logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 22

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 22
.
Twaherutse  Liline asabye Col. Karangwa bahura akamuha amakuru ku mugore we.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema ari mu modoka arimo kugenda aseka arashimye cyane arimo kugenda  avuga Liline ibye birangiye agiye kumuvana mu nzira.
.
Kurundi ruhande Lline nawe ari iwabo mu rugo nawe afite ibyishimo  by’uko agiye kurangiza Rehema akamvuna mu buzima bwe na Pante.
Leya abona Liline arimo kwisetsa  aramureba ati” Liline   urimo kwisetsa.
Liline ati” Aunt Rehema ntago azogera kumbera ikibazo.
Leya ati” Gute?
Liline ati” Ngiye kumuteza umugabo we ko ajya amuca inyuma ubundo hashye.
Leya ati” Ariko ntabimenyetso ufite. Urumva ari iki uribwereke umugabo we.
Liline ati” Ntago ikimenyetso  cyabura sha. 
Leya ati” harya nitwiheze kumbwira ko umugabo ari umusirikare ?
Liline ati” Ni Colonel.
Leya ati”   Ese urumva umugambi wawe wawutekerejeho neza? Umugabo we n’umubwirako Umugore we amuca inyuma  arahita  ahiga panye ujya umuca inyuma ku mugore we urumva  Pante utaraba umushize mu bibazo.
.
Liline  ati”Oyaaa njyewe nsi uburyo nza kuvugana nawe. 
Leya ati”Liline wakwitonze ubwo urumva aramubwira iki?
Liline aramreba.
.
Tigaruke kuri Rehema aracyari mu nzira agenda aracyafite akanyamuneza.   Uko arimo agenda abona wa muntu basa yagarutse mu modoka ye yambaye umweru noneho.
Reheme aramureba ati” Urakora iki mu modoka yanjye  ko nakwiyamye wamvuye inyuma ubundi urasha iki?
Uwo muntu ati” Ubu mbese kuba ugiye guhemuka urumva wishimye. Umva Rehema guhemuka nta mugisha bitanga.
Rehema ati”   ese kuba  unshanga buri kanya.   
.
Rehema aparaika imodoka aramureba ati” Wavuye mu modoka yanjye?
Uwo muntu aramureba cyane Rehema amubwira amuakanga muri akokanya ahita amubura abura aho arengeye. Rehema akomeza urugendo rwe.
.
Hashize akanya abona yagarutse noneho yambaye imyenda y’imikara. Aza avuga arimo guseka ashima Rehema
Uwo mntu ati” Rehema ukoze neza ugiye  kwikiza umwanzi wawe.
Rehema aramureba ati” nanga amasura yawe ahindagurika buri kanya. Rimwe uba unshingiye ubundi ukaguruka urwanya ibyo nakoze.
Uwo muntu ati” Kuba Liline ugiye kmurangiza ni sawa cyane.
.
Tuze mu rugo kwa Pante we na Dorisse bari kumeza  barimo kurya,  Pante  arahaguruka Dorisse aramureba ati” Ko uhagurutse ugiye he
Pante ati”Hari icyo nibagiwe  gutegura.
Dorisse areba kumeza ati” Ariko byose  birahari.
Pante ati” Ntago nateguye imbuto.
.
Pante ajya kuzana imbuto.
Dorisse asigara arimo kurya. Pante azana imbuto aricara Dorisse aramureba  maze ahita yibuka ukuntu mukanya amusomye kumukondo akumva arashize wese.
Pante aramureba ati” Cher  urimo gutekereza iki?
Dorisse ati” Ndimo kwibuka  ibyo unkoreye mukanya, wansomaga kumukondo mu nda hakavibura.
Pante araseka 
Dorisse ati” Mana weee byandenxe cyane.
Pante ati”  Waumvise  bimeze gute?
Dorisse ati” Byari sawa cyane.
Pante ati” Igihe bzaba byemewe nzagukorera ibirenze cyane
Dorisse ati” Ikihe gihe
Pante ati”Igihe njye nawe tuzaba twaabanye twemerewe gukora byose.
Dorisse abitekererezaho maze aba arasetse ati” Eeeeeh twabay umugore n’umugabo?
Pante ati” Yego.
.
