Tukwifurije Noheri nziza n' umwaka mushya muhire wa 2026. Uzatunge kandi uhirwe.

Dukurikirane kuri WhatsApp Channel

Ujye ubona inkuru nshya, amakuru, inama, n'ubumenyi kugihe buri munsi.

Dukurikirane
AGENDA OF SEX S01 Ep 18

AGENDA OF SEX S01 Ep 18

Loading verse...
AGENDA OF SEX.
.
Episode 18
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mia yicaye muri Office ye ntakindi kiri mu mutwe uretse uburibwe arimo kumva bitewe n’ibitekerezo afite muri we by’ibyo Mady yajyaga amukorera muri sex none akaba yanatangiye kubikorera Tessa yafataga nk’inshuti ye.
Intekerezo zijya  kure no gukoras akazi ka bandi biranga neza  neza ahubwo arasakuza asandaguza ibintu Salama aba arinjiye abona ukuntu  Mia yabaye.
Salama ati” Mia bimeze bite.
Mia ati” Ushaka iki mbwira nkufashe iki??
Salama ati”Wamp akanya gato nkavugana nawe.
Mia ati” Salama ihangane nta mwanya mfite.
Salama ati”Kandi mbona uwufite.
Mia ati” Ariko se niba ntashaka kuvugana nawe.
Salama ati”Urimo guta  umutwe kandi urimo kwangirika bitewe n’inzira yawe wiciriye.
.
Mia ati”Urimo kuvuga ibiki.
Salamaati” Njye nawe turi ababyeyi. Ushaka wareka tukavugana. Nzi neza ibyo urimo gucamo.
Mia avugana umushiha ati”Ubiki uzi ndiimo gucamo.
Salama ati”Mia wakumvise.
Mia ati” Ese wandeka ukagenda.
.
Salama abonye ko adashaka kumva maze arigendera.
Mia   yirirwa ameze nk’unusazi umunsi wose. Akazi bamuzaniye ngo akore aho kugakora akarambika kuruhande.
Bigeze  mu ma saa kumi  yumva gukora neza neza byanze. Maze arahaguruka afata sakame ye arisohokera.
Nancy ni aga secretaire ke bamuhaye kajya kamufasha kumubaza impamvu atashye kandi bafite akazi kihuturwa bagomba  gukora.
Mia ati”Nancy simeze neza tuzabikora  ejo.
Nancy ati” Ariko boss yavuze ko abishaka vuba kuko birakenewe.
Mia ati”Nonese nkore ndwaye ntameze neza ndatashye  tuzagakora ejo  cyangwa wowe ube ukora ibyo ushoboye.
Nancy ati”Njyewe  ibyo nagombaga gukoraho nabikoze hasigaye wowe.
.
Mia arikomereza aragenda aza mu modoka ye maze arahaguruka arigendera. Aho gutaha yaje  kwa mady.
Ahagaze abona Mady nawe yaragiye kugenda.
Mady abonye ko Mia aje aba aretse kugenda.
Mady ati”Mia niki??
?
Mia aramureba gusaaaaa.
Mady ati”Mbwira niki ko mfite aho nigiriye.
Mia ati” Kweri koko!
Mady ati”Kweri iki??
Mia ati” wajyaga uvuga ko arinjye mugore w’agatangaza ubaho. Wajyaga umbwira amagambo meza yuko unkunda. Naho byose byari amabeshyo.
Madyaraseka.
Mia ati” Urimo guseka?? Ni gute waryamana na Tessa??
Mady ati” ariko sinzi niba mbere yo kuvuga aya yose wabanje gutekereza. Ubundi njyewe ikosa ryanjye nirihe?? Wowe wambwiye ko ibyacu birangiye. Ikindi kandi nemerewe kuryama nuwoi nshaka wese.
Mia bikamurya cyane ati” Ikiraya gusa.
Mady akamuseka ati”Harya wowe ubwo uriki??
Mia ati” Ariko mady ntabwo  wakabikoze.
Mady ati”Gute se  igihe umubiri wanjye ugize icyo umbaza ntabikora. Wowe uba urikumwe n’umugabo wawe mumfumbatanye. Igihe ubishaka akabigukorera. None ngo njyewe njye  nimfumbata igihe nabishatse. Gute se??
.
Mia aramureba.
Mady ati” Niba ushaka  kunyiharira uzate  Umugabo wawe uze tubane. Kugukunda byo ndagukunda. Ariko niba ndi njyenyine nanjye nzajya nkora ibyo nshaka  cyane ko mbyemerewe.  Ariko nuza tukabana ntacyo nzaba nkishaka ahandi.
Mia arabyumva abitekerezaho.
Mady aramwegera amufata mu biganza ati”Mia urabizi neza ko nkukunda ndetse cyane.   Byatangiye ari gukorana sex gusa ariko byagiye bihinduka muri  njye  ntangira kugukunda. Wasiga umugabo wawe ukaza tukibanira.
Mia azunguza umutwe ati” wapi. Nkunda umugabo wanjye ntabwo namusiga.
Mady ati”Nuko rero. Wijya nawe ujya ushaka kunshira urubanza. Mugihe ufite undi mugabo murarana.
.
Mia arabyumva.
Mady ati”Kwanza njye ndagiye.
Agiye kugenda Mia amufata akaboko ati” Wigenda.
Mady ati” Kubera iki??
Mia ati”  Ongera ujye muri njye. 
.
Mady abyumva vuba maze bahita basomana cyane hashira umwanya bakuranamo imyenda bambara ubusa.
Bari  muri saro maze Mady yicara mu ntebe. Imboro ye yahagaze nk’igiti. Nuko Mia amwicaraho ayijyamo bararongorana.
.
Nyuma y’amasaha abiri basoza ibyo bakoraga.
Mia ati”Urakoze .
Mady ati” Thank u too.
Mia ati” Mady  reka tujye duhura umfashe gusa ntabindi naho gusiga Umugabo wanjye byo ntabwo byashoboka. Kandi wihangane .
Mady ati” Nanjye ntakibazo ntacyo bintwaye. Gusa nzajya mbonana nuwo nshaka.
.
Bidatinze Mia arataha agera mu rugo.
Ajya mu gikoni atangira kugira ibyo ategura. Bigeze saa mbiri z’ijoro ahamagara Maximo.
Mia ati” Cher wiriwe neza.
Maximo ati”Yego.
Mia ati” Urataha ryari??
Maximo ati” Mfite akazi kenshi  ndaza ntinze cyane. Uretse ko bishobora no kwanga nkararayo.
Mia  ati” ariko  cher wataha. Akazi ukazagakomeza ejo??
Maximo ati” Ibyo ndimo gukora birakenewe cyane. 
Mia ati” Sawa ntakibazo.
Maximo ati” Wowe n’uwana mwiyiteho.
Mia ati” Sawa. Ndagukunda.
.
Mia ava kuri phpone. Amaze kumva ko umugabo we ataributahe.  Muri we hazamo agitekerezo.
.
Next episode 19.

Comments

Login to comment.

No comments yet.

0Not allowed

Dukurikirane kuri WhatsApp Channel

Ujye ubona inkuru nshya, amakuru, inama, n'ubumenyi kugihe buri munsi.

Dukurikirane