logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE'S LIES S01E10

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.


Episode 9 yarangiye  tumenye uko plan yose yagenze kugira cedric yinjiz Aline mugatego  .

Daniel we nyuma yo kubona ukuri agahitamo kujya kunwa agataha yasinze umugore yamukoraho akamwishitura ibintu atahra akora.

Ese hakurikiye iki ?

Wamipango wacu Aline yabashize kuhacika koko ?

DUKOMEZE....

πŸ’™

πŸ’™

πŸ’™

πŸ’™

Dutangiriye Bukeye bwaho kwa Aline na Daniel,

Daniel yarabyutse asanga madam we yateguye ameza ariko we ntakubyitaho ahubwo ajya kwitegura ngo agende mukazi.

Aline"chr karbu ameza arateguye"

Daniel"oya ndi kwihuta kukazi"

Aline"Banza ufate agafiriti ko basi ariko ntugende kukazi atakintu kiri munda wanaraye wasinze"

Daniel  ahita ahindukira 'umujinya ati"Nari nasinze ,eeeh?

Naba nanjye nari nasinze inzoga gusa none wowe wari wasinze iki ?"

Aline"chr ufite ikihe kibazo?"

Daniel"chr?shiramenyo wamuhemu we"

Umugabo ahita asohoka arigendera ....

Aline yasigaye yibaza ikiri kuba kumugabo wiwe biramucanga !!

Ako kanya Yakiye msg ivuga iti"wanezererewe igitondo cy'uno musi mwiza weee! iyo ni intango "

Aline panic ihita yiyongera.

πŸ’™

πŸ’€

πŸ’œ

πŸ’™

Twivireyo tuze kurii cedric ,

Kumbe kubera phn ya Daniel ndetse niya Aline bazihakinze ibyo bavugana byose yabyumvaga ninawe ubwe yohereje message Aline ariko akoresheje private number.

Ari imbere y'igituro cy'umukobwa wabo Dorine.

Nyuma yo kohereza message yarivugishije ati"Dorine mukobwa wanjye ,Wapfuye uzira ubusa uzira ugukunda ivyisi kwa mama wawe ariko nicyo gihe ngo nawe ahure n'uburibwe burenze ubwo njye nawe twagize"

Arangije kvuga ayo magambo ahita ahindukira aragenda .....


                  πŸ˜ πŸ˜ πŸ˜ πŸ˜ πŸ˜ 


Twigarukir kuri Jimmy,

Iyahoze ari inzu ishaje yaragiye arayiisanura neza imera neza .

Ari mucyumba cye Arimo kwipfuka aho yakomeretse( mwibuke muri ep8 hari uwo Cedric yari yakatishije ikirahuri cy'imodoka burya yari jimmy) ,

Arimo kwifuka yarivugishije ati" cedric nukomeza gusatira umukobwa cyane bizarangira wangije umupangu wacu,Rero icyiza kuri wowe umukobwa yapfa"

Akokanya acyibaza byinshi phn yaramagawe abona ni Jimmy aritaba maze phone iti" Ibintu byose byarangiye ?"

Jimmy"yego"

Cedric"tegura meeting time ya nimugoroba "

Jimmy"sawa"


                       πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™


Tugarke kukazi,

Daniel ntatuje kubera ibyo yaraye abonye kumugore we mpaka no gukora akazi biranga yisanga yicaye mubiro gusa ntacyo akora,

Aline we nubwo umugabo yari yamubwiye nabi yaraje kukazi ageze kuri office y'umugabo we ashaka gukata yinjire ariko arabiheba ahubwo ahita azamuka hejuru aza kuri office ya IT manager Cedric arakomanga !!

Arangije gukomanga cedric yamuhaye ikaze !!

Ese Aline azanwe niki ?

Cedric"welcome Madam Aline"

Aline"thanks"

Cedric"madam ,sorry kubyabaye ejo ..."

