Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 28
.
Dusize Liline yishimye yibwira ko tayali amazekuvana na Rehema mu nzira .
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Rehema yubitse umutwe kumeza aribabariye. Liline akomeza kujya amureba agaseka. Hashize akanya arahaguruka aza iruhande rwa Rehema amukoraho. Rehema aregurka aramureba.
Rehema ati” Niki wowe?
Liline ati’ wabaye iki ko mbona utameze neza?
Rehema ati” Ni byanjye bireke subira mu kazi kawe.
.
Liline ati” Ese ko mbonye Umugabo wawe aviye aha hari icyabaye?
Rehema aratomboka ati” Wamvuye hejuru. Wandetse urashaka iki?
Liline ati” Aahaaa sawa da.
.
Liline amuva iruhande ahita yisohokera ava muri Office aragenda aza muri Office ya Pante asanga ari mu kazi.
Pate aramureba ati” Liline urakoraiki hano
Liline ati” Numvaga nshaka kukwirebera amaso yanjye yaragukumbuye.
Pante ati” Ariko warikumbona duose akazi.
Liline ati” Nananiwe gutegereza
Pante aramureba ati” None ntakaz wowe ufite wishe?
Liline ai” Oya ntako.
Liline ahita yicara mu ntebe Pante yakiriramo abantu baje muri Office agereka akaguru ku kandi yishimye cyane.
Pante aramureba ati”Ko wishimye cyane
Liline ati” Hari ikintu ntekereza ko cyabaye cyiza niyo mpamvu nishimye.
Pante ati” Ni byiza niba hari icyiza cyakubayeho.
.
Pante yikomereza akazi.
Liline aramureba ati” Ese wigeze ubonana n’Umugabo wa Rehema? Kandi ntago warumuzi.
Pante areka gukora aramureba ati” Twarikubonanira iki?
Liline ati” Mubonye avuye hano ntekereza ko waba wamubonye wenda Rehema yamukweretse.
Pante aramureba cyane.
Liline ati” niki ko undega gutyo?
Pante ati” Kubea iki wabwiye Karangwa ko Rehema ajya amuca inyuma?
Liline arikanga ati” Njyewe se?
Pante ati” Wowe nyine. Ni ryari wigeze ubina ndyamana na Rehema.
Liline ati” Ariko ntakintu namubwiye.
Pante ati” Liline ntago wabihakana . aruko burya wantunguye ntago narinzi ko ugira amagambo agamije gusenyera abandi. Wantengushye cyane pe.
.
Liline ati” Pante nukuri…
Pante ati” Wirahira ubusa kuko njye ntago wambeshya. Ahubwo va hano ugende nikorere akazi.
Liline ati” Pante…
Pante ati” Oya ntabyo kuvugana bihari genda nikkrere akaz kanjye.
.
Liline arahaguruka ava muri Office ye ageze hanze kumuryango arahagarara arahindukira areba kuri Office ya Pante maze araseka.
Liline ati” Nubwo wenda utanyumvise aka kanya ariko ni byiza niba wamaze gutandukana na Rehema.
Amaze kuvuga ayo magambo arakomeza aragenda.
.
Mu rugo kwa Leo mu masaha y’ijoro.
Leo aricaye mu ntebe, Grace amuhagaze hejuru arimo kumureba nabi cyane.
Grace ati’ Ndibaza icyo uba uje gukora hano mugihe uba umaze kuntesha agaciro muri ziriya ndaya zawe.
Leo ati” Izihe ndaya.
Grace ati” Utekereza ko ntacyo nzi? NiKA .
Leo arikanga.
Grace ati” Narabimenye ko umarana igihe na Nika ndetse niyo utatashye niho uba wagiye..
.
Grace atangira kurira ati”Leo wabaye iki? Niki agukoze gituma untesha agaciro kuriya ukampemukira?
Leo ati” njyewe nago nkuhemukira.
Grace ati” Koko! Iyo usambana n’abandi uba wumva utampemukira?
.
Tuze mu ruo kwa Rehema aratashye ageze mu rugo abisikana na Karangwa avuye mu cyumba. Rehema nawe arakomeza ajya mu cyumba ahindura imyenda arangije agaruka muri Saro aricara.
Rehema ati” Ease kuba narakubwiye ngo duhindure iburyo ibinti biorwamo nibyi byatumye untajariza icyizera ugatangira kunkurikirana?
Karangwaa aramureba gusa.
Rehema avuga ababaye ati” Buriya ntago uzi ko wankojeje isoni mu kazi.
Karangwa ati” Nagukojeje irihe soni?
Rehema aramureba ati” Gute uhita wizera amagambo wabwiye n’Umuntu gutyo gusa
Karangwa ati” Iyo nza kuba nizeye amagambo ntago narigukora ibyo nakoze.
Rehema aseka ababaye ati”None nibwo wakoze byiza bigaragaza ko utizeye amagambo?
Karangwa ati” ariko ubundi warakajwe niki niba uzi ko ntakibazo ufite
Rehema ati’ Njyewe mbabajwe nuko wanyatse ikuzi ryanjye mu kazi.
Karangwa araseka ati” Ariko abagore mana!
Rehema ati” Wavuga abagore,.
Uko barimo kuvuga batongana Dorisse aba araje arabumva aabareba.
Dorisse ati” Haba hari ikbaz hagati yanyu ra!
.
Baramureba bose baramuhakanira.
Dorisse ati” Ariko numvise kuvugana kwanyu bitari sawa.
Rehema ati” Cher ntakibazo gihari nuko hari akantu gato tutari twumvikanyeho neza ariko bijyanye n’akazi.
