logo

NEW TALENTS

Stories Group

THE NIGHT OF NYSHI S01 Ep 1

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
THE NIGHT OF NYASHI
.
∆∆ Episode 1 ∆∆
.
Writer: 
       Chris nandi Ishimwe.
.
Dutangiriye mu rugo rumwe rusanzwe cyane,  Amelia ni umwana w'umukobwa waho, yibereye mu cyumba cye arimo gusasa uburiri ni mu masaha ya mugitondo. Telephone ye irambitse ku kameza kari aho mu cyumba irasona. 
Gusasa aba arabiretse afata telephone aritaba. Ahamagawe na Gantile.
Amalie ati: Bimeze gute ?
Gantile ati: Amilie amakuru atangaje!
.
Yicara kuburir ngo yumve amakuru bamufitiye
Gantile ati: uziko Cloy yabonetse!
Amelie aratunguwe ati: Yabonetse ? 
Gentile ati: Cyane. 
Amelie ati: wamubonye se ?
Gentile ati: Oya, ariko Jolie na Saranda bamubonye nubu bari iwabo. Twe twagiye kumureba?
.
Amelie ati: nonese ngo yari yaragiye he?
Gentile ati: simbizi pe! Gusa ngo yagarutse yarabaye undi muntu.
Amelie ati: gute se ?
Gentile ati: ngo yagarutse ateye neza bitangaje!  Ngo afite ikibuno kigera iriya. Ntuzi ko nawe yaramze nkatwe nta miterere ya Danger afite.
Amelie ati: yego.
Gentile ati: ubu rero afite ikibuno ntiwareba. Ngo arateye.
Amelie ati: ndumva ngize amatsiko
Gentile ati: Tujyeyo na ba Saranda niyo bari. Tujye kumureba.
.
Amelie ati: Sawa.
Amelie ava kuri telephone abyibazaho ati: Cloy ngo asigaye ateye.? Ubwo se ameze ate?
.
Amelie ahita yitegura vuba vuba, ava mu cyumba cye ageze muri Salo akubitana na Mama we.
Mama we ati: Ugiye he se kandi naringiye kugutuma?
Amelie ati: Mama ihangane ngiye kwishuri
Mama Amelie ati: Ni joro ntiwariwambwiye ko uyu munsi nta class mufite ?
Amelie ati:  Nyine bayipanze bitunguranye.
.
Amelie asohoka yiruka aragenda.
.
Kurundi ruhande hari umugabo mukuru uri mu mdoka arimo kwerekeza ku kazi aho akora. Agera muri pariking aparika imodoka ye ajya muri elevator arazamuka. Agera aho bakorera avamo agenda atambuka agana aho akorera muri office ye 
Arimo agenda, abona Shema undi mugabo bakora winshuti ye yegamiye ahantu kurukuta yarangariye muri telephone.
.
Uwo mugabo yitwa ( Michel) areba Shema agira ngo amusuhuze ariko abona yarangaye cyane. Abonye ko atamureba, Michel agenda amusanga amugeze imbere, Shema arikanga ahita abika telephone vuba vuba n'igihunga.
Michel ati: warebaga ibiki ra! Ko unyikanze ?
Shema avugana amasoni ati: Ntacyo.
Michel ati: ariko ntabwo wambeshya cy ngo untinye kandi ndi umugabo mugenzi wawe. Ndabibona ko hari icyo uhishe warebaga ibiki?
.
Shema ati: Michel urumva ibyo narebaga bigushishikaje ? Nakinaga akadege.
Michel araseka ati: Wimbeshya. Kumafaranga uhembwa ntabwo wakenera amafaranga ukuye ku kadege..mbwiza ukuri? 
Shema ati: Ok. Uri umugabo mugenzi wanjye ntabirenze.
.
Shema akurayo telephone amwereka ibyo yarebaga.   Michel abirebye arikanga agwa mu kantu!
Shema ati: Ko wikanze se ?
Michel ati: Abakobwa bambaye ubusa buri !
Shema araseka ati:  Iyi website uzi ubiberaho wowe?  Iba ariho abana babakobwa bateye utajya upfa kubona hano hanze kumuhinda.
.
Michel arongera arebaho.
Shema ati: reba ibyo byana bifite ama Nyashi. Reba uwonguwo uburyo ateye!
Michel nawe aratwarwa, abakobwa ba mabuno bateye bambaye ubusa.
.
Michel arekeraho kibireba , areba Shema ati: Ariko uribuka ko dufite abagore ?
Shema ati: Abagore se ? Bariya ni abatubyariye gusa ntakindi. 
Michel arumirwa!
Shema ati: ko undeba gutyo se , nyuma yo kubyara hari ikindi bamaze ? Ntanimiterere baba bafite baba barashize baraho.
.
Michel areba Shema nkumusazi amuva imbere arigendera. Gusa agiye kwinjira muri Office arongera areba inyuma kuri Shema.
Michel ati: nonese iyo website yitwa gute ?
Shema ati: Yitwa The night of Nyashi.
Michel ati: Nyoherereza Link yayo.
.
Tuze mu rugo kwa Cloy. Inshuti z'abakobwa ze zose ziteraniye mu cyumba cye. Ngo baje kureba uko yahindutse.
Amelie ati: Cloy ahantu wagiye ukaba ugarutse warabaye gutya nihe?
Cloy ati: si kure cyane pe! Ariko kuhagera nibyo bigoye.
Gentile ati: Njye na Amelie watweretse ?
Cloy ati: Kandi murimo kundeba?
Gentile ati: Oya kuramo turebe ibuno neza ridedera. Brenda na Jolie bo waberetse.
Jolie ati: Cyakoze pe uyu niwe mukobwa naho twe wapi pe!
.
Cloy akuramo byose n'ikaroso maze arahindukira arajegeza. Abandi bakorakoraho.
Amelie ati: Njye n'umiwe byagenze gute ? Ikibuno kingana gutya giteye neza gutya wagikuye he ? Ko nuku meze nakurushaga ikibuno?
.
Tuze kurundi ruhande muri Kaminuza. ( University) Hari umukobwa uteye byihariye winjiye kuri Geti yaho.
Ifite imiterere yihariye, umunyeshuri wese aciyeho, yaba umusore yaba umukobwa arimo guhindukira.
.
Abasore bari mu gatsiko bavuza akamo bati: Dore umukobwa nuyu abandi I kigali bose barabeshya. 
Umwe muri abo basore aravuga ati: Uriya Mukobwa avuye mwijuru. Ntabwo wambwira ko yavutse nk'abandi bakobwa.
.
Uwitwa Sami aba afashe Telephone akurikira uwo mukobwa ageze hafi ye aramutora byihuse maze agaruka mu gatsiko ke.
Abasore bose baramushagara ngo barebe iyo Photo. Sami agiye kubireka ifoto afotoye irabura.
.
Next Episode.

Comments