Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OFE SEX FEELING
.
Episode 18.
.
Twaherutse Pante yibaza cyane kurukundo rwe na Dorisse.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Pante avuye guhekereza Dorisse kuishuri yaje inzira yoseyibaza kurukundo rwabo bitewe n’amagambo Dorisse yaramaze kumubwira yuko amwizera cyane.
.
Kurundi ruhande Rehema nawe ageze mu kazi aparika imodoka avamo arangije yinjira mu nyubako bakoreramo agezemo imbere kuri Office ye akoreramo asaga iracyafunze na Liline ntago yari yahagera.
Abonye ko Liline atari yahagera abyibazaho. Ubwo afata telephone aramuhamagara ariko Liline ntiafata telephone ye.
Arangije tinjira muri Office yicara ku ntebe ye aratekereza. Uko yagtekereje aba yibtse ukuntu mukanya atandukanye na Pante amubwiye nabi cyane. amaze kwibuka ibyo muri we aba atangiye kwyumvamo ko wasanga Liline ariwe urikumwe na Pante akaba ariyo mpamvu atari yagera aho.
Akimara gutekerezaibyo aba atangiye kumva ifhe ryisnhi muri we.
.
Kurundi ruhande Pate ari kuri Moto ye arimo kuza. Ninako kandi Liline kand nawe ari mu nzira arimo kuza ku kazi.
Pante ageze imbere aba abonye arimo agenda n’amaguru arangije aparika moto imbere ye aramureba. Liline amubonye araseka cyane
Liliner ati” Pante uziko unkze?
Pante araseka ati” Ubwo se ukanzwe n’iki muri iki gitondo.
Liline ati” Uburyo uje ugahita uhagarara imbere yanjye.
Pante ati” Ntago ushaka ko nkugeza u kazi se?
Liline aramwenyura ati” Urumva nabyanga se?
.
Pante ati” ngaho se jye kuri moto se!
Liline yurira moto.
.
Tuze mu rugo kwa Leo muri ayo masaha Leo ari muri Dushe arimo kwiyogera. Amaze koga aza mu cymba asanga Garce yambaye ubusa agaramye kuburiri.
Leo aramureba arangije aramwihorera afata isume arihanagura.
Grace aramureba ati” Cher kubera iki udashaka kundeba?
Leo ati” Nakubonye
Grace ati” Nuko umazekundeba ukoze ikii?
Leo ati” Wagira ngo nkore iki?
Grace biramubabaza ati” Ariko wabaye iki. Wagiye umpa agaciro nk’umugore wawe..
Leo ati” Ndakaguha hari umunsi se nigeze nkakwaka.
Grace ati” None ntago uboa ko nkushaka. Nanone se kandi uraza kwitwaza ko ntogishe nabikoze rwose.
.
Leo ati” Rega n’amagambo abi ugira ntago atuma ngira santima yawe.
Grace ahitaahaguruka ava ku gitanda aramwegera aramufata ati” Cher basi mbabarira ariko naye uba wanteye umushiha bitewe n’igihe gishize utandongora nawe urabizo neza. Uzi umushiha w’umugore utarongorwa ukuntu uba umeze.
Leo aramureba.
Grace ati” Cher kuri iyi nshuro ihangane umfashe cher. Urabazi ko ntarakora ikosa ryo kuba naguca inyuma n’umunsi wa rimwe.
Leo aramureba gusa.
.
Grace aramufata arangije amuzana kugitanda ahita aryama kugitanda amanika amaguru aratandaraza.
Leo aramureba areba n’igituba.
Grace ati” Urabona kitameze neza se kirasa neza noneho wanacyonka nezauko ubishaka.
.
Leo aramurebaaaa ati” Ubwo se urabona wiyogoshe neza.
Grace ati” Yego ikibazo sekirihe?
Leo ati” urabona zitari zarageze no mu kibuno? Kubera iki utahogoshe?
Grace ati” Naniwe kuhagera. Ariko se ubu mu kibuno hagiye kuba ikibazo koko
Leo ati” Njyewe urabizi sinkunda imisatsi yo haso rwose.
Grace ati” None ko naniwe kuhagera wamfasha?
Leo ati” Nakerewe mu kazi reka tuze kubyitaho ntashye.
Grace ati” Ubu uragiye koko ntakintu umariye kweri. Basi kozamo rimwe gusa.
Leo ati” Suko bikorwa we kiriya gikorwa jya ucyubaha usobanukirwe neza aaciro kacyo.
.
Leo aramureka afata imyenda atangira kwiyambarira.
.
Twigarukire ku kazi Pante na Liline bageze ku kazi Pante arimo guparika moto.
.
Kurundi ruhande Rehema yicaye muri Office gusa ntago yishimye afite byinsho arimo gutekereza.
Uko arimo gutekereza aba abomye wa muntu basa yicaye mu mwanya wa Liline arimo kumureba cyane.
