Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
_JANE_
Ubwo navaga mu ishuri, dore ko uyu munsi ari kuwa gatanu, nahise nihutira kujya mu cyumba cyanjye aho mbana na bagenzi banjye. Ndi mu mwaka wa kabiri wa kaminuza, aho ndi kwiga ibijyanye no gukora mu mabanki.
Ubwo nageraga hano muri kaminuza nahasanze umuco ngo wo gufata aho umusore ahanini wiga mu mwaka usoza cyangwa ubanziriza usoza ahitamo mu bakobwa baje kwiga muwa mbere uwo bakundana ariko bakabaho babana nk’umugabo n’umugore ibyo bamwe bita marriage academique.
Si ko bose ariko birangirira aho muri kaminuza ahubwo habaho bamwe bikomeza no mu buzima busanzwe bakomeza rwa rukundo bakaba banabana burundu nyine
Nageze rero muri kaminuza ayo makuru yose nyafite nuko niyemeza ko nta musore ukiri kwiga kaminuza nzemerera kuntereta. Nubwo ntari mukuru cyane ariko ntabwo ibintu bidafite gahunda mbikunda rwose pee
Ibi ariko nabitewe cyane na James umusore twakundanye ndi kurangiza amashuri yisumbuye. Yarankunze ndamukunda ndetse nkamubonamo umugabo wanjye w’ahazaza. Gusa mama ni kenshi yakundaga kumumbuza ambwira yuko nta hazaza amubonaho, ariko jyewe niba navuga ko ari urukundo rwampumaga amatwi simbizi gusa ntabwo nigeze mbyitaho na rimwe.
Ubwo najyaga iwe kumubwira ko nabashije kwemererwa kwiga kaminuza ndihirwa na leta, yambwiye ko agiye kunshimira, nuko uwo munsi nkorana na we imibonano, tuyikora ari ubwa mbere mbikoze kuko nari nkiri isugi
Ibyo nitaga urukundo ntabwo ari ko byakomeje kuko kuva uwo munsi yarahindutse bigaragara, atangira kujya anyereka ko atanyitayeho, namuhamagara akankupa. Najyaga iwe yambona agahita yigendera akambwira ko nsanze agiye ndetse akanyuka inabi ambwira ko adakunda umuntu umusura atamuteguje
Ibyo byose byakomeje kundya mu mutima ariko ndabyihererana.
Gusa mama kubera uburyo tubanye nk’inkurikirane, ntacyo duhishanya yakomeje kubona uko ndi guhinduka aranyegera ansaba kumubwiza ukuri nuko mubwira ibyambayeho byoseee
Nibwo yaje kumbwira yuko nubundi yabonaga ahazaza hacu ntaho rwose
Kuva uwo munsi nibwo nahise niyemeza ko nta musore udafite gahunda nzongera gukundana na we ndetse niyemeza ko ntawe nzongera kwambarira ubusa, igihe cyose azaba atarangira umugore
Aho nicaye ku gitanda ndi gutekereza ibyo byose nagiye kubona mbona Theo arampamagaye. Nibajije igitumye ampamagara kandi adasanzwe abikora, ariko ndamwitaba ngo numve icyo anshakira
THEO: Bite se Jane?
JANE: ni byiza Theo. Ko umpamagaye ra?
THEO: Nyine ndaguhamagaye. Ahubwo se hari icyo bitwaye kuguhamagara?
JANE: Oya nta kibazo na kimwe rwose kirimo.
THEO: None se iyi weekend urayirira hehe ngo nkwiyungeho dusangire ra?
JANE: sha nifitiye gahunda yo kuryama nta kindi rwose pee. Niyo gahunda mfite. Kandi sinakubwira ngo uze dufatanye kuryama.
THEO: none se ko nifuzaga ko twasangira tunaganira, wambonera akanya niyo byaba isaha imwe?
