Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Duheruka Mady ahamagaye Mia, Mia akimara kumva ko ari wa musore bahuye muri Bus arikanga yifata kumutima.
.
Story by Chris nandI Ishimwe.
.
Mia uko yakitabye telephone yarikanze! Yifata kumutima abanza kureba abandi bakoze bose bakorana abona bose barahuze. Maze ahita asohoka aho bakorera yihuta cyane. Agenda Tessa aramubona
Mia ageze muri kodoro yihuta akubitana na Salama nawe barakorena
Salama ati”Mia ugiye he.
Mia ntiyanamwumva arikomereza Salama nawe arakomeza aza mu kazi.
.
Mia aza muri Toilet.
Mia ati” ni gute wamenye amazina yanjye ukuyehe number yanjye??
Mady avuga gake atuje ati” Birakurakaje se basi.
Mia abanza gutekerezaaaa ati” Oya ariko birantunguye.
Mady ati” Nayamenye rero mbona number yawe.
.
Ku kazi aho Maximo aho umugabo wa Mia akora. Maximo arimo gutambuka. Akora muri Company nini cyane kandi ikomeye mu gihugu.
Aratambuka aza muri Office akoreramo ariko ni Office nini akoreramo n’abandi bakoze. Aricara hashize akanya akimara kwicara Melia ni umwe mu bakozi bashya baje bakorana aba arinjiye abonye Maximo araseka aza amwegera aramusuhuza.
Melia ati” Maximo habari.
Maximo ati” Nzuri kbsa.
Melia aramwitegereza cyane ati” Cyakora reka nkubwire uri umwe mu bagabo beza iki kihugu gifite.
Maximo araseka ati” Simbizi . gusa ubona ko ndi mwiza ni Umugore wanjye gusa.
Melia ati” Ariko umugore wawe siwe ukureba gusa.
Maximo ati” Ariko niwe ukwiye kumenya ubwiza bwanjye gusa. Ahubwo reka dukore akazi.
Melia ati” Ariko man yanjye ukunda kunyihunza.
Maximo araseka ati” Oya ntabwo ari ukukwihunza nuko ibiganiro twari dutangiye kugirana naho bihuriye n’akazi.
Melia ati” Nonese abantu bavaugana iby’akazi gusa.
Maximo ati” Umva njyewe nkunda akazi kandi nagahawe nkakeneye. So nubaha rero n’amasaha yako kazi.
Melia ati” Ahaaa ndakumva da!
.
Mia aracyavugana na Mady kuri phone.
Mia ati” Nyine wamenye gute amazina yanjye number yanjye yo wayikuye he.?
Mady ati” Hano mfite agenda yawe wataye.
Mia arikanga ati” Wabonye agenda yanjye nataye.
Mady ati” Yego. Wihangana kandi umbabarire nayibonye wamaze kuva muri Bus wagiye.
.
Mia arumirwa yifata mu maso.
Mady ati” Ariko nakibazo nayikubikiye neza tuze kubonana nyiguhe.
Mia ati’ Wakoze cyane. Nizere ko ariko uri inyangamugayo utajya uhita winjira mu mabanga y’abandi.
Mady ati” Humura. Gusa nkwishimiye uri umukobwa mwiza.
Mia ati” ushaka kuvuga??
Mady araseka ati” Utabifata nk’ubusazi nakunze ikibuno cyawe.
.
Mia ahita yumva utuntu twirutse muri we.
Mady ati” Ubwo wanyicaragaho byankomeranye ntakubeshye irabyuka numva irakomeye.
Mia arabyumva mawe ahita yibuka uko yumvaga ameze.
.
Mady ati” Ese ko utavuga ndimo kuvuga ibkurakaza??
Mia ati” Oya.
Mady ati” Umuburi wawe n’agatangaza ntakubeshye nahise nifuza kuba nawumva wose.
Mia akabyuka maze atangira gushyukwa ahubwo.
Mady ati” Numvaga amabuno yawe nkumva ngize amatsiko yo kuyareba no kuba nayakoraho. Noneho bus yafataga feri numva habuze gato ngo yinjiremo. Ntakubeshye numvise mfite ubushake burenze bwo kumva igitsina cyanjye cyinjira mu cyawe.
.
Mia tayali yafashwe. Yamaze gufatwa. Na Mady uvuga irahagaze.
Mia azamura ikanzu arongera arireba abona yazanye ururenda ikariso yongeye gutoha.
Mady ati” Wihangane kubwo aya magambo mpise nkubwira ariko sinjya mpisha amarangamutima yanjye. Wa mukobwa we uri agatangaza pe! Kuva nabaho ni ubwa mbere narinumvise umubiri w’umugore utangaje kuriya. Nubu byanze kumvamo irahagaze..
.
Mia arabyumva maze ahita yibuka uko nawe yayumvaga. Nawe akifuza ko yakwinjira.
Mia ati” Gusa nawe numvise arinziza.
Mady ati” wayikunze??
Mia agira amasoni yo gusubiza.
Mady ati’ Mia vuga.
Mia ati” Ninziza nicyo navuga gusa.
Mady ati” Wakwifuza kuyireba.
.
.
Akivuga gutyo, Mia yumva umutima urahagaze.
Mady ati” Twanakwerekana gusa basi niyo ntakindi cyabaho.
Mia arabyumva bimujyana kure ariko arigarura yibuka ko ari umugore w’Umugabo.
.
Mia ati” Oya. Ahubwo turahura gute ngo mbone iyo Agenda.
Mady ati” Reka nkuhe address muri sms.
Mia ati” Urakoze reka nsubire mu kazi.
Mady ati” Ntakibazo.
.
Bose bava kuri phone.
Mia yumva ameze ukuntu yahiye yashize wese. Ahubwo no mukiziba cy’inda hatangira kumurya.
Aribwira ati”Mia ikomeze nubwo bitakoreheye.
.
Agiye kugenda abona ururenda rurashotse ruramanuka rugera no kumaguru. Ahita afungura amazi ngo arebe ko yakwifasha.
.
Udacikwa na episode 5
Comments