logo

NEW TALENTS

Stories Group

TRUE LOVE NEAR BY YOU EPISODE 23

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Daria abeshya ko Luwero  yavuye mu kigo arwaye agiye kwivuza.
.
Created by Chris  nandi Ishimwe.
.
Turacyari muri Class ya ba Briana. Briana arimo kureba mu makaye ye.  Hagiye hanarimo note  Luwero yagiye amufatira.
Daria avuye hanze abona Briana arimo  kureba mu makayi maze aza hafi ye nawe areba mu kayi.
Daria ati” Urimo guhangana wiga iki ma!
.
Daria yitegereje neza abona zimwe muri note Luwero yagiye afatira Briana.
Daria ati” Uwafata Leya akicyikumukuraho maze akayimuteraho.
Briana yumvise ayo magambo ya Daria  araseka, Fanny  nawe aba arinjiye abona Briana arimo guseka maze yumva agize amatsiko yo kumenya ngo Briana arimo guseka ibiki.
.
Fanny ati” N’ibiki  murimo guseka  we! Nanjye mu mbwire.
Briana ati” Yewe Daria  yarasaze.
Fanny ati”  Daria n’ibiki??
Daria ati” Uhubwo Briana araseka ibiki??
Briana ati” Wa mubwiye.
.
Kurundi ruhande Luwero nawe  ku kigo .   arimo kukireba imbere ye neza   neza. Muri we nuko agomba kuzenguruka n’ubundi akurira.
Abanza kwinaga mu gihuru maze ahindura imyenda yambara unform  ya gikobwa maze ajya kuzenguruka aho ajya akunda guca agasimbuka.
.
Tugaruke kuri ba Briana. 
Daria afata ikayi ya Briana yereka Fanny ati”Urabona  iki??
Fanny ati”Ni note ziri  mu mukono wa  Leya.
Daria ati”  aho rero niho mvugiye ngo uwafata Leya akacyimukuraho maze akiyimuteraho yaba ari agasore karenze.
Fanny abyumvise araseka cyane nawe.
Briana areba Daria ati” sha Dari uri ikimara.
Daria ati” Briana, Uriya mukobwa aragukunda byukuri pe! Ndimo kugenda ndushaho kubyumva. 
Briana ati”None urashaka kumpa inama se zo kureka urukundo rwanjye maze nkaba umu lesbiane
Daria ati” Oya da! Ariko uriya mwana wongeye kumufata nabi.
Briana ati” Gute se.
Daria ati”Kare ubwo wamwihakanaga byambabaje.
Briana ati” Nonese wagira ngo nemere ko hari icyo mpanga nawe kandi ari ntacyo??
.
Kurundi ruhande Luwero arimo kurira Igipangu agiye gusimbuka.  Arurira maze asimbutse igwa inyuma mu kaguni iruhande rwa ma toilet. Aho aguye agwa imbere y’abakobwa barimo guterana fingers mu bitsina.
Luwero abibonye arikanga ahita afunga amaso.
Abo bakobwa umwe yitwa Benia undi yitwa Cleny.
.
Benia na Cleny nabo baramwikanga baba baretse ibyo bakoraga 
Luwero ati” Mwihangane sinababonye.
Benia ati” Byaba byiza nyine ukomeje kumera nkaho utigeze utubona. Natwe turabika ibanga ryawe ko tutigeze tubona usimbuka igipangu.
Luwero ati”Yego ntakibazo. Iyo ni Deal.
.
Luwero arikomereza.
Uko yakagiye Cleny amwibazaho ati”  Beni ubonye uburyo uriya mukobwa asimbutse hano??
Benia ati” Hari abakobwa baba bakomeye nk’abahungu.
Cleny ati”Uriya we wagira ngo si ugukomera  nk’abahungu ahubwo wagira ngo niwe neza neza.
Baraseka.
.
Luwero arimo gutambuka mu kigo ahura na Teacher. Barakubitana.
Teacher ati”Leya uvuye he??
Luwero ati” Muri Doro.
Teacher ati”  Wagarutse mu Kigo ryari??
Luwero ati” Njyewe se n’igeze mva mu kigo.
.
Barimo bavugana Briana, Fanny na ba Daria barababona.Daria arikanga! Fanny ahita areba Daria.
Fanny ati” Daria wabonye ibyago wishizemo??  Tayali amakuru wahaye Teacher agiye kunyuranya  nibyo Leya agiye kumubwira.
.
Koko Teacher ahita ahindukira areba aho ba Daria  bahagaze. Daria  nawe ahita abona ko kamubayeho.
Briana aramureba ati” Ubundi warengeraga iki kweri!
.
Udacikwa na Episode 24

Comments