Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
UMUGORE W’UMUNYABWENGE
.
Episode 19
.
Duheruka Miliana abaza Amilia niba arahitamo kuba kruhande rw’umugore wishwe n’agahinda aterwa n’umugabo, cyangwa niba ahitamo kuza kuba kuruhande rw’umugore w’umunyabwenge
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Amilia yubitse umutwe kumeza, Miliana a,uhaze amaso arimo kumureba.
Miliana ati” Nizere ko uko umeze birimo kugufasha kudownloadinga ibitkerezo bikwiye kandi bihamye
Amilia yegura umutwe aramureba .
Miliana ati” Amilia ndi kuruhande rwawe
Amilia ati” Tugende njye kukwereka aho uryama.
Miiliana ati” Ntakibazo.
.
Twiyizire kwa Sonna aracyfatanya na Tole guteka. Sonna arimo gukaranga. Tole arimo kurapa inyanya.
Uko arapa arimo kwiebera Sonna biba bimuteye kurangara maze ariraba ataka rimwe. Sonna ahita ahindukira areba icyo abaye abona arikase ahita atabara aza iruhande rwe afata agaotoki ke arakanyunyunya.
Sonna ati” Pole sana. Kurapa biba bisaba kwigengesera. Gusa nunwo wikase wihangane urimo kwiga guteka.
.
Tole yitegereza ukuntu Sonna amwitayeho.
Sonna aramureba mu masoati” Ese ubu nturimo kumva naguhohoteye kukuzana mu gikoni?
Tole ati”Kubera iki?
Sonna ati” Kubera ko abagabo benshi muri Afrika bumva ko kujy mu gikoni kuribo byaba ari igisebo cy agasuzuguro.
Tole ati” Simbizi ariko kuri njyesiko nabitekereza.
Sonna ati” Wow.
.
Bararebana mu maso, Sonna akomeza kumukanda kugatoki barebana mu maso.
Sonna ati” wowe n’umugore wawe se hari igihe kimwe na kimwe kijya kigera mugafatanya mu gikoni??
Tole azunguza umutwe.
Sonna aratangara!
Tole ati” Why??
Sonna ati: Njyewe mfite umugabo nkawe rimwe na rimwe igihe bishoboka ntkazi kensho wenda ufite , twajya duhurira mu gikoni cyane tugafatanya. Ntacyandyohera nko kujya mbona umugabo wanjye ari hafi yanjye mugikoni turimo gufatanya guteka gutya.
.
Tole ati” Nanjye nabikunda
Sonna areba kugatoki ati” Uruma byoroshye??
Tole ati” Yego kandi urakoze kunyitaho.
Sonna amureba mu maso aseka ati” Urabikwiye my love.
.
Baramwenyura bose, Sonna ava iruhande rwe agaruka imbere ya gaz aho atekeye. Tole arongera nawe akomeza kurapa.
Sonna ati” Buriya imirimo nkiyi mito mito yo mu rugo irushaho kurema umubano mwiza n’ibihe byiza hagati y’Umugabo n’Umugore iyo bakunda kujya babikora kenshi.
Tole ati” Uzaba umugore udasanzwe.
Sonna arahindukira aramureba araseka ati” Naba mwiza mfite umugabo nkawe. I love you Tole.
.
Tugaruke mu rugo Miliana bamaze kumwereka aho agiye kuryama. Yicara kugitanda areba Amilia.
Miliana ati” Wirengagize byose kugira ngo uze kubasha gusiinzira.
Amilia ati” Njye ntabwo ndyama.
Miliana ati” Ugiye kurara wicaye se??
Amilia ati” Ngiye kurara nsenga.
.
Miliana biramusetsa ati” Amilia singiye guhakana imbaraga zo gusenga. Ariko kenshi hari amasengesho y’ubugoryi usanga abantu dusenga.
Amilia ati” Nta masengesho y’ubugoryi abaho.
Miliana araseka ati” Amilia ntunyumve nkumuhakanye. Ariko biba ari ubugoryi iyo abantu basengera ibibazo bazi neza uko byaje, kandi bakaba banafite uburyo bwinshi bakemura ibyo bibazo. N’Imana burya ntabwo yumva ayo masengesho y’ubumara.
