Loading verse...
AGENDA OF SEX
.
Episode 10
.
Twaherutse Mia agiye kwandika naho Mady nawe yaramze kwinjira mu nzu ya Tessa.
.
Story by chris nandi Ishimwe.
.
Mia arimo kwandika muri Agenda ye.
.
Mady nawe tayali amaze kugera mu nzu ya Tessa.
Tessa ati” Ni karibu.
Mady ati” Nkaba ngeze mu nzu y’inshuti y’inshuti yanjye.
Tessa araseka ati” Niko bimeze nyine . nkuko wabivuze abantu turi mu ruziga rumwe.
.
Tess arakomeza Mady aguma ahagaze.
Tessa abazanye ka cyayi ati” Nonese urakomeza uhagarare.
Mady ati”Ntakibazo kubera ko nshaka guhita genda.
Tess amuhereza agatasi.
Mady ati” Urakoze cyane.
Tessa ati” Nawe wakoze cyane. Kandi n’ibyagaciro kuba twahuye.
.
Mia nawe akomeje kwandika muri iryo joro.
.
Kurundi ruhande maximo Umugabo we nawe ari muri hotel aho yagiye gukora mission nawe ari mu gitanda ariko ntabwo asinziriye afite machine kumagaru ye arimo kureba aga film.
Uko akareba agiye kure mu ntekerezo aba atangiye kwibuka ukuntu ajya ryamana n’umugore we rimwe na rimwe bikanga cyane.
Igikorwa bagiye ntikigende neza.
.
Amaze kubitekerezaaaa aba akuyemo film yarebaga maze yibjira muri file ya machine areba folder yanditseho nga Agenda.
Nawe ni agenda ye ajya yandikamo ibye. Ubwo arayifungura nawe aba atangiye kwandika.
.
Mady aracyahagararanye na Tessa barimo gusangira agacyayi baganira.
Tessa ati” Ariko warikuba wicaye.
Mady ati” Ahari ubutaha.
.
Tessa mu ntekerezo ze aba atangiye kwibuka Igihe Mia yamubwiraga kuri Mady nuko bahuye muri Bus. Yibuka Mia amubwira amagambo kuri Mady uburyo bari bameze muri bus. Yibuka Mai amubwira ukuntu yumvise imboro ya Mady ijya hagati mu mabuno ye ariko akajya isa n’igiye kugera mu gitsina. Maze mia akajya yumva yahita izamuka ikajyamo. Yibuka Mia amubwira ngo yumvaga yambyibye cyane iteye ukwayo birenze. Arongera yibuka Mia amubwira ko Mady yamwoherereje kuri Video ya whatsaap murabyibuka.
.
Tess uko yagatekereje ibyo byoseeee nawe aba atangiye kure ibitekerezo bye biravangirwa yumva nawe asa n’ugize amatsiko ya Mady.
Ubwo aramureba aramwitegereza ahita amanura amaso hasi ku ipantaro ya Mady areba kuri risani.
Kumbe mady yasoje kunywa arimo kumuhereza itasi ariko undi yarangaye ntabwo abona ko Mady arimo kumuhereza itasi.
Mady ati” Urimo kureba iki ra!
Tessa aba arikanze arigarura , ahubwo akoma mady maze itasi iramucika igwa hasi irameneka.
Mady ati” Sorry.
Tessa ati” Oya ntakibazo,ninjye ugukomesheje.
Mady ati” Ibaze kuba unyakiriye none nkaba nkumeneye itasi.
Tess ati’ Oyaaaa ntakibazo.
Mady ati’ Ariko wariwarangaye warebaga iki??
Tess araseka ati” sinzi uko naringiye kure umbabarire.
Mady ati”Ntakibazo reka ngende.
Tessa ati” Yaw agenda ntakibazo kandi wakoze.
.
Mia aracyarimo kwandika.
Yibuka ibihe mukanya yagiranye na mady. Yibuka ukuntu yamujaye ahantu heza cyane. Yibuka uburyo bambaye ubusa maze bakarongoranira hejuru y’inyubako bareba umujyi. Yibuka byose mady yamukoreye.
Amaze kubyibuka maze arakomez arandika.
.
Arandika ati” Uyu munsi nagize ibihe bidasanzwe. Umusore umwe w’agatangaza yansogongeje kubihe ntarinzi najyaga mpora ndota ariko narinziko bijya bibaho. Yakoze byose anezaza umubiri wanjye. Numvaga mbishaka bihambaye.
Arongera arandika ati” Ariko nanone umutima wanjye urimo kwibaza ngo n’irihe tandukaniro ry’umusore w’agatangaza wahaza ubushake bw’umubiri n’Umugabo wawe ukwitaho muri byose ubyuka ugasanga ari iruhande rwawe??
.
Amaze kwandika gutyo afunga Agenda ye arahaguruka ava aho ajya kuryama. Arimo agenda anyura mri saro abona ifoto ye n’umugabo iri muru kadire y’igihe basezerana. Ifoto arayirebaaa yibuka n’ibyo yakoze yumva umutima umuciriye urubanza.
Gusa abirenza amaso maze arakomeza ajya mu cyuma kuryama. Ajya mu buriri araryama. Akigera mu buriri akokanya mu mutwe haba higarukiyemo ibyo we na mady bakoze.
.
Tuze aho maximo yagiye abyutse yandikira umugore we Mia amubaza uko baramutse nuko bameze. Mia nawe aramusubiza.
Bamaze kuvugana akokanya Maximo yakira telephone ivuye kumuyobozi we aramwitaba. Umuyobozi amubwira ko hari umwunganizi bamwoherereje wamufasha mu kazi yaguyemo.
Maximo ati”Ntakibazo.
.
Kurundi ruhande Mia arimo koga ariko telephone yayirambiyse hafi yahoo arimo kogera. Yabikoze atekereza ngo Mady atamuhamagara akaba yamubura.. muri make Mia arimo kumva ashaka cyane kuba Mady yamuhamagara.
.
Agisoza koga koko Mady aba arahamagaye.
Mia akibona ko ari Mady uhamagaye yumva muri we abaye ukuntu umubiri uhise wirukamo utuntu.
Mady ati” Bjr bc.
Mia ati” Bjr. Waramutse neza.
Mady ati” cyane kuruta ikindi gihe cyose.
Mia ati”Kubera iki??
Mady ati” Kubera ijoro watumye rimbera agatangaza.
Mia ati” Nanjye ndumva nabaye mushya.
Mady ati”Niko bimeze.
Mia ati” Yego. Ubu ndimo kwitegura ngiye mu kazi.
Mady ati” Ubu namaze kujyengwa nawe ubishaka wambwira nkaza kugufata nkakugeza mu kazi.
Mia abanza kubitekerezaho maze aba arabyemeye .
.
Mady nawe ahita afatiraho aza kumufata kuri moto ye asanga Mia ahagaze hanze.
Mia ati” ese utekereza iki kuba umaze kurarura umugore w’abandi.
Madyati”Ese uracyiyumva nk’umugore w’abandi.
Mia ati” Ubuse mvuge gute.
.
Udacikwa na Episode ya 11
Comments
Login to comment.
No comments yet.