logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 34

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 34
.
Twasize   Dorisse abaza Mama we   impamvu ajya yima papa we.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Rehema akibazwa icyo kibazo byamutunguye  cyane kumva Dorisse amubaza ico kibazo kandi akomeje ari serie cyane.
Dorisse nawe yakomeje kumuhanga amaso ategereje kumva amusubiza. , Mama we yamurebye cyane mu maso gusa na Dorisse nawe ubwe amuhanga amaso.
Dorisse ati” Mama ntegereje kukumva.  Nkuko nabikubwiye njye nawe turi abagore nubwo wenda harimi itandukaniro ry’uko uri mama umbyara.
Rehema abanza kubitekerezaho niba bikwiye ko amusubiza.
.
Hashize akanya ati”  harya ntherutse  gukora sex?
Dorisse ati” Yego.
Rehema ati” Byagenze gute? Mbwira inzira yose byanyuzemo.
Dorisse ati” Mama  icyo navua kimwe nuko  cher wanjye asobanukiwe byinshi. Azi byinshi bihagije byo kunyura umugore. Yaranteguye ndashira  buri gice cyose cy’umubiri yakigezeho yaragikoresheje hari n’ibyo yageragaho njye nkumva binteye isoni ariko byari byiza byatumaga niyumva ukuntu. Yambwiye ko ubundi Sex igizwe n’ibice bitandukanye umuntu agenda akoraho. Yambwiye sex atariuhita umuntu yinjiza igitsina  mu kindi. Mama yarantegiye hamwe yagiye kuyigezamo njye ubwanjye narangiye wese.
Rehema ati”  ikibazo kiri  hagati yanjye na Papa wawe nicyo. Sinzi niba  byari bikwiye ko nabkubwira ariko ubwo wabimbajije kandi ukaba waranabyumvise tubishwanira ukwiye kubimenya. Papa wawe ntago asobanukiwe akamaro ka sex. We aze  ibya cyera byabindi  murongorana gusa kubera ko ndi  umugore we nawe akaba umugao wanjye.  Cyangwa korongorana hagamajwe kubyara gusa.
Dorisse yifata  kumunwa ati” Papa ntago yaba uwo uvuze mama!
Rehema ati” None ukibwira ko nkubeshya se?
Dorisse asa n’uwumiwe ati” Kandi mbona Papa ari umu gentleman
Rehema asekamo ati” Yewe ibyo bigaragara inyuma gusa. Naho muri we indami ntabyo. Ntago azi gutegura aba ari aho gusa. Nuko utabizi uburyo abikoramo byigeze kurwaza indwara ikomeye mu nda. Kuburyo Muganga wanjye rimwe yigeze kumbwira ko nibikomeza gutya nzarwara ibibyimba mu nda.
Dorisse arikanga ati” noneho iyo utabikora neza ushobora kurwara ibibyimba mu nda.
Rehema ati” Yego. Sibyo gusa kandi ushobora kurwara n’izindi rwara zitandukanye harimo  umuongo udakira n’ibindi. Byose bitewe udategurwa neza cyangwa ngo urangize.
Dorisse ati” Imana ishimwe yampaye umucher mwiza ibyo yarabindinze.
Rehema ati” Nicyo kibazo guhari.
Dorisse ati” None mama ntibikwiye yuko muganira?
.
Rehema agiye kumusubiza,  uwo mwanya  telephone ya Dorisse irasona abona ni Pante umuhamaaye aramwitaba ntiyaba agikomeje kuvugana na mama we ajya kwivuganira n’umukunzi.
Rehema asigara muri Saro atekereza. Muri we akomeje kwiyumvisha ko agomba gutandukana na Karangwa akazibanira na  Pante.
.
Tuze mu rugo kwa Leo na Grace hagati yabo ibintu bikomeje kugenda neza hari impidnuka zikomeye  cyane.
Grace asoje gutegura breakfaste arangije ashyira ku kameza azana mu cyumba. Afata itasi asukira Leo icyayi amutegurira n’umukati neza arawumuhereza arangije nawe aritunganyiriza.
Grace ati” Bone apetit haney
Loe ati” Mercie. Ariko nirihe banga ryaremye impinduka zawe zitangaje gutya.
Grace araseka ati” Umujinya wanjye waje kumviramo ismo rikomeye.
Leo ati” Umujinya wawe gute
Grace ati”  Icyo mvua uburakari narnkufitiye  no kumva ko arnjye nzirakarengane nibyo byamberete itangiriro ryo kwiga byinshi. Nagiye kureba Nika nshaka kumubaza impamvu yigaruriye umugabo wanjye. Mu mujinya w’umuranduranzuzi narimwatakanye waje kuvamo ubiganiro byiza menyeramo ibikwiye kuri njye ntabashaga gukora.
Leo ati” Wowe wabonanye na Nika mubasha kuganira.
Grace araseka ati” Buriya utekeeje ko twaribwicane? Nanjye nagiye mfite umugambi wo kuza guhangana nawe,ariko burya ryari ishuri nateguriwe ntazi.
Leo araseka cyane ati” Gusa  cher ndakwishimiye cyane, kandi nanyuzwe n’impunda zawe. Nuko utabizi ntanundi mugore mu isi  yose ukurusha kuryoha  nuko nyone utaruzi neza uko bigenda. Ikindi umbabarire  kuba naraguciye inyuma.
