logo

NEW TALENTS

Stories Group

TRUE LOVE NEAR BY YOU EPISODE 3

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Briana  areba Luwero yibaza uko agiye kumufasha.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Daria na Fanny babonye ibyo Briana agiye gukora basa nabatumvikanye nawe  maze baramureke baritahira. Bamusigaaho kumuhanda.
Briana areba Luwero muri we yumvaga atogomba  kuba yamusigaakamusiga aho kumuhanda..
.
Gusa arimokwibaza uburyo aribumjyane n’uburyo aza kumwifasha akamujyana. Muri we aba agize igitekerezp maze amuzaho amukoraho aramunyeganyeza aramukangura.
Luwero arakanguka ariko nyine yanoze.
.
Briana aramufata aramurandata bagenda gake  gake Luwero amuryamyeho.
Luwero ati” Ese wowe urinde ubundi unjyanye he??
Briana ati” Tuza  dukomeze tugende wowe.
Luwero ati” Nonese uri umugore wanjye narashatse. Wapi wowe  ntabwondashaka gusa hari umukobwa nabonye nakunze. Gusa ntabwo nzi amazina ye.
.
Briana yamuzanye iwabo mu rugo. Arakomanga mama we aza gufungura. 
Briana abana na mama we gusa bibereye mu kazu gato kicyumba kimwe na saro.
Mama Briana areba uwo muosre Birana atahanye ati”Uyu ninde ra.
Briana ati” Mama uyu niwe ,mfashije kumuhanda.
Mama Briana ati”   Briana jya witondera abantu bose utazi.
Briana ati” Ariko mama ni wowe  wantoje gufasha abantu igihe bishoboka.
Mama Briana ati” Ariko nyine ukabanza ukamenya uwo ugiye gufasha. Ubuse abaye ari ibandi.
Briana ati” Mama ndabizi ntabwo ari ibandi..
.
Bwaracyeye.
Lowero arakangutse abona aryamye hasi muri Saro ahantu nawe atazi maze ashigukira hejuru biramucanga.
Luwero ati” Ndihe ra.
Aba arabyutse. Yirebye abona yambaye ubusa hejuru na boci gusa hasi arikanga. Ako kanya Briana arinjiye Luwero amubonye arikanga!
Luwero ati” Nonese wowe.
Briana ati” Ceceka wivugishwa.
Luwero ati” Nonese ndi hano gute nageze hao gute??
Briana ati” Wabybagiwe se?
Luwero biramucanga ati” Urimo kumbaza ngo nabyibagiwe??
Briana ati” Naraye  nkukuye kumuhanda ni joro wasinze uryamye kumuhanda.
.
Luwero yumva aramwaye kuko yataye ikuzo.
Luwero ati” None wamfashije unzana hano?
Briana ati” Yego.
Luwero ati” None ninde wankuyemo imyenda??
Briana ati”   Ninjyewe. Ntabwo warikuyirarana  kuko yarisa nabi cyane. Yariyuzuye ibitaka wanayirutseho amayoga. Sinayo gusa n’amashuka  nakuryamishijeho mbere nayo wayangije uyarukaho aya ni aya kabiri naje kuguhinduira.
Luwero yumva yarutanze maze akorwa n’amasoni.
.
Kurundi ruhande mu rugo kwa Jamali. Mu rugo rukize cyane. Bari kumeza bari kuri breakfaste barikumwe n’ababyeyi babo.
Papa Jamali areba Loriene ati”  Lorie  wihangane sinjye tujyana ubwire packer akujyane.
Loreine ati”  rega papa tuzasubira mu kigo kuwa mbere.
Papa Loriene ati” Niko bimeze.
Mama Loriene ati” Wariwabyibagiwe. Ariko niko yaraye atubwiye.
Papa Loriene atio’ Wowe haguruka tujye mu kazi amaaha yadufashe.