😳 atari yakomeza Aline yarikanze maze mumutima ati"wakigoryi we Kumbe niwowe wanteranije na Daniel?nubwo wihisha ngo uri Cedric ariko wabesha abandi apana ngeee kuko nkuzi ko Uri Yvan"

Sasa Uko Aline arimo kwibaza Cedric mumutima nawe ati"nzakumunga bukebuke kugeza ubwo uzabaho wikeka ko warimbuka buri segunda ubwo isi izavumbura ibyawe byose"

Arangije guteereza ahita akomeza ati" system ya company yari yinjiriwe ariko umukozi wari warangaye twahise tumwirukana vuba Daniel nabyemeza turahashira undi "

Aline"sawa ntakibazo ariko ikinzanye sicyo.

Yvan!"

Cedric"eeh,madam ubu bugize 3 umpamagara Yvan .Ese uyo Yvan ninde ?ni uwahoze ari girlfriend wawe se ?"

HAAAAA,DORE NGO ARAMURASA KUNTEGO SASA.

ESE ALINE ARASUBIZA IKI ?

              πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™πŸ’™

Nkuzane nanone kuri babasore bakorera Cedric,

Bo ntakandi kazi bakora usibye kuguma kuri machine Bacunze abo bahawe  kuneka .

Sasa Brown kuri machine Yakiriye signal Guturuka kuri Aline arangije ahita yitba ati"uri kunshakisha wambuze ?nubwo wareka kuko nabwo wangeraho "

Sasa dore ngo Birahurirana,Aline yaje kwishwanisha kuri cedric kugirango nahagera ahamagare ya numero ijya imwandikira imutera ubwoba kugirango isonere kuri Cedric amenye ko ariwe uri kubikora .

IBI NIBYO BITA NGO INDYANDYA IHIMWA N'INRYAMIRIZI.

Cedric nawe ni umuhanga kuko yarazi neza ko byanze bikunze Aline azaza kumupererezaho number ayisiga murugo !!πŸ˜‚πŸ˜‚πŸ˜‚

Cedric nawe yarabiketse arangije ati"uwo uhamagaye ni wa yvan uhora urota ?"

Aline mumutima  yumvise Amucumise ahantu ahita yivumbura arasohoka !!

Cedric arivugisha ati"wangambaniye kubera amafaranga ,nicyo gihe ngo kurya wanyambuye umunezero nanjye nkwambure ayo mafaranga .

Aline mpaka usubiye mucyaro "

πŸ’™

πŸ’™

πŸ’™

πŸ’™

Nikita we mushiki wacu yibereye mukazi yakiriye message iva kuri ya numero imubaza iti"kuki uri gushaka cyane amakuru kuri Aline?"

Nikita arasubiza ati"Ntakirenze ni Juste kumumenya"

Phone"oya wibesha,Aline ni Muramukazi wawe .

None ntabwo wamusatira akabikwibwirira ubwe ?"

Nikita"byukuri simwizera kuko iteka mba mbona yaraje kutumungira umuryango"

Phone"ndashaka duhure nguhe amakuru aka kanya!ufite umwanya ?"

Nikita"cyane ,duhurire he?"

Phone"ndi kumuryango wa bureau yawe kingura"

Nikita ahita ahaguruka yihuse arangije arakingura,Gukingura yakanuye amaso bigaragara ko uwo abonye ashobora kuba amuzi 😳

ESE ABONYE NDE ?


πŸ’™

πŸ’™

πŸ’™


Inyuma y'iminsi ibiri habaye Launch ya Company imwe ishinzwe ngo izarimbure OS .

Jimmy yabaye Chairman ndetse abakozi bibanze Hajemo Brown ,Jules ,Jeanne umukobwa Wa Lewis nka team ishinzwe IT Ndetse nabandi bakozi bazakora mubisata bitandukanye.

Tv zari zahigereye hafi ya zose ndete ibirori biri guca online .

Sasa ndagirango ukurikire story neza udasobwa,uko amakuru ari kujyambere Mr Lobert yarayabonye maze mumashusho hanyuraho Logo (ikirango ) cya Company Lobert akibonye yarikanze anarwa hasi !!

ESE KUKI YIKANZE ?

Ntakindi yakoze yahise afata phn ahamagara aline ati"Turashizeeeee".......LOADNG EPISODE 11

.

.

KUKI YIKANZE ?

IYI LOGO IDUHISHE IKI ?

Comments