logo

NEW TALENTS

Stories Group

MUNSHUTI S01 EP10

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
ubwo duheruka twasize liky na biju babonye ibuye rimeze nkayo bashaka . Nely na eddy na bandi bakozi nabo bari bahagurutse bagiye kumusozi wa jinja . Ese liky na biju nibaba batanze nely na bagenzibe? Bari guhatanira umushahara wa miliyoni eshanu.
.
inkuru ihibwa kandi ikandikwa na navio kki dable le. Hamagara 0780786300 CYANGWA 0738591153 CYANGWA 0739149386 mugihe wagizeho ikibazo.
.
mugutagira, dutagiriye kumusozi wa jinja aho liky na biju bagicukura bamaze kugira amabuye menshi ibyishimo byabarenze bacukura kandi banaganira.
liky ati: bundi ubu turirirwa tuyapima?
biju araseka ati: ubwo se uri gushidikanya ko yaba atariyo?
liky ati: nibyo nange nirindimo ndibaza.
biju ati: reka niyo ntabyo kwirirwa dupima.
.
kumbe uko baganira inyuma yabo mubihuru hari uri kubareba afite ishoka kubitugu yipfutse mumaso ntiwamenye ko ariwe.
.
kurundi ruhande hafi yuwo musozi ba nely nabo bamaze kuhagera barahagarara bavamo
nely ati: reka tubanze turuhuke tubone guterera uyu musozi.
abakozi bicara ukwabo batagira gutera igiparu. Nely na eddy nabo bicara mutsi yigiti batagira kuganira.
nely ati: kuba wambaye iyo myenda binyereka eddy wanyawe mumaso yange.
eddy ati: nawe se ushatse kuvuga ko ntagakwiye kuba ntayambaye?
nely ati: hoyaaa, icyo nshatse kuvuga nuko iyo uyambaye binyereka eddy twahuye mbere bwambere.
eddy ati: nely sigiye kukubeshya yaba undi simba naje. Ariko kuko ariwowe nely umba kumutima nely niyumvamo nkatuza sinari buze.
nely ati: yego ariko ntukanakagize.
eddy ati: ntabuzwa ni iki? Ikiruta nahanirwa kukuvuga aho guceceka imbere yawe. Nely nuko wanyibagiwe ariko nzakora uko nshoboye kose unyibuke.
nely ahita ahaguruka yegera imbera avuga cyane ati: noneho mwitegure tugende.
aragije agaruka inyuma asanga aho eddy ahagaze aramwegera ati: harya narakwibagiwe?
eddy araceceka.
nely arakomeza ati: sinakwibagiwe nkuko ubivuga....
eddy arikanga.
nely ati: umba mumutima ndetse no mubitekerezo byange uhoramo.
eddy aratagara arakanura cyane.
nely ahita yigendera eddy we amara akanya agihagaze arinako yibuka uburyo nely yamubwiraga ati: sinakwibagiwe nkuko ubivuga eddy ahita azuguza umutwe araseka ahita nawe yurira umusozi.
.
.
kurundi ruhande ho,kumusore wacu liky na mukobwa wacu eddy bo bari gupakira amabuye mubikapu arinako baganira.
liky ati: ariko rwose mfite amatsiko yukuntu nely aribukanure nabona tujyanye amabuye mbere ye.
biju ati: uretse kudukomera amashyi se hari ikindi yakora.
liky ati: cyakoza biratangaje.
biju ati: reka ahubwo dutahe tumutugure.
.
.
kurundi ruhande ba nely nabo bari kurira buhoro buhoro bagera kumusozi hejuru.
nely ati: noneho dukeneye amabuye byibura yuzuye igikapu kimwe.
eddy ati: ubwose igikapukimwe cyaba gihagije?
nely nacyo nikinshi ahubwo sinangobwa kucyuzuza.
bosco ati: kikaba aricyo cyatumye tuzana abakozi bagana gutya?
nely ati: icyatumye tuzana abakozi bagana uku tuza uri bukibone.
ahubwo mucukure narimwe kurigeraho nakazi.
.
.
sasa uko nely avuga ngo nakazi kurundi ruhande biju na liky bo bujuje ibikapu nibindi bidafite umumaro baraterura buri muntu atwara ibikapu bitatu.
nyamara kandi uko bari kugenda inyuma hari ukiri kubareba.
bakomeza kugenda bamanuka bitonze bageze ahasa nkahari ikibuga bumva uvuza ifirimbi.
barahagarara uko bagahagaze imbere yabo haturuka abagabo bafite amashoka bagiye gusubira inyuma naho haturuka abandi no kumande biba uko.
