logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUGORE W'UMUNYABWENGE S01 Ep 19

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
UMUGORE W’UMUNYABWENGE
.
Episode 19
.
Duheruka  Miliana abaza  Amilia  niba arahitamo kuba kruhande rw’umugore wishwe  n’agahinda aterwa  n’umugabo, cyangwa  niba ahitamo kuza  kuba kuruhande rw’umugore w’umunyabwenge
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Amilia  yubitse  umutwe kumeza, Miliana a,uhaze amaso arimo kumureba.
Miliana ati” Nizere  ko  uko umeze  birimo kugufasha kudownloadinga ibitkerezo bikwiye kandi bihamye
Amilia yegura  umutwe aramureba .
Miliana ati” Amilia ndi  kuruhande rwawe
Amilia ati” Tugende njye kukwereka aho uryama.
Miiliana ati” Ntakibazo.
.
Twiyizire  kwa  Sonna aracyfatanya na Tole  guteka. Sonna arimo gukaranga. Tole arimo kurapa inyanya.
Uko arapa arimo kwiebera  Sonna  biba bimuteye kurangara maze ariraba ataka rimwe. Sonna ahita ahindukira areba icyo abaye abona arikase ahita atabara aza iruhande rwe afata agaotoki ke arakanyunyunya.
Sonna ati” Pole  sana.  Kurapa   biba bisaba kwigengesera.  Gusa nunwo wikase wihangane urimo kwiga guteka.
.
Tole yitegereza   ukuntu Sonna amwitayeho.
Sonna aramureba mu masoati” Ese  ubu nturimo kumva naguhohoteye  kukuzana mu gikoni?
Tole ati”Kubera  iki?
Sonna ati” Kubera  ko abagabo benshi muri Afrika  bumva ko kujy mu gikoni kuribo byaba ari igisebo cy agasuzuguro.
 Tole ati” Simbizi ariko  kuri njyesiko nabitekereza.
Sonna ati” Wow.
.
Bararebana  mu maso, Sonna akomeza  kumukanda kugatoki barebana mu maso.
Sonna ati”  wowe  n’umugore wawe se  hari igihe  kimwe  na kimwe kijya  kigera  mugafatanya mu gikoni??
Tole azunguza  umutwe.
Sonna  aratangara!
Tole ati” Why??
Sonna ati:  Njyewe  mfite  umugabo  nkawe    rimwe  na rimwe  igihe bishoboka ntkazi kensho wenda ufite , twajya duhurira  mu gikoni cyane tugafatanya.  Ntacyandyohera  nko kujya  mbona umugabo wanjye ari hafi yanjye mugikoni  turimo gufatanya guteka gutya.
.
Tole ati” Nanjye nabikunda
Sonna areba kugatoki ati” Uruma byoroshye??
Tole ati” Yego kandi urakoze kunyitaho.
Sonna amureba mu maso aseka ati” Urabikwiye my love.
.
Baramwenyura  bose, Sonna ava  iruhande rwe   agaruka  imbere ya gaz aho atekeye.  Tole arongera  nawe akomeza  kurapa.
Sonna ati” Buriya imirimo nkiyi mito mito yo mu rugo  irushaho kurema  umubano mwiza n’ibihe  byiza  hagati y’Umugabo n’Umugore  iyo bakunda  kujya babikora kenshi.
Tole ati” Uzaba umugore  udasanzwe.
Sonna arahindukira aramureba araseka ati” Naba mwiza  mfite umugabo nkawe. I love you Tole.
.
Tugaruke mu rugo Miliana bamaze kumwereka aho agiye kuryama. Yicara  kugitanda areba Amilia.
Miliana ati” Wirengagize  byose  kugira ngo uze  kubasha gusiinzira.
Amilia ati” Njye ntabwo ndyama.
Miliana ati”  Ugiye kurara wicaye se??
Amilia ati” Ngiye kurara nsenga.
.
Miliana biramusetsa  ati”  Amilia singiye  guhakana imbaraga zo gusenga.  Ariko kenshi hari amasengesho y’ubugoryi usanga abantu dusenga.
Amilia ati” Nta masengesho y’ubugoryi abaho.
