logo

NEW TALENTS

Stories Group

PART SEX OF FEELING S01 Ep 19

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
PART OF SEX FEELING
.
Episode 19.
.
Duheruka Rehema abwiye Pante ko ibintu muri we bimaze gufata indi asigaye amukunda. Amusaba ko nawe yamwiharira.
.
Story  BY Chris Nandi Ishimwe.
.
Rehema ahagaze imbere ya Pante atagereje kumva icyo avuga ku cyifuzo cye. Pante nawe arahagaruka aza ibere ya Rehema amureba  mu maso.
Rehema ati” Pante komeza ugiye kuvuga iki?
Pante ati” Rehema  ibyo uvuga ndabyumva ariko sinzi niba twabyita urukudo.
Rehema ati” Ariko njyewe nkubwiye ibyo mpamamya n’umutima wanjye. Umaze gufata ubuzima bwanjye burundu. None ndagusabye reka ibyacu birenge  uru rwego.
Pante ati” Rehema rero njyewe urihangana umbabarire. Kuko ntago byashoboka ko njye nawe dukundana. Uri umugore ufite umuabo nanjye nari umusore ufite ubuzima bwe bwite.
.
Rehema atanira kubabara ati” Nonese ibyabaye hagti yacu wowe ntakintu byakubwiye?
Pante aramureba gusa.
Rehema ati” Mbwiza ukuri wowe ntakintu byakubatsemo.
Pante ati” Narishimye pe kuko ibyagiye biba twese twabaga tubishaka. Ariko nyine byari ubushake bw’imibir yacu. Naho byari bihuriye n’umutima.
Rehema ati”  Uko niko byatangiye pe! Ariko  koi minsi yagiye igenda  byagiye bihunduka  birangira ufashe umutima wanjye . Pante ndagusabye nyumva.  Umugabo wanjye nzamureka nze nawe twibanire.
Pante amufata ibiganza ati” Rehema ntago byashoboka.
Rehema  umutma uratera cyane ati” Kubera iki?
Pante ati” Kubera ko umutima wanjye ufite undi muntu.
Rehema arababara ati” Uwo muntu ninde?
Pante ati” Rehema, kumumenya kwawe ntcyo byatanga ihangane .
Rehema arababara cyane aba nkuitse intege .
Pante ati” Ufite umugabo wawe.
Rehema avuga asakuza ati” Nakubwiye ngwiki. Umugabo wanjye nagihe nakimwe nigeze mukesha ibyishimo.
Pante ati” Ariko yabasha kubiguha.
Rehema ati” Oyaaa. Imyaka yose tumaranye ibihe byiza atigeze ampa  ntago ubu aribwo yabasha kubimpa.
Pante aramureba ati” wihangane rero kuko njye mfite undi uri mu mutima wanjye.
.
Rehema aramureba ababaye cyane  ahita agenda  yihuta cyane.
Pante arongera ariyicarira akomeza akazi ke.
.
Tuze kuri kaminuza.
Dorisse arikumwe na ba Micky bahagaze hanze barimo kuba bayavuga mugihe batarakomeza irindi somo.
Micky ati” Dori nuba  indangare uriya musore bazamugutwara.
Dorisse  araseka ati” Ubwo se inde wamuntwara?
Micky araseka ati” Wowe nduumva ugifite ubutesi ntago uzi ibibera hanze hano. Cher wawe bamukury gapapu mukanya nkako guhubya ntago umenya uko bigenze.
Dorisse ati”  Umva nanjye ko niteguye cyane ra. Rwose niteguye iteka ryose kuzarwanira ibyanjye.
Micky ati” Aha byaba ar sawa niba witeguye koko. Kuko uriya musore ni mwiza uretse n’abandi nanjyeubwanjyeurangaye gato wasanga mugutwaye.
Dorisse araseka ati” Wowe ntago wabikora.
Micky araseka
Dorisse ati” Ese Caire arihe we
Micky ati” Ntago mbizi aho ari.
.
