Loading verse...
AGENDA OF SEX
.
Episode 11
.
Twaherutse Mady aza gutwara Mia ku kazi.
.
Story byChris nandi Ishimwe.
.
Bagiye baganira mpaka bagera ku kazi. Mia ava kuri moto ya Mady aramushimia.
Mady ati” Ni wowe ukoze.
Mia araseka ati”Ese kubera iki iyo nkushimiye uhita uvuga ngo ninjyewe ukoze.
Mady ati”Kubera ko ariwowe uba wampaye amahirwe.
Mia arumirwa ati” Ariko se utabeshye koko uba wumva nkushishikaje ??
Mady ati” Cyane rwose.
Mia ati” amagambo uvuga hari mba ngira ngo n’inkuru y’imigani urimo kumbwira.
Mady ati” No kandi mba mvuga ukuri nkomeje.
.
Salama akorana na Mia nawe aje mu kazi abona Mia avugana na Mady. Ariko arikomereza ntiyavugana nabo ajya mu kazi. Ageze mu kazi asanga Tessa yahabatanze yahageze kare.
Salama ati” uriya mugore ni kuva ryari yarate umuco ra!
Tessa ati” Uravuga nde??
Salama ati” Mia.
Tessa ati” Yakoze iki.
Salama ati” Ari hanze mubonanye n’umusore umuzanye kuri moto.
Tessa ati” Uravuga Mady se??
Salama ati” Urambaza ndamuzi se.
Tessa ahita amenya ko ari mady maze ahita asohoka kureba ageze hanze abona Mia aza barahura abona Mady agenda.
Mia ati” Tessa wazindutse.
Tessa ati” Ariko ngo ni Mady ukuzanye.
Mia ati” Yego. Ninde ubikubwiye.
Tessa ati” Salama.
Mia ati” Uriya nawe aravuga.
Tessa ati” Wowe na Mady ibyanyu bikomeje gufata intera.
Mia ati”Ntakubeshye yamaze kuntwara nk’umusazi.
Tessa ati” Ese urabona utagiye kuzarusenya.
Mia ati” Ahari namaze kurusenya pe.
.
Tuze kuri maximo ari mu kazi aho yagiye gukora muri mission. Arimo gukora. Hashize akanya hari uwinjiye amubonye arikanga. Kumbe ni Melia umwe basanzwe banakorana. Niwe Umuyobozi we yohereje ngo aje amwunganire bafatanye.
Melia aramushuza yishimye cyane ati” Maximo boss ambwira ngo nze nkufashe nahise nza niruka.
Maximo ati” Ntabwo narinzi ko ari wowe.
Melia ati” None washakaga undi utarinjye.
Maximo ati” Nawe ntakibazo nuko ntigeze ntekereza ko yaba ari wowe.
Melia ati” Ninjye kandi nabyishimiye cyane kubera ko byibura ngiye kujya mara akanya nkureba.
.
Maximo ati” Undeba se kubera iki ko atarikokazi kakuzanye??
Melia aramwegera cyane ati” Maximo uri umugabo mwiza. Basi kukureba gusa njyewe biranyura. Ese wowe kubera iki utanyishimira.
Maximo ati” Ndakwishimiye ngaho reka dutangire akazi.\
Meliaati”Ntanubwo ubanza kumpobera se.
Maximo ati” Nagusuhuje birahagije.
.
Tugaruka mu kazi kwa Mia,
Arimo gukora aganira na Tessa arimo kumubwira ukuntu ejo hahiye we na Mady.
Tessa ati” waciye umugabo wawe inyuma.
Mia ati” Tessa sinkubeshye numva mbishaka. Narimaze igihe narihanganye.
Tess amureba ukuntu.
.
Mia ati” Windeba gutyo! Nawe urabizi neza iyo hari icyo umubiri ukubaza. Narimaze amajoro ndara ndibwa n’umubiri kandi maximo ntacyo yamfasha.
Tessa ati” Ariko n’Umugabo wawe.
Mia ati” Ya. Ariko ntako nagerageje ngerageza kwiyumvisha ko basi nyuzwe nuko Umugabo wanjye abikora ariko byaranze. Nyine ubwo naransinzwe ngira integer nke.
Tessa aramureba ati” None ubwo.
Mia ati” None ubwo iki??
Tessa ati” Urakomeza ujye uca Umugabo wawe inyuma cyangwa wabonye ibyo washakaga ntuzongera?/ cyangwa se uriya musore agiye kugutwara buhumyi uzasanye warangije byose.
Mia ati” Nubwo uriya musore numvise atandukanye ariko nkunda Umugabo wanjye.
Tessa ati” Umugabo wawe nubwo atabihisha ariko basi wowe aragukunda. Uzi abagore benshi aha babuze urukundo rw’abagabo babo??
.
Mia abitekerezaho ati” Tessa sinzi icyo abagore tuba dushaka. Ariko mba numva ntakwishimira gutakaza umugabo wanjye.
.
Tuze kure aho maximo yagiye.
Asoke akazi kumunzi ni mu masaha y’Umugoroba we na Melia baratashye.
Maximo ati” Wowe urimo kuba he.
Melia ati” Nihariya muri hotel nawe urimo kubamo.
Maximo ati” Waje muri hotel ndimo kubamo.
Meliaati”|” Nonese ahubwo nari kujya kure yaho uri wapi. Muri iyi mission turi abunganizi kandi abunganize bakwiye kubana hafi. Ahubwo byari kuba byiza tuba mu cyumba kimwe nuko bitashoboka.
.
Maximo aramurebaa. Maze barakomez barataha buri wese agera kumuryango wa room kumbe ziranegeranye.
Meliaati”Maximo ijoro ryiza.
Maximo ati” Nawe ijoro ryiza.
.
Maximo yinjira muri room ye na Melia yinjira mu ye yivugisha ati” Uriya mugabo arakomeye cyane.Melia bisa nkaho nta mahirwe uzagira.
.
Maximo yicara kugitanda maze ahamagara Mia.
Mia ati” Karame cher.
Maximo ati” Umeze ute?/
Mia ati” Meze neza.
Maximo ati” Na kessy ameze neza??
Mia ati” Cyane.
Maximo ati” Ese kuki uba utampamagaye wowe.
Mia ati” Narinzi ko ndibuguhamagare cher umbabarire.
Maximo ati” Nkubabarire kuba utampamagaye se nkubabarire iki??
Mia ati” Kuba byanshiyeho.
Maximo ati” Ubuse mvuge ko byaguciyeho.
Mia ati” Ariko….
Maximo ati” Wikwisobanura bye ahubwo.
Maximo arakupa.
Mia ajya mugitanda. Akigera mu buriri aba aributse. Kare Tessa yigeze kumubwira ko yamenyanye na mady bahuye bavuye aho bari bagiye.
.
Amaze kubyibuka maze ariyorosa neza.
Ako kanya telephone irasona abona ni Mady Umuhamagaye video call yambaye ubusa.
Mia ati”Mady urakora ibiki??
Mady ati” Iragukumbuye. Nibyo nashakaga kukwereka. Ikeneye kwinjira.
.
Mia ahita abyumva irimo kwinjira.
.
Ngaho…..
.
Next episode 12
Comments
Login to comment.
No comments yet.