Loading verse...
AGENDA OF SEX
.
Episode 12.
.
Duheruka Mady avugana na Mia amubwira ko ashaka kumva imwinjiramo.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mady aracyavugana naMia kuri Video call.Mady yambaye ubusa arimo kwiyereka Mia wese uko yakabaye ari nako akomeza kumubwira amagambo ajyanye na sex yuko amwifuza. Mia nawe yamaze gutakara mu bwonko arimo kwikorakora ibice by’umubiri.
Mady ati” Mia wowe ko utavuga ntakintu urimo umva ushaka.
Mia ati” Iyaba twabaga turikumwe basi.
Mady ati” Ariko waza.
Mia araseka ati” Mady uri umusazi.
Mady ati” Kubera iki. Kubera ko mvuze ngo wasiga umugabo wawe ukiyizira?
Mia ati” Ndi umugore w’umugabo.
Mady ati” Bisobanuye iki se mugihe utamubonaho ibyo ushak.
.
Mady afata imboro ye maze ayereka neza Mia ati” Urayibona ariko.
Mia yayireba agahita yibuka umunsi wambere imujyamo.
Mady ati”Ndabizi nawe urabishaka.
Mia ati” Yego ariko reka turyame.
Mady ati” Ejo uzaze iwanjye.
Mia ati”Nzaba ndi mukazi.
Mady ati” Uziprogarama.
Mia ati”Ngaho basi reka turyame.
.
Madyati”Sawa nubwo njye igiye kurara ihagaze.
Mia araseka ati”Ihangane reka turyame,.
.
Bava kuri telephone Mia arambika telephone kuruhande maze araryama. Ariko nubwo aryamye arumva imbere we muri we arimo kwaka. Arimo kwaka cyane pe! Sinzi arumva nijoro ritaribupfe gucya.
Gusa agerageza kubyirengagiza ngo arebe ko yasinzira ariko biranga.
Akora igishoboka cyose ngo aramye ariko biranga.akajya yihindukiza burikanya neza neza abura ibitosti. Arongera afata telephone areba ibi film ngo arebe ko yasizira ariko wapi. Umubiri ukomeza kumwishuza.
.
Arabyuka aricara agerageza kwihoza ariko biranga.
Muri we sasa atangira kumva yahagaruka akagenda akajya kureba Mady. Uwo manya akibitekereza aba avuye mu gitanda arebye ku isaha abona ni saa tanu z’ijoro. Afata agakanzu arambara maze ava mu cyumba.
Ageze muri Saro agiye yumva akana ke kessyakararize ahita akata ajya mu cyumba cy’akanakureba icyo kabaye ahagaze abona karicaye karimo kurira.
Mia ati”Kessy ubaye iki??
Kessy ati”Igisimba cyarikigiye kundya.
.
Ahita amenya ko karose nabi.
Mia ati” oya ntagisimba gihari. Ryama
Kessy ati” Oya sinongera kuryam hano mfite ubwoba.
.
Ubwo abanza kugahendahenda agumana nako arimo kugasinziriza maze nawe akaryama iruhande.
Uko yakaryamye aba agendeye ko nawe arasinzira.
Bucyeye abona yaraye mu cyumba cy’umwana.
.
Bidatinze yariteguye aza mu kazi. Ariko asa n’umuntu ujabiriye. Tessa arebye uko yaje ameze arumirwa.
Tessa aramufata amuzana kuruhande ati” Mia bite byawe uje mu kazi umeze gute?/
Mia ati|”Mfite ikihe kibazo ??
Tessa amufata akaboko amuzana mu bwiherero ahari miriwari ati”Irebe.
Mia yurebye nawe arumirwa!!!!
Tessa ati”Wajagarajwe niki??
Mia ati” Simbizi pe.
Tessa ati”Mbwiza ukuri.
.
Mia ati” Nakubeshye nararanye intekerezo zijagaraye.
Tessa ati”Kubera mady sibyo.
.
Tuze hamwe maximo yagiye gukora we na Melia bari muri Office bari mu kazi ariko bisa nkaho ntakazi kenshi bafite.
Melia arahaguruka yaje guora yambaye akenda kagufi cyane. Agenda areba Maximo.
Melia ati”Maximo nawe nkukorere agakwa??
Maximo ati”Ntakibazo.
Melia ajya gukora agakawa maze arakazana ahereza maximo ake nawe afata akandi.
Maximo ati” Urakoze.
Melia ati” Kunshimira gusa se.
Maximo ati” Nonese niki kindi kirenze mukuba nagushimira??
Melia ati”Hari ikindi kirenze nuko uba wifashe ariko ntakibazo.
Tugaruke ku kazi kwa Mia. Bari mu kazi barimo guora.
Boss wabo aje aho bakorera maze ahamagara Mia. Mia arahaguruka agenda amusanga. Abandi bakozi barareba.
Boss ati” Guhera aka kanya Mia arazamuwe ndetse agiye guhita ahabwa biro nshya.
.
Abandi bakoze badafite amashyari bakoma amashyi na Tess arabyishimira cyane.
Boss ati”Mia ngaho tegura ibintu byawe uze muri biro nshya.
.
Mia ajya gutegurana ibintu bye akanyameneza kenshi. Tess aramufasha.
Tessa ati”Imana irabikoze.
Mia ati”Narihanganye sha. Reba igihe cyose nakoreye hano kandi nora nitanga.
.
Bidatinze aza muri biro yahawe arayirebaaaaa.
Tessa ati” Ubu ni wowe ubaye manager wacu.
Mia ati”Ya.
Tessa ati” Mbega byiza. Uriya manager wundi birukanye n’ubundi sinamukundaga.
Mia araseka.
Boss aba araje ati” Mia tukwitezeho kuzakora akazi kawe neza. Aya masaha uahawe akaruhuko kubera ko ugiye gutangira inshingano nshya genda uzagaruke gutangira gukora ejo.
Mia ati”Murakoze cyane.
.
Mia ahita ataha. Agisohoka mu kazi ahita afata telephone ahamagara Mady
Mady ati” narintegereje telephone yawe.
Mia ati” Ndaje.
.
Ntagutinzamo ageze mu rugo kwa Mady arakomanga. Mady aramufungurira.
Mady ati” Umugore w’agatangaza akaba ageze iwanjye.
Mia abona ghetto Mady abamo n’inziza irimo utunt dutangaje.
Mady ati” Welcome.
Mia ati”Urakoze.ni heza.
Mady ati” Noneho kuva uhagaze hagiye kuba heza cyane.
.
Bararebana maze mady aramusatira barafatana.
Mady ati” Numvaga nkumbuye kumva iyo minwa yawe.
Mia ati” Sure se.
Mady ati” Cyane. Kurigata urwunyunyu n’agasukarikaba kayireho ntabyiza nkabyo.
.
Iminwa baba bayihuje sasa batangira kumvana…..
.
Next episode 13
Comments
Login to comment.
No comments yet.