logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 20

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Epside 20
.
Twaherutse Pante abwiye Liline ukuri ko urukundo rwabo rudashoboka kubera ko umutima we urimo undi muntu.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Ni Saa moya z’umugoroba Dorisse arikumwe na  micky mu modoka barimo gutaha  baganira. Dorisse   yareba  Claire akibuka ukuntu kare yamusanze arimo gusambana.
Claire neawe aramureba ati” Dorisse niki ko urimo kundeba cyane Urimo kwibuka ukuntu wasanze ndimo  kwirwanaho se?
Dorisse ati” Ese kubera iki biriya  bintu ubikunda cyane?
Claire ati” Nuko ntakintu kuryoha nkabyo.
Dorisse ati” Njyewe mbona  uba wiyandarika
Claire ati’ Oyaaa gute se? Igihe numva mfite ubushyehe mba ngomba kwirwanaho. Kandi rega nuko utarabikora.  Umunsi wabikoze nawe uzambwira.
.
Dorisse ati” Njyewe biriya bintu sinabikora.
Micky na Claire baramuseka
Claire ati”Nuko utarabikora nyine. Ariko ndabizi nawe uba ufite amatsiko yo kumva uko bimera. Ndabeshye se ngaho nyomoza.
Dorisse  arabyibuka koko hari igihe nawe aba yumva umubiri watse cyane.
.
Micky areba Dorisse ati” Ese Dori ubundi ko uri mukuru utari  umwana wiyicira iki wazagrageje.
Dorisse ati” Ese niyo nama mwampa koko
Claire ati” Nyamara aho kujya wicwa n’amatsiko wagagerageza. Ubundi  kuba uri isugi bikumariye  iki?
Dorisse ati” Mama  kuva cyera yahoze ambwira ko nkwiiye kurinda. Umugabo wanjye tuzabana aka ariwe uzatwara ubusugi bwanye.
Micky ati”  Ibyo ntabikaze wana ababyeyi baba bakabya kandi nabo batarabashije kubikora.
Claire ati” Ubundi se yakubwiye ko Umugabo wawe muzabana ko ariwe uzatwar aubusugi bwawe wagize ngo abo bagabo  bo  baba ari Imanzi? N’abasote benshi hanze aha ntago baba ari Imanzi, nta mpamvu yo kwifata cyane rero.
Micky ati” Dori ntamugabo muzajya kubanza ngo abanze arebe ko uri Isugi mubone kubana.
Claire ati” Dor ibohore naweujye wishima rwose. 
.
Dorisse arabareba atekereza no kubyo barimo kumubwira.
.
Tuze mu rugo kwa Rehema yatashye kare yageze mu rugo arimo gukata inanasi. Uko akata inanasi arimo kwibuka buri kanya ukuntu Pante yarameranye na Liline muri Restourant bajyenye kurya.
Uko abitekerezantago yumva ukuntu Pante yamuhakaniye bitewe na Liline.  Uko abyibuka agira umujinya yumva ni nkaho yafata Liline akamunyuzamo icyuma.  Kubera uwo mujinya aba  akase nabi inanasi  aba aritemye ava amaraso menshi.
Dorisse akinjiramu nzu abona Mama we arakomeretse arimo kuviirira cyane  Dorisse  yihutira kumutabara abona arikase.
Dorisse ati” Mama wikase gute?
Rehema ati”Ngize impanuka nyine
Dorisse ati’ Nonese ntago warebaga.
Rehema ati” Wa mwana we impanuka irateguza.
.
Dorisse ajya kuzana igipfuko n’umuti bo hari ibyibanze baba bafite mu rugo amushyiriraho umuti arangije aramupfuka.
Rehema ati”Urakoze mwana wanjye
Dorisse ati” Mama jya wirinda .
Rehema ati’Nanjye sinabishakaga.
Dorisse aramureba ati” Ese ubundi Mama umeze neza.
Rehema arisetsa ati’ Yego meze  neza.
Dorisse  aramuhobera ati” Mama mba nifuza kubona uhora sa neza wishimye.
Rehema ati Meze neza.
.
Dorisse ati” Reka njye kwambura imyenda nze nkomereze aho warugeze.
.
Dorisse aragenda, Rehema asigara aho muri Saro arimo guhekenya amenyo. Abona wa Muntu basa ahagaze mmu nguni   yaho mu rugo. Noneho arimo kua yambaye imikara gusa. Uwo muntu arangije aramwegera batavugana.
Uwo muntu ati” Uwo mujinya ufite niwo ukwiye gukoresha kuri Liline. Lilien niwe kibazo cyawe kugeza ubu. Murangize muvane mu nzira.
Rehema ati” Liline ndamanga ariko ntago nakwica umuntu.
Uwo muntu ati” None ko utamuvanye mu nzira Pante atazigera aba uwawe?
Rehema ati” Oya sinakwica umuntu arko.
