Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse, Jamali na Briana batangiye kunoza neza umushinga wo kubana kwabo.
.
Created by Chris nandi Ishimwe.
.
Nyuma yuko batangiye gupanga umushinga wo kubana, Briana nawe yatangiye kugira utwo atangira kugura two kwitegura.
Kenshi akajyana nab a Fanny.
.
Dario hai ibyo arimo guhitiramo Briana. Briana na Fanny nabo bari mu bindi hirya gato.
Fanny areba Briana ati” Ntureba ko wabikoze. Wowe uzafate mama wawe neza kandi azakumva.
Daria aba aje kwereka Briana ibyo amaze kumureber.
.
Briana ati” Mba nibaza mama natambabarira bizagenda bite?
Fanny ati” Humura wana nta mu byeyio wanannirwa kumva umwana we cyangwa kumubabarira cyane cyane mugihe umwana aba afite impamvu nzima zatumye akora ibyo akora.
Daria akabareba akanumva ibyo bavuga maze akazunguza umutwe.
Briana aamureba ati” Daria wowe igihe cyose uba untera ubwoba.
Daria ati”Ndarengana.
Briaa ati” Uko uba undeba bituma mpora nishinja amakosa.
Daria ati” Ariko amakosa wakoze. Kandi rwose njyewe nubu sinumva ukuntu urukundo rukoresha amakosa.
Fanny ati” Daria sha ufunga umutwe. Ariko n’ukunda uzabyumva,.
Daria ati’ Nzakunda narasobanukiwe ngo urukundo niki., nuko niburiye wa Cyabakobwa wanjye niwe nifatiragaho udusomo.
Briana ati’Uravuga nde ra!
Daria ati” Luwero.
Fanny ati” Luwero kandi
.
Bakomeza guhaha basoje bava mu iduka ry’abandi maze Briana ahamagara Jamali aza kubafata mu modoka arabacyura.
.
Iminsi nayo ikomz akwicuma ari nako Briana akomeza kujya akora n’akazi ka bandi.
Ari muri Office abona Daria aje kumureba ku kazi. Briana aramwakra muri Office.
Briana at’ Daria sinatekerezaga ko waza hano.
Daria ati”Nari hafi hano ndavuga ngo uwakureba nkagusuhuza.
Briana ati” Urakoze cyane. Darie kandi nubwo ubona wenda nakoze amaokosa nawe uaba warandakariyemo ariko n’ubaha ubushuti bwawe uri inshuti nziza kandi imbwiza ukuri.
Daria ati” Njyewe ibyo nkubwira byose samba ndwanya amahitamo yawe, nkubwira uko numva ibintu.
Briana ati” Rwose ntaibaz kandi ndabigushimira. Kandi ntekereza ko igihe mba ntakurikije inama zawe nawe bitakurakaza.
Daria araseka ati”Ubwo naba ndakazwa niki kweri!. N’ubundi inama umuntu ahabwa aba akwiye kuzigenzur hanyuma we agashyira kumunzani agakuramo icyo aba yumva yakuramo kizima kuri we ibitari ingenzi agashyira kuruhande.
.
Briana yumva anejejwe cyane na Daria.
Daria ati” Nonese ikibazo ntabua kwibaza. Ko wahakanaya mama wawe akaba atazaza mu bukwe bwawe none ubwo mu gihe cy’ubukwe bwawe bizagenda gute???? Ni gute koko uzahagarar amu bukwe mama wawe Atari iruhande rwawe?
Briana ati” Nubu pe sindamenya ngo nzabigenza gute pe! Ndacyatekereza.
.
Daria arebye kuruhande aba abonye calindal. Akiyibona aba yibutse igihe cy’amavuko cya Briana.
Daria ati” Uziko we habura two days gusa Brith day yawe ikaba??
Briana ati’Harya! Uziko ntabitekerezaga??
Daria ati” Nizere ko Cher wawe noneho azayizirikana Atari nk’ikindi gihe.
Briana ati” Yego. Niko yanyijeje. Yansabye imbabazi avuga ntakindi gihe nakimwe azongera kuyibagirwa.
Daria ati” Aho ni sawa cyane.
Briana ati” Ndumva mfite amatsiko y’impano ya mbere nzahabwa nawe kumunsi w’amavuko wanjye!
.
Bidatinze umunsi Briana avukaho uragera. Icyo gitondo abyuka yumva afite amatsiko yuko umunsi we uragenda.