.
Ababyeyi barahaguruka baragenda Loriene na Jamali basigara bonyine kumeza.
Loriene arba Jamali ati” Musaza wa ariko buriya uba ubona Briana agukunda cyane??
Jamali ati” Niko mbyizera ariko afunze umutwe.
Loriene araseka ati” Afunze umutwe gute??
Jamali ati”Nyine ntabwo ajya apfa kwemera ibintu byose.
Loriene ati”Niko ameze afite indagaciro agenderaho. 
Jamali ati” Gusa bimugira umukobwa utandukanye.
Loriene ati” Ni nimuhanga cyane.
Jamali ati”   ubwo ahesha agaciro minerival iwabo bamutangaho.
.
Loriene araseka.
Jamali ati” urimo guseka ibiki ra!
.
Tugaruke kwa Briana.
Mama Briana arimo kurambura akarago hanze. Arangije  ajya kuzana breakfaste  y’igikoma n’ibijumba yateguye abizana hanze aho kukarago.
Luwero ari mu kadushe kabo arimo koga. Amaze koga ajya mu nzu yiruka kubitana na Briana yarasohotse aramugonga maze bagwa hasi. Igitenge Luwero akenyeye kivaho yambara ubusa.  Gusa ahita agifata vuba arahisha Briana ataramureba. 
Barahaguruka.
Luwero ati” Umbabarire.
Briana aramurebaaaaaa.
Luwero ati”Rwose windeba gutya mbabarira.
Briana  ati” Ndaje nkuize ibyo wambara.
Luwero ati”Untize ibyo nambara?? Naho imyenda yanjye?
.
Briana aramureba gusa maze arikomereza azana hanze ibyo yarazanye. Maze agaruka mu nzu ashakisha ibyo  yatiza Luwero , amuzanira ikanzu.
Luwero arumirwa ati” Njyewe se nambare ikanzu?
Briana ati” None urambara iki??  Nta mugabo uba muri iyi  nzu. Imyenda yawe nayifuze iri hanze ntabwo iruma.
.
Luwero abitekerezaho abona bikojeje isoni, Briana ikanzu ayirambika aho.
Briana ati” Ambara hanyuma uze hanze  turye ibya mugitondo.
.
Luwero yizengurukaho mu nzu. Gusa amaherezo abona ntakundi  ikanzu arayambara maze aza hanze.
Mama Brina araseka ati” Nikaribu.
Luwero ati”Rwose mama mu mbabarire sinashaka kubateza ibibazo gutya.
Mama Luwero ati” Ntakibazo tuza.
.
Luwero arebye  kumugozi abona  imyenda ye bayifuze.
.
Tugaruke kwa Jamali aracyaganira na mushiki we.
Loriene ati” Burya igihe umaze ukundana na Briana ntagihe nakimwe murajyana iwabo. Ntamakuru menshi umufiteho??
Jamali ati” Njyewe nahisemo kumutwara gake kugira ngo  ntamubangamira.
Loriene ati” Briana iwabo ni abakene. Ariko yaje kwiga muri kiriya kigo ghenze abonye bruce bitewe nuko ari umuhanga.  Rero no kwishuri aba yiga  cyane. Niwe uza kumwanya wa mbere mu manota meza.
Jamali ati” Ese nuko bimeze.??
.
Tugaruke kwa Brina barimo gusangira. 
Briana ati” wihangane rero twe hano nuku tubaho ibi turimo gufata ushobora gusanga ataribyo iwanyu  mufata.
Luwero ati” Ntakibazo nukuri biranaryoshye.
.
Luwero yitegereza Briana cyane mu masoooo maze aribwira mu mutima ati”  Briana, kubera iki ukomeje kujyana umutima wanjye kure?? Gusa dore nabyangije…
Briana nawe aramureba maze bahuza amaso, Luwero ahita areba hasi.
Briana ati” Ese….
Luwero ati”Ntacyo wivuga.
.
Next episode 4

Comments