Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
UMUGORE W’UMUYABWENGE
.
Episode 24
.
Twaherutse Amilia atangiye kwiga kuri Sonna.
.
Story by Chris nandi Ishimwe
.
Amilia akomeje kwiga kuri Sonna, areba kuri social media zitandukanya za Sonna amwigaho bihagije cyane.
.
Kurundi ruhande Sonna ahagaze imbere muri toilet arimo kwireba umukufe mwiza w’agatangaza amaze guhabwa na Tole. Afata telephone arifotora ahita yoherereza Jolie inshuti ye aramwereka.
Jolie ahita amuhamagara aramubwira ati” Umugabo w’abandi ndabona umaze gufata umutima we burundu.
Sonna araseseka ati’ Biroroha cyane iyo wamaze gusobanukirwa neza icyuho kiri mu mutima w’uwo mugabo uhagaze imbere ya maso yawe.
Jolie araseka at” Uri mu mwanya mwiza rero.
Sonna ati” Cyane rwose. Ahubwo reka mbe nkuretse njye mu kazi ejotuzabonana.
Jole ati” Ntakibazo.
.
Sonna ava kuri telephone aza mu kazi. Aranzerewe cyane bikomeye.
.
Tugaruke mu rugo. Amilia ahagaze iruhande rwa frigo afata juice asuka mu kirahuri aza kwicara mu ntebe aranywa. Anywa atekereza kumakuru yose ya Sonna amaze kumenya.
Aravuga imbere muri we ati” Reka nizere ko ngiye gtangira intambwe nziza.
.
Asoje kunya juice ava mu rugo hari ahantu yaje. Hari imodoka zitandukanya. Nyinshi avugana n’umwe mu bakozi baho amubwira ko ashaka kubonana na boss abo wita Bosco.
Baramujyana bamuhuza nawe, Bosco aramwakira.
Bosco ati” Amilia
Amilia araseka, bisa nkaho basanzwe baziranye.
Bosco ati” Nawe uje kugura akamodoka kae se? Uretse ko wari waratinze.
Amilia ati” Ntabwo nje kugura imodoka. Ahubwo ndashaka imodoka unkodesha iminsi mike.
Bosco ati” Wagura se aho gukodesha.
Amilia araseka ati” Oya njyewe nshaka iyo gukodesha kugura bizaba biza nyuma ubu ntabwo biri mu mubare wanjye.
.
Bosco arahaguruka ati” Tugende nkwereke.
.
Amilia arahaguruka barajyana ajya kumwereka
.
Tugaruke ku kazi kwa Tole amasaha yo gusoza akazi agiye kugera. Sonna aza kriba Tole muro Office.
Tole ati” Nishimiye kongera kubona isura yawe aya masaha.
Sonna araseka aza amwegera maze yicara kumeza imbere ye amaguru ya Sonnaareba Tole kandi ayatatanyije. Tole abona ikibero cye.
Sonna amukora mu mutwe atti” Byaza gukunda se unyura ukangeza mu rugo chpu!
Tole ati” Ibyo ntabwo bigisaba ko ubanza kubisansaba.
Sonna araseka ati” Oya mba nkwiye kugusaba kuko ntabwo mba nzi gahunda ufite wateguye.
Tole amufata akaboko , ke akareba cyaneee ati” Igihe hajemo wowe rero ntabwo mba nkitinze ku mahitamo.
.
Baraseka.
.
Bidatinze baratahanye. Bagera ku marembo mu rugo kwa Sonna.
Sonn areba Tole ati” Iriya nzu yanjye ikumbuye kumva impumuro yawe.
Tole aramureba.
Sonna amufata mu kiganza ati” Tole utambwira ko ugiye guhakana.
Tole asekamo.
Sonna nawe aramwenyura ati” Igisubizo mpise nyimenya..
.
Baklri aho mu modoka hari imodoka iturutse inyuma yabo, igenda gake gake iraza iparika inyuma yabo muri metero nye cyane.
Sonna asohoka mu modoka. Tole nawe asohokera kurundi ruhande araza afatana na Sonna barasomana maze bigenda binjira mu nzu. Bakimara kugenda ya modoka iri inyuma yabo havamo Amilia ahagarara iruhande rwayo arabareba binjira mu nzu .
.
Sonna na Tole bager a mu nzu barimo gusomana.
Sonna ati” Narinkumbuye nk’iki, numvaga umubiri wanjye ubira cyane ukunyishuza.
Tole ati’ Niko nanjye wahoraga ku ntekerezo zanjye umubiri wanjye ugusonzeye.
Sonna ati” Ngaho rwose uri kuri bife yawe gera aho ushaka kandi ufate burikimwe cyose.
Tole ati” Nkunda uburyo unyitegurira. Mba numva nkufitiye ubusambo budashira.
Sonna ati” Ihaze cher kandi ndaguha burikimwe cyose.
.
Bakomeza gusomana, amaboko ya Tole ageza akaguru ka Sonna mu birire. Amaboko ya Sonna yafashe umugongo wa Tole agundiriye cyane. Tole aramuterura bagera mu ntebe. Igituza cya Tole mu mabere ya Sonna. Afungura imyenda, isutiye ntiyaba agitwikiriyeb amabere ye. Umunwa wa Tole utangira kugenda mu gatuza ke. Hepho ubushake kuri buri wese barushaho kurenga ibyo kwihanganirwa.
.
Nuko rero…….
.
Mudacikwa na Episode 25
Comments