logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUGORE W'UMUNYABWENGE S01 Ep 16

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
UMUGORE  W’UMUNYABWENGE.
.
Episode 16.
.
Duheruka  Sonna abwiraTole ko  akeneye amafaranga agera  kuri milion imwe  n’ibihumbi 2000 kugira  ngo Mama we alorerwe  operation.
.
Story by Chris nandi Ishimwe…
.
Tole afata Sonna ati”   wigira  ikibazo operation ya Mama  wawe  iraza  uba.
Sonna ati” Iraba gute mugihe amafaranga akenewe atabonetse?  Nagerageje gushakisha amafaranga ahantu hose  hashoboka ariko byanze
Tole aramufata amureba mu maso ati” Believe me.
Sonna ati” Tole ntabwo nshaka kukugora.
Tole ati” Ndabizi  ariko ikibazo cy’inshuti yanjye noneho nkunda  ni ikibazo cyanjye.
.
Sonna atuje  cyane ati” Urakoze  cyane  Tole  gusa  ntuze  kwigora.
Tole ati” Humura,  turavugana mukanya.
.
Baratandukana  Tole agenda  asubira  muri office,   uko yakagiye Sonna  warubabaye cyane agaragaza ko afite ikibazo atangira  kumwenyura  cyane.
.
Tole ageze  muri office aricara  abanza  gutuza  maze afungura akabati akuramo cheque   yandika amazina ya Sonna yuzuzaho amafaranga.
.
Tuze  u rugo kwa Amilia arikumwe  na Miliana bisa  nkaho aribwo bahagaze.  Amilia ajya muri frigo akuramo ka Juice   azana n’ikirahur asukira  Miliana aramuhereza 
Miliana ati” Asante.
Amilia ati” Karibu rero warukumbuwe
Miliana ati” Nanjye narimbakumbuye cyane. Ariko bu mbashije kubikora nza  kubareba.
Amilia ati” Ugize ubutwari  bukomeye kuko ntabwo biba byoroshye.
Miliana ati” Yego,   nonese  umeze ute??
Amilia amusubiza  mu ijwi riri hasi  cyane ati” Meze neza.
.
Miliana aramwitegereza ati”  Ariko ndabona ibyo umbwiye bitandukanye nuko nkubona.
Amilia araseka ati”   narananutse  se?? cyane ko mbaye naranantse  naba narabaye mwiza  cyane.
Miliana ati” Oya sibyo mvuga. Ariko umutima wawe uranyerekaibindi.
Amilia ati” Urakwereka ibiki ma.
Miiana amuora  kurutuu ati” Amilia  uri umugore  nanjye nkaba undi mugore.   Akenshi usanga hari ibimenyetso byinshi duhuriye. Nubwo umbwiye   ko umeze  neza  ariko bitandukanye nukuri.
.
Amilia yitsa  umutima  kuko n’ubundi niko bimeze.
Miliana ati” Nanyuze  ku kazi   ku mugabo wawe. Ibyo  nabonye byanyeretse  ibindi.
Amilia ati” Wabonye ibiki??
Miliana ati” Ahubwo nakubaza nikihe kibazo gihari??
Amilia yitsa  umutima .
.
Miliana ati” Ifoto yawe  yabaga mu biroby’Umugabo wawe  ntayigihari.
Amilia arabyumva ati” Ese  bigeze aho…
Miliana ati” Bivuze ko utarunabizi.
.
Tugarukeku kazi, Sonna yinjiye muri offce ya Tole, Tole amuhereza ya Cheque.
Sonna ati” Urakoze  cyane.
Tole ati”  Buvuze  ngo ugiye guhita ujya kureba mama wawe.
Sonna ai” Yego
Tole ati’ Reka nze  nkugezeyo.
Sonna ati” Oya tole singombwa   ndafata tax vioture.  Wikwigora  ndabizi ufite akazikenshi hano.
.
Tole ati” Ok ntakibazo ubwo tuzajyana  ubutaha.
