logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 33

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 33
.
Dusize hagati ya Rehema n’uMugabo we bimeze nabi.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Col. Karangwa  akimara kumva Dorisse abakomangiye  yahise arekura Rehema.Rehema yifata ku ijose aho Karangwa yariyamfashe arimo kumukanda.
Karangwa aza kumuryango arafungura abona Dorisse.
Dorisse aramureba ati” Papa mwaramutse neza.
Karangwa  ati” Yego. Niki ko ubyutse uza kudukomangira?
Dorisse ati” Numvaga wagira mgo hari ikibazo?
Karangwaat” Oya ntakibazo  gihari.
Dorisse ati” Ariko numvise musa n’abatongana Papa!
Karangwa ati” Oya wabyumvise nabi ntautongana.
Dorisse ati” None mama ameze gute
Karangwa ati” Mama wawe ameze neza aracyaryamye.
.
Ariko Dorisse abona Papa we asa n’utameze neza maze aringera aramubaza ati’ Ariko Papa ibintu ni amahoro umeze neza?
Karanw ahita amutombokana ati” Ariko maze kukubwira ngwiki wa gakobwa we tumeze neza jya muri gahunda zawe.
Dorisse arikanga bitewe nuko Papa we amubwiye.
.
Rehema ati” Waretse kubwira umwana nabi umutura iyo umujinya yawe?
Dorisse avuga cyane ati” Mama umeze neza?
Rehema ati” Dori meze neza  ntakibazo.
.
Dorisse areb papa we ababaye arangije ava  imbere y’umuryango wabo arigendera agaruka mu cyumba cye yivugisha anababaye ati” Papa aba afte ikihe kibazo gituma abwira umuntu nabi nkaho hari icyo yamutwaye.
.
Tuze mu rugo kwa Leo na Grace baracyaryamye. Ni joro baraye bagizeibihe byiza. Bidatinze Grace aba abyutse mbere ya Leo amaze kubyuka aramureba mu maso  maze amuha aka bizux ku gahanga. Lea nawe aba arakangutse abona  Grace ar hejuru ye.
Grace ati” Bjr mon bebe
Leo aramwenyura ati” Bjr
Grace araseka ati” Disi urasa n’igitondo cyiza
Leo araseka ati”Si urukundo ruraha.
Grace ati’ Rega   cher ubu ibintu byose  byamaze gusonuka.
Leo aramufata aramubirundura maze aba ariwe umujya hejuru amureba mu maso ati”  Nawe  urasa bundi bushya. Ubu nibwowafashe isura yawe yanyawe. Ubundi mbere sinamenyaga uwo  uriwe wari warabaye undi muntu.
Grace ati” Bea umbabarire kuba narabanje kugucisha mu bihe bibi bishaririye cyane ariko nitegute kukwishyura ideni ryose ibihe bibi byose wanyuzemo ngiye kubisimbza ibyiza.
Leo aramureba cyaneeee ati”  Ndabibona rwose ubu twamaze kugera ku itangiriro ry’amarembo yabyo.
Grace araseka maze nawe aramufata aramubirindura aba ariwe ugaruka hejuru.
Grace ati” Nizere ko ufite inzara n’inyota  ihagije yo kuzakira ibihe bidasanzwe ngiye kuzakujyanamo.
Leo ati”  umva ndagushonje  cyane  nanjye niteguye kuzahazwa nawe.
Grace araseka ati” Wawoooo mbega ukuntu ari byiza kuba umfitiye ifemba ringana  gutyo.
.
Twigarukire mu rugo kwa Rehema.   Dorisse ari muri Dushe arimo  koga. Gusa uko yia ibitekerezo bye biri kuri Pante buri uko yikozeho aba yibuka uburyo Pante yamukozeho rikaka koko akibuka  ibihe byiza  yamushizemo ubwo yarimo amurongora.  Ibyo bihe abikumbira hafi buri mwanya.
Amaze koga ava muri Dushe.
Kurundi ruhande Rehema avuye mu cyumba cye yamabye pinjama aza muri Saro afite telephone  yumva anakumbuye kuvugana na Pante aramuhamagara. Pante aramwitaba baravugana
Rehema ati” waramutse neza Rukundo rwanjye?
Pante arabiseka.
Rehema ati” Nubwo wabiseka niko kuri kwanjye kumutima.
Pante ati” Ikibazo nuko ukomeza kubeshya umutima wawe.
Rehema ati”Oya njyewe ndagukunda ntago umutima wanjye wibeshya.
Pante ati” Icyo mvuga nuko ukemeza  gushuka umutima wawe kandi uzi neza amahitamo yanjye ko ibyi bitazigera bibaho.
.
Rehema ati” Nzi imbogamizi ziri ku mahitamo yawe, ariko njye ntegereje igihe nyacyo ubwo amahitamo yawe azampindukirira.
.