Tugaruke kuri Company ye ariko arababaye cyane ntago yishimye buri kanya arimo kwibuka ukuntu Pante amaze kumukatira akamubwira ko afite undi muntu akunda ko we bitashoboka. Uko abyibuka akareba Liline nabi cyane. aribaza mu mutima we niba ari Liline watwaye umutima wa Pante.
Amasaha nayo akomeza kwisunika.
Bigeze saa sita Liline ahita afunga machine ye arahaguruka, Rehema aramureba ati” Kubera iki ufunze machine?
Liline ati”  Reba ku isaha yawe iihe cya Pause kirageze.
Rehema ati” Ariko ntago wahuta ufunga machine.
Liline ati” Kubera iki se kandi  igihe cya karuhuko kigeze?
Rehema ati” Kuki utabanza kurangiza ibyo wakoraga?
Liline ati” Umva njyewe  nubaha buri mwanya. Buri kintu cyose nyikora mu mwanya wacyo. Ibyo hari ikibazo ubifiteho ko ntishe akazi?
Rehema araceceka.
.
Liline  ava mu mwanya we agiye gusohoka Rehema ahita amuvugisha ati” Buretse gato. Ugiye he
Liline ati” Ngiye muri Pause ngiye kurya.
Rehema aramureba.
Liline arigendera, Rehema nawe ahita ahaguruka.
.
Kurundi ruhande Pante arimo gufunga Machine arangije ava muri Offiice ye ageze muri Korodoro  abona Liline arimo kuza agana aho ari barahura.
Liline ati” Pante narinje kukureba.
Pante ati”  ok ntakibazo tugende.
Liline ahita aseka ati” Wawoooo urakoze cyane.
.
Liline ahita amufata akaboko  baragenda , barimo bagenda bafatanye Rehema asohotse muri Office arababoa baenda bafatanye agwa mu kantu, aho yaragiye nawe ahita ahareka asa n’ubakurikiye abona bagiye muri Parking bajya kuri Moto.
Rehema biramubabaza cyane yibaza aho bagiye.
.
Abonye bagiye nawe ahita agenda agana ku modoka ye ngi abakurikire agiye kwinjira mu modoka Ceo Baty aba aje  hanze aramubona aramuhamagara.
Rehema aramureba aramwitaba ajya kuvugana nawe ariko adafite umutima.
.
Ceo Baty ati” Ugiye he?
Rehema ati”  Hari  ahantu naringiye gato.
Ceo Baty ati”  Hari inama nshaka ko tujyanamo.
Rehema ati” Aka kanya se
Ceo Baty ati” Yego. Kandi ni inama ikomeye cyane.
Rehema ati” ko numva ntiteguye
Ceo Baty ati”Kwitegura gute se kandi?
Rehema ati” Umva wakwihanganye ugashaka undi muntu mwajyana ko hao hari abantu benshi wajyana nabo. 
Ceo Baty ati” Njyewe narimpisemo wowe kandi ni umwanya mwiza narinkuhaye.
Rehema ati” Ndabyumva ariko hari  ikintu cy’imgenzi cyane naringiye gukemurauyu mwanya.
Ceo aramureba ati” Ariko buriya waba uzi amahirwe urimo gushaka kwangiza? Waba uzi abantu tugiye guhura nabo. Ni abanyemari bakomeye cyane.  nawe guhura nabo byagufungurira imiryango ikomeye cyane.
.
Rehema abitekerezaho, ariko atekereza uburyo abonye Liline ajyana na Pante   yumva muri we abuze amahoro areba Ceo.
Cep Baty ati”Turajyana cyangwa ntago tujyana.
Rehema ati”Oya ntgao tujyana.
Ce Baty ati”Ok sawa ngaho ikomerezxe gahunda zawe reka ndebe undi.
.
Rehema ahita agenda, Ceo asigara yumiwe nawe ukuntu Rehema yana amahirwe akomeye nkariya yaramuhaye arumirwa.
.
