Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episod 35
.
Dusize Liline afashwe ariko byari mu mugamba wapanzwe neza na Rehema ngo amuvane mu nzira.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Liline yakozwe n’amasoni, abantu bose bahagaze imbere ye barimo kumureba. Rehema arimo kumureba amunnyega. Muri we arumva anyuzwe cyane kubera ko umugambi we agezweho uko yabishakaga.
Liline areb boss baty maze aca nufi atangira kumusaba imbabazi.
Baty aramurebaaaaa.
Rehema areb Liline ati” ariko ubwo urumva arinde hano waguha imbabazi. Ibaze ko warugiye kugurisha company yose. None upfukamye ubusa aho ngo urimo urasaba imbabazi.
Liline ati” Rata boss mbabarira.
Baty avugana umujinya ati”Ubwo urumva ntasoni ufite zo gusaba imbabazi?
Liline ati” Nukuri ndagusabye winyirukana.
Boss baty ati”Oya va hano ugende.
.
Panye nawe aba aje kureba ikibaye abona Liline ari hasi arimo gusaba imbabazi.Rehema abona Pante.
Rehema ati” Pante ngwino hano urebe ibya ya nshuti yawe ibyo yarikoze.
Pante ati” Akoze iki?
Rehema ati” yaragiye kugurisha company yose.
Pante araseka ati’ Nonese yagurisha company gute
Rehema ati” Ubuse ko yari yibye forumile z’uburyo dukoramo product yacu agiye kuzitanga ahandi, urumva atari companye yose yaragiye gutanga.
Pante agwa mu kantu. Liline ahita amureba ati” Rata Pate wowe wabasha knyumva.
Rehema ati”Akumvamo ibiki wa gusambo we. Ariko burya uri na mubi cyane. nyuma yo guteranya abantu ushaka gusenya ingo zabo burya wari n’umujura.! Wa mukobwa we ntago woroshye pe!
Liline ati” nizihengo nasenye uretse kuba ushaka kunshirishamo gusa.
Rehema ati” Ni wowe wishirshijemo icyo utagarageje hano se niki? Ntiwagiye ukajya kunteranya n’umugabo wajye ko njya muca inyuma?
Liline areba Pante ati” Pante utizera ibyo Rehema avuga arabeshya.
Pante ati” Ariko nanjye ndabizi ko wabwiye umugabo we ko njye na Rehema tumuca inyuma. None kandi ntunguweno kubona wiba.
Liline atangira kurira arahira ati” Nukuri
Baty ati” Ni ukuri ibiki.? Va hano kuneza ugende cyangwa se abasore banjye bagute hanze nabi.
.
Liline ahagarukana ikimwaro abatambukaho bamureba aragenda. Agenda arira aza muro Office yakoreragamo afata sakame ye arangije arasohoka agisohoka akubitana na Rehema ageze kumuryango bararebana.
Liline avugana aumujinya ati’Ngaho uzahirwe turebe.
Rehema aramseka ati” Nzahirwa rwose kuko sinkora amabi nkayo ukora,
Liline ati” mbega umwere utagira amabi we.
Rehema araseka ati” Ubuse ntusebye. Ahubwo se byakumariye iki kujya kunteranya n’umugabo wanjye. Cyakora Imana ihora ihoze koko. Kandi ubwo warugamije gshaka icyatuma nshwana na Pante.
Lilie aramwegera ati” Umva Rehema uri umugore ushaje uko wakwigaragaza neza kose imbere ya Pante ntago wowe uzigera uba amahitamo ye igihe cyose. Uburozi wamuhaye buzageraho bumushiremo ahumuke.
Kumbe uko bavugana Pante arimo kuza inyuma yabo yumva ibyo baganira ariko ntabyo bazi.
.
Rehema ati”Umva baby nadabizi ko nawe wamushakaga ariko wakabaye warimenye ukamenya ikiciro cyawe. Wowe uri imari iciriritse ntago warigutoranwa ku isoko.
Liline ati” Ntacyo niba ndi imari iciriritse. Ariko wowe uri imari ihenze yaboze cyera.
Rehema ararakara agiye kumukubita urushyi Liline amufata akaboko ati” Ngaho ibeshye se ubikore.
.
Ako kanya Rehema abona wa muntu basa ujya umubonekera ahagaze iruhande rwe yambaye umweru.
Uwo muntu aramureba ati” Ni ryari uzabona ko uta ikuzo? Ubuse ari wowe na Liline ninde irikubaimari icirirtse cyane kubera kwitesha agaciro. Rehema umaze kurengera cyane urabona utamaze gutakaza agaciro kose kumugore wiyubashye warufite?
