logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 5

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Dusize Pante asanze   Rehema muri Toilet aje kureba icyo yarabaye.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema ava muri Toilet arimo arebana na Pante.
Pante aramureba ati” Ubaye iki?
Rehema azunguza umutwe ati” Ntacyo nuko narinje kwifasha.
Pante aramureba ati” Uravuga ukuri?/
Rehema ati” Yego.
Pante ati” Ok. Ngaho garuka mu bandi.
Rehema ati” Sawa ndaje.
.
Pante aragenda, Rehema asigara yiruhutsa.
.
Pante aza kuvugana na bakozi  barangije bagaruka mu kazi. Pante aza muri Office ya Baty  amusangamo.
Baty  aramwishimira cyane at” Pante abakozi bambwiye ko bigenze neza.  Bakwishimiye cyane. nanjye mpise numva  numva ko warukenewe hano.
Pante araseka ati” ni byiza niba mubishimye.
Bati ati” Waringenzi hano cyane.
.
Kurundi ruhande Rehema aje  muri Office ye asanga Liline arimo kwambara aramureba arakomeza ajya mu mwanya we nawe afata imyenda ye isanzwe  akuramo iya Siporo  yambara isanzwe.
Rehema ati”  Uriya Muosore Pante wamubonye gute?/
Liline ati”  Ubuse navuga ko namubonye gute?? Mvuze ko namubonye neza gusa naba mupfobeje kuko arenze kuba ari mwiza.
Rehema  araseka ati”  wowe ndumva atari ubwiza gusa wabonye ahubwo  ahari wamaze no gutakaramo.
Liline araseka ati”  Ninde se ahubwo utamukunda.
Rehema ati”  Ese ubundi arimo kugukoresha niki mwavuganaga??
Liline ati” Ntakintu twigeze tuvugana . ariko  yankoresheje nkajya numva atarangiza.
Rehema ati” Eheeeee wagiye wowe.
Liline ati” Mabuja uriya musore afite uburyo akoramo ibintu kuburyo wumva ubaye ukundi kuntu.
Rehema ati” Nonese ubundi nta mugabo usanzwe ufite? Cyangwa nta mukunzi?
Liline ati” Nta mugabo nta mukunzi.
Rehema aramureba cyane ati” Sure.
Liline araseka ati” Kubishidikanya mabuja.
Rehema ati” Oya  da!
.
Amasaha aricuma igihe cyo gutaha cy’abakozi kiragera  barataha. Pante nawe aritegura gutaha   ava  muri Cpmpany aza hanze muri Parking ahari ikimoto cye. 
Hirya kurundi ruhande Rehema nawe arimo kurwana no kwatsa imodoka ye  ariko yanze kwaka. Pante agiye kurira moto aramubona abona arimo kurwana n’imodoka yanze kwaka. Ava kuri moto ye aza kureba ikibazo yagize.
Rehema aramubona arimo aza, Umuima we yumva urahindutse.
Pante amuza imbere ati”  Imodoka  yawe yagize ikihe kibazo.
Rehema ati” Ndabona yanze kwaka sinzi ikibazo yagize.
.
Pante ati” Reka nkufashe turebe ikibazo yagize.
Rehema ava mu modoka,  Liline arimo kuva muri Company arababonana arahagarara arabareba asa n’utabishimiye ukuntu.
Pante ajya mu modoka ya Rehema atangira kumurebera ikibazo yaba agize. Nawe agerageza kuyatsa ariko iranga.
Pante avamo aza hanze 
Rehema aramureba ati” Ese ubu yigize ibiki??
Pante ati” Reka turebe.
.
Pante aza  arayifungura areba uko bimeze .
Rehema aramureba ati” Urabona bimeze gute?
Pante ati”  Imodoka yawe iraza guekenera umutekinisiye.
Rehema ati” Nonese ubu ndataha gute ko ntahamagara umutekinisiye iri joro??
.
Pante ati’ Nakugeza mu rugo niba ntacyo bigutwaye.
Rehema araseka ati” Urumva nabyanga se.
