Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
AGENDA OF SEX
.
Episode 9.
.
Twaherutse Mady na Mia basoje kwishimishanya kwabo.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Bamaze kurangiza barasetse buri wese arishimye kuko bigenze neza. Mia yarayimvishe abihe bikomeye n’uburyohe atigeze yumva mbere.
Bafata imyenda barambara, Mia asoza kwambara mbere maze yitegereza Mady umusore abonye w’agatangaza atigeze abona mbere. Aramwitegereza cyaneee amwibaza byinshi anamutekerezaho byinshi.
Mady nawe asoje kwambara abona Mia arimo kumureba cyane.
Mady ati” Niki??
Mia ati” Thank u
Mady araseka ati” Thank you ahubwo ari wowe.
Mia ati” Kubera njye??
.
Mady avuga amwegera ati” Kubera n’igitangaza gikomeye kuba umusore nkanjye nabona amahiwe yo kwishimira umubiri w’umugore nk’uyu umeze nka zahabu
Mia ati” Ariko banza ikintu cyitwa imitoma ukoranye nacyo
Mady ati” Oya simitoma sinkutaka ahubwo ndavuga imitako yawe ikugize
Mia ati” Oyo magambo yawe. Ahari uba ugamije kwangiza amatwi yanjye. Gusa ntukajye wibagirwe ko ndi umugore.
Mady ati” Ndabizi.
.
Bavuga bava aho kuri ka motel bagenda.
Mady ati” Ntabwo mbyibagirwa. Ariko nanone kuba uri umugore ni amategeko abikugira gusa. Kandi ntacyo bihindura kuba uri Mia.
.
Mia aramurebaaaaa.
Bagera ahaparitse ikimoto cya Mady maze bajyaho baragenda.
Mia muri we arumva ibihe byiza by’akanya kabayeho. Arumva umubiri we uguwe neza. Uko bagenda arumva yishimiye Mady cyane bihambaye.
.
Mady amugejeje kumarembo yiwe mu rugo. Mia ava kuri moto ye.
Mia ati” Urakoze kubwo agahe tumaranye.
Mady ati”Nawe wakoze. Kandi ndizera ko utaza kubyicuza.
Mia araseka ati” Ni gute nakwicuza ibyiza.
Mady ati” Sawa. Nakwishimiye kandi ndagukundaa
Mia ati” Nanjye nakwishimiye.
.
Mia amuha akabizoux Mady yatsa moto acaho aragenda. Mia nawe aza mu nzu akinjira kessy ntabwo araryama.
Kessy ahita amuhobera ati” Mama kubera iki watinze gutaha
Mia ati”Natinze mu kazi ariko dore naje. Kubera iki watinze kuryama
Kessy ati”Narikuryama se utarasza.
Mia ati” Wagombaga kuryama . ejo uzaba urimo gusinzirira mu ishuri. Leya arihe
Kessy ati”Ari mu gikoni.
.
Kurundi ruhande Tess ari kuri moto nawe arimo gutaha. Bageze imbere moto irazima.
Tessa ati”Mota habaye ikihe kibazo.
Motari ati” Esanse iranshiranye.
Tessa ati” Mana yanjye none ubwo.
Motari ati”Mabuja urihangana unyishyure aha tugeze ushake indi moto ubu nanjye ngiye gusuinika.
Tessa ati” Ubuse urabona hano ndakura he moto. Mwagiye mubanza kureba niba mufite essence ihagije.
Motari ati” Ubuse bigiye kuba amakosa yanjye.
Tessa ati” None ni ayande. Ngaho mbwira hano urabona ndakura he moto.
.
Bakomeza gushwana batumvikana. Mady arimo kunyura muri uwo muhanda abona abantu bashwana maze agenda gake aza guparika moto ngo yumve ikibazo bagiranye .
Mady arabasuhuza ababaza ikibazo kibaye kirimo gutuma bashwana. Nabo bamubwira uko bigenze.
.
Mady areba Tessa ati” Ariko Motari agize ikibazo kandi gushwana ntacyo byabafasha. Ahubwo nabafasha nkabageze aho mwari mugiye.
Motari ati” Rwose waba umfashije umunjyaniye.
Tess araebana na Mady.
Mady ati” Nabafasha rwose .
Tessa ati” Ubu nakwizera gute.
Mady ati” Urabona meze nk’ikirara koko kuburyo utanyizera. Ariko byose ni amahitamo yawe uza kugira.
.
Tess aarabtemera maze aza kuri moto ya Mady baragenda.
Mady ati” Njyewe nitwa Mady.
Tessa acyumva izina arikanga ati” Ngo witwa Mady.
Mady ati” Ko wikanze se uranzi??
Tessa yibuka Mia amubwira ko umusore bahuye akamwifuza usigaye waramushajije yitwa Mady.
Tessa ati” Oya ahari ndakwitiranyije.
Mady ati” Hari n’igihe yaba arinjye.
Tessa ati” Waba uziranye se n’Umuntu witwa Mia.
Mady ati” Mia ndamuzi. Cyereka niba uwo nzi atariwe umbabajije.
Tessa amusobanurira Mia. Mady yumva ni Mia barikumwe mukanya.
Mady ati” Yego niwe .
.
Tessa ati” Mia turakorana.
Mady araseka ati” Urabona ukuntu ibintu bigenda bihura.
Tess ati” Nanjye ndatangaye.
Mady ati” Burya isi nimwe ni abantu turi bamwe nuko uba usanga abantu dushaka kubigira ibindi..
.
Mady aba amugeje aho aba araparika Tess avaho.
Tessa ati” Urakoze cyane pe! Inshuti y’inshuti yanjye irantabaye nibazaga uko ndagera hano murugo ubona moto ntazihari.
Mady ati” Imana yariyabiteguye byose.
Tessa ati”Ndagushimiye cyane ariko ushaka wakwinjira no mu nzu nkaguha icyayi dore harakonje maze ugakomeza.
.
Mady atui” Ntakibazo.
Tessa ati” Ni ya ntakibazo y’abanyarwanda!! Ariko bitakugoye waza ntakibazo.
Mady aramureba ati” Ok sawa nanze izimano ryawe naba nkusuzuguye.
.
Mu rugo kwa Mia agiye kuryama arimo kujya mugitanda.
Ariko agiye kuryama aba yibutse ko hari ibyo agomba kwandika maze aronger arabyuka ajya muri room book afata Agenda ye arandika.
.
Next episode 10
Comments