Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse Mia yarenzwe n’ubushake bwatewe n’amagambo yaramaze kuvugana na Mady. Ubwo yaragiye gusubira mu kazi yabonye ururenda rumanuka rushoka rugera kumaguru.
.
Ibaze nawe.
.
Story by Chris nandi ishimwe
.
Mia yirebye ukuntu rumanuka maze nawe ariseka bikomeye aribwira ati” ibi ntabwo byaribikwiye rwose ubu ndimo gusazwa niki??
Ubwo afungura amazi maze arongera yikoraho agaruka mu kazi. Tessa na Salama baramureba.
.
Mady nawe arimo gutekereza amagambpo yose abwiye Mia maze nawe araseka. Ariseka aribaza ati” Koko ninjye uvuze ariya magambo? Ariko se niyo naba nyavuze ikosa nirihe njyewe mvuze amarangamutima yanjye. Nundi wese kandi yavuga kubera ko uriya mukobwa ni mwiza.
.
Tessa aza hafi ya Mia ati”Uvuye he.
Mia ati” Kuri toilet.
Tessa ati” Watinze ariko.
Mia ati” Yego natinze.
Tessa ati” Buriya warukiri kuri telephone.
Mia ati” Yego wa musore niwe warumpamagaye.
Tessa araseka agwa mu kantu! Ati” Ngwiki number yawe se yayikuye he?
,Mia ati” Dutandukana kare muri Bus nataye Agenda yanjye niwe wayitoraguye.
Tessa ati| Iyihe Agenda ko ntanarimwe ndabona ugendana agenda.
Mia ati” Mba nyifiye yanjye bwite ibamo amabaganga yanjye.
Tessa ati” nabonye uhamagawe mbona urasaze.
Mia ati” Uriya musore ndumva wagira ngo hari ikintu yaremye muri njye.
Tessa ati” Umva gabanya gusara uri umugore wubatse.
Mia ati” Uravuga ukuri.
Tessa aramureba maze asubira kwicara mu mwanya we.
.
Kuurndi ruhande ku kazia aho umugabo akora,.
We asoje akazi kumunsi arimo gufunga machine agiye gutaha . ako kanye umukiriye aba arinjiye.
Maximo ati” Director manager bimeze bite??
Director ati” Sawa . hari service nje kugusaba.
Maximo ati” Urashaka n’ubundi ngo ninde mu kazi.
Director ati” Wanagakorera mu rugo.
Maximo ati”Bimeze bite?
Dirctor amwereka ibyo ashaka ko yaza kumukorera.
.
Mia na Tessa nabo barimo gusohoka mu kazi.
Tessa ati” ugiye guca he.
Mia ati” Ngiye guhura na mady ampe agenda yanjye.
Tessa ati” Sawa ariko wiyubahe
Mia araseka ati” Ese ubwo uri ndi umugore wakwandavura.
Tessa araseka ati” Ko mbona warangiye.
Mia ati” Umva nubwo ubona nasaze ariko nubaha umugabo wanjye.
.
Baratandukana umwe afata icyerekezo cye n’undi afata icyerekezo cye.
Mia yaje aho Mady yamubwiye ko bahurira. Ahagaze aramuhamagara Mady aritaba.
Mia ati” Nahageze.
Mady ati” Injira muri uwo muryango ubona.
Mia arahareba maze arinjira. Agezemo imbere abona ji ahantu hameze nka sale ariko nto abona Mady ahagaze hirya amutegereje.
.
Mia amujgera imbere bararebana.
Mady ati” Agenda ibaye amahirwe yo kongera guhura kwacu.
Mia ati”Ya ariko ntabirenze.
Mady ati” Kuri njye birarenze. Guhura n’umukobwa umeze nkawe byatumye umbere agatangaza.
Mia araseka ati” Ajari urimo gukabya.
Mady ati”Reba mu maso hanjye urabonamo igikabyo.
Mia ati”Ahari ubwo uri mukuri. Gusa nanjye nishimiye kuba nahuye nawe.
.
Mady ati”Wawoooo byibura nawe hari icyo uvuze.
Mia ati” None wampa iyo agenda nkagenda.
Mady ati” Kubera iki urimo kwiruka ntabwo twasangira n’akantu??
Mia ati” oya. Ngomba kugera mu rugo. Ikindi ntabwo ndi umukobwa ndi umugore w’umwana umwe.
Mady ati” Oooh burya uri n’umu mama!
.
Maximo ageze mu rugo. Asanga akana ke kessy katashye kavuye ku ishuri barasuhuzanya.
Kessy ati” Papa kwishuri batubwiye ngo tuzajyane ababyeyi ejo.
Maximo ati” Yego tuzajyana.
Kessy ati” Na mama tuzajyana
Maximo ati” Yego. Ngaho reka njye mu cyumba ndaje dukore work.
.
Mady arimo guha Mia agenda ye.
Mia ati” Wakoze cyane.
Mady ati”Ntakibazo.
Mia ati”Noneho nagenda.
Mady ati”Ntakibazo.
.
Mia atera intambwe.
Mady ati” Nonese.
Mia ahita ahagarara arahindukira aramureba.
Mady ati”Basi naguhobera gusa.
Mia ati| Bitwaye iki.
.
Mady ahita amwegera vuba aramuhobera aramufata cyane. Mia Yiyumva ukuntu. Ahubwo ako kanya ahita yibuka ibya kare muri bus.
Mady nawe iba iramushibukanye. Mia arayumva ukuntu irimo kuzamuka. Yumba muri we atangiye gusheshurumeza.
Mady uko yamuhobeye yari yamufashe mu mugongo maze amanura ibiganza bye bigera mu rukenyerero, Mia arabyumva bimanuka. Yumva atangiye kuzamba.
Mady aba akomeje kumanura ibiganza bigera ku kibuno cya Mia. Kandi niko imbere yamaze guhagarara irimo gukora ku kiziba cy’inda ya Mia.
.
Mbwira nawe biraba amahoro………
.
Next episode 5
Comments