logo

NEW TALENTS

Stories Group

UMUGORE W'UMUNYABWENGE S01 Ep 24

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
UMUGORE W’UMUYABWENGE
.
Episode 24
.
Twaherutse Amilia atangiye kwiga kuri Sonna.
.
Story by Chris  nandi Ishimwe
.
Amilia  akomeje  kwiga kuri  Sonna, areba  kuri social media  zitandukanya  za Sonna amwigaho bihagije  cyane.
.
Kurundi ruhande  Sonna  ahagaze  imbere muri toilet arimo kwireba  umukufe  mwiza w’agatangaza amaze  guhabwa  na Tole. Afata telephone arifotora  ahita yoherereza  Jolie inshuti ye aramwereka.
Jolie ahita amuhamagara aramubwira ati” Umugabo w’abandi ndabona umaze  gufata umutima we  burundu.
Sonna araseseka ati’ Biroroha  cyane iyo wamaze gusobanukirwa  neza  icyuho kiri mu mutima w’uwo mugabo uhagaze  imbere  ya maso yawe.
Jolie araseka at” Uri mu mwanya mwiza  rero.
Sonna ati” Cyane rwose.  Ahubwo reka mbe  nkuretse  njye mu kazi ejotuzabonana.
Jole ati”  Ntakibazo.
.
Sonna ava kuri telephone aza  mu kazi. Aranzerewe  cyane bikomeye.
.
Tugaruke mu rugo.  Amilia ahagaze  iruhande rwa  frigo afata juice asuka  mu kirahuri aza  kwicara  mu ntebe aranywa.  Anywa atekereza  kumakuru yose ya  Sonna amaze  kumenya.
Aravuga imbere  muri we ati”  Reka nizere  ko ngiye gtangira  intambwe  nziza.
.




Asoje kunya juice ava mu rugo hari ahantu yaje. Hari imodoka zitandukanya.  Nyinshi avugana n’umwe  mu bakozi baho amubwira  ko ashaka kubonana na boss abo wita  Bosco.
Baramujyana bamuhuza  nawe, Bosco aramwakira.
Bosco ati” Amilia
Amilia araseka,  bisa  nkaho basanzwe  baziranye.
Bosco ati” Nawe   uje  kugura akamodoka kae se? Uretse  ko wari waratinze.
Amilia ati” Ntabwo nje  kugura  imodoka. Ahubwo ndashaka imodoka unkodesha iminsi mike.
Bosco ati” Wagura  se  aho gukodesha.
Amilia araseka ati” Oya  njyewe  nshaka iyo gukodesha kugura  bizaba biza  nyuma ubu ntabwo biri mu mubare  wanjye.
.
Bosco arahaguruka ati” Tugende  nkwereke.
.
Amilia arahaguruka barajyana ajya kumwereka
.
Tugaruke ku kazi kwa  Tole amasaha yo gusoza akazi agiye kugera. Sonna aza  kriba Tole  muro Office.
Tole ati”  Nishimiye kongera  kubona isura  yawe aya masaha.
Sonna araseka aza amwegera  maze  yicara  kumeza  imbere ye amaguru ya Sonnaareba Tole  kandi ayatatanyije. Tole abona ikibero cye.
Sonna amukora  mu mutwe atti”  Byaza  gukunda  se  unyura  ukangeza  mu rugo chpu!
Tole ati”  Ibyo  ntabwo bigisaba ko ubanza kubisansaba.
Sonna araseka ati” Oya mba nkwiye kugusaba kuko ntabwo mba nzi gahunda  ufite wateguye.
Tole amufata akaboko , ke akareba  cyaneee ati”  Igihe hajemo wowe rero ntabwo mba nkitinze  ku mahitamo.
.
Baraseka.
.
Bidatinze  baratahanye. Bagera  ku marembo mu rugo kwa  Sonna.
Sonn areba Tole ati” Iriya nzu yanjye ikumbuye kumva impumuro yawe.
Tole aramureba.
Sonna  amufata mu kiganza ati” Tole  utambwira  ko ugiye guhakana.
Tole asekamo.
Sonna nawe aramwenyura ati” Igisubizo mpise  nyimenya..
.
Baklri aho mu modoka hari imodoka iturutse inyuma   yabo,  igenda  gake gake iraza  iparika inyuma  yabo muri metero nye  cyane.
Sonna  asohoka mu modoka. Tole nawe  asohokera  kurundi ruhande  araza afatana na Sonna barasomana  maze  bigenda binjira  mu nzu. Bakimara  kugenda  ya modoka iri inyuma yabo  havamo  Amilia  ahagarara iruhande  rwayo arabareba  binjira  mu nzu .
.
Sonna na Tole bager a mu nzu barimo gusomana.
Sonna ati”  Narinkumbuye nk’iki, numvaga  umubiri wanjye ubira  cyane ukunyishuza.
Tole ati’ Niko nanjye wahoraga ku ntekerezo zanjye umubiri wanjye ugusonzeye.
Sonna ati”  Ngaho rwose  uri kuri bife yawe   gera  aho ushaka kandi  ufate burikimwe  cyose.
Tole ati” Nkunda  uburyo unyitegurira. Mba numva nkufitiye ubusambo  budashira.
Sonna ati”  Ihaze cher  kandi ndaguha burikimwe  cyose.
.
Bakomeza  gusomana,   amaboko ya Tole  ageza  akaguru ka Sonna mu birire. Amaboko ya Sonna yafashe umugongo wa Tole agundiriye  cyane. Tole aramuterura   bagera  mu ntebe. Igituza  cya Tole mu mabere  ya Sonna.  Afungura  imyenda, isutiye ntiyaba  agitwikiriyeb amabere  ye. Umunwa wa  Tole utangira  kugenda  mu gatuza ke.  Hepho ubushake kuri buri wese  barushaho kurenga ibyo kwihanganirwa.
.
Nuko  rero…….
.
Mudacikwa na  Episode 25

Comments