Kuganira na Theo? Nabyibajijeho mbere yo kumusubiza gusa nanone numva gusangira ntacyo bitwaye, ubwo nanjye ndaba ndengeye igifu cya nijoro. Ku batazi igifu ni amakarita ya resto dukoresha. Iyo utariye nyine ntabwo basinyaho ubwo uba wungutse iminsi.
THEO: uri kubyigaho se cyangwa ni uwo uri kubaza niba uza cyangwa utaza?
JANE: oya ntawe nabazaga da. Nta kibazo ndaza
THEO: ubwo noneho ningera hafi ya gate ndakubwira uze tugende
JANE: oya si ngombwa wowe nugerayo umpamagare umbwire aho ngusanga.
Yarakupye. Theo nubwo tuziranye ariko sinshobora kwemera kugendana na we mu muhanda rwose pee. Reka reka shwiii, ndamusangayo birahagije. Ukuntu asa byonyine, yego ko Bikira Mariya.
Reka ahubwo nitegure ataza kumbwira kumusanga ntaritegura.
_________
_THEO_
Uyu mukobwa na we ndabona rwose ibye ngiye kubyitaho. Gusa sinzi niba nzamubasha, kuko mubonamo kwirata. Ariko se ubundi ni uwuhe mukobwa wakereka cash ntajyeho neza. Uyu ubwo yemeye ko dusangira ibindi na byo bizaza.
Ukuntu Jacques ajya anyiyemeraho ngo nta mukobwa mwiza wanyemera, ubundi uwamuhamagara nanjye nkamwiryaho koko? Ariko se ubu byamukundira kuza ra?
Naramuhamagaye maze na we ahita anyitaba vuba vuba
JACQUES: Salama Theo wacu. Bite se ko unyiyongoje ra
THEO: Sha ni byiza pee. Umva se waboneka uyu mugoroba nkagucupa?
JACQUES: Ubu koko ko ubizi izi saha naza simbone uko ntaha, urumva narara hehe ko ubizi nakubwiye yuko ntashobora kurara iwanyu? Abasore muba kwa benewanyu sinabasura ngo ndare rwose
THEO: jyewe ndakugurira byose nushaka uvuge nkugurire n’indaya. Icyo usabwa ni tike ikuzana n’izagusubizayo. Ibyo kurya, kunywa no kuryama ubimbaze. Ahubwo uraza cyangwa ni bimwe byawe
JACQUES: Umva sha. Maze umpamagaye namaze no gusoza akazi. Kandi urabizi weekend sinkora ubwo ninshaka ndare nywa nzirirwe ndyamye nyine.
THEO: Sawa noneho ubwo nuhagera umbwire nkwereke aho ndi.
__________
_JACQUES_
Wa mugani ntangira kwiheba nkabona ingata iraguye. Ubu se nimvuga ngo ndahiriwe ndaba mbeshye ra? Ukuntu nari ngiye nubundi kwikodeshereza lodge kugirango nzabone uko ngera mu nama ntakererewe none mbonye uyinyishyurira? Reka ahubwo mbaze CHANTAL niba ari tayari dore na we yandereze kenshi, wabona wenda uyu munsi mufatishije
Naramuhamagaye nsanga ari kuyivugiraho nuko mba ndambitse telefoni njya kwitegura. Ubwo navaga kwitegura nasanze na we yampamagaye arambura ndongera ndamuhamagara maze aritaba
CHANTAL: Karame
JACQUES: cherie uwagutunguza urugendo wabyemera?
CHANTAL: urugendo rujya hafi cyangwa rujya kure?
JACQUES: none se wowe gahunda wampaye ntuyibuka koko? Ntiwambwiye yuko inaha nta kintu wampimira? Kandi ngiye kujya mu mugi numvaga nagusaba ko tujyana. Niba nta kibazo
CHANTAL: ariko se Jacques ubu koko ibi bintu ushaka kunshoramo wumva bikwiye? Wabyihoreye koko?
