Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Duheruka Roxy barimo bamugira inama.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mama Varu na Yamu bamaze gufatanya kugira Roxy inama, Mama Varu arahaguruka arasezera arataha. Yamu asigarana n’Umukobwa we Roxy.
Roxy ati” Wowe na Mabukwe mwahuje umugambi gute?
Yamu ati” Ntabwo twahuje umugambi.
Roxy ati” Ese ubona ndi Umugore mubi?? Cyangwa Umugabo wanjye yigeze ababwira ko mubaniye nabi?
Yamu ati” Oyaaa wowe wibyumva gutyo. Buriya abagabo baratandukanye. Hari abagabo babasha urenga burikimwe cyose umugore yakora akamwihanganira. Ariko nanone birarambirana.
Roxy arabyumva. Juliana nawe yaza kubakira akumviraho izo nama barimo guha Roxy.
.
Yamu ati”Kandi burya Roxy urugo ni umugore. Noneho iyo ugize amahirwe ukagira Umugabo mwiza ukumva unakubaha uba uhiriwe. Noneho uwawe ntanubwo agutesha umutwe.
Roxy ati” Ndakumva Auntie.
Yamu ati” Buriya amagambo mama Varu yavuze ni meza. Utaza kuyafata gutyo gusa kubera ko ngo yaba yavuzwe n’amabukwe.
Roxy ati” auntie nanjye nabumvise ariko nukuri nanjye ntakibi kirenze nakoze kigamije kubabaza Umugabo wanjye.
.
Kurundi ruhande Juliana ari mu gikoni arimo guteka yibarazaguza amagambo.
Ati” Roxy ni mwiza ariko nawe ibyo kubaka biramujabuka.
.
Kurundi ruhande Varu avuye gushaka uwo mu hacher yanamubonye. We na Naru bicaye mu modoka bategereje ko aza akabareba abakagenda.
Naru ati” Reba nkukuntu wowe uba witaye kumugore wawe. Ariko ntabwo abona agaciro kawe.
Varu ati”Umva Naru wenda ibyo uvuga ndakumva.
Naru ati”Man ntabwo unyumva kandi njye bro birambabaza.
Varu araseka ati” Nonese uba ubabazwa niki?/
Naru ati” Ngo niki man. Ubuse reba ibimaze igihe bikubaho?? Ariko da ngo washyashyanye ukemure ikibazo cy’Umugore wawe.
Varu ati” Naru njye sinaba nkawe sinakora nkawe. Ngomba kuba sure ko njye kuruhande rwanjye ntakosa mukorere. Ntacyo nzicuza cyangwa we azanshinja.
.
Naru arabyumva. Uwo mwanya maze uwo mu hacher bashakaga araza baragenda. Bagera ahantu kwisoko. Varu abona umwenda wabera Umugore we maze arahagarara.
Naru ati” Ugiye he se kandi.
Varu ati” Buretse mpahe sha.
.
Varu amaze guhaha agaruka mu modoka. Barakomeza.
.
Varu na hacher bageze mu rugo amasaha akuze,. Roxy ahobera umugabo we cyane amwishimiye bihambaye anasuhuza uje kumufasha.
Roxy abwira uje kumufasha ikibazo yagize. Maze we na Varu baza mu cyumba.
Roxy ati” Mugabo wanjye nukuri ndagushimiye nkushimiye ko udahwema kunyitaho.
Varu ati” Ndagukunda.
Roxy ati” Nukuri ndabibona. Gusa nanjye hari icyo nshaka kukubwira.
Varu ati’Ngize amatsiko adasanzwe.
.
\Roxy amufata mu biganza ati” Umbabarire amakosa maze iminsi nkora. Ibyakubabaje byose ubimbabarire.
Varu ati” Ntakibazo my wife. Kandi ibyacu bigomba kuba byiza. Hagati aho hari akampano nkuzaniye.
.
Varu amuhereza ya kanzu. Roxy ajya kuyipima abona ni nziza cyane buhambaye maze ashimira Varu.
Bidatinze nikibazo cya IG ye yariyagize kiba kiramutse bishyira umukoz arigendera.
Roxy yicara kur Varu ati” Mu isi nta mugabo ubaho nkawe.
Varu araseka ati” Ahari nawe aho urakabije cyane.
Roxy avuga amusomagura ati” Oyaaa.
.
Amasaha n’ibihe bikomeza kwisunika.
Roxy hari aho yaje bashaka kumuha akazi ko kuzerekna imyenda yabo. Yinjira muri urwo ruganda avugana nabo bameranya n’ugukorana.
Gusa urwo ruganda hari undi munyamideli baribafite kuzakorana nawe bahitamo kumureka bahitamo kuba bakorana na Roxy.
Roxy amaze gusinya arasohoka. Arimo asohoka wa munyamideli wundi yitwa Woma ari mu modoka aria ho hanze arikumwe n’undi mushuti we witwa Faith
Woma ati’ Rba sha uburyo uriya mugore yishimiye gutwara akazi kari akanjye.
Faith ati”nonese ubwo ugiye kumureka?/
Woma ati” Oyaaa. Kano kazi ntabwo azakankorana.
Faith ati” Uzamushoboza iki kugira ngo umuvane mu nzira.??
.
Roxy arataha ageze mu rugo mu masaha y’ijoro aza kubaza Juliana niba yasoje guteka.
Juliana ati”Nasoje. Ubu wategura ameza y’umugabo wawe.
Roxy amureba nabi ati”Ngo umugabo wande?/
Juliana ati” Nashakaga kuvuga boss mabuja.
Roxy ati” Tegura ameza vuba nkuko usanzwe ubikora.
.
Varu arataha bajya kumeza barafungura maze baza mu cyumba.
Roxy yikuramo imuyenda asigara uko yavutse maze areba Varu. Varu nawe aramureba.
Roxy ati”Uribwira iki cher. Come to me. Am here for you.
Varu maze aramweger barasomana bajya mu gitanda.
Varu ati” Ntabwo se nkoresha…..
Roxy ati” Oyaaaa. Ntabyagakingirizo.
Varu aba afatiyeho yumva yishimye kuba noneho Roxy atamubwiye byabindi bye.
.
Basoje gukora sex.
Roxy aza muri toilet. Kumbe yaguze bya binini bituma adasama arabinywa kubanga umugabo atabizi.
.
Ibaze nawe.
.
In next episode 20
Comments