.
Dorisse aba agarutse muri  Saro abona Mama we asa n’urimo kwivugisha birmucanga. Araza  aramwegera 
Dorisse ati” Mama urimo kuvugana nande?
Rehema areba wa muntu we bavuganaga aramubura agaruraamaso kuri Dorisse ati” Ntawe.
Dorisse ati” Ariko numvise uvuga Mama!
Rehema ati” ooooh nibyo nivigishaga mbara.
.
Dorisse aramureba.
.
Mu rugo kwa Liline arimo gusasa uburiri bwe.  Arimo gusasa nawe yibutse ukuntu Pante yamubwiye ko ibyabo bitavamo asanzwe afite undi muntu akunda. Liline  atakereza ko Rehema ariwe kibazo cye.
Arivugusha ati” Rehema ko afite Umugabo niki ashaka kuri Pante ? arashaka kuzahita akora gatanya N’Umugabo hanyuma akabana na Pante. Ntago nabyemera ngomba kugira icyo nkora.
Leya aba aje aho mu cyumba abona Liline yarakaye cyane.
Leya ati”Kandi se ibyishimo warumaranye iminsi byagiye ko ,mbona wazinze isura ?
Liline ati” Rehema yongeye aba ikibazo. 
Leya ati’Gute
Liline ati”  Rehema arimo gutwara Pante wanjye kandi afte Umugabo.
Leya ati”  Nonese arimo kumutwara gute kandi afite Umugabo
Liline ati” Nanjye nibyo bicanga.
Leya yicara kugitanda ati”  None se na Pante aramukunda kandi afite Umugabo?
Liline ati” Ahari Pante ntago abizi.
.
Leya ati” Pante abaye abizi ko Rehema afite Umugabo ariko akamukunda bisobanuye neza ko wowe yaba atagukunda ntago wahatiriza rero.
Liline ati”Oya ndahamya neza ko atabizi. Kandi ubwo na Rehema  yaba ica inyuma umugabo we. Nkwiye kugira icyo nkora.
.
Leya aramureba ati”Ubu ugiye kwinjira mu ntambara y’urukundo.
Liline ati” Aunt ntago nahagarara.
.
Tugaruke mu rugo kwa Rehema.
Dorisse ari mu gikoni arimo kurapa karotti,  telephone ye irasona abona ni Pante umuhamgaye Video call amwitabana ibyishimo byinshi.
Pante ati”Umeze ute
Dorisse ati’ Meze neza birenze. Kuva waza mu buzima bwanjye  ntabihe bibi bikiba kuri njye.
Pante araseka ati” Ndabona utetse.
Dorisse ati” Yego. 
Pante ati” Ese nta mukozi mugira?
Dorisse ati’   ubu ntawe ariko yarahari aragenda ntiyagaruka. 
Pante ati” Kuki utatatse kare se
Dorisse ati” Ntashye mukanya. Mama niwe waributeke ariko  yagize accident  aritema.
Pante ati” Yoooo yikasse n’icyuma?
Dorisse ati’ Yego.
.
Pante ati” Umubwire ngo sorry.
Dorisse ati” urakoze ndamubwira.
Pamte ati” Sha mba mfite amatsiko yo kuzabona Mama wawe. 
Dorisse araseka ati” Uzamubona rwose. Ariko se kubera iki uba ufite amatsiko?
Pante ati” Mba shaka kureba uwo ubyeyi wagiriwe umugisha wo kubyara umukobwa  ufite ubwiza budasanzwe nkawe.
Dorisse araseka cyane ati”Pante nawe usigaye ukabya.
Pante araseka ati” Oya pew owe ntago ubona ko uri mwiza.
Dorisse ati” Nanjye ndabibona.
.
Pante araseka ati” Umva kwikina we.
Dorisse ati’Ariko wowe ni wowe  undebyemo icyo kizere. Ese wowe ahubwo ugiye gukora iki?
Pante ati” Ngiye koga.
.
Ajya mu cyumba akuramo imyenda Dorisse areba abona igituza cye asa n’ugize isoni.
Pante ati”Ko utavuga ubaye iki? Urambonye ugira amasoni.
Dorisse ati” Oya ntago nkurebye pe!
Pante araseka ati” sure
.
Tuze mu rugo kwa  Grace, muri ayo masaha.
Grace arimo gushaka jilete arayibona ayihereza Leo.
Leo ati” Niki
Grace ati”Mfasha nyine nk’Umugore wawe.
Leo ati” Mufashe iki
Grace ati” Nyogosha aho natabasije kugera.
.
Leo afata jilete.
Grace ahita ajya kuburiri aryama agaramye azamura amaguru cyane, Leo aza imbere aca bugufi atanirwa komwogisha imisatsi yo mu kibuno.
Leo ati” Ubuse irinda kugera aha hose urihe kweri.
.
Udacikwa na Episode ya 21

Comments