JACQUES: humura bebe. Wowe nyemerera uyu mugoroba ibizakurikiraho uzabimbaze jyewe.
CHANTAL: sawa noneho ubwo ukatishe tike yanjye muransanga ku muhanda.
Numvise yemeye numva nahita nguruka. Iri joro ndarara neza rwose pee. Mbese ndarara mpindukiza umuntu ubundi induru zivuge pee
Nahise mpamagara Theo mubwira ko mpagurutse ubundi njya gutega imodoka nerekeza aho mu mugi dore ko banki nkoramo yibera mu misozi ariko ni ahantu nkunda cyane kuko haratuje kandi abantu baho banyubaha kubi. Chantal na we rwose ubu ngubu kuba abyemeye ngiye kumunyabikamo akantu ka muzuri, keretse iri joro niyitwara nabi nkabihirwa naho rwose nindyoherwa araba andinze gusesagura. Ibyo yivugisha se ngo inaha wapi, keretse nintayimugezamo iyi ruvunabataka yanjye nkakora mu nguni zacyo zose, ndabizi azajya yizana anansabe kuba mvuye mu kazi akanya gato
Ubwo twageraga mu mugi nabajije Theo aho aherereye nuko andangiye numva ari kunywera mu kabari kanabamo amacumbi. Twaragiye nuko nsanga yicaranye n’inkumi nziza cyane itagira uko isa, ariko nanjye uwo twari turi kumwe ntabwo rwose amwaye.
Twararamukanyije nuko anyereka icumbi yamfatiye mba nshyizemo agakapu nagendanye ubundi tugaruka aho twasize ba bakobwa bicaye.
Twanyoye tuganira nuko dutangira kwibwirana
THEO: Umva Jacques, uyu mwari mwiza ubona hano yitwa Jane akaba ari kwiga hano muri campus. Jane uyu musore ni inniga yanjye yitwa Jacques, akora muri bank. Ngaho nawe tubwire umushyitsi se Jacques
JACQUES: uyu mukobwa turi kumwe yitwa Chantal ni umuturanyi hariya nkorera, twahuriye mu mugi mvuye muri bus nuko musaba kumperekeza tugasangira, kuko nari nabiketse ko utari bube uri wenyine. Nanze ko uri bundishe umubu
JANE: ngo ukora muri bank? Uzi ko nanjye ndi kwiga ibya Banking.
JACQUES: waouu. Byiza cyane rwose.
Twakomeje kunywa, dutera urwenya bisanzwe gusa nkanyuzamo nareba Jane nkamwicira akajisho. Na we yahitaga anyishyura ubundi tugaseka buhoro. Numvaga ntazi ibyamfashe.
Ubwo byageraga hafi saa tanu Jane yarasezeye nuko adusiga aho, gusa agiye kugenda ansaba nimero ngo azajye anyibariza ibyamuyobeye dore ko Theo yari yamuratiye ko mbyumva cyane. Nicinye icyara ubwo akanimero ke nakibikagaho, maze muri jye numva naguruka.
Ubwo bigeze mu ma saa sita hafi gutyo, nibwo na Theo yasezeye aragenda maze tugana mu cyumba na Chantal
CHANTAL: cheri ko numva naniwe waretse tukiryamira gusa koko?
JACQUES: ubu se turaryama koko nta na kamwe dukoze? Reka ahubwo tubanze tujye koga, tubone kuryama.
CHANTAL: nta kibazo.
Ubwo yakuragamo ipantalo yari yambaye numvise nahita musimbukira ako kanya. Mbega hips zishushanyije neza wee. Noneho ukuntu amaribori ye ari ku murongo, ukuntu yakoze umuco nyarwanda, ukuntu afite isuku,…
*_Ni uko dutangiye. Ese kuki iyi nkuru yiswe gutya? Uzagenda ubsobanukirwa buhoro buhoro. Agace ka 2 ntuzagacikwe_*
Comments