.
Amilia amureba nkaho atumva neza, ibyo Miliana avuze.
Miliana ati” Amilia ibi dushobora kutabyumva kimwe ariko niko kuri. Shakisha aho ibibazo byakomotse ugerageza gushaka igisubizo. Amasengesho abe ayo kugufasha gusa kwambara imbaraga no guseba Imana guha umugisha umugambo wawe.
Amilia arabyumva.
.
Tugaruke kwa Sonna baracyari mu gikoni. Sonna arimo guterekaho amazi y’ubugari. Tole ahagaze inyuma ye.
Sonna amaze kuyaterekaho arahindukira arebana na Tole. Sonna amufata amashati aramukurura amwiyegereza cyane aramusoma.
Tole aratangara!
Sonna araseka ati” Ntahantu bitabera igihe cyose ufite ubwisanzure mu rugo rwawe.
.
Sonna arongera aramusoma, gusa Tole arimo kubijyana gake. Sonna amufata mu mugongo aramwiyegereza cyane.
Sonna ati” Umubiri wanjye urim kuguhamagara ushaka kumva impumeko yawe nicyo uwuganiriza. Ntabwo ushaka kumva kwifata kumugabo nkawe uteye kwifuza gikomeye. Tole komeza njyana mu kindi gice cyisi mugabo mwiza.
.
Amatwi ya Tole yumva neza igikenewe , n’umubiri we yumva uwo mwanya uriteguye. Sonna afata intoki ze azimanura kumatako hafi y’igitsina, nuko barakomeza barasomanaaaa.
Umuriro uraka kwifuzanya hagati yombi birakura cyane isegonda kurindi . baba binjiye mu ruganiriro rw’imibiri. Imyenda bambaye ntiyaba igifite agaciro kumubiri yabo banaga kuruhande.
.
Ibitsina byombi burikimwe gifungukira ikindi. Ururimi rwa Tole rutangira kugenda kumoko z’amabere. Umunwa wa Sonna ntiwava kubituza bya Tole. Ijwi ry’amarangamutima adasanzwe ritangira kuva mu kanwa ka Sonna. Tole afata akaguru ka Sonna azamura hejuru.
.
Amarembo y’igitsina cya Sonna aruguruka bitete ubwuzu. Tole yinjirana ubushake bwose n’urukundo rusendereye umutima.
.
Ibindi barimo byo guteka muri uwo mwanya biba biribagiranye. Hasigara umwuka wubushakane no guteka kuzuye uburyohe kuri buri umwe.
.
Mugihe bari muri uwo munezero, kurundi ruhande amavi y’umugore w’isezerano ageze hasi kumucyeka apfukamishije umutima w’agahinda n’umubabaro. Icyo abona gusa ni Umugabo wahoze wuzuye urukundo urimo kumutera umugongo areba. Nuko afunga amaso.
.
Tugarutse kwa Sonna igikorwa kigeze kundunduro, buri wese ageze kugihe cye cya nyuma by’ishimo bidasanzwe. Urusaku nuko kwahagira bitewe n’akanyamuneza kubirimo kuba niko kumvikana gusa aho mu gikoni.
.
Amaboko ya Sonna afashe inyuma mu matako ya Tole. Ibiganza bya Tole bifashe kumabuno ya Sonna, arimo gusinika anyeganyeza. bari kuri position y’inyuma nyuma yo kunyura mu zindi zitabarika bakoze. Sonna nawe arimo kunyonga byongera imbaraga n’ibyiza kumugabo wizihiwe. Muri ayo masegonda bose baba bagereye ku iherezo ry’urwo rugendo icyarimwe. Sonna arahundikira afata umugabo barasoma. Tole yishimira ubudasa bw’umukobwa yitomboreye mu gikorwa. Iminwa yabo irashimirana buri wese yiruhutsa kubwo urugendo bavuyemo..
.
Udacikwa na Episode 20
Comments