Pante ati” Ngwino nkujya kuri moto yanjye.
.
Pante ajya kwatsa moto ye, Rehema  araza.
Pante aramureba ati” Urira.
Rehema arurira. Liline ahagaze Hiryaaa arimo kubareba bisa n’ibimubabaje. Pante yatsa moto.
Pante ati” Uriteguye
Rehema ati” Yego.
Pante ati”Mfata ukomeze cyane kuko njye ndaguruka cyane.
Rehema araseka maze amufata mu nda.Pante afata umuriro bacaho baragenda.
.
Tuze mu rugo kwa Rwhema mu rugo. Dorisse yatashye  niwe uri mu gikoni niwe utetse.   Gusa buri kanya arimo kujya areba kuri Chat buri kanya kugira ngo arebe ko Umusore barimo gukundana muri iyi minsi yamwandikiye.
.
Kurundi ruhande Pante na Rheme baracyari kuri moto bataha. Rhema arumva yabyishimiye cyane. Pante arimo kugenda amuganiriza.
Pante ati” Ni ryari uheruka kugenda kuri Moto gutya?
Rehema ati”Ntagihe nakimwe byigeze bibaho.
Pante ati” Ngwiki. Kubera iki se ubwo
Rehema araseka ati” Ubuse nakubwira ngwiki?
Pante ati Umugabo wawe se ntabwo yigeze abikora narimwe?
Rehema ati” Wapi
Pante ati” Yakoze ikosa ryo kudaha umunyenga nkuyu umugore mwiza nkawe.  
Rehema araseka cyane.
Pante ati” Ndimo ndavuga ukuri. Wowe n’Umugabo wawe mwari mukeneye  ibihe nk’ibi. Mukajya mufata igihe nkiki Umugabo wawe agafata  moto akagutwara mukajya gutembera kure gutya muganira. Uzi ukuntu ibihe nkibi ari sawa cyane.
.
Rehema ati” Wapi ntabwo byigeze  bibaho.
Pante ati” Uzamubwire mubikore. Ujye ubimusaba.
Rehema araseka ati” Sha yakumva musabye ubusa.
Pante ati” No. nomese kubaho niki?? Niba ari ikintu  gihenda mu isi ni ibyishimo kandi nicyo twese tuba dushaka.  None ni gute yakwanga  gukora  icyiza kuri mwe.
.
Uko bagatashye baganira bagera mu rugo. Pante parika moto. Rehema avaho.
Pante areba aho Rehema atuye ati” Utuye ahantu heza  mufite amafaranga. Nuko nyine amafanga atajya aba byose.
Rehema ati”Nawe urabyivugiye.
Pante ati” Ndabizi cyane.
.
Rehema ati”Nonese uhise  ugenda cyangwa urianga ugere mu nzu.
Pante ati” oya nzaza ubutaha. Ubu nshaka kujya mu rugo kuruhuka.
Rehema ati” Ariko wihanganye wagera mu nzu.
Pante aramureba ati”  Ubutaha tuzaza.
Rehema ati” Sha urakoze cyane.
Pante araseka ati”  Kugutwara byari ibyagaciro kenshi mabuja.
Rehema araseka ati” Ubuse nawe ugiye kuzajya unyita mabuja ?/
Pante ati” None??
Rhema ati”Oya pew owe ntabwo byaba ari sawa. Uretse nibyo ntago ari mu bantu nkoresha.
Pante ati” uyoboye Company nanjye nkoramo. Urumva ko uri mabuja wanjye.
.
Bararebana Pante amuhereza ikiganza amusezeraho, Rehema nawe amuha ikiganza bafata mu kiganza. Pante n’ubundi amufata ukuntu. Rehema yumva abaye ukuntu yumva utuntu tuvuye mu kiganza turamwirukanse umubiri wose.
Pante aramureba cyane mu maso ati”  hari ikibazo?
Rehema ati” Oya ntacyo.
Pante ati” Ndabona wagia ngo ntabwo utuje.
Rehema araseka ati”Oya ntakibazo.
.
