logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 14

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 14
.
Twaherutse  Rehema , Liline  barimo barebana ukuntu.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema na Liline bararebana cyane, Pante nawe arabareba.
Lilin abaza Rehema ati” Ese hari ikibazo ufite mabuja?
Rehema ati” Wakabaye uri hano cyangwa wakabaye urimo  ukora akazi kawe?
Liline areba ku isaha ati” Ariko Mabuja sinzi ikibazo ufite kuko ntago amasa y’akazi aratangira. Cyereka niba ahubwo kuza kuba mvugana na Pante aribyo bibaye ikibazo?
Rehema aramureba mu maso ntitagira irindi jambo amubwira ahubwo areba Pante mu maso.
Rehema ati” Pante twavugana nnjye nawe.?
Liline ati” Ariko narinyirimo kuvugana nawe?
Rehema areba Liline ati”  Ibyo mwavugana simbizi ariko njye njye ndashaka kuvugana iby’akazi nawe.
Liline areba Pante.
Rehema arahindukira arongera areba Pante ategereje ko amusubiza. Liline bisa n’ibimubabaje ukuntu.
.
Rehema ati” Pante uranyunva?
Pante ati” Ok reka tuvugane.
Rehema ati” Kandi njye nawe  gusa.
.
Liline arabyumva ahita yibwiriza ava aho muri Office aragenda, ageze hanze ya Office agira umujinya arahindukira areba inyuma arijujujuta.
.
Tugaruke muri Office Rehema na Pante barimo kurebana gusa Rehema afite uburakari ku maso.
Pante aramureba ati:”Ushaka ko tuvugana iki?
Rehema ati” Liline ni umuntu w’ingenzi kuri wowe bingana iki?
Pante ati” Nibyo se ushaka  ko tuvgana?
Rehema ati” Wansubiza ariko.
Pante ati” Liline n’ingenzi kubera ko ari inshuti yanjye nkuko nawe uri inshuti yanjye.
Rehema asa n’ubabayemo ati” Pate ugiye kumbwira ko agaciro kanjye imbere yawe kangana nako Liline afite imbere yawe se?
Pante ati” Njyewe nta muntu mbona ko yaba asumba abandi.
.
Rehema arababara ati” pante ntaho narinzi ko umfata gutyo?
Pante araseka ati” Nonese wumvaga nagufate gute? Kandi ntago nkufata nabi rwose.
Rehema ati” Njyewe ndababaye singiye kukubeshya. Njye nawe numvaga turi mu rundi wego rw’imibanire.
Pante ati” gute?
Rehema ati” Ese   ibba hagati yanjye nawe ubifata nk’ibintu bisanzwe?
Pate aramureba.
.
Tuze kuri Kaminuza aho Dorisse yiga. Uyu munsi arimo kwigana courage idasanzwe.  Claire na Micky ni inshuti ze kandi barigana baramureba babona ko hari  ikidasanzwe kuri we.
.
Tugaruke kuri Pate na Rehema.
Pante ati” Ibiba hagati yacu ntago ari ibintu bisanzwe ariko ntaho bihindura abo turi bo. Ndi Pante nawe ukaba Rehema.
Rehema ati”  Gutyo gusa se?
Pante ati” Rehema njyewe wacanze. Sinzi ikindi ushaka kugaraza.
Rehema ati” Pante kuri njye ntago  uri Pante gusa.  Kandi wamaze kugira agaciro kagari cyane mu buzima bwanjye. Njyewe mfite ukundi nkufata nuko nkubona.
Pante aramureba cyane ati” Uretse kuba turyamana hari ikindi  gisobanuro kiri hagati yacu?
Rehema ati” Wowe ubona ko turymana gusa?
Pante ati” Yego, kandi niko kuri.
Rehema asa n’ubabayemo.
Pante aramureba ati” Nonese wowe hari ukumdi ubibona. Icya mbere uri umugore w’umugabo njye ndi Umusore. .
.
Tuze muri Office y aba Rehema, Liline arimo gukora yitotomba afitemo akantu kumujinya,.
.
Tugaruke kwa Pante muri Office baracyavugana.