Ndetse yewe kuva ni joro ntanumuntu numwe wigeze amuhamagara. Atekereza ko bose baba bahuze hari ikintu barimo kumutegurira.
Hashize umwanya telephone ye itangira gusona . ni bashuti be batanduanye batangiye kumwifuriza isabukuru nziza. Fanny na Daria nabo bari mu bamuhamagaye.
Briana ati” Nonese bite ko nta show murimo kumpa?
Fanny ati”Twe dutegereje icyo Cher wawe yateguye. Twanze gupanga indi show kubushake kugira ngo tutanyuranya nicyo Cher wawe araba yateguye. Cyakora dufite impano twaguteguriye turakuzanira.
Briana ati’ Biraba birenze cyakora.
Daria ati” Nonese ntakintu chou wawe muravugana??
Briana ati” Oya kuva ni joro ntabwo arampamagara.
Fanny na Daria baraseka bati” Banza arimo gutegura ikintu cya danger.
Briana ati”? niko nyeka amatsio aranyishe.
.
Bakomeza kuvugana.
Briana ati” na mama wanjye namubuze sinzi iyo yagiye.
Fanny ati” wamuhamagaye se kuri phone??
Briana ati “ Na phone ye ntayiriho.
Daria ati”Buriya nawe yagiye kugushakira akantu.
.
Kurundi ruhande Jamali barimo gucyeka ko arimo gutegura birthday ya Briana, yibereye kure cyane arikumwe na Lucas. Bagiye mu majyepfo bitabiriye amarushanwa y’imodoka ajya aba buri mwaka.
.
Briana yicaye mu rugo ategereje call ya cher cyangwa undi wese waza kumufata amujyanye aho cher we yaba yateguye.
Gusa yarategereje amaso ahera mu kirere. Birinda biba saa kumi nimwe z’umugoroba. Nta Call ntanuraza kumufata.
Daria na Fanny nabo bagera aho baza kureba Briana bibaza impamvu bigeze muri ayo masaha nta signe barabona.
Daria ati’ Shabanza umukate yongeye kubyibagirwa.
Briana ati”Ntibibaho.
Daria ati” Urimo guhakana se ngo ni bibaho ni ryari yigez abiha agaciro narimwe?
Briana ati” Ariko yari yaransezeranyije.
.
Fanny ahamagara Jamali yumva phone ye ni compose. Ahamagara mushiki we Laurienne aramwitaba.
Fanny ati” Laurie bite se??
Laurienn ati” Ni byiza amakuru wowe.
Fanny ati” Ni meza. Nonese Jamali arihe ko mushaka ko hari ibyo nshaka kumubwira?
Laurienne ati” Ntabwo mbizi pe!
Fanny ati” bivuze ngo ntabwo arikumwe nawe ahantu ari??
Laurienne ati” Oya njye nibereye mu rugo.
Fanny arabyumva.
.
Bakiraho bumva uko ukomanga. Briana atakereje ko ari uje kumureba maze arishima cyane. Yari yanamaze kwambara neza rwose.
Daria aza gufungura afunguye abona ni Jacke yambaye ikote ryiza cyane.
Daria ati” Wowe urinde.
.
Briana aba aje kumuryango we nawe abona ni Jacke.
Briana ati” Jacke n’ibiki??
Jacke ati” Nje kugufata.
Briana ati” Wowe se kandi??
Jacke ati” Yego kandi umbabarire unyumve. Nkujyanye ahantu heza kuri wowe.
Fanny ati” Ko tutakuzi wowe.
Briana ati” N inshuti ya Luwero. Ndibaza ukuntu ari wowe batumye kuza kumfata.
Jacke ati”Wihangane ariko tugende.
,.
Ubwo Briana arabyemera we na ba Daria binaga mu modoka, Jacke arabatwara.
Briana agenda yibaraguza ati’Birantangaje cyane uburyo cher ari wowe muntu yohereje.
.
Jacke hari aho yabazanye. Bahageze barebye ukuntu hameze nuko hateguwe barumirwa,. Hatuguwe neza bihambaye cyane. Hari n’abandi bantu.
Ako kanya Briana aba atangiye kuririmbirwa. Arabikunda. Uko bamuririmbira ashakisha umukunzi we mu bari kuririmba ntiyamubona ahubwo ako kanya abona bashyizeho screen television abona Luwero kuri screen nini nawe arimo kumuririmbira. Briana biramucanga.
.
Udacikwa na Episode ya 42
Comments