logo

NEW TALENTS

Stories Group

AGENDA OF SEX S01 Ep 6

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Mia abona muri video igitsina cya Mady  maze yikangamo telephone igwa hasi.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Yarikanze rwose sicyo abonye biramurenze cyane.  Umutima urimo gutera cyane. Yicara mu ntebe abanza gutuza ariturisha.
Ariko hashize akanya yumva ashatse kongera kurebaho. Ariko nanone yumva nabikora araba arimo gukora ubusazi nk’umugore wubatse.
Aritonganya  ati” Mia utangiye gusara
.
Gusa umutima ukamuganza akumva ashaka  kongera kurebaho.
Biranga rwose maze afata telephone ye arongera arareba noneho arayitegereza rwose.   Yewe aranicara kugira ngo akomeze yihere amaso. Video akarangira  maze akongera  akayitangiza.
.
  Hashize umwanyaaaa aba agarutse mu cyumba asanga Maximo yasinziriye aza hafi ye ahagarara iruhande rwe aramwitegereza amukora kumutwe  amureba.
Mia ati” Uri umugabo mwiza. Ikibazo nuko……
.
Agiye kuvuga ikibazo aba arigaruiye ati’ Nako ahari njye mugore utarimo gushoboka.
Yicara kuburiri aratekereza .
Arongera areba Maximo ati” Ariko se ninjye utarimo gushoboka gute ko nziko ngerageza kuba umugore mwiza maximo??
.
Amaze kwivugisha gutyo  aza aho bakunda gusomera ibitabo nabyita aka library gato bakoze iwabo mu rugo kubera ko Maximo akunda gusoma cyane.
Mia afata Agenda ye maze arandika.
Amaze kwandika ibyo yashakaga kwandika agaruka kuryama.
.
Bucyeye arakanguka abona maximo yakangutse kare ntabwo ari mu buriri. Mia nawe arabyuka aza agana muri Saro aboa Kessy yabyitse kare nawe ndetse yambaye na unform.
Kessy ati” Mama bjr!
Mia ati” Bjr mwana wanjye.
Kessy ati” Papa yanyogeje aranayanyambika.
.
Mia ati”  Papa yakoze cyane.
Ako kanya Maximo aba azanye  kumeza ibyo avuye guteka mu gikoni.
Mia aramureba ati” Cher waramutse.
Maximo ati” Yego muze dufate breafaste.
Mia ati”  Maximo.
Maximo aramureba.
Mia ati” Ndagukunda uri Umugabo mwiza.
Maximo ati”Mujya mwemera se sha.
Mia ati” Nonese mbivuze gutyo ntakwemera.
.
Maximo arikomereza ajya kureba ibindi. Mia nawe ajya koga ajya no kwitegura asoje aza kumeza bafata breakfaste.
Mia ati” Ufite akanya se ugiye kujyana umwana cyangwa mujyane.
Maximo ati”Ndamujyana nakibazo.
.
Bidatinze Mia yageze mu kazi Tessa akimubona ashaka inkuru yuko ejo byagenze ajya kureba mady.
Mia ati” Ariko ugakunda inkuru.
Tessa ati” Mbwira.
.
Kumbe maday bagiye kuvuagaho nawe yageze mu kazi aricaye  afite telephone arimo kureba video yaraye yoherereje Mia yambaye ubusa. Uko arimo kuyireba agatima karaza ati” Mady ahari nawe watannye. Wahaye umugore mutaziranye bihagije video yawe wambaye ubusa.
.
Amaze kwibaza gutyo ashaka kuyisiba. Ariko agiye kubikora arabireka. N’ubundi Mia yamaze kuyibona.
Mady aribaza ati” Ubuse yabyakiriye gute.??? Uriya mugore ashobora kuba yamze kunsha amzi.
.
Mia na Tessa bari mu nkuru zo kumuvugaho.
Mia ati” Uriya musore ntekereza ko adasanzwe. Nanamukunze pe ariyubaha.
Tessa araseka ati” Ibaze umugore w’umugabo urimo gushima agasore muhuye ejo.
Mia ati” Wimusuzugura ntabwo ari agasore n’Umusore.
Tessa ati” Nako n’unmusore da.
Mia ati” Gusa habuze gato.
Tessa ati” Utambwira.
Mia ati” Umva ntacyabaye humura. Ariko nawe wafatwa. Noneho afite uburyo avugamo amagambo ye.
.
Maximo agejeje umwana kwishuri baramwakira hari n’inama y’ababyeyi igiye kuba. Umwe mu barium bigisha kuri iryo shuri yitwa melisa yishimira kubona Maximo.
Melisa ati” Maximo nongeye kukubona.
Maximo ati” Turongeye turabonanye.
Melisa ati” Uracyari umugabo mwiza nka mbere pe.
Baraseka.
.
Ku kazi kwa Mady. Mady yiriwe ategereje  ko abona reply ya Mia ariko yahebye. Atangiye kubona ko ashobora kuba yahubutse mukoherereza mia iriya video ye y’igitsina cye.
.
Biramurya maze afata telephone ngo ayisebe ive no muri telephone ye Mia.
Mia nawe arasohotse aza muri toilet arafunga maze arongera afungura  ya Video arongera arayirebaaaa.
.
Mady nawe arimo kureba muri telephone arumva ashaka guhita ayisiba na Mia akayibura muri phone.
Video aba ayikozeho agiye kuyisiba ako kanya Mia aba aramwandikiye ati” Waramutse.
Mady ati” Waramutse neza. Amasaha yose narintegereje wowe, numvaga burikimwe cyose cyanze cyahagaze.
Mia ayo magambo akumva amujyanye  ahandi.
Mia aramusubiza ati” Koko se biri kuri urwo rwego.
Mady aramusubiza ati” Yego.
Mia ati” wihangane ariko ntabirenze.
Mady ati” Ya. Wabonye ute ubutumwa naguhaye.
Mia ati’ Neza.
Mady ati”Ese wowe ntakintu wambwira.
.
Mia ati\Nagushimiye.
Mady ati”Oya ishimnwe siryo navuga ko rikenewe. Niba washinye ibyanjye. Ese wowe ntabwo wantungura. Basi ntekerezaho gato.
Mia ariyumvira ati” None wowe ushaka iki??
Mady ati” Icyo wangenera cyose. Umubiri wanjye urumva hari ikintu ushaka gikomotse ku mubiri wawe.
Mia arabyumva maze nawe aba atangiye kumva yaka muri we.
Mady ati”Mia ndategereje nukuri.
Mia yumva  muriwe nawe hari akantu yamukorera. Aragatekereza maze aba afunguye ibipesu by’ishati yambaye amanura isutiye ho gato maze arifotora mu mabere ariko atagarara yose amwoherereza iyo foto.
Mady arayireba ati” Mia uranyibye habuzemo akantu. Ariko reba njye ikizere naguhaye cyose.
.
Mia arongera nawe akuraho isutiye noneho afotora amabere yose aramwoherereza. Mady ayabonye ihita iba umunara.
Mady ahita amuhamagara ati’Ndapfuye igiye kuvaho.
Mia nawe kubyumva Yumva iyo hepfo birivanze.
.
Ibi biragana he ra!!!!!!
.
Udacikwa na episode 7

Comments