Rehema ati” ntagaciro nataye ariko sinakwemera ko aka gashinzi kansuzugura.
.
Liline abona Rehema arimo kwivgisha. Na Pante uhagaze inyuma yabo arimo kubibona ko Rehema arimo kwivugana. Gusa ntago baz ko Pante ahagaze inyuma yabo.
.
Liline aramuseka ati” Yewe burya umaze no gusara wararangiye burundu.
Rehema aramureba ati” Va hano ugende wagashinzi cyakora ukozwe n’amasoni.
Liline ati”Hakozwe isoni wowe mugore urwanira abasore. Cyakora wapfubye nabi sinzi ko na Pante nakwishinga azagushobora.
Rehema iryo jambo riramurya cyane maze aba afashe Liline mu mashati.
Wa muntu ureba Rehema ati’ Nkubwo urarwanira iki? Basi wagiye ubanza utekereza neza ikintu ugiye gukora. Birakwiye k outa ikuzo imbere y’umwana w’umukobwa ungana gutyo. Rehema ushakira igisubizo cy’ikibazo cyaweahantu kitari.
.
Pante ahita aza gukiza arabafata arabatandukanya arabareba ati’ Murimo murapfa iki?
Liline ati” Ese urabona iyi ndaya y’umugore atariyo iba yiyenza.
Rehema ati”Indaya ni wowe wa gishinze we.
Liline ati” Nawe uri inshinzi y’umugore. Ese Pante wowe amaso yawe yayobye gute uyu niwe waonye waba umukunzi wawe. Ese umugore uta umugabo we wibaza ko wowe utazaguta.
Pante ati” Rehema ntago ariwe mukunzi wanjye. Nubwo nagiye numva mumvuga kenshi mu biganiro byanyu ariko mu nkuremo. Mwese ntakimuza namwe uretse akazi gusa.
Liline ahita areba Rehema ati’ Ese burya wabyumvise ko wajyaga wihambira nawe ntanarimwe wigeze uba amahitamo ye.
Rehema ati” Ariko nawe burya ntabwo yigeze aguhitamo.
Pante arabareba ukuntu baterana amagambo biramubabaza ati” Cyakora birababaje ukuntu abantu nkamwe mwiyubahshye mwandagazanya gutya hejuru yanjye. Umva mwese ntanumwe nigeze nkunda. Nabafata nk’inshuti zanjye gusa. Niba ikibazo kiri hagati yanyu cyari njye birangire kuko njye namwe ntaho dhuriye mu bijyanye n’urukundo.
Rehema arabyumva biramubabaza. Na Liline naqwe biramubabaza. Buri wese muri bo yarazi ko akuye mu genzi we mu nzira ariwe wasigarana Pante none bakoze ubusa.
.
Baty aba araje areba Liline ati”Uracyakora iki mu kazi kanjye.
Liline ahita agenda, agenda ababaye cyane nawe icyo yarakerezaga kuzageraho kiranze neze neza.
.
Pante asigarana Rehema barebana mu maso.
Rehema ati” uwo muntu ukunda yaba arinde?
Pante ati” Rehema nakubwiye kenshi ko ataringombwa kuri wowe kuba wamenye umukunzi wanjye kuko ntacyo byagufasha.
Rehema ati” Pfa kumbwira uwo ariwe?
Pante ati” Apana noneha cyakora mugihe gikwiye uzamumenya nk’inshuti yanjye.
.
Pante ava imbere ye asubira mu kazi, Rehema kwiyumvisha ko birangiye atazigera abona narimwe Pante biramurya cyane biramubabaza yane bikomeye.
Ako kanya telephone ye irasona Sadio arimo guhamagara, Rehema afatata telephone aramwitaba.
Sadio ati” Numvise ngo Liline bamaze kumwirukana.
Rehema ati’ Yego.
Sadio ati” Nonese ko numva utishimye?
Rehema ati Umva ba undetse amafaranga yawe ndaza kuyaguha mu mwanya uza.
.
Ahita akupa telephone. Akomeza gutekereza cyane muri we.
.
Tuze kuri bar ya Leo ari muri Office ye, Nika yinjira muri Office ye, Leo aramureba.
Nika amuza imbere ati” Boss umeze ute?
Leo ati” Meze neza. Wowe
Nika ati” Nanjye meze neza.
Leo aramureba cyane ati” urumva umeze neza cyane
Nika ati” Ntakibazo rwose. Ahubwo nizereko ubu usigaye ubana n’umugore wawe neza cyane?
Loe ati” Inama wamuhaye ndabona zarakoze akazi.
Nika araseka ati” ubwo niba bisigaye bimeze neza ndabyishimiye cyane.