Grace amufataho ati” Cher wisava imbabazi. Ikosa n;iryanjye utarabashije kuba ibyishimo byawe  ariby byaguteye kujya kubishakira ahandi. Ntago yari ingeso yawe rero. Ahubwo nizere ko utazigera noneho wongera kunsiga.
Loe aramureba ati’  Ubu  guhera aka kanya bibaye isezerano ntakuka.
Grace aramwenyura ati” Nanjye umtia wajye ubiteyeho cashd. Kandi buri munsi nzajya nkugenera ibyiza bishya.
Leo araseka ati” Nanjye ko nibitseho ibyiza  bihagije nshaka kuzasesekazaho.
Grace ati” Nukuri
.
Tuze kuri Kaminuza aho Dorisse yiga, Dorisse yinjiye mu kigo azamuri Class ye , Micky na Claire bahita bamwakirana amatsiko adasanzwe.
Dorisse arabareba araseka ati” Ubwo muraje !
Claire na Micky baraseka  bati” Twihere amakuru  tuzi ko hasiaye  hashya.
Dorisse arabareba ati” Nonese  ubwo ibyo ni ngombwa kubiganira.
Claire ati” Umva dori wizana ibyo ibuka neza ko aritwe twagucangamuye ukamenya ubwenjye.
Dorisse ati” Mbese gukora sex murumva ari ubundi bwenge bwanyunguye.
Claire ati”nawe urabizi ko warujabiriye utazi ao ibyiza biba. Tubwire duhe amakuru.
Dorisse ati” Mu ijambo rimwe  gusa. Cher wanjye yaranyuze  navuga ko ari Imana yabyishimo.
Micky ati” Oya tubwire akantu ku kandi waba utwibye.
Dorisse ati” we hano turi muri Class mureke dufocusinge amasomo.
Micky na Claire ati” Urabona se hari umu  lecture uhari twibwirire.
Claire ati” Niki yagukoreye kidasanzwe??
Dorisse ati” Byose ntanakimwe cyari  gisanzwe.
.
Ku kazi kwa Rehema, Pante ageze ku kazi akiva kuri moto ye, Liline nawe aba yinjiye m gipangu cyaho bakorera bose barabonana maze barasuhuzanya.
Liline ati”Pante  narinkukumbuye cyane,  iyi minsi ya weeke numvaga itava aho iri.
Pante araseka ati”  Ubuse wankumbura ku kigero kingana gutyo?
Liline araseka ati” Uhubwo se wowe urabasha kukibara? Nukuri numvaga  umutima wanjye wuzuye irungu. Noneho nawe waraiye weekend yose unyiryaho.
Pante ati” Ntago nakwiiriyeho. Akenshi weekend mba nayihariye umukunzi wanjye
Liline ati” Ariko uwo mukunzi wawe!  Ese ahubwo ko hari ikintu nagusabye ukaba waranze kucyemera ?
Pante ati” harya niki?
Liline ati” Kuza kugusura.
Pante ati” uzaze  ni karibu.
Liline biramshimisha.
.
Ubwo bava hanze bagenda bavuga  bajya mu kazi. Hadaciye akanya Rehema nawe aba ageze mu kazi.
.
Kurundi ruhande Leo nawe aje ku kaz ke kuri Bar  ye akinjira mu kazi abona Nika arimo kuganira n’abandi bakozi bakoze agatsinda kubera ko ntabakiriya muri ayo masaha baba bafite.
Leo arikomereza ajya  muri office ye, Nika arambona agenda.
.
Twigarukire ku kazi  aho Rehema akora.
Liline  arimo  kugenda hagati muri Korodoro hari Office agezeho abanza gukomanga, akomanze yumva ntawe umwikiriza. Abonye ko ntawumuhaye ikaze areba  hirya no hino arangije arinjira. Akinjira abona muri Offie nta muntu urimo. Yegekaho arangije aza mu kabati atangira kubyo ashakisha.
Arimo ashakisha aba aguye kuri ya Folumire yibyo bakora Sadio yigeze kumusaba ngo azamushakire.
Akimara kuyobona araseka, arangije afatami ibipapuro bimwe na bimwe arabihisha ibindi afata telephone arabifotora.
Ibyo amaze gufotora abisubiza mu kabati, agiye kugenda ahindukiye ahita akubitana na Rehema ahagaze kumuryango arimo kumureba. Liline yikangamo. Rehema aramurwba cyane.
Liline atangira kuvugana ubwoba ati” urakora iki hano?
Rehema ati” Ahubwo wowe urakora iki hano?
Liline aradidimanga ati” Njyewe hari akantu ato narinje kureba hano.
Rehema ati” Muri office ya secretaire wa Boss niki cyawe waba waruje kurebamo.  Ese ndibaza ibyo waruje kurebamo ni izo mpapuro mbona wahishe?
.
Liline ati”Izihe mpapuro?
Rehema aramuseka, ako kanya  haba hinjiye aba secrite baramufata baramusaka bamwaka impapuro yaratwaye. Ako kanya Boss Baty  nawe aba arinjiye areba liline
Rehema areba Baty” Boss urabibona?
Baty aza imbere ya Liline amureba mu maso maze avugana umujinya ati” Warugiye gusenya Company yanjye ugurisha forumile zanjye ahandi sha. Aka kanya urirukanywe.
.
Rehema arishima mu mutima kuko yashakaga yumva akigezeho.
.
Udacikwa na Episode ya 35

Comments