logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 13

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Epsiode 13
.
Dusize Rehema yongeye kubona wa Muntu basa neza neza.
.
Story By Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema ahagararanye na Karangwa muri Korodoro bavugana ariko arimo kubona inyuma ya karwanga hahagaze wa muntu basa neza.
Karangwa abona Rehema aho kuvugana nawe har ikintu arimo kureba inyuma ye bisa naho yarangariye.
Karangwa nawe aba arahinduiye areba inyuma ngo arebe ikintu Rehema yaba arimo kureba ariko arebye inyuma abona ntkintu abona.
Agarura amaso kuri Rehema aba aramuretse arikomereza aya muri Duhse yo mu cyumba cyabo. Dorisse  aba avuye mu gikono bona Mama we ahagaze hamwe aramureba aramuramutsa.
Dorisse ati” Mama waramutse ute waraye kubera iki waraye udatashye?
Rehema areba Dorisse ati” Umeze ute mwana wanjye? Naraye hao nuko natashye bwije cyane.
Dorisse arakomeza ajyana aibyo afite muri Salamangera Rehema areba aho yareba wa muntu basa aramubura.
Rehema yikora mumaso  aribaza ati” Nabaye iki ra uriya muntu ndimo kubona ninde?
.
Arakomeza ajya hanze.
.
Dorisse aza mu cyu,ba cye afata telephone ye arebaho areba kuri Whatsapp ashak kureba niba Pante yaba agieze amwandikira. Gusa mwibuke ntago Dorisse aziranye na Pante. Bahuriye kuri Social Media barikundaira arko biraho bidakaze nuko Dorisse  yagiye arushaho umva amukunze cyane.
Ndetse na Pante ntago azi neza Dorisse auretse amafoto ye azi gusa.
.
Dorisse  uko yakarebye kuri Telephone abona Pante ntago yigeze amwandikira biramubabaza yicara ku gitanda.
.
Tuze mu rugo kwa Pante nawe yicaye kuburiri afite telephone mu ntoki arimo kuyireba gusa. Uko araho aba yibutse ukuntu yaraye aryamanye na  Rehema.
 Yatsa telephone ye abona Dorisse yaraye amwandikiye.
.
Tugaruke mu rgo kwa Rehema arimuri Dushe arimo koga, uko yiga akibka uburyo yaraye aryamanye na Pante akibuka buri kimwe cyose yagiye amukorera
Uko arimo koga buri gice cyose cy’umubiri agezeho akibuka uburyo Pante yagiye acyonka amwitaho amutegura neza cyane.
Agera kumabere akaraba  yibuka uburyo Pante  yayashize mu kanwa akayonka. Agera kunda yibuka uburyo Pante yamusomaga kunda mu bwenge bikamurenga, agera ku matako yibuka uburyo Pante  yanyzagaho akarimi gacye gacye yitonze akumva agiye gupfa. Agera ku kibuno yibuka uburyo Pante ntacyo yinubye akamusoma mu kibuno. Agera ku gitsina  yibuka uburyo Pante yamusishije akagera naho  anyara akoresheje ururimi gusa. Mbese buri gice cyose arimo kugraho arimo kwibuka uburyo Pante yagiye agikoresha agamije kumushimisha no  kumwitaho.
.
Amaze koga afata isume arihanagura aza imbere ya miriwari. Arim kwihangura abona wa muntu basa ahagaze inyuma ye arimo kumurebera mu kirahuri arikanga agiye guhindukira Uwo muntu ahita amufata mu bituu amubuza guhindukira.
Uwo munmtu aramuvugisha ati” Urabona utarimo gusara. Waraseze kandi urimo kuba umusazi.
Rehema agira ubwo ati” Ariko urinde?
Uwo muntu ati” Nakubwiye ko ndi wowe.
Rehema ati” Urinje gute se?
Uwo Muntu ati” Urabona tudasa.  Uretse ko ndimwiza kukurusha.
Rehema ati”  Ntago byumvika  ko nta mpanga nigeze wowe urinde dusa gute kubera iki?
Uwo Muntu ati” Ese ntago waumva nakubwiye ko ndi wowe njye nawe turi umubiri umwe ntaho dutandukaniye cyane ko tunasangiye amaraso amwe.  Kandi ibyo singenzi ahubwo ibyi nkubwira  ndimo kukuburira  kuko urimo gusara.
Rehema ati” Ndimo gusara gute se
.
Uow muntu araceceka. Rehema yumva ntao avuga ahindukiye aramubura. Rehema yikangamo ati” Niki kiri kuba?
.
Tugaruke kwa Pante nawe avuye muri dushe koga afata telephone ye ahamagara Dorisse kuri Telephone.
Dorisse  yari mu cyumba arimo kwambara ikariso  ayigejeje mu mavi abona telephone ye irasonnye  maze aho kuzaura ikariso no ayambare neza ayirekera aho ahubwo ajya ufata telephone aritaba n’akanyamuneza kenshi.
Dorisse ati’ Call yawe ihindura ubuzima bwanjye n’ibyiyumviro byanjye. Reka nkushimire urakoze kumpamagara.
Pante araseka ati” Ese nibyo!
Dorisse ati’ Ntago nzi amagambo yabisobanura neza.
Pante aramwumva.
Dorisse ati” Iyo mbonye sms yawe cyangwa call yawe  mpita numva nongeye kubaho bushya. Biba bimeze nk’igitonyangakiguye mukanwa kuzuye umwuma.
Pante ati” Dorisse wikabya cyane nawe.
Dorisse ati” Kugaraza amarangamutima yanjye se ni  ugukabya?
Pante ati”Oya da! Umeze  ute?
Dorisse ati” Meze neza. Ariko amatwi yanjye isegonda kurinde aba ategereje ijambo ryiza ryawe.
