  byabaye hagati yanyu ni amateka y’ibyahise adakwiye gusenya urukundo rwanjye.
Pante  yumva  biramurenze ati” Koko
Dorisse ati”cyane. 
Pante arongera aramuhobera.
Pante ati”  Mama wawe yambwiye ko agiye guhagarika urukundo rwacu.
Dorisse ati” Mama ndamukunda ariko ntago ariwe ufata umwanzuro w’urukundo rwanjye. Ese ubundi uryamana na Mama  waramukundaga cyangwa mwabikoze just biraho  gusa.
Pante ati”  Cher mbere ya byose ubanze umbabarire. Iyo nza kuba nararyamanye na Mama wawe mukunda ntago njye nawetua twarahuye.
Dorisse ahita amuhobera nanone ati” Bivuze ngo ninjye wabaye amahitamo yawe.
Pante ati’ Yego.
.
Barebana mu maso  barasomana.
.
Kurundi ruhande Rehema yicaye mu rugo arimo kwibaza byinshi.
Wa muntu basa ati” Rehema wigambirira kubabaza umwana wawe.  Shaka uko ukemura ikibazo cyawe.
.
Tugaruke kuri Pante na Dorisse.
Pante ati” Mama wawe  yambwiye ko niba shaka ko  urukundo  rwanjye nawe rukomeza nakwemera nkajya ndyamana we.
Dorisse ati” wowe wamubwiye iki?
Pante ati” Namuhananiye niyo mpamvu yahise aza kukubwira byose.  Ariko njye umbabarire kuba  ntacyo narinarigeze nkubwira. Nabonaga kukubwira ibyo ntacyo byagufasha.
Dorisse ati” Ntakibazo  honey. Kandi ikibazo Mama afite ndakizi kandi ngiye kubigiramo uruhare gikemuke.  Ariko wowe uri uwanjye kandi tuzagumana ibihe byose.
.
Ntibyatinze,Dorisse  yaje gutumira Papa we amubwira ko akeneye  gusohokana nawe  bakaganira. 
Bidatinze barasohokanye baza ahantu heza Dorisse  yariyateguye ko baza. 
Dorisse ati”Papa nkeneye kuganira nawe. Kandi uze kwihanganira ikiganiro tuza kugirana.
Karangwa ati” Ntakibazo mukobwa wanjye.
Dorisse ati” Papa nzi ikibazo kiba hagati yawe na Mama. Ariko nanone nizera ko uramutse ubushaka cyakemuka. Basi nubwo uba wumva bidashoboka wanapfa kubigerageza ukareba umusaruro bitanga.
Karangwa ati” Ese uravuga ibiki
Dorisse ati”Ibyo mvuga Papa urabizi. Ndavuga gahunda yo mu gitanda.   Papa gahunda yo mu gitanda ntago ari umuhango ukorwa n’abashakanye ahubwo n’igikorwa cyhariye kandi kiba gikwiye guhabwa agaciro. Hariya niho hari ubusobanuro bw’urukundo buhagije. Igice cyo kwitanaho kigaragaza amarangamutima n’icyizere abakundana  baba bafitanye hagati yabo.  
Karangwa areba uburyo arimo guhanurwa n’umukobwa we.
.
Baraganiriye cyane bishoboka, Dorisse agera naho amubwira uko hagati ye na Pante bigenda. Ubwo basoje kuganira baratashye.
.
Igihe nacyo kiricuma.
.
Rehema ari mu cyumba Dorisse yaje kumureba, Rehema arahindukira nawe aramureba.
Dorisse aza kwicara kugitanda maze baraganira.
Dorisse ati”Mama naganiriye na Papa kandi nizeye ko vua uraza kubona impinduka.
.
Tuze mu rugo kwa Pante ni muri weekend. Dorisse aje iwe mu rugo. Pante akimubona aramusanganira   barahoberana barasomana.
Dorisse ati” Honey ndagukumbuye pe!
.
Ubwo bahita bava hanze bajya mu nzu. Batangira kwirwanaho.
.
Tuze mu rugo kwa Rehema.
Rehema na Karangwa nabo barimo gukora sex. Rehema aryamye agaramye, Karangwa ari mu matako ye arimo kumwonka mu gituba. Afata amaguru ye arayazamura cyane noneho atangira kumusisa ahereyo hepfo mu kibuno akazamuka akagera mu gituba.
Rehema ati”Ni byiza my husband. Urimo kubikora neza.
.
Wa muntu basa  ari aho hafi ati” kare kose iyo uganira n’umugabo wawe neza warikubona igisubizo utabanje gukora amabi. Gusa ni byiza ubwo umukobwa wawe yabikoze.
.
Ndabashimiye uko twabanye muri iyi nkuru.
.
Next story ni AMAHITAMO Y’UMWAMI GISA.

Comments