Dorisse ati” Ntimutongane Mama ndabasabye.
Rehema ati” Oya humura mwana wanjye.
.
Dorisse aragenda barakomeza baravugana.
Rehema ati” Mbere yo kwiruka uza ku kazi njye nawe twariubanza kuganira.
Karangwa aramwihorera.
Rehema ati” Kubera iki utanyizera niba njye mbasha kukwizera. Kuba narakubwiye ko hari ibitagenda neza ntago byarikuba impamvu yo kutanyizera.
Col. Karangwa ati”Ngaho sorry.
Rehema ati’ Ngo sorry! Ubwo urumva ukwiye kumbwira ngo Soory gusa?
Karangwa arahagaruka ava muri Saro arigendera.
.
Twiyizire kurundi ruhande, Pante arikumwe na Grace barimo kugenda ku nkengro z’ikiyaga baganira.
Grace ati” Pante uriya mubyara wawe nubwo avuga ko arinjye munyamakosa ariwe niwemubi cyane. Yirirwa inca inyuma yarangiza akaza yaremye impamvi zo kwitwaza avuga ko arinjye mubi. Aba antesha agaciro
Pante aramureba ati” Grace aka kanya ubwo ndikumwe nawe reka tuvuge kumakosa yatumye ibintu biba bibi mu rugo rwanyu.
Grace ati” Ese kuki iteka nawe uhuta ujya kurunde rwa Mubyara wawe.
Pate at” Oya ntago ngiye kuruhande rwe. Afite amakosa akora ariko mawe hari ayo wakoze ushobora gusanga ariyo yatumye nawe akora amakosa akora.
Grace ati’ Njyewe se nakoze ayahe makosa. Umva ntagihe naimwe ndamuca inyuma ariko we yirirwa abikora buri munsi.
.
Pante ati” Ese wigeze utekereza impamvu agusiga ari umugore we akajya kuryamana nabo bagaore bandi uvuga?
Grace ati”Hari ikindi se uretse kuba abagabo mugira ingeso mbi zo kurambwirwa abagore banyu.
Pante ati”Oya siko bose bimeze. Grace wangenzuye neza wasanga warabigizemo uruhare rukomeye.
Grace ati’ Gute se?
Pante ati” Icya mbere ntago wagiraga isuku. Kandi abagore benshi mukunda kugira iyo defo. Iyo mu mazi gushakwa mwumva ko byarangiye mutagikeneye kwiyitaho ngo mukomeze muse neza. Kandi tujya kubankunda no kubana namwe mu byiza tuba twaranabakundiye n’ukwiyitaho. Ariko wowe wageze mu rugo kwiyitaho uhita ubujugunya. Ese reka nkubaze.
.
Bagera ahantu hari agatebe baricara bakomeza kuganira.
Pante ati” Wowe ushobora kuryoherwa n’ikintu gihumura nabi? Ese wamara igihe kingana iki ahantu hasa nabi? Uretse nibyo wowe ugira uruhare rungana iki muri cyagihe cy’amabanga yurugo. Aho ntuba wumva gusa ko ari inshingano z’umugabo?
Grace aramureba.
.
Kurundi ruhande Dorisse aje mu rugo rwa Pante arafungura arinjira. Pante yari yaramuhaye urufunguzo.
Ageze mu nzu ahita atangira kureba utwo akora arateka akora byose. Amaze gukora buri kimwe cyose ajya muri Dushe aroga.
.
Tugaruke kuri Pante na Grace.
Pante ati”Leo ntago namushigiira ariko nawe wagize amakosa menshi yangie byinshi. Icyo mbona hatagiyeho kwitaba ba mwaa hagati yanyu ikibazo kiri mu rugo rwanyu mwe ubwanyu mwagikemura. Icyo mwakora ni kimwe gusa. Kubanza gusobanukirwa neza ikibaz kiri hagati yanyu mukamenya n’ikibitera. Icyo mu maze kiguhuirizaho ikibazo cyanyu mwakibonera igisubizo.
Grace arabyumva .
Pante ahita ahaguruka ati” Ndumva njye ar icyo nakubwira.
Grace ati” None Leo we ntago muvugana.
Pante ati” Leo nawe nagiye mvugana nawe kenshi. Hasigaye intambwe yanyu.. njye ndagiye ugire umunsi mwiza.
.
Pante aragenda Garce aguma ycaye aho.
.
Pante yaratashye aza mu rugo ahagaze arafungura akigera mu nzu yumvamo umwuka mwiza udasanzwe ahita amenya ko Cher ashobora kuba yaje.
Arakomeza aza mu cyumba ageze mu cyumba abona Dorisse aryamye kuburir bwe yambaye ubusa buri buri yasinziriye.
Pante ni ubwa mbere abonye ubwa mbure bwa Dorisse akomeza guhagarara aramwitegereza cyane. umwana ni mwiza cyane byo.
Areba ibice byose by’umubiri we .
.
Ubwo nawe ahita ajya muri Dushe ajya koga asoje agaruka mu cyumba akomexa kureba Dorisse. Dorisse we arasinziriye ntago aziko Pante yaje.
.
Pante gukomeza kureba imiterere ya Dorisse atangira gutwarwa cyane muri we atangira kwimajina arimo kuryamana nawe Dorisse baryihewe cyane. uko yakabitekereje iba iramuhagurukanya. Akora kuri Dorisse kumubiri we.
Arangije ahera hepho kumaguru amusoma amukozaho akarimi agenda azamuka agera mu ntege ze amusoma arazamuka agera kumatako. Dorisse aba arabymvise maze ahita akanguka arikanga.
.
Udacikwa na Episode ya 29
Comments