barabazeguruka.
umuntu umwe arabigera ati: mwaje aha gukora iki?
liky ati: nyakubahwa twaje gutora amabuye gusa.
uwo mugabo ati: amabuye ?
biju ati: yego.
umugabo ati: nidusanga ari imitungo yacu mwembi turabica.
biju atagira kugira ubwoba
umugabo aramwegera buhoro buhoro amufata kumatama ati: bundi ko mbona uri mwiza yo wigumira iwanyu.
biju araceceka niyavuga umugabo yikura mask mumaso agenda amwegereza umunywa gacye gacye nkushaka kumusoma biju nawe agahunga akareba ahandi.
umugabo aramwogorera ati: ese ubwo aramunga kugeza ryari mfite ububasha bwo kukwica nsanze wanwariye amabuye kandi nkanagukorera icyo nshaka cyose.
biju araceceka ntiyavuga.
liky we Yakanuye nkambega urubwa hirya ye.
umugabo ati: mubasake turebe.
bahita babambura ibikapu barabisaka umugabo we akurura biju amuhobera kungufu biju kumwikura biranga dore ko yari yambaye akajipo gato umugabo ashaka kukazamura biju yirwanaho baragundagurana biju aramwagira umugabo ati: nigute wagira umuntu nkange ariko? nutareka ngo mbikore ndakwica.
biju atagira kurira kubera ubwoba.
abaribari gusaka bati: boss, ntushaka ubihorera ayamabuye si ayacu.
umugabo ati: eeeh, unyugize amahirwe sha muko. Sinari bukureke yonsanga ari amabuye yange.ngaho ni mwigendere kandi umbabarire.
biju atagazwa nubugome bwumugabo kandi akanagusaba imbabazi.
biju na liky bafata ibikapu byabo babishyira mumodoka batarahaguruka bumva umwe muri babantu avuga ati: bossi, Hari abandi mbonye kandi bo nibenshi.
umugabo ati: tuge kubareba.
.
.
ba biju batsa imodoka batagira kugenda.
biju ati: byanze bikunze abo ni ba nely.
liky ati: apu! ibyose biratureba?
biju ati: ariko wibukeko nely ari mugenzi wacu? USibye nibyo ni munshuti wange.
liky ati: urumva ukeneye gusubirayo? Ni mba ari ugushaka ko bagusambanya waretse nkabigukorera ariko nugeyo. Wiyibagije uko bari bagiye kukugira?
biju atagira gutegurwa anarira ati: nely ari mubyago.
liky ahita amuhobera agenda amwegera gacye gacye ati: kandi ntiwibagirwe ko duhanganye nawe.
.
.
kurundi ruhande nely na eddy bari kuganira mugihe abakozi bagicukura.
eddy ati: hari amagambo wabwiye kari ntabashije gusobanukirwa.
nely ati: kuba nkwibuka se?
eddy ati: yego.
nely ati: ndakwibuka ukiri umwana nuburyo Wankundaga mo.
eddy ati: nonese uracyankunda?
nely amara akanyanya acecetse ati: kugukunda ntacyo byamarira.
eddy atagira kubabara no kurakara.
nely we arakomeza ati: ahubwo yaba byakundaga tugahorana.
eddy akibyumva ahita amuhobera yishimye.
nely ati: ndacyagukunda eddy. . Ndetse cyane.
eddy ibyishimo biramurega bidatinze batagira gusomana.
akokanya bosco ati: hari amabuye abiri dubonye.
nely ati: tuya pime.
batagiye gupipa . Bashyira kumunzani basanga ibuye rimwe ripima ibiro mirongo ine.
nely ati: aya niyo twashakaga ubutwataha.
akivuga uko inyuma ye yumva uvuga ati: mutaha mujyahe munwariye amabuye.
ba nely bahindukiye basanga baba zegurutse cyakigabo kiza gisatira nely. Nely we ati: winyegera wamugabowe.
umugabo ati: ndeke kukwegera? Indaya ziyi minsi zigize ibiki? Yuza gushaka ko ntakwegera wari kureka kuza muri iri shyamba.
umugabo agiye gukora kuri nely,
eddy ahita..........
..............
.......................loading episode...11
.
ahita akora iki?
ese ubu bararokoka aba bagabo?
uko bari gutinda siko ba biju bari kubatanga? Uyu mushahara wa miliyoni eshanu uraba uwande?
.
|:::::::::::::::::::::::::navio-nv:::::::::::::::::::::::::|

Comments