Uko barimo bavugana, Dorisse avuye muri dushe abona Mama we muri saro hari umuntu barimo  kuvuana. Dorisse aba aje gacye muri Saro asa n’umwumviriza ariko atumva neza iby’umuntu urimo kuvugana na Mama we arimo kuvuga.
Rehema akomeza kuvuana na Pante   gusa ntago arabona ko Dorisse aria ho hafi ye.
Rehema ati” n’ikibazo cy’igihe  gusa. Ahubwo njye nibaza impamvu ubuza uburenganzira umtima wawe. Njye nzi neza ko nagiranye igihango n’umutima wawe ahubwo nkibaza impamvu uba ushaka kunyibuza.
Dorisse yumva ayo magambo ya mama we biramucanga, Rehema nawe ahindukiye ahita abona Dorisse asa n’umwayemo.
Rehema ati” Umva  turaza  gusubira mu kazi.
.
Dorisse aramureba ati” Mama uwo ninde mwavugana gutyo?
Rehema ati” Ni umukozi dukorana mukazi.
Dorisse ati”  ariko amagambo numvise umubwira aracanze.
Rehema araseka ati” Agucanze gute? N’inshuti yanjye namubazaga impamvu aba ashaka kunyicaho.
Dorisse arabyumva ati” Ok. Nonese umeze ute ko nabony Papa yari yarakaye niki cyabaye?
Rehema ati” Hari igihe Papa wawe aba yirakaje ariko ntakibazo.
Dorisse ati” Mama ubwo urumva ntakibazo kandi wowe na Papa muba  mutameranye neza? Ubundi muba mupfa iki?
Rehema ati” Cyahe se uretsekuba hari igihe aba ashaka kujyana ibintu byose mu buryo bw;amateeko ya gisirikare. Aba ashaka kubaho ubuzima bwose nk’umusirikare. Abe umusirikare mu kazi yongere abe umusirikare na hano mu ruo kandi ibyo ntago byashoboka.
Rehema  ati” Nonese Mama nicyo kibazo gihari cyangwa hari ikindi. Mama mbwiza ukuri.
.
Rehema aramureba ati” Ntakindi nicyo tuba dupfa.
Dorisse ati” Nyamara mama mbwiza ukuri kuko ndi mukuru bihagije
Rehema ati” Nibyo ntakundi kuri,
.
Dorisse aramureba ati” Mama ntunyumve nabi  ariko rimwe hari igihe nigeze kumva mupfa ibintu bijyanye no  mu gitanda.
Rehema aba aguye mu kantu ati” Ngo mu gitanda.
Dorisse ati” Yego. Nigeze kubumva mubishwanira Papa avuga yaraye agukeneye maze wowe no uramwiyima wanga kumuha.
Rehema aba araturitse araseka.
Dorisse ati” Mama ndi  serie. Ndibaza ni gute wiyima Papa kandi uri umugore we?
Rehema aramureba cyane.
Dorisse ati” Rega mama ndimo kukubaza windeba gutya. Kandi ntushake kungira umwana ngo utekereze uburyo bwo kunijisha . narabyumvise. Ahubwo  mbwira  ni gute umugore yiyima umugabo we?
.
Kurundi ruhande Liline asoje kwitegura arimo gushyira  utuntu ajya akenera muri  Sakame ye. Aunt we Leya araza aramureba.
Leya ati” Ese wa musore bimeze bite?
Liline ati” Biracyari hatari ariko ni vuba Rehema akava mu nzira, ubundi Pante akaba uwanjye.
Leye ati” Ariko se ubundi uba wumva ibyo bintu bizaguhira?
Liline ati” Cyane.
Leya ati” njyewe mba numv umeze nkurimo kwigura kugira ngo bagukunde.
Liline ati”Oya ntago ndimo kwigura. Impamvu imwe Pante atabasha kumbona ni Rehema. Ariko Rehema naba atakiri mu nzira yanjye amaso ya Pante azab areba njye gusa icyo gihe.
Leya araseka ati” Kubera ko ari wowe mukobwa gusa uzaba uhari mu isi yose.
.
Liline agiye kumusubiza abona Sadio aramuhamagaye afata telephone aramwitaba.
Sadio ati” Liline umeze  ute?
Liline ati” Meze neza.
Sadio ati” None ugeze kuki ko iminsi irimo kugenda.
Liline ati” Sadio nawe reka kunyirukansa gutyo urabizi ko mission wampaye ntago iba yoroshye. Ariko uyu munsi ndaza kuerageza.
Sadio ati” Sawa.
.
Tugaruke ka Rehema aracyavuana na Dorisse.
Dorisse ati” Mama windeba gutyo mbwira.  Ubwo ndubyumva uhise ugira amasoni zo kumva narumvise ibyanyu none nkaba nkubajije  gutyo! Sibyo mama! Ariko mama ushaka wambwira kuko ndi umugore nawe  ukaba  undi mugore rero ntabanga ririmo. 
Rehema aramurebaaaa.’
.
Udacikwa na Episode 34

Comments