Rehema ati” ese niyo mpamvu iyo nkuhamahaye unyitaba gusa iyo ubishaka?
Pante  ati” Rehema ko numva ibintu washatse kubiremereza?
Rehema aramureba ati” Ok sawa.
.
Rehema ahita ava aho yivumbuye ntarindi jambo avuze. Pante aramureba ati” Nonese ko ugiye wivumbuye?
Rehema aramureba  gusa akurura umuryango arafunmga arigendera. Pante arituriza ati” Ok ubwo nuko wahisemo kuba.
.
Rehema aza muri Office ye areba Lilin nabi arakomeza ajya kwicara mu ntebe ye arongera areba Liline bahuza amaso.
Liline ati” Niki mabuja?
Rehema ati” Ariko nakubazaicyo uba ushaka kuri Pante
Liline ati” Nonese njye nakubaza ikibazo ujya ugira iyo mvugana nawe? Ko atari umugabo wawe cyangwa umwana wawe ubaufite ikihe kibazo koko!
Rehema aho yumva ntangingo yindi afte yavuga.
.
Tugaruke kuri Kaminuza mu masaha y’ikiruhuko. Micky na Claire baje kuvugisha Dorisse.
Micky ati” Doisse  tubwire niki kidasanzwe kirimo kujya mbere ko tubona  uyu munsi wabaye udasanzwe kuri wowe.
Dorisse ati” Umva uyu munsi amateka agiye guhinduka. Mukanya ndaza guhura na Cher wanjye.
Claire na Micky bararebana maze baraseka.
Micky ati” Noneho  bwa na nyuma birabaye.
Dorisse ati’ Ndimo kwibaza uko nza guhura nawe meze.
Micky ati” Nonese uri hano ukora iki?
Dorisse ati: Wa mugano ndakora iki hano?  Ahubwo nkeneye ubufasha bwawe.
Micky ati” Tugenda nkwatse sha utaza guta ikuzo imbere ye.
.
Kurundi ruhande Grace wa mugore wa Leo hari arimo kujya. Yaje u rugo kwa Aunt wa Lline yitwa Leya muramiwbuka.
Arakomanga  kubwo amahirwe asanga Leya  yarakirimu rugo. Leya amuha ikaze  yinjira mu nzu barashuzanya .
Leya aramwakira batanira kugaira.
Leya at” Grace kubera iki umaze igihe waranyuciyeho?
Grace ati” Oya sha sinabikora.
Leya ati” Nonese umeze ute?
Grace ati” Ubusenavga ko meze gute?
Leya ati”Kubera iki ufite ikihe kibazo?
Grace ati” Umigabo wanjye.
Leya aracanganyikirwa ati” Umugabo wawe se kandi niwe kibazo?
Grace ati” Yego.  Umugabo yarampaze ntanubwo akinankunda.
Leya ati” Gute se? Leo  yaguhaga gute?
Grace ati” Niko bimeze. Ibaze umugabo utagishaka ko tubonana mu gitanda.  
Leya ati” Ngwiki?
Grace ati” Ubwo niba atakibasha kurongora umugore we urumva arihe atampaze?
Leya ati” Njyewe ntago ndimo kubyumva neza. Nkurikije uburyo Leo yagukundaga.
.
Grace ati” Ndamusaba ngo tubonane akanyinuba ngo ndasa nabi singira isuku. Ubuse we insya n’ikintu wakwita umwanda?
Leya araseka ati” Nonese akuziza ko ufite insya?
Grace ati” Yego da unyumvire nawe.
Leya ati” Nonese niba aricyo kibazo woweubura iki ngp uzogoshe.
Grace ati” Mba nifitiye imirimo myinshi ndimo gukora uwo mwanya ukabura. Ariko se uretse kuba  umuntu aba ashaka urwitwazo insya sikintu gisanzwe koko!  Njyewe mpanya neza ko amaze kumpaga buriya. Ubuse abandi bagore yagiye ahura nabo nuko yasangaga buri gihe bogoshe.
