Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELIG
.
Episode 12
.
Duheruka Pante na Rehema bari mu bihe bidasanzwe.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema arumva uburyohe bwamurenze cyane bitewe n’ibihe byoza Pante yamushizemo. Apfukamye kuburiri , Igice cyo hejuru guhera ku gatuza kuzamura kiri hasi cyane asa n’uwihese noneho igice cyo hepfo uhereye mu rukenyerero kiri hejuru. Yatereye ikibuno hejeru kuburyo igituba cyaje inyuma neza. Pante ari inyuma ye arimo kucyonka neza uko abishaka. Rehema yashize wese arimo gutaka.
Rehema ati” Ajo cher ndumva nashize
Pante araseka ati” Bone apetit
Rehema ati” Mericie Cher.
.
Pante akomeza kumwonka igitsina akoresheje ururimi arimo kunyuza hagati y’imishino. Igtuba cyose cyabaye amazi cyuzuye ururenda rurimo kujojoba nk’amazi rukamanuka rukagwa hasi. Ururenda rwinshi rusobanuye kuryiherwa cyane no kuba wanyuzwe n’ibyo urimo gukorerwa.
Pante ati” Urumva bimeze gute?
Rehema atI’ Sha uraranze pe wowe ndumva uzi buri kimwe cyose cy’ingenzi.
Pante ati” Nkuko nabikubwiye gukora sex n’ubugeni ntago ari igikorwa cyo gukora gusa.
.
Tuze mu rugo kwa Rehema iwe mu rugo, muri ayo masaha Karanwa yicaye muri Saro arimo kunywa inzoga. Uko anyway arimo kureba kuri Telephone buro kanya ntago yishinye.
.
Kurundi ruhande mu rugo kwa Liline we na Aunt L eya bari kumeza barimo kurya. Liline afite akanyamuneza kadasanzwe.
Leya aramureba ati” Liline niki cyakubayeho cyatumye ugira ibyishio bingana gutyo?
Liline araseka ati” Nuko ibihe byiza byatangiye kunsekera.
Leya ati” Gute
Liline ati” Ubuse mbikukubiwire gute? Uziko pante ariwe unyuye?
Leya araseka ati” se nukubera ko Pante agucyuye? Ariko banza uriya musore umukunda byo gupfa cyane
Liline ati” Kuva namubona navuye mu byanjye.
Leya ati” Arabizi se
Liline araseka ati” Oya
Leya ati” None ko numva ushaka kwiringira ibidahari
Liline ati” Ntago byiringiye ariko kuva yatangiye kujya ampa amahirwe yo kuvugana nawe navuga ko biri mu nzira nziza.
Leya aramureba.
.
Tugaruke kwa Pante na Rehema bibreye mu yindi si.
Pante aryama kuburiri agaramye, Rehema aramureba ati” Ubu bigiye kugenda gute?
Pante ati” Wowe ngwino hejuru yanjye unteye umugongo.
.
Rehema amutera umugongo arabikora ariko agarukira kunda.
Pante ati” Oyaaa ntago ari gutyo nshaka igitsina cyawe hano kumunwa.
Rehema araseka ati” Ikibuno kirakujya mu maso.
Pante ati’ Yego nibyo nshaka.
Rehema yumva abanje kugira isoni ryo kubikora, Pante aramureba.
Pante ati” Nakubwiye ngwiki? Umunezero wa mbere muri Sex n’ukwisanzura.
Rehema avuga aseka ati” Kuburyo se nagushyira ikibuno mu maso??
Pante ati” Ko nagusomyemo kuki ho utagize isoni.
Rehema aba agize isoni Pante aramureba maze nawe araseka ati” Ubuse nibwo ubyibutse?Wumvise atari byiza se?
Rehema ati” Byari birenze cyane,
Pante ati’ Isanzure nibwo ubasha kuera kumunezero wawe. Kwisanzura ni kimwe mi bice byiza bireme ibihe byiza.
.
Rehema amuza hejuru ikibuno mu maso igituba kumunwa wa Pante..
Pante ati” ururimi rwanjye ugiye kurutwara nk’imboro urukoreshe mu gituba cyawe uko ubyumva.
Rehema ati” Ubwo se gute?
Pante ati” Wowe urimo kwiyumva ujye uyobora witwara uko ubishaka bitewenaho arimo kumva rurimo kugukora bikagenda neza. Rutware nk’imboro ukirimo.
Rehema ati’ Sawa.
.
Panta azamura ururimo arwinjiza mu gituba cya Rehema arapfa wese arashira.
Pante ati” Ngaho jya uzamuka wongera umanuke.
.
Rehema arabikora, Pante amufata ikibuno amufasha kujya azamuka akongera akamanuka akgwa neza mu rurimi, maze Pante akarukagara mu gituba mu ngni zose.
Rehema ati’Ndashize wese.
Pante ati’ Nibyo byumve cyane.
.
Pante akomeza kubikora cyane.
Rehema ati” Uuuuh mbega? Cyakora ni wowe pe uzi neza ibyo ukora. Ndashize ndapfuye wese.
.
Rehema afata imboro ya Pante nawe atangira kuyikinisha. Nayo yafashe umurego ihagaze nk’igiti.
Rehema ati” Cher ndumva nshaka kuyijyamo.