.
Leo arahauruka aza imbereye aramureba ati” Uteye ute?
Nika ati”Uku nyine.
Leo ati”Uratangaje cyane. ese koko urumva ntakibazo wabigizeho.
Nika ati” Kuba wasubirana n’umugore wawe urumva nabigiraho ikihe kibazo? Ibyabaga hagati yacu n’ubundi nyabyaribishingiye kurukundo ahubwo byari ubushake bw’imibiri yacu.
Leo ati”Reka nkushimire kuba warafashije umugore wanjye. Uri inshuti nziza.
.
Tuze mu rugo kwa Rehema mu masaha y’ijoro we na Dorisse bari mu gikoni.
Dorisse ati” Mama ibyo nakubwiye kare wabitekerejeho iki?
Rehema ati” Papa wawe n’umugabo utabasha kumva ibiganiro.
Dorisse ati” Nonese nkufashe Mama
Rehema araseka ati” Ubwo urumva aho wamfasha iki? Ubu wajya kubwira Papa wawe uko yazajya arongora Mama wawe. Binakojeje isoni kuba turimo kuganira nibi.
Dorisse ati Mama urumva kuganira n’umukobwa wawe bikojeje isoni gute.
Rehema aratekereza ati” Uhubwo Papa wawe nakomeza ntahinduke nimuca inyuma ntazanshire urubanza.
Dorisse araseka ati” Ubwo se Mama ibyo wabikora.
Rehema ati” None niba atabashije kunyitaho.
Dorisse ati” Mama njyewe mpamya neza ko ibiganiro hari icyo byfasha hakabaho kubwizanya ukuri.
Rehema aramureba ati” Ese ubundi wowe kuki utariwanyereka cher wawe. Uhora umbwira ngo uraza kunyereka ifoto ye bikarangirira iyo.
Dorisse araseka ati” Igitangaje nuko nta foto ye nimwe mfite. Ariko vuba njye nawe turi hafi kuzajya muri Shoot nzayikwereka Mama . ikindi kandi arim gutegura kuzaza hano.
Rehema ati” Mfite amatsiko ye cyane ko numvise we abashije.
Dorisse ati” Mama utazantwarira umukunzi niba ufite gahunda yo guca inyuma Papa.
Rehema araseka ati” Ubwo urumva ibyo bishoboka njye nawe twashwanira umugabo?
.
Dorise aramureba maze aterura amazi arimo bakoreshs ajya kuyamena hanze.
.
Kurundi ruhane Pante yibireye iw mu rugo nawe arimo gukora utwo arya. Yumva hari abamukomangiye ajya gufungura abona ni Mubyara we Leo n’Umugore we Grace baje bafatanye. Pante biramutungura.
Grace ahita avuga ati” Pante inama zawe zarakoze. Urabona ko dusigaye tumeze neza.
Pante ati” Ndishimye cyane pe!
Leo ati” Bro warakoze kuba hafi y’umugore wanjye iguhe njye byari byananiye.
Pante ati” N’ubundi narinababwiye ko ikibaz kiri hagati yanyu buri wese yigiza nkana n’ubundi kizakemurwa namwe ubwanyu.
Grace ati” Naje kwisobanukirwa rero menya aho ikibazo kiri.
Pante ati” Ni karibu rero muze mwicare maze guteka turye.
.
Bajya kwicara.
Leo areba Pante ati”Ese Pante wowe bimeze bite ko ntakintu wibwira?
Pante ataseka ati’ Ni vuba nanjye.
Grace ataseka ati’Rahira. Uwo mukazana se ninde?
Pante ati” Ni umukobwa mwiza cyane wihariye kubwiza bwe.
.
Kurunsdi ruhande mu masaha ya mugitondo, Rehema ari ,mu modok hari arimo kwerekeza. Hari aho yageze aparika imodoka. Ategereza akanya gato.
Muri uwo manya Sadio aba araje ynjira mu modoka ye baravugana.
Rehema ati”Umva hari ikindi nshaka ko umfasha. Nshakira abasore bazi neza gukurikirana umuntu bazanshakire cher wa Pante bamufate.
Sadio ati’ Cher wa pante umushakaho iki se kandi.
Rehema ati’Nawe n’ikibazo cyanjye. Kandi niba ushaka gukorera amafaranga kumba ibibaz byinshi cyane ntago biri mu kazi kawe.
Sadioa ati”Sawa ndaza kubikoa rwose.
Rehema ati’ ubwo uraza kumbwira.
.
Sadio ava mu modoka aragenda., Rehema arivugisha ati” ndaje ndebe ngo urinde.
.
Udacikwa na Episode ya 36
Comments