Leya ati” Ariko niko abagabo bamera n’ibintu bisanzwe hafi ya bose bakunda guhaga abagore babo.
Grace ati” Ubuse nkore iki?
.
Tuze ku kazi kwa Rehema bari mu kazi. Telephone irasona abona ni Muganga we Eliza umuhamagaye aramwitaba.
Eliza ati” Rehema amakuru ko udaheruka hano?
Rehema ati”  Ejobundi nzaza.
Eliza ati” Nibazaga ikibazo wagize .
Rehema araseka ati”  Oya ntacyo  pe!.
.
Tuze mu kigo cya gisirikare  kimwemi bikomeye cyane aho Colonel Karamgwa akorera.  Yicaye muri Office  afite  ifoto  ya Rehema arimo kuyireba. Uko ayireba aba yibutse ukuntu yamubwiye ko yatashye bwije akanga kumukomangaira  maze akarara mu kindi cyumba.
.
Kurundi ruhande  Dorisse  na Micky bari muri Saro Micky ayaherekeje Dorisse kujya kwikoraho kugira ngo aze  guhura na Pante ameze neza cyane.
Bavuye muri  Saro  bajya no gushopinga imyenda nziza aza kugenda yambaye.
.
Amasaha nayo aricuma  cyane.
.
Tuzeku kazi
Pante abona amasaha yahanye na Dorisse arageze maze arahaguruka aritunganye neza  kugira ngo agende.
Amaze kwitunganya neza no kuzimya machine ye ava  muri Office ye arasohoka. Arimo agenda muri Korodoro ahura na Rehema yaraje kumureba baravgana.
Rehema ati” Pante bite ugiye he aya masaha?
Pante ati” Hari umuntu dufitanye gahunda ngiye guhura nawe.
Rehema ati” Nonese ko nanjye nagushakaga?
Pante ati”  wihangane turaza kuvugana nyuma.
Rehema ati” Wambabariye uwo muntu nita atari ingenzi cyane ukamureka.
Pante ati” Rehema njye suko nkora .  kandi n’imgenzi kuba ngiye guhura nawe.
Rehama ati” N’igitsinagore uwo muntu se?
Pante araseka ati” Kubera iki se?
Rehema ati” wowe nsubiza.
Pante ati” Yego.
.
Rehema ati” Nubwo   ntakubuza ariko ndumva ntabyishimiye kuba ugiye guhura nawe.
Pante ati”  Niba utabyishimiye wihangane.
.
Pante amutambukaho arikomereza. Rehema arahindukira amukiriza amaso yumva muri we afuhiye uwo muntu cyane.
Pante akirenga ako kanya yumvahar umukozi kubitugu ahindukiye abona ni wa muntu basa neza neza.
Uwo muntu ati”  Ubona utarimo guta umutwe?
Rehema aramureba ati” Wamvuye inyuma wowe urashaka iki?
Uwo muntu ati” Njyewe ndi muntu mwiza kuri wowe.  Pante nubwo   agushimisha ariko azaba umushitsi mubi mu buzima bwawe. Ndetse utanahagaze azasenya byose ukunda.  Uriya musore azatuma bimwe ukunda ubisenyesha ibiganza byawe. Niki ubundi ushaka??
Rehema agiye kumusubiza nabi ahindukiye abona ni Boss Ceo Baty uhagaze inyume ye.
Baty aramureba ati” Rehema ko uhagaze hano urimo gukora ibiki?
Rehema ati” Ni wowe twavugana se?
Baty ati” Tuvugana ibiki?
Rehema biramucanga ahita ava aho aragenda.
.
Ntibyatinze Dorisse na Pante bamaze guhura. Bose barimo kurebana  cyane ntanumwe urimo  gukura amaso ye kuwundi.
Gusa Dorisse we arumva byamurenze cyane, Pante abona imbere ye arabona ariwemusore w’inzozi ze yakunze kuva na mbere hose ario ntacyo baravugana.
Pante nawe mu ntekerezo arimo kwibaza byinshi kuri Dorisse umukobwa mwiza cyane ukiri  muto arimo kureba imbere ye.
.
Udacikwa na Episode ya 15

Comments