Rehema za hanze ajya mu modoka maze ashaka uko akurikira Pante na Liline agenda ashakisha imihanda yose aho baba banyuze.
.
Pante na Liline baje muri imwe muri Restourant zikomeye cyane. ni Restourant nziza cyane afite ahantu heza abantu barira basa nk’abicaye mu muhanda neza.
Pante na Liline bafata umwanya baricara maze batanga commande y’ibyo bashaka.
Pante areba Liline ati” Mbonye impamvu wahisemo ko tza ahantu nkaha.
Liline araseka ati” Nanjye ndi umusirimu rega.
.
Kurundi ruhande Rehema ari mu modoka arimo kugena imihanda yose abashakisha ashakisha aho bagiye.
.
Tugaruke kuri Kaminuza Dorisse arimo kugenda mu kigo agenda agana kuri toilet agera ahantu ku cyumba batakigiramo gisa nkaho cyashaje yumva hari abantu wagira ngo barimo agira amatsiko yo kumenya abantu baba bari aho arahagarara arahareba. Yumva abarimo barimo gutaka maze nawe aba yinjiye muri icyo cyumba.
.
Tugaruke kuri Rehema uko arimo akata umujyi ashakisha  pante na Liline yageze nawe kuri ya Restourant agiye kuharenga aba arababonye bicaye hanze barimo gusangira. Ababonye biramubabaza cyane.
Arivugisha ati” kumbe burya bwose ni Liline?
Agiye kuva mu modoka yumva hari umukozi kubitugu ahindukiye abona ni wa mubtu basa.
Rehema ati” Ariko waretse kujya ugendaho wowe igihe cyose. Wageze mu modoka yanjye gute?
Uwo muntu ati”    Rehema umaze kuba ikigoryi. Reba mbere uburyo wari umugore w’iyubashye ariko irari ry’umubiri rimaze gutuma  utakaza ubwenge  wataye agaciro urimo kwandavura. Ese byari bikwiye ko wanga  amahirwe y’akazi kubera ifuhe ryawe ku muntu nkuriya tari umugabo wawe.
Rehema aramusubiza ati” Uriya musore asobanuye byinshi kuri njye.
Uwo muntu ati” Rehema va mu kinyoma. Asobanuye iki uretsekuba ahaza irari ry’umubiri wawe gusa.
Rehema ati” None niki kindi nkeneye uretse ibyishimo. Kandi uriya niwe gusa ubasha kubimpa.
Uwo muntu ati” Rehema koresha ubwonko bwawe neza kuko urimo gutekereza macuri. Nibyo agufasha guhaza irari ry’umubiri wawe ariko urimo gusenya ubuzima bwawe. Nukomeza gutya uzangiza byinshi.
Rehema ati”Umva mva mu matwi sinigeze kigira umujyana wanjye.

Uwo muntu ati”  Nyamara Rehema urimo gukora amahitamo  nabi ukoresheje umubiri aho gukoresha ubwonko 
Rehema ati” Njyewe icyo nifuza ni umunzero wanjye.
Uwo muntu ati”  Ariko umunezero wawe ushobora kuwurema mu bundi buryo ariko utandavuye.
Rehema ararakara ati”, Mvira mu modoka genda.
.
Rehema arangije ava mu modoka arasohoka hanze areba Pante na Liline uburyo barimo gusangira baseka maze akajiginywa cyane ifuhe riramurenga cyane.
.
Tugaruke kuri Kaminuza. Dorisse uko yakinjiye muri Cya cyumba batagikoresha kuri ishuriryabo asangamo Claire arikumwe n’undi musore bambaye ubusa barimo kurongorana. . Claire bamuryamishije ku ntebe agaramye umusore bigana amuriho arimo kumurongora cyane.
Dorisse arababona ariko bo ntago bari bamubona. Uwo musore aba afashe Claire aramuhenesha amuera inyuma aramurongora koko.
Claire uko bakamuhindukije  nibwo abonye Dorisse ko arimo kubareba. Asa n’uwikanze, uwo msuore nawe ahita abona Dorisse.
