Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse Mady na Mia bamatanye rwose buri wese afite uko arimo kwiyumva.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mady arimo kumva bagera kure. Mia nawe arumva byarenga ibyo arimo kumva kuko bose ubushake bwa barenze.
Maduy sasa atangira kumanura intoki cyane ashaka kuzinjiza mu matako ngo akomeze amukorakore maze telephone ya Mia iba irasonnye ahita agaruka mu bitekerezo bizima arebye abona ni Maximo umugabo we.
Mia aritaba ati” Karame cher.
Maximo ati”Wabaye amahoro ra!
Mia ati” Ntakibazo ndimo gutaha ndaje.
.
Mia ava kuri telephone arebana na Mady.
Mia ati” Mady urabeho.
Mady amufata akaboko ati” Ibibaye se ubyimvise ute??
Mia ati” Ntakibazo ndizera ko bihagije.
Mady ati” None twajya tubonana kenshi ko njye namaze kugufata nk’inshuti.
Mia ati” Ntakibazo igihe bishoboka.
Mady ati” Ntakibazo bye.
.
Mia ava aho aza hanze kumuhanda atega moto arataha.
Mady nawe ahita ava arataha.
.
Miag ageze mu rugo asanga Maximo na Kessy barimo gukora work.
Mia ati” Mwiriwe??
Maximo ati” Mwiriwe.
Mia abona maximo amusubije atamureba.
Kessy ati” Mama nawe tugomba kuzajyana
Mia ati” Hehe
Kessy ati” Kwishuri.
Mia ati” Hazaba iki?
Kessy ati” Inama.
Mia ati” Uzajyana na Papa wawe.
Kessy ati” Oya ni mwembi.
Mia ati” Mu nama hajyayo umubyeyi umwe.
Kessy areba Papa we ati” Papa ni wowe tuzajyana
Maximo ati” Yego.
.
Mia ahagaze hamwe akomeje kureba maximo. Maximo nawe aba aramurebye.
Maximo ati” Niki?
Mia ati” Wagiye unyitaho koko cher!
Maximo ati” Ni ryari se ntakwitaho ahubwo??
Mia ati” Reba nk’ukuntu nkusuhuje maze ukansubiza utandeba.
Maximo ati” Ndimo gufasha umwana.
.
Mia aramurebaaaa telephoibne ya Maximo irasona arayifata aritaba.
Maximo ati” Karame. Oya mukanya ndaba nsoje kubikora.
.
Mady nawe ageze aho aba yinjira mu nzu maze ahita yicara mu ntebe. Akicara mu ntebe afata telephone maze ajya mu mafoto atangira kureba za nyandiko yafotoye akuye muri Agenda ya Mia.
Undi musore babana yitwa Danny aba aratshye asanga Mady aryamye aho mu ntebe.
Danny ati” Bite man ko waje ugafatira feri aho.
Mady ati” naha nafatiye too.
Danny ati” Urangariye ibiki ra!!
Mady ati” hari ikintu cya danger ndimo kureba.
Danny agira amatsiko ati”Nyereka ndebe.
Mady arabyanga ati” Wapi ni ibyanjye njyenyine.
.
Tugaruke mu rugo kwa maximo ari mu cyumba yirambite kuburiri arimo kureba amakuru kuri tv screen nini bafite iba mu cyumba.
Mia we arimo kuryamisha Kessy. Amaze kumuryamisha azimya amatara maze nawe aza mu cyumba cye.
Yambaya agakanzu gato cyane. Abona maximo arimo kureba amakuru.
.
Mia aba agiye kugitanda aza hejuru ya maximo ati” Cher reka ibya makuru.
Maximo ati” Reka nyarebe arangire.
Mia ati” Wapi sinategereza.
.
Mia avuga arimo kumusoma.
Maximo nawe amakuru aba arayaretse. Ariko ntiyazimya television.
Mia ati” Honey turageze turangize sibyo.
Maximo ati” Urimo kungaya.
Mia ati| Umva kandi iyo ugeze. Njyewe ndashaka ko tugera ku kiza.
Maximo ati” Sawa.
.
Biyambura imyenda yose Mia hasi. Maximo hejuru arayifata ayishyiramo maze arasunika ararongora.
Mia ati”Ndakumva cher komeza gutya.
Maximo nawe agasunika ariko yageramo hagati akagenda gake akumva rimwe akaryohe karagiye.
Mia ati” Birimo kugenda gute ra.
Maximo ati” Ntabwo unyumva.
Mia ati”Ndimo kukumva ariko ntiwongere gusa n’ucogoye.
Maximo arakomeza. Akumva ariko ntabwo birimo kuza neza.
.
Mia ati” Bea what wrong.
Maximo ati” Ntakibazo.
.
Uwo mwanya haba hatambutse inkuru kuri tv Maximo aba arayirangariye, Mia aramureba. Maximo ubwo aba yagiye iba yanaguye kare.
Mia ahita ahaguruka ati” Ariko se amakuru nibyo turimo.
Maximo ati” Ihangane tuzabikore ejo.
.
Mia arabyuka ava mu buriri afata telephone arigendera. Maximo akomeza kwirebera amakuru.
.
Mia aza kwirebera umwana abona arasinziriye maze arakata aza muri saro aricara afungura telephone ngo agire utwo aba yirebera.
Agifungura whatsapp abona Mady yamwandikiye amubaza niba yageze mu rugo neza amahoro. Anakomeza amubwira ko yamwishimiye yamukunze birenze.
.
Asoje gusoma izo chat mady yamuhaye abona hasi yanamwoherereje aka video. Nako aragafungura abona ni aka video Mady yifashe amubwira amagambo meza amwifuriza ijoro ryiza.
Mia yumva aragakunze. Akomeza kureba iyo video. Abona Mady yagiye yifata ibice by’umubiri ahereye mu gituza agenda amanuka.
Mia uko abireba umutima uratera cyane abona agiye kuyibona rwose. Ariko akumva ntabwo ashaka kubireba ariko nanone kuvanayo amaso biranga maze aba abonye imboro ya Mady arikanga telephone igwa hasi.
.
Next episode 6
Comments