Pante ati” Niki ushaka kumva.
Dorisse araseka ati” Mbwira icyo nakumva nicyo cyanshimisha kuruta kumbwira iryo naba nshaka kumva.
.
Pante aratekereza ati”  Ese nkuhaye igisubizo cy’ikifuzo kiri kumutima wawe naba nkoze neza/
Dorisse araseka ati”  Ndumva umbajije igisubizo naguha.
Pate araseka ati” Noneho reka bibe.
.
Dorisse arishima cyane asimbukira mu kirere Pante arabyumva ati” Simbuka acye nyabona bitarangira bibaye amarira.
Dorisse ati”  Icya cyose ntag o nyitayeho
Pante ati” Ariko njye ndagushaka wese uri muzima ntahantu wakomeretse.
Dorisse ati” Ndaza wese wigira ikibazo. ahuwo  saa ngahe
Pante ati” Usieje amasomo yawe nibyo sawa.
Dorisse ati” Nukuri unkoze kumutima ndabyumva. Iki n’icyo gihe kiza kindi ngiye kugira mu buzima bwanjye.
Pante araseka ati” Nanjye ndumva nyuzwe nabyo. Reka tuze guhuza Imana ibane nawe
Dorisse ati” Wawooo buri jambo ryawe ryose ria rifite ubuzima. Urakoze cyane Mgabo nkunda amaso yanjye araza kwishimira kukureba.
.
Kurundi ruhande mu cyumba Rehema nawe arimo kwambara asoje kwambara afata telephone ahamagara Pante yumva telephone arimo kuyivigiraho mazeyumva muri we arafushye yibaza Pante umuntu yaba arimo kuvugana nawe.
.
Kurundi ruhande Pante soje kuvugana na Dorisse basezeranaho.
Dorisse yambarana akanyameneza kenshi, Na Pant aho ari yumva umutima we ushimishijwe no kuba aribuze guhura na Dorisse.
.
Rehema aba arongeye aramuhamagaye. Pante areba Telephone abona ni Rehema umuhamagaye ariko yumva muri we abuze ubushake bwo kuba yamwitaba telephone irimda ivaho.
.
Rehema abonye Pante atamwitaye biramubabaza maze amwandikira sms ngo ati” Umuntu mwavugana utumye udafata telephone yanjye ninde?
Pante sms arayibona ariko ntiyayisubiza.
.
Tuze kuri Company ku kaz Lline ageze ku kazi areba muri Parking abona moto  ya Pante ntayo abona ahita amenya ko Pante atari yagera mu kazi.
Arahindukira areba naho Rejema ajya aparika imodoka ye abona nawe ntawe. Arakomeza yinjira mu kazi aza muri Office yabo abika igikapue cye arangije arasohoka agenda agana kuri Office ya Pante.
.
Bidatinze, Pante naweaba ageze mu kazi aparika moto ye avaho  maze yinjira mu nyubako  agiye kugera kuri Office ye abona Liline arahahagaze arakomeza maze aba amugezeho Liline akimubona araseka.
Pante aramureba ati” Urimo guseka ukuntu nambaye se? Njyewe kwabara ntago njya mbikomeza cyane ko nambara bitewe n’umumaro umwe wo kwambara.
Liline araseka ati” Pardon Pante ntago nsetse uko wambaye kuko wowe uko wakwambara kose n’ubundi uraberwa. Ahubwo nijejwe no kukibona
Pante araseka ati”Oooh urakoze cyane nanjye nshimishijwe no kongera kukubona Imana twese itwonereyeho uburame.
Liline araseka ati” Sura se nawe urumva wishimiye kumbona?
Pante ati” Yego.
Liline ahita amuhobera ati” Urakoze cyane.
Pante ati” Kubera iki unshimiye.
Liline ati” Kuera ko mbonye ko nawe uba unziririkana.
Pante ati” Ariko birakwiye cyane kko uri inshuti yanjye.
.
Pante afungura  Office barinjira 
Liline ati” Pante nakubaza
Pante aramureba ati” Ntakibazo.
.
Uko bavugana  Rehema nawe ageze ku kazi aparika imodoka abona moto ya Pante ahita abona ko yageze mu kazi.
Rehema yinjira mu nybako bakoraramo azanye akajinya ku kazi ko kuba yahamagaye Pante mu gitond ariko akanga kumwitaba.
.
Tugaruke kuri ba Pante na Liline.
Pante arimo kwicara mu ntebe, Lilie aramureba ati” Waba ufite umukunzi?
Pante aramureba ati”  ntawe ariko ndi mu nzira yo kumugira.
Liline ati” Bivuze ngo hari Umuntu urimo gukunda?
Pante ati” Yego.
Liline ati” Ndumva ngize amatsiko. Ese  uwo muntu yaba ari umwe mu bantu bakora hano?
.
Rehema aba arinjiye abona Liline arimo kuvugana na Pante ariko bo ntibamubona arahaarara abanza kubareba no kumva byo barimo kuvuga.
Pante areba Liline ati” Ntago mbizi niba uri umwe mu ba hano cyangwa ari undi wo hanze ya hano.
Liline ati”Aho uracanze.
Pante ati” Oya. Kubera ko uwo muntu ntamuzi narahura nawe ariko ndumva ko ahari kandi mfite urukundo numva nshaka kuzamuha.
Liline ati” Mana weeee uwo muntu agira amahirwe nakifuje ko uwo muntu yakabaye…
.
Atarasoza kuvuga, Rehema ahita aza muca mu ijambo aramureba ati”Wakifuje ko yakabaye nde? Utavuga wowe.
.
Pante na Liline abaramureba cyane.
.
Udacikwa na Epsiode ya 14

Comments