Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 8.
.
Twaherutse Rehema atahanye liline mu modika ye ariko Liline byari byamubabaje cyane kuko yashakaga ko Pante ariwe umuha Lift ariko Rehema aramubangamira.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema na Liline mu nzira bataha. Barimo kugenda batavuga bose baracecetse cyane. Ndetse ahubwo Liline asa n’uwarakaye cyane.
Rehema aramureba ati” Lili bite ko utavuga mbona wagira ngo warakaye??
Liline aramureba ati” Oya nuko numva ntacyo kuvuga mfite
Rehema ati” Ok.
.
Rehema akomeza gutwara nyuma y’akanya baba bageze mu rugo ku marembo ya kwa Liline Rehema aparika imodoka Liline avamo aragenda agenda atavuze.
Rehema amukurikiza amaso ati”Nuko ugenda utanavuze se??
Liline arahindukira aramureba maze aragaruka ati” Ntago narinzi ko wampaye Lift ibikorewe gushima. Gusa reka nkushimire Mabuja urakoze cyane.
Rehema ati” Ese kubifashe nabi?
Liline ati” Ntiwashakaga ko nkushimira se ndabikoze.
Rehema ati” Lili wenda sinzi icyo wabaye ariko unyitwayego nabi.
Liline ati” Njye sinzi ikosa nkoze ariko ubwo umbabarire. Njye narinkushimiye kubera ko aribyo washakaga.
Rehema aramureba ati” Ngaho swa genda.
.
Liline aragenda. Rehema amukurikiza amaso arinda yinjira mu rugo iwao akimureba amaze kurenga Rehema yatsa imodoka nawe arataha.
.
Mu nzira agenda afata telephone ahamagara Pante. Pante aramwitaba,
Rehema ati” Pante ageze mu rugo cyangwa wahise ujye muri Gahunda zawe.
Pante ati” Oya ntabwo nar nagera mu rgo ndi muri Supermarket ndimo guhaha. Wowe ugeze he
Rehema ati” Ngejeje Liline iwabo mu rugo arko nanjye mukanya ndaba ngeze mu rugo
Pante ati:” Sawa ni byiza cyane.
Rehema ati”Sawa reka nkureke ariko nugera mu rugo uze kumvugisha.
Pante ati” Nibikunda ndaguhamagara.
Rehema abiiraho ikibazo ati” Ngo nibikunda? Urateganya se ko bitarakunda??
Pante ati”Yego byose birashoboka. Bishobora gukunda cyangwa ntibanakunde.
Rehema ati” Ugerageze umbwire sibyo
Pante ati” Yego ndaza kureba.
.
Rehema ava kuri telephone ariko agenda abyibazaho ngo” Nibikunda??
.
Kurundi ruhande Liline asanze Aunt we Leya arimo guteka. Leya abona Liline atashye asa n’uwarakaye.
Leya aramureba ati” Lili ko utashye wafunze isura kandi??
Liline ati” Nuko naniwe.
Leya ati” Umunaniro se niwo utumye utashye wafunze isura cyangwa hari ikindi cyabaye?
Liline ati” Ntacyo
Leya ati” Ubuse urabona wabeshya ibigaragara kumaso hawe. Mbwira sha..
Liline ati” Sha ba undetse pe ndumva ntameze neza mu mutwe.
.
Twiyizire mu rugo kwa Rehema.
Dorisee arikumwe n’inshuti ye yitwa Micky mu rugo, Micky armo kumufasha guteka banaganira.
Micky ati” Ese Dori wambwira gute ko ugeze muri Kaminuza ukiri isugi?
Dorisse ati” Niko bimeze. Njyewe hano mu rugo barankaniraga cyane.
Micky agaseka ati” Sha biratangaje pe!! Nonese ubwo uba wumva umeze ute/
Dorisse aramureba ati” Mba numva ntakibazo meze neza.
Micky agaseka maze akamureba ati” Maze se ubwo uumva uri umuntu muzima??
Dorisse arimo gukata imboga aramureba ati” Yego ntaba muzima se??
Micky ati” Njyewe ndumva birenze. Ubwo ndimo kwibaza uko wiyumva.
Dorisse ati’ Ahubwo mwe mwabikoze muba mwiyumva gute??
Micky ati” icyo nakubwira cyo waracikanwe.
Dorisse araseka ati” Nacikanwe niki se
Micky ati” Ntago urumva uburyo iryoha
Dorisse araseka ati” Inki se.
Micky ati” Urayizi nubwo itakujyamo.
.
Dorisse araseka ati” Cyakora ntakubeshye nanjye mba numva mfite amatsiko yayo.
Micky ati” Nyine uzagerageze.
Dorisse ati’ Sha nubwo mbitekereza ariko ndabitinya. Mama yambwiye ko bigira ingaruka nyinshi cyane. mba mfite ubwoba bwo kuba nabikora ugusaga nkuyemo ibirwara byangije ubuzima bwanjye. Mama yambwiye ko hanze aha abantu banduye ibirwara bitandukanye.
Micky ati” Cyakora nanone kwirinda ni sawa cyane. hano hanze ntago wapfa kubona umuntu wizeye muzima. Ubu nanjye mba mfite ubwoba nibaza niba nyiri muzima.
Dorisse ati’ Kubera iki utajya kwa muganga??
