Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 22
.
Twaherutse Liline asabye Col. Karangwa bahura akamuha amakuru ku mugore we.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema ari mu modoka arimo kugenda aseka arashimye cyane arimo kugenda avuga Liline ibye birangiye agiye kumuvana mu nzira.
.
Kurundi ruhande Lline nawe ari iwabo mu rugo nawe afite ibyishimo by’uko agiye kurangiza Rehema akamvuna mu buzima bwe na Pante.
Leya abona Liline arimo kwisetsa aramureba ati” Liline urimo kwisetsa.
Liline ati” Aunt Rehema ntago azogera kumbera ikibazo.
Leya ati” Gute?
Liline ati” Ngiye kumuteza umugabo we ko ajya amuca inyuma ubundo hashye.
Leya ati” Ariko ntabimenyetso ufite. Urumva ari iki uribwereke umugabo we.
Liline ati” Ntago ikimenyetso cyabura sha.
Leya ati” harya nitwiheze kumbwira ko umugabo ari umusirikare ?
Liline ati” Ni Colonel.
Leya ati” Ese urumva umugambi wawe wawutekerejeho neza? Umugabo we n’umubwirako Umugore we amuca inyuma arahita ahiga panye ujya umuca inyuma ku mugore we urumva Pante utaraba umushize mu bibazo.
.
Liline ati”Oyaaa njyewe nsi uburyo nza kuvugana nawe.
Leya ati”Liline wakwitonze ubwo urumva aramubwira iki?
Liline aramreba.
.
Tigaruke kuri Rehema aracyari mu nzira agenda aracyafite akanyamuneza. Uko arimo agenda abona wa muntu basa yagarutse mu modoka ye yambaye umweru noneho.
Reheme aramureba ati” Urakora iki mu modoka yanjye ko nakwiyamye wamvuye inyuma ubundi urasha iki?
Uwo muntu ati” Ubu mbese kuba ugiye guhemuka urumva wishimye. Umva Rehema guhemuka nta mugisha bitanga.
Rehema ati” ese kuba unshanga buri kanya.
.
Rehema aparaika imodoka aramureba ati” Wavuye mu modoka yanjye?
Uwo muntu aramureba cyane Rehema amubwira amuakanga muri akokanya ahita amubura abura aho arengeye. Rehema akomeza urugendo rwe.
.
Hashize akanya abona yagarutse noneho yambaye imyenda y’imikara. Aza avuga arimo guseka ashima Rehema
Uwo mntu ati” Rehema ukoze neza ugiye kwikiza umwanzi wawe.
Rehema aramureba ati” nanga amasura yawe ahindagurika buri kanya. Rimwe uba unshingiye ubundi ukaguruka urwanya ibyo nakoze.
Uwo muntu ati” Kuba Liline ugiye kmurangiza ni sawa cyane.
.
Tuze mu rugo kwa Pante we na Dorisse bari kumeza barimo kurya, Pante arahaguruka Dorisse aramureba ati” Ko uhagurutse ugiye he
Pante ati”Hari icyo nibagiwe gutegura.
Dorisse areba kumeza ati” Ariko byose birahari.
Pante ati” Ntago nateguye imbuto.
.
Pante ajya kuzana imbuto.
Dorisse asigara arimo kurya. Pante azana imbuto aricara Dorisse aramureba maze ahita yibuka ukuntu mukanya amusomye kumukondo akumva arashize wese.
Pante aramureba ati” Cher urimo gutekereza iki?
Dorisse ati” Ndimo kwibuka ibyo unkoreye mukanya, wansomaga kumukondo mu nda hakavibura.
Pante araseka
Dorisse ati” Mana weee byandenxe cyane.
Pante ati” Waumvise bimeze gute?
Dorisse ati” Byari sawa cyane.
Pante ati” Igihe bzaba byemewe nzagukorera ibirenze cyane
Dorisse ati” Ikihe gihe
Pante ati”Igihe njye nawe tuzaba twaabanye twemerewe gukora byose.
Dorisse abitekererezaho maze aba arasetse ati” Eeeeeh twabay umugore n’umugabo?
Pante ati” Yego.
.