Dorisse ati”Icyo gihe nkitegerezanyije amatsiko kuko  hari  ibintu nkeneye kumva mood yabyo.
Pante araseka ati” Kandi disi uba wumva ubishaka.
Dorisse ati’ Cyane. ariko Mama yambwiye ko ari byiza ko nazabikorana bwa mbere n’umugabo wanjye w’isezerano. Ese Pante  ubundi wowe uri imanzi?
Pante atungurwa n’icyo kibazo.
.
Rehema arimo kuza agana aho mu rugo kwa Pante.
.
Tuze mu rugo kwa Leo yirirwanye na Grace nkuko yaribimwemereye basoje kurya.
Grace aramureba ati” Bea tujyane mu  cyumba.
Leo ati”  Gukora iki?
Grace ati” Tugende wowe uraza kubibona.
Leo arahagaruka baza mu  cyumba. Grace aramureba cyane na Leo aramureba.
Grace ati” Ubue wowe ntubyumva cher.
Leo aramureba
Grace ati’ Ita kumugore wawe aragushaka.
.
Leo yumva ntabushake  yifitemo ati”Cher aka kanya  aribwo tugisoza kurya koko
Grace ati” Njyewe ndagushaka ntacyo bintwaye ibuka ko hashize amezi ntacyo umarira ubu noneho meze nea ntacyo unshinja.
.
Grace ahita akuramo imyenda yambara ubusa  Leo aramureba.  Aho kumwitaho akiyibukira Nika.
Grace arramwegera aramufata ati” Cher wanyitayeho koko 
Leo abyishakamo maze  batangira gusomana. Basomana akanya gato Grace ahita ajya kugitanda aragamara.
Leo nawe akuramo imyenda arangije aza  imbere ye.
.
Grace ati” Niki cher ko uhagaze?
Leo ati” Nonese nuku biribugende?
Grace ati’ Yeho hari ukundi. Ahubwo yishyiremo vuba.
Leo ati’  ntago untegura se?
Grace ati’ Cher simbona yafashe umurego ikindi usahaka niki?
Leo aramureba ati” Ese ubundi wowe ibi bintu ubikora wabyitayeho yangwa ubikora kubera ko wabishatse gusa
Grace ati’ Mba nabyitayeho  kandi nabishatse.
Loe aramurebaaaaa ukuntu ameze arangije amujya hejuru apfa kuyishyiramo nawe  unwo atangira gusunika arakubita.
Grace ati” Yego cher narinkukumbiuye pe narinkumbye kuyumva.
Leo we arumva ntakigenda ariko kubikora gusa kugira ngo amufashe.
.
Tugaruke mu rugo kwa Pante aracyarikumwe na  Dorisse biyicariye hanze barimo gukina  amakirta baranezerewe cyane. Pante muri we arumva amaze gukunda cyane Dorisse cyane.
Dorisse aramureba ati’ Cher hari ikintu cyaneje mu biganiro byose twagiranye?
Pante ati”Ikihe?
Dorisse ati” Kuba wambwije ukuri. Ni  gacya ushobora kubona umuntu ukubwiza ukuri.
Pante ati” Umuntu kunda byukuri  uba ukwiye kumubwiza ukuri.
Dorisse areba ku isaha ati” Bea ndacyeja nagusuye bihagije ubu ngiye  gutaha.
Pante ati” Wakoze vcyane kandi twagiranye ibihe byiza cyane.
.
Kumbe Rehema ageze hafi aza ahongaho.
.
Kurundi ruhande liline nawe ari  mu nzira agenda agiye guhura na Col. Karangwa. Bidatinze aba ageze aho bavganiye kuza ghurira maze aricara aramutegereza.
Hashize akanya  gato abona Col Kanrangwa nawe nguwo araje arahageze. Aramusuhuza.
Col Karangwa ati” Ngaho mbwira kandi umpe n’ibimenyetso ntago nkeneye amagambo gusa.
Liline ati” ntago nakubeshya. Umugore wawe turakorana. Aguca inyuma.
Col. Karangwa aramureba.
.
Kurundi ruhande Rehema nawe ageze mu rugo kwa Pante arimo gukamanga kumuryango. Pante aba arafunguye abna ni Rehea yinjira mu nzu.
.
Udacikwa na Episode ya 23

Comments