Miliana araseka ati” Amilia ntunyumve nkumuhakanye.   Ariko biba ari ubugoryi  iyo abantu basengera ibibazo bazi neza  uko byaje, kandi bakaba banafite uburyo bwinshi bakemura ibyo bibazo. N’Imana burya ntabwo yumva ayo masengesho y’ubumara.
.
Amilia amureba nkaho  atumva neza, ibyo Miliana avuze.
Miliana ati” Amilia ibi dushobora  kutabyumva kimwe ariko  niko kuri.   Shakisha aho ibibazo byakomotse ugerageza gushaka  igisubizo. Amasengesho abe ayo kugufasha  gusa  kwambara imbaraga  no guseba Imana guha umugisha  umugambo wawe.
Amilia arabyumva.
.
Tugaruke kwa Sonna  baracyari mu gikoni. Sonna arimo guterekaho amazi y’ubugari. Tole  ahagaze  inyuma ye.
Sonna amaze  kuyaterekaho arahindukira arebana na Tole.  Sonna amufata amashati aramukurura amwiyegereza  cyane aramusoma.
Tole aratangara!
Sonna araseka ati”  Ntahantu bitabera  igihe cyose  ufite ubwisanzure mu rugo  rwawe.
.
Sonna arongera aramusoma,  gusa  Tole arimo kubijyana gake. Sonna amufata mu mugongo aramwiyegereza   cyane.
Sonna ati” Umubiri wanjye urim kuguhamagara  ushaka kumva impumeko yawe nicyo uwuganiriza. Ntabwo ushaka kumva kwifata kumugabo nkawe  uteye kwifuza gikomeye. Tole komeza njyana  mu kindi gice cyisi mugabo mwiza.
.
Amatwi ya Tole yumva neza igikenewe , n’umubiri we yumva uwo mwanya uriteguye. Sonna afata intoki ze azimanura   kumatako hafi y’igitsina, nuko barakomeza  barasomanaaaa.
Umuriro uraka kwifuzanya hagati yombi birakura  cyane isegonda kurindi . baba binjiye mu ruganiriro rw’imibiri. Imyenda bambaye ntiyaba igifite agaciro kumubiri yabo banaga kuruhande.
.
Ibitsina byombi burikimwe   gifungukira   ikindi. Ururimi  rwa  Tole rutangira kugenda kumoko z’amabere. Umunwa wa  Sonna ntiwava kubituza bya Tole. Ijwi ry’amarangamutima adasanzwe ritangira  kuva mu kanwa ka Sonna.  Tole afata akaguru ka Sonna azamura hejuru.
.
Amarembo y’igitsina cya Sonna aruguruka bitete ubwuzu. Tole yinjirana ubushake bwose n’urukundo rusendereye umutima.
.
Ibindi barimo byo guteka muri uwo mwanya biba biribagiranye. Hasigara  umwuka wubushakane no guteka kuzuye uburyohe  kuri buri  umwe.
.
Mugihe bari muri uwo munezero, kurundi ruhande amavi y’umugore w’isezerano ageze hasi kumucyeka apfukamishije  umutima w’agahinda n’umubabaro. Icyo abona gusa ni Umugabo wahoze wuzuye urukundo  urimo kumutera  umugongo areba. Nuko afunga amaso.
.
Tugarutse  kwa Sonna  igikorwa kigeze kundunduro, buri wese ageze  kugihe cye cya nyuma by’ishimo bidasanzwe.  Urusaku nuko kwahagira bitewe  n’akanyamuneza kubirimo kuba niko kumvikana gusa aho mu gikoni.
.
Amaboko  ya Sonna  afashe inyuma  mu matako  ya Tole.  Ibiganza bya  Tole  bifashe kumabuno ya Sonna, arimo gusinika anyeganyeza.  bari kuri position y’inyuma nyuma yo kunyura  mu zindi zitabarika bakoze.  Sonna nawe arimo kunyonga byongera imbaraga n’ibyiza  kumugabo  wizihiwe.   Muri ayo masegonda bose baba bagereye ku iherezo ry’urwo rugendo icyarimwe. Sonna arahundikira afata umugabo barasoma. Tole  yishimira  ubudasa  bw’umukobwa yitomboreye mu gikorwa.  Iminwa yabo irashimirana buri wese  yiruhutsa  kubwo urugendo bavuyemo..
.
Udacikwa na  Episode 20

Comments