Rehema arangije arahaguruka amza imbere aramureba cyane ati” Uri cyande wowe ko wacanze. Uundi ni gute ugera ahantu ndi?
Uwo munt ati” Nakubwiye ko njye nawe ntaho dutandukaniye kandi njye ndi mwiza kuri wowe narabikubwiye urabyibagiwe.
Rehema avuga atongana ati” Umva ntaho muriye nawe va m buzima bwanjye.
Uwo muntu araseka cyane aramuseka ati” Urabona utaiye kuzata umutwe burundu koko!
Rehema agira umujinya aiye kumukubita ahita amubura akubita ubusa. Arangije ava muri Office agisohoka abona Liline na Pante binjiranye mu kazi agwa mu kantu arabireba biramurya cyane.
.
Pane na Liline barakomeza baraza bagera imbere ye baramusuhuza arikowe ntiyabasuhuza ahubwo arabareba gusa cyane.
Liline araseka ati” Mauja wabaye iki ko udashaka kuvugisha abantu?
Rehema areba Liline nabi ati” Ubuse uje saa ngahe uz neza n’akazi twararanye. Cyangwa ntago ugishaka akazi nkukorere raporo bazakwirukane utahe.
Pante areba ku isaha ati” Ariko Rehema urimo kumurenganya amasaa ntago yari yagera.
Liline areb Rehema ati”Ariko Mabuja njye nawe dupfa iki gituma unyanga?
Rehema ati” Naba nkwamgira iki ko mba nshaka ko ushyira umutima ku kazi.
Liline ati” Ariko …
Rehema ahita amuca mu ijambo ati” Wagiye mu kazi ukareka amagambo.
Liline areba Pante arasekera ati” Pante rata wakoze cyane uze kureba message yanjye niba utigeze uyireba.
Pante ati” Hari message wampaye.
Liline ati” nayikwandukiye mu gitondo.
Pamte ati” Ndaza kureba.
.
Liline ahise yinjira muri Office, Rehema aramureba amaze kwinjira agarura amaso kuri Pante.
Rehema ati” Liline niwe burya warugiye kureba unta mu rugo rwawe kuriya? Pante koko waretse kumtesha agaciro?
Pante arisekera.
Rehema ati” Niki gsekeje urabona bisekeje.
Pante ati’ Njye biba byacanze sinzi ikibazo ufite pe!
.
Pante arikomera ajya muri Office ye Rehema aramureba agenda. Rehema aba yinjiye muri Office ye areba Liline cyane.
Liline ati” Hari ikibazo gihari mabuja?
Rehema ati” Kora ibyo bintu ubimpereze vuba.
Liline ati” Sawa reka mbikore mukanya ndaba mbiguhaye.
.
Rehema ajya kwicara areba Liline cyane ati” wowe na Pante mwari mwagiye he?
Liline ati” Ibyo se kandi nabyo kubimenya n’ingenz kuri wowe?
Rehema ati” Nako bireke
Liline ati” Urakoze kuko n’ubundi warushatse kwivanga. Ariko ubundi hari icyo nibaza sinzi niba wakinsubiza.
Rehema ati” aka si akanya kibibazo kora akazi kawe.
Liline ati” Pante niki mubuzima bwawe ko uba wamufuhiye cyane?
Rehema araseka cyane.
Liline aramureba ati” Ko atari Umugabo wawe uba wamufuhiye kubera iki?
Rehema ati” Njyewe mufuhira.
.
Liline ati” Nako ndibutse banza ahari aruko ajya agufa,…..
Atararangiza kuvuga icyo yaraiye kuvuga Rehema ahita ahaguruka amuvugiramo ati” wivuga ubusa kora akazi kawe.
Liline ahita afunga umunwa.
.
Tuze muri office yaPante arimo kureba Muri Telephone abona ya message Liline yamubwiraga ko yamwandikoye arayisoma.
Akimara kuyisoma ako kanya Rehema ahita aza muri Office ye aramureba.
Pante ati” My Rehema ni karibu.
Rehema aza imbere ye ati” Liline niki yakwandiye muri Message?
Pante ati” Message ireba njye gusa ariko.
Rehema biramubabaza ati” Umbabarire da! Ariko inama nakugira uriya mukobwa ushaka wamugendera kure. Uriya mukobwa azakubera ikibazo ntago ari umwana mwiza.
Pante ati” Gute atari umwana mwiza?
Rehema ati” Ushaka wanyumva. Ahubwo njyewe nshaka ko ibintu bihinduka Pante!
.
Pante ati” Gute?
Rehema amufata akaboko ati” Pante njyewe ibintu bimaze kundenga. Nsigaye nkukunda cyane. none reka nkusabe. Ese nawe wanyiharira njyenyine gusa??
Pante aramurebaaaaa
.
Udacikwa na Episode ya 19
Comments