Dorisse ati”Icyo gihe nkitegerezanyije amatsiko kuko hari ibintu nkeneye kumva mood yabyo.
Pante araseka ati” Kandi disi uba wumva ubishaka.
Dorisse ati’ Cyane. ariko Mama yambwiye ko ari byiza ko nazabikorana bwa mbere n’umugabo wanjye w’isezerano. Ese Pante ubundi wowe uri imanzi?
Pante atungurwa n’icyo kibazo.
.
Rehema arimo kuza agana aho mu rugo kwa Pante.
.
Tuze mu rugo kwa Leo yirirwanye na Grace nkuko yaribimwemereye basoje kurya.
Grace aramureba ati” Bea tujyane mu cyumba.
Leo ati” Gukora iki?
Grace ati” Tugende wowe uraza kubibona.
Leo arahagaruka baza mu cyumba. Grace aramureba cyane na Leo aramureba.
Grace ati” Ubue wowe ntubyumva cher.
Leo aramureba
Grace ati’ Ita kumugore wawe aragushaka.
.
Leo yumva ntabushake yifitemo ati”Cher aka kanya aribwo tugisoza kurya koko
Grace ati” Njyewe ndagushaka ntacyo bintwaye ibuka ko hashize amezi ntacyo umarira ubu noneho meze nea ntacyo unshinja.
.
Grace ahita akuramo imyenda yambara ubusa Leo aramureba. Aho kumwitaho akiyibukira Nika.
Grace arramwegera aramufata ati” Cher wanyitayeho koko
Leo abyishakamo maze batangira gusomana. Basomana akanya gato Grace ahita ajya kugitanda aragamara.
Leo nawe akuramo imyenda arangije aza imbere ye.
.
Grace ati” Niki cher ko uhagaze?
Leo ati” Nonese nuku biribugende?
Grace ati’ Yeho hari ukundi. Ahubwo yishyiremo vuba.
Leo ati’ ntago untegura se?
Grace ati’ Cher simbona yafashe umurego ikindi usahaka niki?
Leo aramureba ati” Ese ubundi wowe ibi bintu ubikora wabyitayeho yangwa ubikora kubera ko wabishatse gusa
Grace ati’ Mba nabyitayeho kandi nabishatse.
Loe aramurebaaaaa ukuntu ameze arangije amujya hejuru apfa kuyishyiramo nawe unwo atangira gusunika arakubita.
Grace ati” Yego cher narinkukumbiuye pe narinkumbye kuyumva.
Leo we arumva ntakigenda ariko kubikora gusa kugira ngo amufashe.
.
Tugaruke mu rugo kwa Pante aracyarikumwe na Dorisse biyicariye hanze barimo gukina amakirta baranezerewe cyane. Pante muri we arumva amaze gukunda cyane Dorisse cyane.
Dorisse aramureba ati’ Cher hari ikintu cyaneje mu biganiro byose twagiranye?
Pante ati”Ikihe?
Dorisse ati” Kuba wambwije ukuri. Ni gacya ushobora kubona umuntu ukubwiza ukuri.
Pante ati” Umuntu kunda byukuri uba ukwiye kumubwiza ukuri.
Dorisse areba ku isaha ati” Bea ndacyeja nagusuye bihagije ubu ngiye gutaha.
Pante ati” Wakoze vcyane kandi twagiranye ibihe byiza cyane.
.
Kumbe Rehema ageze hafi aza ahongaho.
.
Kurundi ruhande liline nawe ari mu nzira agenda agiye guhura na Col. Karangwa. Bidatinze aba ageze aho bavganiye kuza ghurira maze aricara aramutegereza.
Hashize akanya gato abona Col Kanrangwa nawe nguwo araje arahageze. Aramusuhuza.
Col Karangwa ati” Ngaho mbwira kandi umpe n’ibimenyetso ntago nkeneye amagambo gusa.
Liline ati” ntago nakubeshya. Umugore wawe turakorana. Aguca inyuma.
Col. Karangwa aramureba.
.
Kurundi ruhande Rehema nawe ageze mu rugo kwa Pante arimo gukamanga kumuryango. Pante aba arafunguye abna ni Rehea yinjira mu nzu.
.
Udacikwa na Episode ya 23
Comments