Loading verse...
AGENDA OF SEX.
.
Episode 18
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mia yicaye muri Office ye ntakindi kiri mu mutwe uretse uburibwe arimo kumva bitewe n’ibitekerezo afite muri we by’ibyo Mady yajyaga amukorera muri sex none akaba yanatangiye kubikorera Tessa yafataga nk’inshuti ye.
Intekerezo zijya kure no gukoras akazi ka bandi biranga neza neza ahubwo arasakuza asandaguza ibintu Salama aba arinjiye abona ukuntu Mia yabaye.
Salama ati” Mia bimeze bite.
Mia ati” Ushaka iki mbwira nkufashe iki??
Salama ati”Wamp akanya gato nkavugana nawe.
Mia ati” Salama ihangane nta mwanya mfite.
Salama ati”Kandi mbona uwufite.
Mia ati” Ariko se niba ntashaka kuvugana nawe.
Salama ati”Urimo guta umutwe kandi urimo kwangirika bitewe n’inzira yawe wiciriye.
.
Mia ati”Urimo kuvuga ibiki.
Salamaati” Njye nawe turi ababyeyi. Ushaka wareka tukavugana. Nzi neza ibyo urimo gucamo.
Mia avugana umushiha ati”Ubiki uzi ndiimo gucamo.
Salama ati”Mia wakumvise.
Mia ati” Ese wandeka ukagenda.
.
Salama abonye ko adashaka kumva maze arigendera.
Mia yirirwa ameze nk’unusazi umunsi wose. Akazi bamuzaniye ngo akore aho kugakora akarambika kuruhande.
Bigeze mu ma saa kumi yumva gukora neza neza byanze. Maze arahaguruka afata sakame ye arisohokera.
Nancy ni aga secretaire ke bamuhaye kajya kamufasha kumubaza impamvu atashye kandi bafite akazi kihuturwa bagomba gukora.
Mia ati”Nancy simeze neza tuzabikora ejo.
Nancy ati” Ariko boss yavuze ko abishaka vuba kuko birakenewe.
Mia ati”Nonese nkore ndwaye ntameze neza ndatashye tuzagakora ejo cyangwa wowe ube ukora ibyo ushoboye.
Nancy ati”Njyewe ibyo nagombaga gukoraho nabikoze hasigaye wowe.
.
Mia arikomereza aragenda aza mu modoka ye maze arahaguruka arigendera. Aho gutaha yaje kwa mady.
Ahagaze abona Mady nawe yaragiye kugenda.
Mady abonye ko Mia aje aba aretse kugenda.
Mady ati”Mia niki??
?
Mia aramureba gusaaaaa.
Mady ati”Mbwira niki ko mfite aho nigiriye.
Mia ati” Kweri koko!
Mady ati”Kweri iki??
Mia ati” wajyaga uvuga ko arinjye mugore w’agatangaza ubaho. Wajyaga umbwira amagambo meza yuko unkunda. Naho byose byari amabeshyo.
Madyaraseka.
Mia ati” Urimo guseka?? Ni gute waryamana na Tessa??
Mady ati” ariko sinzi niba mbere yo kuvuga aya yose wabanje gutekereza. Ubundi njyewe ikosa ryanjye nirihe?? Wowe wambwiye ko ibyacu birangiye. Ikindi kandi nemerewe kuryama nuwoi nshaka wese.
Mia bikamurya cyane ati” Ikiraya gusa.
Mady akamuseka ati”Harya wowe ubwo uriki??
Mia ati” Ariko mady ntabwo wakabikoze.
Mady ati”Gute se igihe umubiri wanjye ugize icyo umbaza ntabikora. Wowe uba urikumwe n’umugabo wawe mumfumbatanye. Igihe ubishaka akabigukorera. None ngo njyewe njye nimfumbata igihe nabishatse. Gute se??
.
Mia aramureba.
Mady ati” Niba ushaka kunyiharira uzate Umugabo wawe uze tubane. Kugukunda byo ndagukunda. Ariko niba ndi njyenyine nanjye nzajya nkora ibyo nshaka cyane ko mbyemerewe. Ariko nuza tukabana ntacyo nzaba nkishaka ahandi.
Mia arabyumva abitekerezaho.
Mady aramwegera amufata mu biganza ati”Mia urabizi neza ko nkukunda ndetse cyane. Byatangiye ari gukorana sex gusa ariko byagiye bihinduka muri njye ntangira kugukunda. Wasiga umugabo wawe ukaza tukibanira.
Mia azunguza umutwe ati” wapi. Nkunda umugabo wanjye ntabwo namusiga.
Mady ati”Nuko rero. Wijya nawe ujya ushaka kunshira urubanza. Mugihe ufite undi mugabo murarana.
.
Mia arabyumva.
Mady ati”Kwanza njye ndagiye.
Agiye kugenda Mia amufata akaboko ati” Wigenda.
Mady ati” Kubera iki??
Mia ati” Ongera ujye muri njye.
.
Mady abyumva vuba maze bahita basomana cyane hashira umwanya bakuranamo imyenda bambara ubusa.
Bari muri saro maze Mady yicara mu ntebe. Imboro ye yahagaze nk’igiti. Nuko Mia amwicaraho ayijyamo bararongorana.
.
Nyuma y’amasaha abiri basoza ibyo bakoraga.
Mia ati”Urakoze .
Mady ati” Thank u too.
Mia ati” Mady reka tujye duhura umfashe gusa ntabindi naho gusiga Umugabo wanjye byo ntabwo byashoboka. Kandi wihangane .
Mady ati” Nanjye ntakibazo ntacyo bintwaye. Gusa nzajya mbonana nuwo nshaka.
.
Bidatinze Mia arataha agera mu rugo.
Ajya mu gikoni atangira kugira ibyo ategura. Bigeze saa mbiri z’ijoro ahamagara Maximo.
Mia ati” Cher wiriwe neza.
Maximo ati”Yego.
Mia ati” Urataha ryari??
Maximo ati” Mfite akazi kenshi ndaza ntinze cyane. Uretse ko bishobora no kwanga nkararayo.
Mia ati” ariko cher wataha. Akazi ukazagakomeza ejo??
Maximo ati” Ibyo ndimo gukora birakenewe cyane.
Mia ati” Sawa ntakibazo.
Maximo ati” Wowe n’uwana mwiyiteho.
Mia ati” Sawa. Ndagukunda.
.
Mia ava kuri phpone. Amaze kumva ko umugabo we ataributahe. Muri we hazamo agitekerezo.
.
Next episode 19.
Comments
Login to comment.
No comments yet.