Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse hari ukutumvikana hagati yabo.
.
Story by Chris nandi Ishmwe.
.
Mu rugo iwabo kwa, Mama Varu yicaye mu cyumba nawe arimo kureba amakuru y’ukuntu ngoo Roxy yagiye kugura udukingirizo.
Ness aba aje kumuramutsa asanga mama we amaze kurakara.
Nessa ati” Mama waramutse neza kombona uramutse ufunze isura.?
Mama Ness ati” Reba nawe. Uriya mugore ni nyabaki ko akomeje kwandagaza Umwana wanjye.
Nessa ati”Nanjye nabibonye mama.
Ma,ma Nessa ati” Noneho nawe wanyumva?/
Nessa ati” Ariko Mama uko byaba bimeze kose ni ibibazo byabo.
Mama Varu a” Oya ntabwo ngomba kwicara.
.
Ness aramureba.
.
Tuze mu rugo kwa Varu muri ayo masahbyutse. Mu rugo aba yambaye utwenda duto turi sex. Anateye neza rwose bishoboboka.
Afata telephone ye y’agatangaza maze ajya kuri IG ye ashaka kureba akanapostinga. Akijyaho abona birimo kwanga. Agerageza kwinjiramo biranga. Arebye neza abona bisa nkaho bamuhakinze.
Biba biramucanze. Kandi IG ye irahambaye yaramaze kugira abaflower bagera kuri million 3 zose.
.
Biramucanga ashyuha umutwe.
Ava mu cyjmba aza muri Saro ahamagara Varu. Varu ubwo we yari mu kazi aramwitaba.
Roxy ati” Cher umeze ute?
Varu ati” Ni sawa.
Roxy ati” Njyewe ntabwo bimeze neza batwaye IG yanjye.
Varu ati” Ngwiki byagenze ute?
Roxy ati” Simbizi ndabona bayihakinze.
.
Ubwo Naru arikumwe na Varu muri Office.
Naru akumva ibyo bavugana.
Naru ati” Ubwo y’amarira y’abagore.
Varu ati” Nonese ubwo biragenda gute.
Roxy ati” Simbizi shaka uko ubigenza IG yanjye igaruke.
Naru arabyumva maze araseka. Varu aramureba.
Naru ati” Ubwo ugiye guta umutwe araho yicaye gusa nkaho atakemura ibibazo bye.
Varu ati”Naru uriya ni umugore wanjye. Ibibazo bye n’ibibazo bindeba.
Naru ati”Yego rwose ngaho tonesha maze nawe azakwibuke.
.
Varu ati” Buretse ndebe ko hari icyo nakora.
Roxy ati” Urakoze cher ndagukunda cyane.
.
Juliana arimo atamnbuka abona Roxy ahagaze muri Saro yambaye akenda gato cyane. Agakabutura gato cyane gafashe amabuno ye na croptop igaragaza umukondo we. Juliana aramurangarira cyane atwarwa n’ubwiza bwe.
Juliana ati” Cyakora Imana yagiye irema abantu mu buryo butandukanye. Ubu ni uwuhe Mugabo utakwifuza kubana na Mabuja. Reba imiterere ye. Reba amabuno ye, reba amaguru ye sha y’ibitesi. Reba uburyo afite mu nda zeru n’Umukondo mwiza!!!!!!!. Nukuri pe.
Roxy aba aramwumvishe yivuguisha amagambo.
Roxy ati” Julina ngwino hano.
Juliana aramwegera.
Roxy ati”Uvuze ngwiki?/
Juliana ati” navugaga ko uteye neza bitangaje!
Roxy Yumva kuba Juliana yamuvugagaho amagambo meza y’ubwiza bwe biramushimishije.
Juliana ati” Niba mvuze nabi umbabarire.
Juliana ati” Oyantakibazo ahubwo cher ntekera akareti. Ese Boss yagiye ariye.??
Juliana ati” Yego. Ese Mabuja ntakuntu wajya wihangana nkajya mara gutegura ameza akaba ari wowe uza kwakira Boss!
Roxy ati” Urinde kandi wowe wo kumbwira icyo ngiye kuzajya nkora?/
Juliana ahita amuva imbere aragenda.
.
Kurundi ruhande Varu yavuye mu kazi ajya gushaka umu hacker mwiza bamurangiye wafasha umugore we kuba yagarura IG ye yabuze.
.
Kurundi ruhande Roxy raho mu rugo abona Mama Varu amugezeho amautunguye. Nyirabukwe.
Roxy ati” Mama bite ko uje untunguye?/
Mama Varu ati”Yego nje kukureba. Hari ikibazo??
Roxy ati” Oya ntakibazo..
.
Baricara.
Mama Varu aramureba aramwitegereza.
Roxy ati”mama Niki ko urimo undeba gutyo.
Mama Varu ati” Mbwira waje kubana n’Umwanawanjye ukeneye ko mwubaka cyangwa waje wishakira address gusa??
Roxy ati” Utangiye kuganira gute??
Mama Varu ati” Mbwira kuko imyitwarire ikomeje kunkoreza Umwana amasoni.
Roxy ati” Ariko sinzi ikibazo ufite. Njyewe n’Umugabo wanjye tumeze neza. Ese yigeze akubwira ko hari ikibazo??
Mama Varu ati” Waretsde kwitwara nka z’amalaya ukaba umugore muzima wubatse,. Ukunubahisha urugo rwawe.
Roxy ati”Uvuze nabi. Umbwiye nabi bitari ngombwa. Njyewe ngo nitwara nga zamalaya. Ese Umugabo wanjye yigeze akubwira ko harinarimwe naba naramuciye inyuma?/
Mama Varuati” Umabbarire wenda mvuze ijambo rikomeye. Ariko isuzume niba ushaka gukomeza kumbera umukazana. Kandi ibi utaza kubifata nabi ngo wumve ko ntangiye kwivanga mu by’urugo rwanyu. Icyo nkusaba wakubashye urugo rwawe ukaruhesha agaciro.
.
Bidatinze ako kanyana Yamu ni Auntie wa Roxy nawe aba arahageze asuhuzanya na Mama Varu amaze kumusuhuza aricara maze bose bahuriza kukuba batarimo kwishimira imyitwarire ya Roxy.
Roxy ati” Ndaboa wagira ngo mwakoze inama.
Yamu ati” Oya Roxy uri umukobwa wanjye. Izi n’inama turimo kuguha. Hari ikintu uba ukwiye kumenya nk’Umugore w’amaze kubaka. Icya mbere ni wowe murinzi wa mbere w’urugo rwawe. Ni wowe wa mbere ukwiye guhesha agaciro urugo rwawe. Ni wowe uwiye kugena ibyiza bikwiye kuba mu rugo rwawe. Ni wowe wakabaye urumuri rw’urugo rwawe.
Roxy arabyumva.
Mama Varu ati” Roxy Mukazana wanjye urugo rutitaweho ruribwa n’Imiswa.
.
Roxy arabareba atekereza kubyo barimo kuvuga.
.
Ese Roxy yaba arimo kumva neza inama bamuha.
.
In next Episode 19
Comments