Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IHEREZO RYO KWIHANGANA K’UMUGORE
Episode 13
.
Janet nyuma yo kumenaho amazi y’ibiziba arimo guseka, kimwe n’izindi mfungwa zimushigikiye.
Nihanagura ayo mazi mabi. Maritha aramfasha. Mbonye uko Janet arimo kunseka kubera ibyo ankoreye umujinya utangira kuzamuka muri njye.
Maze mwihanagura neza nataka Janet nanjye mutera ikofi agwa hasi.
Mibwirana umujinya:
“Waratse gukomeza kumbangamira, nagukoreye iki?
Janet arahaguruka. Izindi mfungwa zibona ko hagiye kuba akantu zitangira gufana.
Ngira ubwoba, ariko mbona nkwiye kwihagararaho.
Janet:
“Ubwo uhisemo ibi uraje ubibone.
Maritha aritambika atuka Janet:
“Wa kigoryi we uretse kubangamira abantu waba iki?
.
Janet agira umujinya aba aramutimbuye igimfunsi cyo mu nda, Maritha yitura hasi. maritha akimara kujya hasi, Janet yataka njye turarwana ariko andusha imbaraga arankubita aranoza.
Ahinduka intwari ikomeye, imfungwa ziramusingiza.
Uwo mwanya Prison Guards baba barahageza baradukiza.
.
Tuva aho twogera tugaruka muri room zacu. Janet akajya andeba agaseka. Ariko njye ndamurakariye cyane.
Janet akora kumusego aho arara akuramo ka gafoto akunda kureba ku mugabo wanjye, arakareba maze atangira kwibuka umunsi umwe.
Umunsi umwe yavuye aho atuye yambaye slay aza kuri ya Company Umugabo wanjye yakoragaho. Ageze kuri reception yavuze ko aje kubonana na Mrs Fred.
Ukora kuri reception yarahamagaye muri Office ya Fred amubaza niba yarafitanye gahunda n’umuntu witwa Fred.
Fred:
“Yego twaridufitanye gahunda mureke jinjire.”
Receptionist yemereye Janet ko akomeza.
.
Janet yageze muri Office y’umugabo wanjye. Fred yahize ahaguruka amwakirana ubwuzu bwinshi.
Barahoberanye, bagera aho bahuza n’iminwa barasomana.
Fred:
“Ntiwakumva ukuntu unejehe”.
Janet:
“Urukumbuzi rwari rugiye kunyuca. Nawe akazi karagutwaye burundu.”
Fred:
“Chou, am sorry akazi kabaye kenshi. Ariko sinakwibagiwe.”
Janet:
“I know ndabizi baby. Ndabizi ko utanyibagirwa mu mutima wawe.”
Janet yavugaga amukorakoraho.
Hagati yabo hari umubano ukomeye udasanzwe ntigeze menya.
Nyuma yo kuganira byinshi bakoranaho, imibiri yabo yarashushye cyane. Buri wese agira ubushake bwo gushaka undi. Byageze aho batari bakibashije kwi controlle.
Umugabo wanjye yamuryamushije kumeza, azamura amaguru ye amukuramo ikariso ayijugunya kuruhande.
Nawe yafunguye umukandara we, afungura risani y’ipantalo arayimanura, maze amwinjiramo maze barasambana.
Barimo basambana, nibwo icyo gihe Chef Auditor yabinjiranye bitunguranye, yaraje kubaza Fred ku iperereza yaramaze igihe amukoraho y’amafaranga yanyerejwe, maze asanga barimo gusambana ahita asubira nyuma.
.
Uyu munsi wanone.
Sifure yo kujya gufata ibyo kurya iravuze. Twese tuva aho dufungiye tujya muri sale turiramo.
Mfata ibyo kurya njye kwicara aho nkunda kurira.
Janet n’abagenzi be nabo bafata ibyo kurya byabo, bicara aho bicara n’ubundi. Gusa amaso yabo ari kuri njye. Bisa nkaho bafite ikindi kintu barimo gutegura ntazi.
Muri ako kanya Maritha aje kwiyunga kuri njye. Aricara kugira ngo dusangirire hamwe.
Maritha:
“Umeze ute?”
Njye:
“Meze neza.”
Maritha areba aho ba Janet bicaye.
Maritha:
“Kiriya kigore ni cyande? Ubundi kiragushakaho iki?”
Njye:
“Sinzi uwo ariwe. Sinzi nicyo anshakaho pe!”
Maritha:
“Cyangwa nawe wasanga yari Umugore w’umugabo wawe!”
Njye:
“Simbizi pe!. Uretse ko wamugani wawe binashoboka ko wasanga nawe yari we, nkaba ntarigeze mumenya, nkuko ntigeze menya Katia.”
Maritha:
“Hari igitekerezo nagize cyo kumuhagarika ntazongera kukubangamira. Kandi biraza gutuma tumenya ngo ninde?.
Njye:
“Icyo gitekerezo wagize n’ikihe?”
.
Uwo mwanya ataransubiza haba haje Prison Guard aza imbere yacu.
Prison Guard:
“Lita ufite umushitsi.”
Ndatungurwa!
Njye:
“Uwo yaba ari nde?”
Prison Guard:
“Urambaza abaza kugusura se ndabazi?”
Njye nkomeza kwibaza:
“Ubwo se yaba ari nde, ko Ababyeyi bagiye burundu batagaruka hano! Ndetse ko nzi neza ko n’Abakobwa bataza hano kunsura narimwe!”
Maritha:
“Wowe genda urebe ngo ninde.”
Ndahaguruka:
“ Uwo muntu anteye amatsiko pe!”
.
Prison Guard aranjyana. Ngeze aho dusurirwa mbona uje kundeba....ngwa mu kantu...
.
Next Episode 14 is Loading
Comments