Pante aramurekura ajya kuri moto ye arayatsa aragenda. Rehema nawe yinjira mu nzu asanga Dorisse  asa n’usoje guteka barasuhuzanya.
Dorisse ati” Mama uje niki ko ntigeze numa imodoka yawe.
Rehama ati” Imodoka  yanjye yapfuye. Umukozi dukorna niwe unzanye.
Dorisse ati”  kuki atageze hano mu nzu.
Rehema ati” Arabyanze.
.
Dorisse ajya kuzana amasahani kumeza. Mama we ava mu cyumba kwitegura nawe aza kumeza bararya.
Dorisse ati” Ariko mama ndashaka kukubaza?  Urukundo rw’umuntu utazi rurashoboka ko rwabaho?/
Rehema aramureba ati” Utambwira ko wakunze umuntu utazi ?/
Dorisse ati” Mama sinakubeshya hari umusore ndimo kwiyumvamo ariko  ntabwo muzi.
Rehema ati” Dori, icyo nakubwira urukundo ntabwo rugira amategeko rugenderaho. Ariko  gukunda umutu utazi bisana kwitonda no kwigengesera. Kuko uwo musore utareba we ntiwamenya ikiri kumutiama we.
Dorisse aramwumva ati”Nonese mama ko mwiyumvamo niki nakora?
Rehema ati” Ikintu cya mbere nuko wahura  nawe.
Dorisse ati” None ninjye wabimusaba se?
Rehema ati” Oya ntabwo wowe wabimusaba. ashobora kubafata ukundi cyangwa akumva ko wamupfuye akaba yanagukoresha ibyo ashaka abaye atagukunda. Bisaba kubitwara gacye.
.
Iminsi ikomeza kwicuma.
Undi munsi wa  Siporo w’abakozi uragera.  Pante abazana mri  Gyme ya Company bose  abasaba kujya kumagare.
Bakora Siporo  mu gihe kingana n’isaha yose. Isaha irangiye Pante ababwira ko Siporo y’uwo munsi irangiriye aho.
Abakozi  bava aho  muri Gyme baragenda. Rehema  we arasigara. Pante amuza iruhande aramureba.
Pante ati” Wowe ndabona ushimye gukomeza gukora.
Rehema ati” yego ahubwo wamfasha.
.
Pante ati” Ngaho komeza ukore.
Rehama  araseka ati” Ntakibazo ubwo nawe ujye undebera cyangwa umbwire ibindi nakora.
Pante ati” Wowe komeza unyomge nubwo mbona  utamenyera.
Rehema ati’ Nyine mfasha.
.
Pante aramufata atangira kumufasha.
Pante ati”Igira inyuma gato.
Rehema yegera inyuma ikibuno gisa nkaho kije inyuma cyane.
Pante ati”Ngaho nyonga.
Rehema aranyonga. Pante amuza inyuma akajya araba uko abikora.   Rehema uko anyonga ikabutura yambaye isa nhaho imanutseho gato, Pante abona ikibuno cye  mu ipanaro haba harigaragambije.
Rehema ati” Nkomeze se.
Pante ati” Komeza.
.
Panta arongera aramwegera maze amufata mu nda akomeza kumwereka utundu dutandakunye akora.
Rehema nawe yumva atangiye kuba ukundi kuntu.  Maze uko Pante yamwegereye cyane yumva igitsina cye kimukozeho umubiri wose uhita ushya. Pante nawe  yumva yarangiye.
.
Rehema aramureba ati” Pante noneho kwihagararaho biranze pe!
Pante ati”  Nonese ntabwo byakubangamira??
Rehama abura  ubwemera abura n’ubwahakana.Pante amureba mu maso cyane maze arangije  ahita amujya inyuma amanura ikabutura yambaye amwambika ubusa . Rehama asa n’ugize isoni ariko ashaka uko aryimara.
Pante aramreba cyane nawe ati” Ni ubwa mbere mbonye umugore uteye neza  gutya.  Mbega.
.
Uko abivuga akamukorakora ku mugongo kucyibuno, ku matako…… Rehema akumva yashize cyane.
.
Udacikwa na  Episode ya 6

Comments