Micky ati’ Mba mvuga ngo nzajyayo bikarangira nagiyeyo. Ariko Dori nuhura n’Umuhungu muzima wakwizera azabigukorere. Uzumva isi utigeze wumva.
Dorisse aramureba ati” Mpa izo karotti niba wazirangije.
Micky arazimuhereza.
Dorisse ati” Ko rimwe na rimwe nagiye numva abantu bavuga ko hari igihe bitagenda neza.
Micky ati” Nibo ntuzagire umwaku wo guhura n’Umusore utabizi.
.
Uko baganira Rehema nawe ageze mu gipangu. Aparika imodoka. Agiparika imodoka ye na Colonel Karangwa umugabo we aba aratashye nawe aparika imodoka ye Rehema aramureba,
Karangwa ava mu modoka, aza imbere ya Rehema barasuhuzanya.
Rehema ati” umeze ute
Karangwa ati”Meze neza.
Rehema ati’ Ko ugarutse vuba se narinzi ko uzama ukwezi kose,
Karangwa ati” Oya byabaye ngombwa ko bagabanya igihe.
.
Tugaruke mu gikoni, Dorisse arimo kureba kuri telephone Micky aramureba ati” Ese niki urimo kureba kuri Telephone?
Dorisse ati” Nshaka kureba ko isaha yageze mpamagare chpou.
Micky araseka ati” Sha cyakora dufite amatsiko y’uwo mu cher wawe mutarahura narimwe.
Dorisse ati” Ni umusore wifata cyane. niypo tuvugana aba afite amagambo macye cyane. ariko nyie numva mukunze cyane.
Micky ati” Buriya se abaye yaragutuburiye cyangwa ugasanga afute ikindi kibazi gituma adashaka ko mubonana vuba.
Dorisse ati” Umva uyu munsi ndashaka kuza kumuhamagara nkabimusaba.
Micky ati” Koko se
Dorisse ati” Cyane pe kuko ndumva gukomeza gutegereza noneho bindambiye cyane.
.
Bumva hari abinjira mu nzu.
Dorisse ati” Mama aratashye.
Micky ati’ Jya kureba.
Dorisse aza muri Saro abona ni Mama we na Papa we batahiye rimwe. Arabasuhuza nabo baramusuhuza.
Dorisse agaruka mu gikoni we na Micky bakomeza guteka,
.
Kurundi ruhande Pate nawe ageze mu rugo rwe aho aba muri Ghet ye nzza cyane. azana ibyo ahashye mu gikoni.
.
Dorisse afata telephone ahamagara cher we telephone Pante arayumva isona arayifata arayireba abona ni Dorisse umuhamagaye aramwitaba,
.
Kurundi ruhande mu cyumba cya Mama Rehema na Karangwa. Rehema asoje kwambara ahita ava mu cyumba afite telephone maze ahita ahamagara Pante amuhamagaye yumva arimo kuyivuhiraho kumbe arimo kuvugana na Dorisse. Ubwo akupa telephone arakomeza aza mu gikoni ahageze asanga Dorisse ari kuri telephone hari umuntu barmo kuvugana.
.
Dorisse ati” Waretse tukazahura tuzakomeza kujya tuvugana gutya tutaziranye koko! Cyangwa wowe ntamatsiko yanjye uba umfitiye/
Pante ati” vuba tuzahura nukuri.
Dorisse ati” Buri gihe nuko umbwira.
Pante ati” Nkubwije ukuri vuba ndaza gushaka igihe tuzahure
Dorisse ati” ryari?? Ese ubundi kubera iki bikugira cyane cyangwa ntago unkunda/
Pante ati” Mukobwa ndagukunda cyane. ariko guhura kwanye nawe bisaba umwanya mwiza kandi uhagije.
Dorisse ati” Basi bishyire mu kwezi kumwe.
Pante abitekerezaho ati” Sawa ntakibazo.
Dorisse arishima cyane ati’ Icyo gihe ndagitegereje. Nonese wariye?/
.
Dorisse ahindukiye abona Mama we yaje mu gikoni arimo kumureba, ubwo asezera kuri Pante avugana na Mma we.
Rehema ati’ Wavugana nande?/
Dorisse ati” Na cher.
Rehema ati” Niwe wabwiraga ko ushaka se guhura nawe.
Dorisse ati’ Yego
Rehema ati” Sanakubwiye ko ari bibi kuba ari wwe wamusaba guhura nawe?/
Micky ati” Ariko ntakibazo cyo kuba ariwe ubimusabye ntacyo bitwaye. Ubu ntago tukiri muri cyagihe abakobwa usanga baripfana.
.
Amasaha aricuma, barahisha bajya kumeza bararya. Barangije bajya kuryama. Rehema n’Umugabo we bagiye kuryama. Karangwa aza hejuru ya Rehema ashaka ko bakora Sex. Rehema aramurebs cyane.
Karangwa ati” Niki ko ndeba gusa ntago ubona ko nkushaka??
Rehema ati” Nonese niba ubushaka njye wamenye niba mbishaka?
Karangwa ati” Harabura iki?
Rehema ati” Ntabwo wigeze untegura.
.
Karangwa ubwo atangira kumukorakora kugira ngo amushyire muri Mood. Ariko Rehema akumva arimo kumutsirita amufata intoki.
Rehema ati” Ubuse urimo kuntegura ko numva wagira ngo ahubwo urimo kunsirita??
Karangwa ararakara ati’ Uvuze ngo??
.
Udacikwa na Episode 9
Comments