Sonna ati” Urakoze cyane.
Tole ati” Mama wawe agomba kuzamea  neza.
Sonna ati” Nanjye nicyo nifuza.
.
Sonna aramwegera cyane barebana mu maso, maze aramusoma.
Amaze  kumusoma amurebamu maso ati” Uri umugabo mwiza  udasanzwe.
.
Sonna ahita asohoka  aragenda.
.
Amasaha arisunika.    Bidatinze   Tole yaratashye mu rugo abana  baramusanganira  baramuhobera  cyane. Miliana yicaye aho muri salo. Tole amaze  gushuzanya n’abana arongera  asuhuzanya na Miliana.
Keza ati” Papa  urakoze  kuba utashye kare  noneho.
Miliana arabyumva ati”  Tole  banza warusigaye   utaha ni joro cyane.
Tole ati”Rimwe  na rimwe  kubera akazi kenshi.twaridusigaye dufite akazi kenshi.
Miliana ati” Birumvikana.
Tole ati” Cyakora twari tugukumbye kbsa. Wakoze kutwibuka.
Miliana araseka ati” Ese mwe muzansura ryari??
Tole ati” Natwe  tuzabipanga.
.
Tuze  kwa Sonna   muri ayo masaha y’umugoraba aryamye yubitse  inda mu ntebe ngari yo muri Salo arimo kuvugana na Jolie   kuri telephone.
Sonna afite  umunezero  mwinshi.
Jolieati” Rahir  yihise aguha one milion atajijinganyije
Sonna ati” Ako kanya nyimubwira  ko mama ameze nabi akenewe  gukorerwa operation’
Jolie araseka ati” Byaje sha.  
Sonna ati” Cyane.
Jolie ati” Nyin menya ubwenge ubyaze  umusaruro amahirwe  ufite  atarakuvumbura.
Sonna ati” Sana. Aba bagore bari hanze aha babasama, reka umuntu ubujiji bwabo abubyaze   umusaruro.
Jolie ati”Cyane, nonese ahubwo untayemo  ryari??
Sonna ati” Mukanya urebe kuri balance yawe  cher.
.
Tugaruke mu rugo  ibiganiro hagati ya  Amilia , Miliana na Tole birakomeje. Baraganira  bisanzwe.
Hashize akanya telephone ya Tole irasona arebye abona ni Sonna uhamagara arahaguruka ajya kwitabira  hanze.
.
Amilia aramureba agenda, amaze gusohoka agarura amaso kuri Miliana.
Miliana ati” Ndabibona neza ko hagati yawe  n’Umugabo wawe  hari  ikibazo.
Amilia ati”   Umugabo wanjye asigaye ansha  inyuma.
.
Miliana arumirwa  yifata  kumunwa.
.
Hanze     Tole avugana na Sonana  kuri telephone.
Sonna  ati” Tole mfite  ubwoba?
Tole ati” Kubera iki ufite   ubwoba habaye  iki??
Sonna ati” ndi mu mwijima.   Amatara  yose yanze  kwaka.
Tole ti” Byagenze  gute??
Sonna ati” Nanjye sinzi uko byagenze. Ndimo gucana bikanga. Mfite ubwoba bwo kuba ndi mu mwijima njyenyine.
Tole ati”   nonese  ntabwo wahamagaye tekinisian?
Sonna ati” abo nahamagaye bose  bambwiye ngo bari kure  cyane.
Tole ati” Ok. Ba ugiye hanze   ndaje mukanya nkurebere ikibazo cyaba gihari.
.
Tole ava kuri telepone agaruka mu nzu. Miliana na Amilia bamurebera  rimwe.
Tol ati” Mbaye   nsubiye   ku kazi hari aka repot nibagiwe  gutanga. Reka ngende   nkatange.
.
Ajya gufata ikoti maze ava mu rugo aza kwa Sonna.
,
Udacikwa na Episode 17

Comments