Pante ati” Ntakibazo.
Rehema yegera imbere maze ayicaramo
Pante ati” Ni wowe ugiye kuba umutwazi waka kanya.
.
Tuze mu ruo kwa Leo ariryamiye.
Grace aza mu cyumba abona Leo ariryamiye ahaarara hamwe aramurebaaaa hashira akanya. Hasjize akanya aza imbere y’igitanda afata kuvureri ayimukuraho aramworosora.
Leo arakanguka aramureba ati” Urimo urakora ibiki?
Grace ati” Uba witwaye gute buriya.
Leo ati” Niki ushaka iki?
Grace ati” Leo ndambiwe agasuzuguro kawe.
Leo ati”Akahe gasuzguro.
Grace ati’ Ni ryari uzampa agaciro nk’umugore wawe?
Leo areguka aramureba ati” Agaciro sinjye ukakwaka ni wowe wakiyatse.
.
Grace ati” Nonese wanzanye hano kungira umutako kubera iki uba udashaka kundongora.
Leo ati” Ntago uteye apetit. Kandi kurongoa ntago ari akazi.
Grace aramureba aira umjimya ati”Harya ngira umwanda?
Leoa ati” Urabizi nawe. Ninde mugabo warya ibiryo byanduye. Kogosha ugakuraho insya bisaba iki habura ik wabuze iki?
Grace aramurebaaaa
.
Tugaruke kwa Pante Rehema arumo kuvuza induru cyane ati” Aho ahooooo weeee aho komeza komeza komeza
Pante ati” Urumva ugiye kurangiza
Rehema ati’ Yego.
Pante arakomeza arasunika kandi akayigeza mu bwenge adakubita cyane ahubwo abikorana ubugeni.
Rehema ararira cyane ati” Mana weeeeeee ahuuuuuuu
Aba ararangije maze asomagura Pante amushimira cyane.
Rehema ati” Urakoze cyane. ubuse nzakwitura iki koko!
Pante ati”Ntago nabikoreye inyiturano. Twese turishimye.
Rehema ati” Uraranze pe!
Pante ati” Oyaaa muri ibi nta muntu urenze ahubw habaho gsabanukirwa neza igikorwa murimo.
Rehema ati” Nyine niyo mpamvu mvuga ko urenze.
Pante araseka.
.
Bagwa agacuho, Pante ava mu buriri ahita ajya kuzana juice baranywa.
.
Tugaruke mu rugo kwa Karangwa aracyicaye muri Saro saa saba z’ijoro zimaze kugera. Afata telephone ahamaara Rehema. Telephone icamo ariko Rehma ntiyamufata. Hashize indi daha Karangwa arahauruka ava muri Saro ajya kwiramira.
.
Pante na Rehema nabo bararyama barasinzira.
Bigeze hafi ya saa kumi zo mu rukerera, Rehema asa n’uwicuye arihindukiza mukwihindukiza aba abonye umuntu usa nawe uhagaze mu muryango w’icyumba biramucanga asa n’uwegutse areba uwo muntu neza usa nawe arimo kureba uhagaze mu muryango. Abona neza uwo muntu barasa wagira ngo n’impanga.
Rehema yikangamo agira ubwoba,
Uwo mubtu arimo kumureba cyane.
Rehema ati” Urinde
Uwo muntu ati” Ndi wowe.
Rehema ati” Urinjye?
Uwo muntu ati” Ubona utarasaze? Warasaze uri Umusazi.
Rehema biramucanga cyane afite n’ubwoba. Pante nawe aba aricuye abona Rehema yicaye mu buriri nawe ahita abyuka aramureba.
Pante ati” Niki wabaye iki ko wicaye?
Rehema aramureba agaruye amaso kumuryango abona wa muntu yabonaga basa ntabw agihari. Biramucanga.
Pante ati” Nikihe kibazo?
Rehema ati” Ntacyp ahubwo reka ntahe
Pante ati” Utahe aya masaha.
Rehema ati’ Yego.
.
Mu rugo kwa Rehema bwaracyaye. Karangwa abyuka yitegura kugia ngo ajya mu kazi ke. Dorisse umukobwa wabo nawe ari mu gikoni arimo gutegura breakfaste. Karangwa araza amusanga mu gikoni bararebana
Dorisse ati” Papa waramutse
Karangwa ati” Waramutse! Ese waba wigeze auvugana na Mama wawe ngo umenye aho yaraye?
Dorisse aratungurwa ati” Ntago yaraye atashye se?
Karangwa ati” Oya.
Dorisse ati’ Nanjye ntago twavuganye.
.
Karangwa ava mu gikoni agenda agaruka mu cyumba agezemuri Korodoro akubitana na Rehema asa n’ubyutse biramucanga.
Karangwa aramureba cyane.
Rehema ati” Waramutse niki ko urimo kundeba gutyo?
Karangwa ati” Bite byawe waraye he?
Rehema ati” Naraye hano mu cyumba cy’abashitsi natashye bwije nsanga wafunzeicyumba nanga kugukomangira njya kuryama mu cyumba cy’abashitsi.
Karangwa aramureba cyane,
Rehema arebye inyuma ya Karangwa arongera abona wa muntu basa arimo kumureba.
.
Udacikwa na Episode 13
Comments