Loading verse...
AGENDA OF SEX.
.
Episode 17
.
Stiry by Chris nandi Ishimwe.
.
Mia aparitse hanze uy’urugo rwa Mady byamucanze arimo kwibaza icyo gukora.. hari amahtamo abiri afite agomba guhitamo amwe. Kureka kwinjira mu rugo rwa Mady agakomeza akajya mu kazi cyangwa se akinjira wa Mady akamureba, gusa gufata amahitamo byanze.
.
Yibuka nijoro ukuntu Maximo yahise ananirwa agahuta yisinzirira mugihe we yarakibishaka cyane.
.
Tess nawe yaraye mu nzu ya Mady nibwo yabyuka. Akangutse yisanga mu buriri wenyine . arabyuka avamu buriri ava mu cyumba aza mu gikoni abona Mady arimo gutegura brekfaste. Tess araseka.
Mady aramwumva inyuma ye maze arahindukira aramureba.
Tessa ati” Uretse gukora biriya ushobora no kuza uzi gutanga care.
Madyati”Buri muntu wese akenera care,. Niba nzaikenera nanjye ngomba kuziha uwonkeneye ko nawe azimpa.
Tess aramwegera maze amufata mu nda.
Mady ati” Uranshaka se.
Tessa ati”Cyane.
Mady ati” Hano se.
Tessa ati” Uko ubishaka.
Mady amufata mu misatsi ati” Wowe se ushaka iki??
Tessa ati” Wowe too.
Mady araseka maze ahita amauterura amwiza kumeza yahoo mu gikoni. Nubundi yaraje akanyeye ishuka gusa. Mady ayimukuraho. Barareba maze barasoma
Mady azamura amaguru ya Tess neza maze amujyamo atangira kumusoma mu gitsina.Tess nawe akahagira.
Mady amaze gukora ibyo amanura ipanaro nuku ayishyiramo babikorera aho.
.
Mia nawe afashe icyemezo cyo kuva mu modoka maze akinjira akareba Mady. Ageze kumuryango arakomanga.
Mady barabyumva.
Tessa ati”Ninde se kandi mwarimufitanye gahunda muri iki gitondo.
Mady ati:” Ntawe.
Tessa ati”Ubwo se uwo ninde uje kutuvangira.
.
Maximo naee ageze mu kazi ahahuruira na Melia yahagaze.
Melia aramushuza ati”Maximo umeze neza.
Maximo ati” Meze neza cyane.
.
Maximo yicara aho akorera atangira akazi. Hashize akanya aba atangiye kwibuka nae uko nijoro byagenze barimo gukora sex ukuntu yahise ananirwa ikgwa.
Igihe arimo kubitekereza. Theo bakora aba arinjiye aramureba.
Theo ati” Vip mwana ko mbona uri kure wabaye iki.
Maximo ati” Man ni ibyanjye to ntaribi.
Teho ati” Hari igihe ariko mu byo urimo waba ukeneye inama y’umuntu cyangwa ubundi bufaha.
Maximo ati” Oya bireba njye ninanjye ugomba kubikemura.
.
Tugaruke kuri Mia aracyahagaze hanze arimo gukomanga. Mady aba aje gufungura abona ni Mia.
Mady ati” Sinatekerezaga ko wagaruka hano.
Mia ati” kuba nje birakubangamiye.
M,ady ati” Oya ariko nidibaza uje gukora iki uragenzwa niki??
Mia aramureba cyane ati” Ese ko wagira ngo wanyivumbuyeho cyane??
Madyati” Ariko wavuye hano uvuze ko ibyacu birangiye. Siko wavuze.
.
Tessa aba aje muri Saro yambaye ubusa. Mia amubonye arikangwa arumirwa. Ndetse aranababara cyane.
Mia ati” Tessa wowe.
Tessa ati”Njyewe.
Mia arababara cyane ati” Ni gute…..
Tessa ati” Oya udakomeza wivuga amagambo menshi.
Mia arebana Mady umujinya ati” Mady ni gute wakora ibintu nk’ibi.
Mady ati”Ngwiki?? Ni gute se ahubwo ntabikora.
Mia arongera areba Tess anbi ati” Tessa koko wowe mfata nk’inshuti yanjye ni wowe.
.
Tessa ati” Ariko se ufite ikihe kibazo.
Mia biramubabaza cyane maze ahita yikubita ava aho aragenda aza hanze ababaye cyane yinjira mu modoka ye afite umujinya.
Hashize akanya gato arayatsa arakomeza ajya mu kazi.
.
Mady areba Tessa ati” Uriya se agize ikihe kibazo.
Tessa ati” Mureke. Ahubwo nanjye reka nitegure njye mu kazi.
.
Mia yinjiye mu kazi yumva yataye umutwe yabbaye cyane afite agashiha katagira ingano. Nyuma y’isaha abona Tess yinjiye muri Office ye aje kumureba.
Mia ati” Tess ntacyo mfite kuvugana nawe.
Tessa ati” Ariko se Mia urirakaza.
Mia avuga atongana ati” Urimo kuvuga ngo ndimo kwirakaza wanciye inyuma. Wowe koko.
Tessa araseka ati”Naguciye inyuma gute.?? Uriya ni Umugabpo wawe see. N’umukunzi wawe ninde??
.
Mia byamubabaje cyane ati” Ariko waruzi neza ibijya mbere hagati yacu.
Tessa ati:” Ibijya mbere hagati yanyu se byari bisobanuye iki. Ubundi urabona utaramaze guta umutwe.
Mia azunguza umutwe n’akabaro kenshi ati” Ntanshuti ikurimo.
Tessa ati” Sawa niba aruko wabifata..
.
Mia biramurya cyane. Akibuka ibyo Mady yamukoreraga byose nonehi agahita abibona arimo kubikorera na Tessa. Ibyo bikarushaho kumurya cyane.
Tessa ati” Mie sinjye ufite ikibazo wisuzume neza..
Mia ati”Tessa va mbere yanjye genda.
Tessa ati” Humura ndagiye. Gusa ukuri kwanjye nuko ntakosa mfite. Mady twaraye duhuriyemuri bar nkunda kujyamo. Kandi yambwiye ko wariwamaze kumubwira ko ibyanyu birangiye.
Mia ati” Waretse gukomeza kumbwira ubusa ukagenda ukamva imbere.
.
Tessa arigendera.
.
Next episode 18
Comments
Login to comment.
No comments yet.