Dorisse arabareba cyane.
Claire ati” Dori waje ryari?
Dorisse ati’ Kubera iki mwibagiwe gufunga.
.
Dorisse  agiye kugenda Claire aramuhamagara ati” Dori buretse gato.
Dorisse arahagarara Claire amuza imbere yambaye ubusa ati”  waguma hano.
Dorisse ati” Ngme hano mpakora iki?
Claire ati”  Ifatanye natwe.
Dorisse ati” Ngwiki?
Claire araseka 
Umusore barikumwe ati” Dorisse nawe nagufasha nkagutamo.
Dorisse ati” Njye suko meze urabizi Claire reka nigendere. Gusa basi ujye wga kwiyubaha.
.
Dorisse arigendera  arakomeza ajya kuri toilet agezeyo yinjira muri Toilet arafunga. Mu bwonko bwe haba hagarutsemo ukuntu abonye Claire n’umusore arikumwe basambana.  
Amanura ikaros arasutama akora ibyo akora.
Gusa uko arimo gukora ibyo akora muri we  hakomeza kuzamo amashusho naqwe arimo kubikora nk’uko ba Ckaire babikoraga.
.
Tugaruke kuri Restourant.
Rehema nawe yahise yinjira muri Restourant yicara hirya gato yaho ba Pante bicaye nawe atanga Commande akomza kureba uko Pante na Liline bameze basangira. Bikamurya cyane. uwo mwanya aba abonye  wa muntu basa aje noneho yambaye imyenda y’imikara. Ubundi yakundaga kuza yambaye imyenda y’umweru gusa, jone agarutse yamabaye imikara.
Rehema aramureba ati” Nakubwiye ngwiki? Wamvuye inyuma urashaka iki?
Uwo muntu ati” Ariko uranyangira iki ko ntari umwanzi wawe. Ahubwo reka nkubaze.   Ni gute wakura imbogamizi mu buzima bwawe?
Rehema ati”Ugerageza guhangana nazo ukazikuraho?
Uwo muntu ati” None niki kirimo gutuma uriya musore utaba uwawe?
Rehema ati” Maze kubona  ko Liline ariwe kibazo cyanjye.
Uwo muntu ati” Nonese urakomeza urebere gusa agutwareibyawe kandi ubireba cyangwa uragira icyo ukora?
Rehema abitekerezaho.
Uwo muntu ati”,Liline aramutse adahari uriya musore yabasha kukumva.
Rehema  abitekerezaho cyane maze muri we atangira kwiyumvamo ko akiwiye kuvana Liline mu nzira.
.
Tuze kuri Pante na Liline.
Liline ati” Pante nkuko nabikubwiye hari kintu nshaka kukubwira. Niyo wowe utagira icyo ubikoraho ariko ube ubizi neza. Wenda nawe igihe kimwe uzagira icyo ubikoraho.
Pante ati” Nkuteze yombi
Liline  ati” Naragukunze. Ngeze aho kubivuga narashize maze kunanirwa kwihangana.
Pante aramureba cyane 
Liline asa n’ugizemo ubwoba ati” wowe ntigire icyo uvuga ndagusaye. Kuko mfite ubwoba bw;igsubizo wampa.
Pante ati”Oya reka mvuge nibyo byiza kugira ngo birangire sibyo.
Liline ati” Niba ari igisubizo cyiza sibyo.
Pante ati” Lili mu byukuri wakomeze kuba inshuti yanjye nziza ariko ntago twakundana kubera ko mfite undi uri kumtima wanjye.
Liline araabara cyane ahita nkucitse apetit.
Pante ati”Kandi please ubyumve neza kandi ubyakire neza.
.
Liline arababara cyane,
Pante arabibona ko ababaye maze mukora ku itama. Rehema aho yicaye arabibona biramurya cyane.
Pante ati”Lili uri umukobwa mwiza ukwiye urukundo ariko ntago nakubeshya ibyiz nakubwiza ukuri.
.
Udacikwa na Episode ya 20

Comments