Tukwifurije Noheri nziza n' umwaka mushya muhire wa 2026. Uzatunge kandi uhirwe.

Dukurikirane kuri WhatsApp Channel

Ujye ubona inkuru nshya, amakuru, inama, n'ubumenyi kugihe buri munsi.

Dukurikirane
AGENDA OF SEX S01 Ep 20

AGENDA OF SEX S01 Ep 20

Loading verse...
AGENDA OF  SEX.
.
Episode 20.
.
Twaherutse Maximo abona umugore  we atashye ni joro  mu gicuku. Ariko Mia yigira nkaho yarahari.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Maximo  nae yagiye mu buriri aryama. Yigira nkaho atigeze abona   amubona ataha. Mia nawe aramureba abona ariko Maximo  aratuje cyane,
Mia amukoraho ati” Cher ko ukonje cyane.
Maximi ati” Nuko naniwe ntakindi kibazo.
Mia ati:”Nawe urakora cyane noneho nua unashaka gufata akanya ngo uruhuke.
Maximo ati”  hari  byinshi nyibazwa bitanyemerera kuruhuka.
Mia ati” Ariko cher n’ubundi ibibazo byose bihari ntbyakemukira rimwe. Byibura uko tubayeho ntabwo ari bibi.
Maximo ati” Igihe nkifite amahirwe yo gukora ngoma gukora.
Mia ati”Ntabwo nkunda kwinaniza cyane kwawe.
Maximo ati” Nubundi ngiye kuruhuka reka turyame.
.
Bararyama.
.
Buracya mu gitondo. Maximo abyuka mbere ya Mia.mia we aracyafite ibitosti. Maximo arabyuka za kureba umwanaaramutegura neza amuhereza  na breakfaste maze umwana  amwohereza kwishuri.
Mia aracyaryamye.
Maximo nawe aritegura  maze abona telephone ya Mia arayifata ayirabamo  aba abonye  ibiganiro byose yagiye agira na Mady. Abona ni video bagiye bahana zose.
Maximo arumirwa cyane biramurenga.
Amaze kubibona areba Mia aracyasinziriye. Arangije asubiza telephone ye kumneza aho mu cyumba maze arisohokera arigendera.
.
Mia nawe aza kubyuka arebye ku isaha abona amasaha yakuze ahit abyuka vuba vuba aritegura ava mu rugo.
.
Maximo ageze mu kazi atameze nza habe nagato bitewe nibyo yabonye. Theho bakorana arinjiye abonas Maximo ari kure mu bitekerezo.
Theo ati”Maximo muri iyi minsi uhanganyikishijwe niki.
Maximoati”ndeka mwana.
Theo ati” Reka kwihagararaho nyamara.
Maximo ati”Ni ibyanjye bireba njye.
Theo ati”Ndakumva. Ariko se kuburyo wihagije utakenera uufasha bw’umuntu??
Maximo aramurebaaaa.
.
Mia  nawe ari mu modka arimo kwerekeza mu kazi. Gusa mbere yo kujyayo abanza kuza  guca kwa Mady.
Aramukomangira.
Mady arafungura Mia arinjira.
Mady ati” waramutse neza.
Mia ati” cyane. Ibihe mba nakuye hano biramfasha.
Mady araseka.
Mia aramwegera ati” Wowe bimeze gute.Madyati”Nanjye ni sawa.\
.
Mia aramufata aba aramusomye. Mady nawe aba afatiyeho barasomana.
.
Maximo ku kazi aracyavugana na Theo.
Theo ati”Maximo nyamara wambwira.
Maxio ati” Theo  ntabirenze n’inshuti yanjye mpangakiye ifite ikibazo itameze neza.
Theo ati”Inshuti yawe yagize ikihe kibazo.
Maximo ati”   umugore we arimo kumuca inyuma.    Rero yansabyeinama namuha.
Theo ati” Uwo ni Umugore wawe.
Maximo ati”Oya ntabwo ari umugore wanjye.
Theo ati” Wabicishije kuruhande kuko namaze  kumva ko ari umugore wawe.
Maximo ati” Oya.
Theo ati”Byemera mwana nibwo  ubasha kumenya icyo wakora.
.
Mia na Mady barimo gukora sex.
Basoje Mia  afata isakame ye maze aramusezera aragenda  aza mu  kazi   akigera ku kazi Salama aramubona ashaka kuvugana nawe ariko Mia aramwirangagiza.
Arakomeza aza muri Office ye.
Nancy aba arinjiye aramureba ati” Mia ibintu bikmeje kuzamba. Ukomeje kwica akazi .
Mia ati”Habaye iki se kandi.
Nanvcy ati” Mukanya boss avuye hano  arantuka kubera akazi karimo gupfa katarimo kugenda neza kandi njyewe akazi kanjye mba nagakoze.
Mia ati”N’ibiki bidaoze.
Nancy ati” Ahubwo wakoze iki??
Mia  ajya kure.
.
 Theo na Maximo.
Theo ati” Banza wibaze kubera iki umugore wawe aguca inyuma???
Maximo abyibazaho.
.
.
Salama arinjiye aje akureba Mia. Asanga Mia ameze nkuwataye  umutwe.  Salama ababazwa nuko Mia ameze.
Salama ati””Mia urimo kangirika nutagarukira aho. 
Mia aramureba gusa.
Salama ati” Uburyo wari umugore mwiza ariko reba ukuntu umaze kumera.
Mia ati” Uravuga ibiki??
Salama ati”Ibyo mvuga urabizi.  Ibyo urimo bimaze kukugira  addicted. Birimo kukwangiza.
.
Mia  arabyumva. Nubwo yihagararaho ariko nawe aba abibona ko yamaze kwangirika.
Mia ati” None  mbwira nkore iki??
Salama ati”Nibyo nashakaga  kuganira nawe.
Mia ati” Ngaho reka tuze gufata akanya tuganire.
.
Salama ati”Mu masaha ya pause wihangane uze kubyubaha tubonane tuganire. Kuko uri umugore  mugenzi wanjye sinabona  urimo gupfa    nabi ngo nkureke.
.
Amasaha aricuma. Amasaha ya pause ageze baza kwicara kuruhande ngobaganire.
Salama ati”  ubundi banza umbwire byatangiye gute??
.
Next Episode 21

Comments

Login to comment.

No comments yet.

0Not allowed

Dukurikirane kuri WhatsApp Channel

Ujye ubona inkuru nshya, amakuru, inama, n'ubumenyi kugihe buri munsi.

Dukurikirane